Bantu dukunda my heart Ese mwibuko Yves ariwe wirukanye Mama wa nyambo muri company ya yanick? Mwibuka ko se yanick atazi ko nyirabukwe yakoraga muri company yiwe? Mwibuka ko se wasese afite amafoto ya Kelly arigusinzira muri company? Mwibuka ko mukecuru mucyaro avuga ko amabere yiwe yonkeje nubwo ntamwana afite? Murabizi ko mama Natasha abitse ibanga rya Suzi tutazi? Niba ubyibuka mpa like My heart twarayitangiranye Niba utabyibuka mbaza nkubwire episode urarya usangamo burigice mubyo mvuze❤❤❤❤❤
Ariko nyambo noneho weeee ubaye akasamutwe ngo Amarogi 😂😂😂😂😂 ariko bella weeee nzakugirene koko Gutwitira umuhungu siko kuba Madame wiwe p no😢 My heart love you more❤❤
Nana wama, don't leave Bobo alone this is high time to stand with him show him love ushobora gusanga barinokugushira ku test to see whether ur ready to be with him
Ark se William nabwuzi imbaraga nye zuwukunda we??? Mbabarira ufatumwanzuro wogusindisha Kelly hanyuma yivemo akubwire ibya KRIS ujyurushwa Ubwenge na KRS kweri???
Suzi izina ry'Imana ndabisinyiye ntamukinnyi numwe munganya ubuhanga murwanda ndagukunda cyane mumpande zose haba mubyishimo no mumubaro uruwambere ❤❤❤❤ abibibona nkange mpume like ❤❤❤
❤❤
Kbx !!!❤❤❤❤
Suzi niwe wanjye
Uyu Mugore ararenze
Nana ntibagushuke ngo ute bobo mubibazo azakora uko atagusize nawe mube hafi❤
Ark x komperuka bella ngo yaragiy none kdi atey aturukaha , ubundis iyinda idakur barayizinze tumuvuze uranyumvir ukunt kanashyanuka we asyii abantu twanga bella nukuli like twimenyanire rata ❤❤❤❤❤❤❤❤ nukur bella anyicira dai
Kumwanga se bituma arara atariye🤣🤣🤣🤣
@@NyirabunaneDivine hoyap ntugashyigikir amafuti ahubw abakobw abakobw nka bella nizerek mubamwize
@@NyirabunaneDivine😂😂😂😂😂
@@MunezeroEpiphanie-tw2bc Kandi wasanga umurusha amafuti byanyabyo Kandi bella we Ari film 🤣🤣🤣🤣🤣
@@ConfusedIcedSoda-uc8ep 🤣🤣🤣 none ndabeshya se
Bantu dukunda my heart Ese mwibuko Yves ariwe wirukanye Mama wa nyambo muri company ya yanick?
Mwibuka ko se yanick atazi ko nyirabukwe yakoraga muri company yiwe?
Mwibuka ko se wasese afite amafoto ya Kelly arigusinzira muri company? Mwibuka ko mukecuru mucyaro avuga ko amabere yiwe yonkeje nubwo ntamwana afite? Murabizi ko mama Natasha abitse ibanga rya Suzi tutazi? Niba ubyibuka mpa like My heart twarayitangiranye Niba utabyibuka mbaza nkubwire episode urarya usangamo burigice mubyo mvuze❤❤❤❤❤
Danny kajyire inkurundumva narahereye hagati
Ibanga Betty abikiye Suzi ni uko Nana atari umwana wa Adolphe🤣🤣🤣
@@NaomyIshimwe-x4r byadusaba Igihe peeee 😂😂
@@KizitoBahati-t7g Bobo nta bwo ari uwa Adolphe.
Abafite amatsiko ya davu na bella mumpe link
Umva Nana wowe na Nyambo nimwe mwanyuze murukumdo ndetse murarurwanirira komera kuri Bobo azikira kand I love you ❤
Number one abakumbuye kasha Ari kwa bijiyobija mumpe like
Micky sha yaramuturije icayi gishushe misuhuko kuri Kasha ❤
Kasha kumitungo ndamwemera, ariko namushikiwe ntiyoroshye
@@emmanuelseneza8275 ibyobyo ark umurwano we na bijiyobija ndawushaka2
Number one 🎉🎉🎉🎉🎉
Nanjye nahajyeze gusa hano kombona barikurishanya imibu❤❤❤ niba wabibonye nkorera ku gafoto no kudutima❤
abantu dufatanyije gukunda my ❤ koko mwampaye like please 🙏🙏
Abishyimiye ko nsabi arikuva mumakaruvati mumpe like ✊
Devu nukuri ndakwemera cyane Yanicky ndifuza ko wampuza na Devu
Abantu mufitiye amatsiko uko yanicke azahana kasha munyihere like🤲
Twarabihaze ntitukibitekerezaho😂😂
Nange ndategereje ukuntu ynik azahana kasha kubona barabobanye kumunsi wambere ntamukosore yewee ndategereje ibyo azakora😂😂😂😂😂
Theatre yamaze kubiha urabona nta kintu kirimo mubyo barimo gukina kubera gutinda cyane kugera kuri actiom, kuburyo na Suzy ubona ntacyo agikina.
