Gusa man sha Allah wowe ugerageje kuvuga ibijyanye namakuru ufite ariko Allah azakwereka anagusobanurire ibya tabligh in sha Allah. Twese Allah aduhe gusobanukirwa idini
Naam sheikh Tugomba kuba jamat imwe ya kislam. Kandi na ilmu ni itegeko kuri buri mu islam(ilmu izadufasha kumenya ibyemewe nibitemewe mu dini) Gukora dawat ni ngombwa kuri twese aba islam Gusa amakuru mufite ku bantu bakora tabligh siyo. Hari abantu bakora tabligh bari kumurongo mwiza batakora ibihimbano. Abari kuri gahunda itariyo bakeneye abamenyi nkamwe ko mubegera namwe mukabakorera dawat niba koko hari ibyo mubona badakora neza. Jazakallah kheir
Assalam alaykum warahmatullah wa barakatuh
Man shaa Allah
Masha Allah
Gusa man sha Allah wowe ugerageje kuvuga ibijyanye namakuru ufite ariko Allah azakwereka anagusobanurire ibya tabligh in sha Allah.
Twese Allah aduhe gusobanukirwa idini
نحبك في الله يا شيخ ❤️❤️❤
أحبكم الذي أحببتموني فيه
Imana ibahe imigisha. I Burundi turabakurikirana. Inyigisho zanyu ziratwibaka alhamndulillah
Aamiina
Allah akwishimire anakworohereze
Aamiina
الله يبارك فيكم ويحفظكم
Aamiina
Man'Ashallah! jazzakallahu Akheir Shukrani,sheikh Allah akwishimire turagukunda!
Aamiina kandi namwe Allah abakunde
Assalam Alaykum Warahmatullah Wabarakatuh, Sheikh mumeze neze n'umuryango wawe?
Imana ibazigame kunyigisho mudahwema kutugezaho.
Allah barik jamia
Barakallahu fiqun.
Aamiina
Assalam Alaykum Warahmatullah Wabarakatuh, Sheikh,mu Rwanda hamaze iminsi hari gusakara icyo bita besto cyangwa best friend hagati y'igitsina gabo n'igitsina gore.
Ugasanga abagabo b'ubatse bafite aba best friend b'igitsina gore n'abogore bakagira nkabo mu gitsina gabo.Ibyo ubisanga no mungaragu mu bitsina byombi.
Muzarebe uko mutanga tambihi kugira abantu basobanukigwe bareke gukora ibyaha.
Shukran
Naam in shaa Allah
Hanyuma wowe nka sheikh niba dawa bakora itemewe mwe muyikora gute
Naam sheikh
Tugomba kuba jamat imwe ya kislam.
Kandi na ilmu ni itegeko kuri buri mu islam(ilmu izadufasha kumenya ibyemewe nibitemewe mu dini)
Gukora dawat ni ngombwa kuri twese aba islam
Gusa amakuru mufite ku bantu bakora tabligh siyo.
Hari abantu bakora tabligh bari kumurongo mwiza batakora ibihimbano.
Abari kuri gahunda itariyo bakeneye abamenyi nkamwe ko mubegera namwe mukabakorera dawat niba koko hari ibyo mubona badakora neza.
Jazakallah kheir
Shukran
None shekh tugendeye kuri izo nyigisho muduhaye ubwo bavuzi ba kinyarwanda baba bemewe ?
Ikindi nzi kuri tabligh nuko dawat idakorwa mu musigiti ahubwo ikorerwa hanze.
Kuko bo bavuga ko bashaka abarwayi kandi abarwayi bari hanze yumusigiti