Yasangiye na JAY POLLY😳 Ku Nzoga Yamuhitanye😭😭Umuraperi WAKATIWE Imyaka 10 Bikarangira Ari UMWERE 😳
Вставка
- Опубліковано 4 вер 2024
- Igice Cya Mbere cy'Ikiganiro nagiranye na Blaiton OG umuraperi wakatiwe imyaka 10 nyuma akaza kuba umwere twaganiriye atubwira ku buzima yanyuzemo akabuhuriramo na nyakwigendera Jay Polly babaye inshuti bahujwe na Producer Feezy bikarangira banasangiye ku nzoga yamuhitanye ...yatwinjije muri Gereza Ya Mgeragre atubwira kuri bimwe mu bihabera....
Tanga abandi kubonera amakuru ku gihe, ukore share, like, subscribe na comment.
wanadukurikirana kuri : -FACEBOOK / jalas250
-INSTAGRAM / jalas_official
IGITEKEREZO ,ICYIFUZO ,IKIBAZO CYANGWA INYUNGANIZI WATWANDIKIRA KURI IZO MBUGA ZINDI TUBONEKAHO
#UwasangiyeNaJayPollykunzogayamuhitanye #Part1 #Twandikire_Kuri_0738793437
PART 2 : Uwasangiye na JAY POLLY ku Nzoga Yamuhitanye😳 Atuviriye Imuzingo Byose Uko Byagenze
ua-cam.com/video/q_DhascRcpw/v-deo.html
Muzatubwire amakuru yaba gaina bamwe bafunze ngo bakase igitsina cyamugenzi wabo
Ihangane mwana si wowe wenyine mfitemo musaza wanjye uri kumyaka 5 yubuntu yakarengane kuburyo nubu njyewe mbitekerezaho nkumva mbaye umusazi rero iyo ntekereje kumabi abera mageragere mbanumva ntamahirwe yo kuzongera kumuca iryera ariko mumasengesho yanjye yaburimunsi nubwo atarimenshi sinshobora kubibagirwa nawe ubonye iyi interview nukuri jya usengera imbohe kuko zirakomerewe nahimana
Ewaaaaana this interview is good kabisa uzamugarure ❤️💙🙌🏾👌🏾
Uravuga ukuri!!!
Best interview I ever seen,Nkunze ukuntu atanga story pe
This guy is very humble I love it.
God is good peee🙏🙏
Kuva cyera yarazi kubara inkuru knd Ari numurara. Twariganye mugatsata #igihogwe za 2011
Sha uwo mugore wababeshyeye mwari mumutabaye Imana izamuhane nukuri abantu babagome gusa.
Ihangane broh! Simbizi niba ugifite gahunda yo kujya i Kavumu kwiga amakamyo! Ariko niba ugifite iyo gahunda! Wazambwira twafatanya tukareba ko byakunda
Uyu mutipe ndabona
🤔🤔 Uvuga kimwe na Jay poll 👍👍👍
Ukuri guca mu ziko ntigushye koko, courage mon frère!!!
A very good story teller 👌👍, part two irakenewe.
Pole Patrick. Uransekeje ariko. Ihangane ibyiza biri imbere
Yaman uyu mutyipe ndamukunze cyane
Brother pore kbs wahuye nurwo abagabo buhura narwo..
Ibya jay byo muzabiharire Uwiteka😭😭😭😭
Hari umuntu ubara inkuru..niyo yaba bibabaje ariko ukumva..iryoheye amatwi....ariko birababaje cyaneee😭😭😭😭uru rugendo rurababaje
Bro ntuzongere kuvuga kuribyo bintu batazagushinja kumena ibanga please uko nukuri nkubwiye
Ayiweee 🙆♂️🙆♂️🙆♂️🙆♂️
True Story my G, I Feel you.....Keep your Blessing up never back there.
