Inkotanzyi zitugejeje ku Irebero hari umubyeyi wahise abyara || Zituvana muri St Andre twarishimye
Вставка
- Опубліковано 8 жов 2024
- Twishimiye kongera kubagezaho ubuhamya kuri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.
Abatutsi basaga Miriyoni barishwe, abarokotse bahuye n'ibibazo ariko kugeza ubu baratwaje.
Providence warokokeye i Nyamirambo muri College St Andre mu karere ka Nyarugenge.
Mwige amasomo y'urukundo mwange ikibi, turwanye ingengabitekerezo ya Jenoside.
Niba ushaka kureba ubundi buhamya na video zivuga ku mateka y'urugamba rwo kubohora u Rwanda wakanda hano: / @intsinzitv
NIBA UKUNDA IBIGANIRO BYACU KORA SUBSCRIBE: KANDA HANO: / @intsinzitv
#UBUHAMYA
Murakabeho bavyeyi. Imana ihezagire inkotanyi zabarokoye
Mwimpore babyeyi
Imana yakoze ibikomeye itwoherereza inkotanyiii 🙏❤️ ziraturokora ntacyo twabana twazitura 🙏
Babyeyi mwihangane kandi komera mutwaze gitwari inkotanyi zaduhaye ubuzima,
Kandi intsinzi tv muragahorana Imana kubwo gusigasira Amateka binyuze mubuhamya.
Babyeyi Imana izabomere ibikomere !
Impore mubyeyi.
Abayobozi babahutu ubwenjye bari bafite sinzi uko bwari bumeze,ngaho muri 1959 birukana abatutsi mugihugu;abasigaye bati tubice tubamare bose1994;buriya ubwenjye bwabo bwari bumeze gute??ubu bumva barungutse iki mukwica abatutsi kuva 1959 kugeza 1994??.Nkotanyi mwarakoze kwirukana ayamashetani yamaze abatutsi
inkotanyi ni ubuzima.