Yooo, 😢 ariko disi mama bobo akeneye therapist, ariko nanone kandi umuryango we umworohereze kugirango akire,nibamuterere intambwe ya mbere bajye hamwe bace bugufi bamusabe imbabazi, kubyabaye byose, bamwereke urukundo agaciro nk umubyeyi. Batangire bamwiyegereze ! Biramuha itangiriro yo gucururuka! Yongere yiyumve ko ari kumwe nabo.❤
Uko Niko kuri
Ariko this is a film❤
Njye mbona nabo bamuha akato bikamwongerera kugira amahane Reba nkahantu bamuciye 80m kd yarahombeje 40m byatumye ajya muri Lambert ngo yishyure ideni!!
Nkubu Nina bakazasanga afite ikibazo agasuzuguro kagashira😂😂😂
Daddy watubabariye ugashaka ahantu ushyira Bella koko!!!!
Sha noneho muvunge ndabatanze ababyemera mumpe like
Ubundi Benita niwe wajyee uyugenda utagakojejemo yurushyi nari kukwita ikigwari❤❤❤ Allo Ese Yanick urabona Nyambo atagukeneye Koko ugiye kuzicisha ,,,,,😉😉
Abantu mubona yive nawe anjyiye kunjyira ibibazo mume like❤❤❤❤❤
Kutabyara birikuboneka muriyi firme turabihaze
Bella bakunkubitire nicyo cyagushobor nuwo munwa wawe shauu bella urenderanya koko
Dore bimwe navugaga koko!
Dev yabwiye Hyve ngo Benitha yashwanye na Bella Kandi bari batarabitwereka😊😊
Titi ibi killa yiyegereza besto wawe
Ndabona my Heart igiy kuryo Can kurush ❤❤❤❤❤❤
Mbega jojo na Pelly muhindutse Penina wo muri Bible ukuntu yashimanga Anna ngo Ntavyara namwe murimo mushimanga Nana cakoze n isomo . Nana courage we kurikiza inama Nyambo yakugiriye zizokugirira akamaro ❤❤❤❤❤❤
Jyuvuga ubabaye utarira nana rwose kurira ntibikubera peeeeee
Handsome boy❤ Nsabi w'i Rwanda shia😊courage team my hearts ❤❤
Mpise numvako Nina ariwe mwana utari uwa Adolphe😂😂
Sinzorambigwa kubivuga je vous aimez beaucoup, Yannick et Nyambo. Hanyuma Team My Heart mwese Be Blessed ❤❤❤
Suzi ibyo uvuga byose umubyeyi nkawe yaba ari mubi mumuryango
Oh nanjye nahageze
Nsabi na Cloudia nirwogere❤❤❤
Daddy we love you ❤️❤️
SERUFIGI COMEDY mumpe like
Nubwo ngiye huginyuma yahuye nyamara wakabaye utwongeye kbs murakoze kubwigisubizo cyiza cyane uribuduhe ❤
Nkumbuye kubona Kelly aryoshya na Chris binywereye ka wine 🍷❤❤❤❤
Sibyo rata
Ariko nyambo noneho weeee ubaye akasamutwe ngo Amarogi 😂😂😂😂😂 ariko bella weeee nzakugirene koko Gutwitira umuhungu siko kuba Madame wiwe p no😢 My heart love you more❤❤
Jtm daddy mwiza Arko reka nguhe😮 Agatekerezo oe na nyambo mwazabanye muri my ❤ nukuri pe😮 mukundanye igihe kinini knd ndangukunda❤❤❤
Ewana papa Yannick, Suzi, Bobo, Nana bijiyobija Papa kasha Nyirankotsa, jojo murabambere❤ Especially Dady
Bonjour Daddy jewe nakubajije français uvuga ni t inquiète pas canke ni t enquête pas ndagusavye inyishure
Ese daddy kuki ntakintu gishy arikuzana weee
Ehh nsabii arikuza arimushya cyane
Ntiba ntagishya ndagiy uzabwire nihaz ibishya
Noneho ibi turikureba ni Episode zatambutse???