Ihangane muvandi akarengane wahuye nako bibaho nukuri ihangane murwanda iyo atari Imana igutabaye nukuri uboreramo gusa komeza utangire ubuzima bwiza
Humura brother Imana irahari yakurinze iracyahari 🙏🙏🙏keep forward brother God is good all the time 🙏
Pole sana gusa mana kugeza nubu nibaza icyo leta igenera abarenganwa nkubu abaye umwe kd yarangiritse buriya baba babwiye impozamarira
Yewee.. uyu mwana....aravuga ubuzima bwo mu gipangu..amabere akikora ntonsa..ndasususkiye...peeee😭😭😭😭
Uyu mutipe asa nka Fazzo the big producer
Wangu unyibukije ibyo nanyuzemo nanjye nabinyuzemo gusa hashimwe Imana yaturinze igishoro nubuzima
Mbega icyiganiro nimvange Narize nasetse
Wamusore we Imana ikwagurire Imbago pe Ikugwirize ubwenge Ahataringaniye iharinganize Imigisha yose Iva k'Uwiteka ikuzeho mwizina RyaYesu
Yooo!😥 utuzaniye umutumirwa uduha isomo kbs komereza aho Jalass👏🏽 abazanwa n’amatiku no kubeshya no nta cyigenda! Ducye eue 2ème partie plz🙏🏾
Namwe mwabigizemo kudatekereza neza, nonese ukwarikuba ukuri nabo bapolice bari kubarenganura, kuko ntakintu nakimwe mwari gukora mutabanje kuvugango babazanire aba Police bakoreraga ahobyabereye umunsi nitariki byabereyeho bakaza kubarenganura kuko babaretse babonako muri mukuri
Uyumuntu arabesha cyane jye narindi kumwe na jay tubana turi nokuri dosie imwe kd sibyiza kumva ko yacuruza iyonkuru ahubwo icyamwishe nibyo yavuze nakantu yashushanyije ndagafite
uzavuge ukuri kwa byose
Ubugiraneza bwinkware bwayigonze ijosi😭😭
Kbs
Musore muto iryo ni isomo ryubuzima nubwo Waba wararenganyijwe nizereko wakuyemo isomo ryo kwitwara neza kuburyo utitiranywa numurara kugenda ijoro ubireke sibyo.
Pole sana kuzira ubusa Imana iguhoze Kandi iguhe umugisha🙏🙏🙏
Patrick Disi ndamwibuka uziko twize kukigo kimwe Ari Rasta yahatari
Ist Gutenberg für Jalas aus Ruanda RIP Mein Bruder Jay Polly 🙏 😢 ich haben glücklish
Jalas njyewe tsabira nabindi nabwo nyuzwe part2 iremewe nabwo nyuzwe✍️✍️✍️
👍👍👍
Part 2 Please
So touched😭😭
Anasa na Jay Polly disi bavuga kimwe💝nururimi rumwe
Ntabwo basa ariko bavuga kimwe cyn
Kuki muha ijambo abantu nkaba baza kubeshya jay si umuntu wananirwa gitandukanya nibindi bintu .
Sha mwihangane Ariko njye navuze ko nta muntu natabara nsanze bakuhonda kuko I Kigali ibyaho ni agahomamunwa birangira bakwigaritse
Mwagiye mureka gukomeza kujijisha abantu Jay Polly ntiyigeze aba injiji byo kuba yanwa biriya bintu kuko Jay Polly yabaye umwe ntawundi uzabaho.
Yarabinyweye
Ark pazo warujyiye kwicwa nadejyiga nigikoma none urikubeshya bur jey ntiyaje waratashye ntitwabanaga murirwagasabo mumudugudu warebero ntimukabashye bour
Barakora ubugome pe nibagabanye kugirira nabi abantu.
Abantu barenganya abandi, Imana izajye ibibitura.
ese avukama na rock
we need part two
Munywanyi wanjye Pole na njye nari mu kagari ka Kavumu hariya ni mwirimbi ry'abazima(warayibonye werewere)
Wowe ntumuziko yarikivera cya joji murirwagasabo man
Jalas official TV mukomereze ahongaho kbs uwo musaza twari twaramubuze rwose
Nice kbs we back
M brother unduhaye interview nziza kbs kubuzima hanoharimo amasomo yubuzima bro
Sorry kabisa pazzoo the first nuko warenganuwe ukagaruka mugihugu bro we are waiting that song called Mugipangu
Mwaduha NBr yuwo mujama
Hari abantu benshi bafungwa bazira ubusa kbs pole sana
Am Ugandan but I like you programs
Ni ubwa mbere nteye comment kuri UA-cam.
