Incwii😍UMUGABO WANJYE MBONA ANKUNDA AHARI KURUSHA UKO YIKUNDA😍IMIRYANGO YACU YARATURWANIJE😭
Вставка
- Опубліковано 28 вер 2022
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
- Розваги
The gentleman got cute smile and smart on what he believes.
Also the young Lady seems be so polite. My word to this young lady she needs to be kneeling down 3 times per day to thank &glorify the Lord coz He has helped her to make a right choice.
Uyu muhungu afite character nkiya Pappy Claver wagirango n'imurumunawe.
Utwana twiza cyane kandi dufite ubuhamya bushimishije....😘
Wavuze kwari mwizaaa,ko ntacyo tugutwara afite namaso meza
Rose jya wakira abatumirwa biba byiza kuganira arko nutuzi kubatumirwa ningombwa.
Icyambere iyo mushakanye mubanje Imana mugera kure nanjye nashatse ntakintu mfite aribwo nkirangiza umudamu akiga turabikora ariko ubu tumaze 9 years tugeze kurwego ruteye ubwoba n'abakoze kera cyaneeeee badafite courage namwe muzakira.
Umva muri ibyihebe by'Imana pe🥰ndabakunze cyane kd Imana ikomeze kubashyigikira muri byose
Muranejeje couple nziza nukuri mwarakoze kwizera Imana Kandi muzakomeze mwikundanire
Woooooow i love this story Imana ninziza nukuri ibihe byose Izabagure muri byose 🙏
Nanjye mbonye abantu bantera coulage ijambo ryimana ritwigisha urukundo ruhereye hasi
Muzakomeze mwubahe Imana izabageza kure nanjye byambayeho ubukwe bwanyu burasa nubwo nakoze ariko maranye na madame imyaka 15 kandi Imana yaduhaye hungu na kobwa n,indi migisha y,urugo umuntu wese yakwifuza .Ubuhamya bwanyu buranejeje cyane.
Urakoze kubakomeza,naje ndabakunze canee ❤️❤️🙏🙏🙏
Imana ibahe umugisha bana b'Imana kandi muraberanye,murasa neza,muzakomeze mukundane,ntimuzibagirwe aya mateka y'urukundo rwanyu!
Nukuri ubuhamya bwanyu burankomeje 🥰
This love made my day be blessed nukuri amarira ajemumaso yanjye murenze ukwemera kwanjye ndabikundiye pe ndashaka kuzabasura murugo pe
Murakoze cyane karibu Cyane
Wouaaa birarenze snaa babaye Romeo et Juliette kwilii from burundi
Nukuri mukomeje imitima yabeshi pe❤️❤️
😁😁😁😁😁😁imana igira inzira nyinshi kbsaa inyuzamo ibyayo nabayo.👏👏👏👏❤️❤️❤️
Murakunditse nukuri
IMANA ikomeze ibashyigikire
Kubanza Imana mwahisemo neza, mukomereze aho 🙏
Ohhhh you two are awesome,,you are loved blessings and more blessings upon you
Ndabakunze cane,mwashize imanimbere yarabibakoreye nihabwe icubahiro❤️❤️🙏🙏
Aba bantu ni beza nukuri😍 love is everything kbs
Rose disi yarakumbuye kwiyumvira inkuru😄yakurikiye bikaze
Wow I mean wow Imana ikomeze kubana namwe pee
Mbega kwizera kurenze mana yanjye ibaze gukora ubukwe udafite naho utaha
Imana niyo itanga ibintu byose
Imana izabubacyire nukuri
Mbifurije urugo rwiza muzabyare muheke
Yooo ndarize Imana ni nziza Cyane
Nyagasani azabubakire ❣👌
Imana ikomeze ibahe urukundo, muraberanye pe!
Gatete wacu Rwose big time❤️👌👌👌
Iyi couple ndayikunz
This is very amazing, I am very excited. This couple will be blessed I tell you the truth.everything start for nothing. I have an experience.
🙏
Incwiii Gatete murasa neza
Mbega inkuru nziza
Imana izabubakire peee
Murabasirimu kumutima ndabakunda murabantu beza
My class mate Gatete God bless your family
Ngo ndumugore ngo nako ndumudamu😂😂😂
Gate... Kuva nakera wagiraga urukundo peee
Love is a beautiful things love this couple may God bless your way on this earth ❤❤❤
Imana ingume kubarinda murushyeho nokuyizera happy familly .....GG and wife
They’re so cute 🥰
So lovely 😍
love you guyz
Ndishimye kumva story zaba basore.mubyukuri nishimye .njye ntuye Hano USA ndumva mushonora kuzampuza naba babandimwe .nzagite icyo nabafasha muzampe number zabo.
Ntakibazo rwose
Muribeza muraberanye yooo
Icwiiii ninkaho bavukana disi
I just subscribed to this channel because of this young people. They are so lovely.