Wamusore we uransekeje nenda guturika.
Ati: ukajya ubona umu vieux ari kwirambura 😄😄
Mana we bro pole sana kabsa ntakindi nakubwira.
Ahaa pore brother hariya sahantu uhavuga abatarahabona.sha pole bro baca imanza uko bashaka.gusa waciye ishene imana ishimwe. disi uranasekereza bambiiii 😂 bazakugarure ude 2part
Irahari reba link iri muri comment ya mbere
Life is a journey of ups and down kbc
Powerful testimony and emotional.sorry kabisa
Umusaza niyihangane ntakundi gusa yageze mu gihugu nakore bizaza gusa impuhwe nyinshi singimbwa kuko abantu babaye babi harinigihe bagutega nkabiriya bashaka wowe pole musaza.
Patrick disi twariganye pole sana
Sinkube shye iyinkuru ira babaje kweri😭😭😭🤭gusa kurundi ruhande urana setsa uti@harumuntu watorotse😄😄😄🤣utara ngijiyi nkuruya hombye🤷♂️RIP Jay
Mr pole gusa nange ntacyo navuga .ariko uwo mugore numugabo barahemutse.nonese motari byarangiye bite?.
Pole kbsa,
part2
Patrick disi nkwibuka twiga muri ESR
Courage Patrick Wacu
Nange mfitinkuru yibyambayeho kbs ninka firime neza neza
MuRwanda sinarinziko harai abarengana kbsa...... nagahinda ibyo twunva bitandukanye nukuri... Leta ikwiye gushyiramo imbaraga kubarengana bafunzwe either nubungambayi cg akandi karengane.................
Oooooh,pole sana kbs
The best story teller indeed!!
I agree and he is very humble I love that
Part 2 irakenewe kbs
Tipe atera story fresh muduhe part 2
Ese iryo yicarubozo ribera muri gereza reta yurwanda ntaryo izi kucyi abantu barengana umunsi kuwundi?
Part 2 yiki kiganiro irakenewe pe
Ndaje nkuremere kbsa 🔥🔥🔥
Ndakwemera kuriya ngoma wakoranye nadaff
Zarinjiye sha kandi zizabakona kugeza no kuruhinja kuko cyarabavunnye di!
Mbega ubuzima 😭😭😭😭disi ndababaye ibaze nukuri
Part 2plz😇
hhh ngo transfer bigire imadridri
Hariya si ahantu ni mukuzimu
Sinjyandahiza kumva ibibiganiro ariko icyicyo cyirarangiza nkagisubizamo Uyumutype arasetsa hhhhhh
Ikibazo ni inzego zikora iperereza badakora iperereza rihagije
Ariko Ubwo muzehe wacu aziko ibyo bibaho koko umuntu akarengana gutyo cha ihangane kbs
Part II please!!
, part 50 wana ntabwobirangiye
Yewe warare nganye kbx kuko wagirango babasa nganye ibiyobya bwenge ububu zima buragoye gusa ntakundi tugomba kwihanga na ubundi bavugako gufungwa arinko gufpa pe🤭🤔nkirumwana numvaga ngumuntazira ubusa!! nkumvabita shoboka rikwiyu maze gukura ubona kobyose bishobo ka
Mbega inkuru ibabaje 😢cyakoze uranasetsa pe
Pazzo hejuru cyane
Hhhh wabaye nkange ntuka umushinjacyaha sha pole kbs umuswa aragushinja ukagirango mwari kumwe
Pole sana bro
Nomero zuyumusore turazikeneye
Barabahohoteye gusa imana izabahorera
Part 2 nizere ko ihari!!!
Jalas uzatuzanire masho mappa kabisa
Pazzo ibyo avuga nukuri kbs
La suite ????
Ubundi ntutabara da, ahubwo uhamagara police igatabara.
Part 2 please
Pore sana mwazize gutabara
Uyu yarakoreshejwe ibyanyu birazwi amatekinika iyo muhejeje guhitana umuntu arazwi muranakoreshya abantu kugiti cabo na maradio yose ariko ntimwemera amatohoza yigenga ariko ibyanyu bay bay
Powa bro
Jalas nibiki udukoze.br duhe part two