😂alse me
Nc one brother man
Nice couple
Amezi cumi numwe 😂😂😂😂 muri beza muraberanye bambe muzarambane
Akoshe mana ndikubona arabana nukuri 😄 Uwiteka abubakire nukuri muri beza muraberanye 💕
Wooow😍
Gatete nacyera wakundaga kugisazi
Nice story
Ndashaka number yabo Rose umfashe pe
Ndabakunda cyane sijyampaga kubareba
Thank you so much 🙏
Thank you so much 🙏
Incwiii muranejeje💞
👌👌👌
Nkunda uyu mujyango
I am jealous of your love. The rest is mine
Uwera disi ndakwibuka Ku Isimbi tv
Yoo,ese yagiye no ku isimbi?
💕💕💕
Umuhanzi ewana hhhhhh
🥰
This is love my people
Thank you all
hhhh urukundo nirwiza
Nawe ujye umuha urukundo abagabo barambirwa vuba bijye biba vice versa
Gutwita numugisha kd numugore wumugabo ndumva ntakibazo kibirimo
Njye nitwa kega cosmos
Hello
Rose uzambabarire umpe number yabo nukuri
Nonese muvugishe ukuri,iyonda utwite Niya gatete cg niyumugabo wubatse?? Mujye muvugisha ukuri mukatukisha imana mwatuza akanwa
Ubwo se koko wowe urunva ufite ikinyabupfura? Ubwo ubajije iki? None se birakureba? Urumva utarimo kwinjira muri business zitari izawe? Mwagiye mugira ikinyabupfura koko? Ibaze ukuntu uhubutse nukuri!!! Nawe wigaye nigute ubariza umugabo we? Yatagutakiye se ko umugore atwite inda itariye? Cy nugukunda kuvuga cyane no gushaka gusesereza abantu!?
@@finleyainsleysmith8111 nukuri uvuze neza baba biturumbutsa mubuzima bwabandi bashaka iki???
Aba diaspora bubahwe gusa ufite umugore mwiza Kandi nawe mugabo useka neza njye nabikunze
Uyumumukobwa aratwite ariko namwe murabibona
Turabizi turabibona sinumukobwa ahubwo numudamu
@@izabayo_official umunsubirije neza cne thank you
Cyane biragaragara
Turabibona kandi rwose n'umugisha Imana Itanga none SE ko yakoze ubukwe uyu akaba arumugabo we .
Bitwaye iki ko ari umugore
UN Bon temoignage significatif Dieu est a l' ouevre
🙏🙏🙏🙏🙏❤❤❤😘
Incwiii😂😂 😂😂
Wawooo nice couple Sabrina mukomeze mutsinde Uwiteka Abe muruhande rwanyu 🙏🙏💌
Thank you
Kobyasakujeko watewe inda numugabo wubatse akagurira gatete ngo mubane akamukorera ubukwe bwose ngo umugore atazabimenya
Nibyo cg sibyo?
Ntimukabeshye ubuhamya sha
@@Izabayo_Uwera none se Gatete ko ushatse kubirakariramo yabajije ibibazo ntiwasubije none ngo ntakajudge? Burya ukuri kuraryana nanjye numvise ikiganiro cyanyu ku Isimbi TV no kuri Rose TV show byarancanze ni gute mukora ubukwe nta support y'umuryango nta n'igiceri cy'ijana nkuko mwabyivugiye? Kwizera ni ibisazi koko nkuko bivugwa,mbese abatabukora bose sans kintu nta kwizera nk'ukanyu baba bafite ? Nihitiraga kandi nabazaga 🏃🏃
@Ingabire Lilian Uzatohoze neza ayo makuru, abantu ntibakaze gutuburira abandi hano kuko izi nkuru ntizisaza 👌
@@izabayo_official ninde se wakubwiye ko bituruhije ? Iyo muje kuri iyi mihanda icyo gitabo mufunguye gisomwa na buri wese wujuje imyaka y'ubukure yo kuza hano,rero kubaza bitera kumenya, kandi niba mudashaka comments mubwire ba nyiri channels bazibloque cg bareke kubisaba. Ndumva uzi amahame ya chaînes za youtube kuko nawe urayifite
Ariko se Ubwo ubundi murababaza iki koko? Ubwo se mwebwe mwibagiwe ko urubwa rubaho? Ese ubundi koko murunva abantu nyine na family banze gufasha ari gute abaturanyi cy bamwe babazi badashobora kubasebya!?? Ubwo mwebwe ntarubwa muragira koko? Ntimukababaze abantu pls mwige kudaseserezanya. Icyo nabwira ino young couple gusa nukomatana nImana ikaba foundation yino relationship yabo kuko naho abantu bose babareka imana ica inzira. Urugo rwiza rutangwa nImana ubundi bakabwizanya ukuri muri byose.
@@finleyainsleysmith8111 🙏🙏🙏
Gatete ku mihanda hahaha
Sabrina waretse kumwita uyunguyu 😄😂
😂😂😂
Hhhh sinzongera biba bincika
Couple1❤
Incwiii muranejeje💞