Bafana muge munyurwa😢 ibyiza birimbere❤
😂😂😂😂😂😂😅😊😊uzakine iyawe
Thank you daddy noneho utugaburiye kare pe ❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️
For real nana karavuga neza peeeh nareke gutererana Bobo mu bibazo peeeh my heart ❤️💌
Nana ntibagushuke ngo ute bobo mubibazo pe nawe yarakurwaniriye rero wimusiga mukundane mubibi no mubyiza❤❤
Nana komera ku rukundo rwawe rata ,lmana izamukiza mubyare sha , ibuka intambara zose yarwanye yanga kukureka? Ntumusige wenyine ndakwinginze
Wow ni mumpe like ndabinginze
Umezutex
@@NiyizabigenaMarieclaire meze neza
Mbaye uwambere urebye my heart
Yannick
Rwose wakongeyemo ibirungo tukongera tuke enjoying ko mbona comment nyinshi ziri kuvuga ko ibirungo ari bike
Abantu mubona ko Suzi Ari hafi kwivamo ko Nina yamubyaranye nundi mugabo utari adolfe mumpe like🎉🎉🎉
Nibyox ntag narimbizi
Ngenarinaketseko Ari bobo none urabihuhuye
Oyase nabyo birimo c kd
Ni NiNa pe @@NihirweEva
Kokox❤
Daddy nyirankotsa na mwarabu barakumbuwe pee
Gusa nana ntaze gukora ikosa ryokwanga babo ngo nuko atabyara yibukeko bamubwiyeko yakira
My heart isigaye imeze nkikinamico bazayishyire kuriradio ariho tuzajya tuyumvira pe ireke kutumarira mg
Ababona ko yanick agiye gushaka uko akosora kasha nibampe like dutegereze ikosora
Mbaye uwa 542 Koko ubu kweli narinziko ndi number 1
Nabera ndabafashe my heart ❤❤❤❤❤
nsabi ateye ifuhe nyambo yenda kuri, nsabi fans gira gutya❤
Number uno❤
Abana ba Suzy nabo bariyumva! Urabona ngo ka Nina karirya kuri Yves? Wagira ngo kuzabana na ko ni impuhwe kamufitiye.
Bella ari shungereza pee daddy 😢😏
Ariko hano muri mayihati huzeyemo ibinyoma gusa gusa Kandi nanakimwe kiri kugaragara gusa muzatubabarire nihagarare ngizo mbona
😂😂😂😂😂 suzi abana abakozemo umukwabo arabakubise😂😂😂
Number 21 👏👏👏🖕, nsabi na Claudia bo 🤗💜♥️❤️🩹🤎💚💗❣️❣️💓
Cyakoze suzi ni number one pe........she deserves a gift
Nana wama, don't leave Bobo alone this is high time to stand with him show him love ushobora gusanga barinokugushira ku test to see whether ur ready to be with him
Yannick dukumbuye mama nyambo uzamugarure ahangane na Suzi
My heart I like you so much ❤❤❤❤ ❤❤❤❤❤❤pelll noeh nabaho kabisa mbega inama ❤❤❤
Ubundi Benitha niwe wanjye 🎉 kubita imbesire uyijugunye hanze sutu 😂😂😂 nundumunsi atazakumenyera
Dady wazanyemereye gankina muri flim zawe Koko niyo Yaba imwe kuko ndabikunda
Ewanaaaa 🎉🎉🎉🎉🎉
Nyambo akeneye keya
Thank you Daddy 😊 we ❤ you so much ❤️ ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Wauuu nsabi yambaye nez
Sabi asubiriye kunku disha m'y heart.yari yatanguye kubiha
My heart 💕💕💕 itangiye kuzamo akantu kuburyohe
nfite amatsiko ya dav nabellh namwe muyafite mumpe like
Ark se William nabwuzi imbaraga nye zuwukunda we??? Mbabarira ufatumwanzuro wogusindisha Kelly hanyuma yivemo akubwire ibya KRIS ujyurushwa
Ubwenge na KRS kweri???
Nana ntibagushuke😢😢
❤mbaye uwambere
Daddy shyiramo role ipimisha nyirashyano Bella turamwanga kuko yaje kwishinza kuri Devu none byabize icyo bitanga mukine yasebye rero
Suzana wanjye 😂 uryoshya film gusa❤❤❤
Dady dushaka ko yves ajagarara byanyabyo, bella nawe akomeze abazengereze
Ariko Nyambo, akumbura ate Yannick yaranze no kumuha wuncence😂😂😂😂😂😂😂
😂😂😂😂 nga nya what????
Nonese ntakindi yakumbura nawe urasetsa
@@MartaAlRaaisi sha ubona ukuntu Yannick aba amurebana irari ???🤣
@@KizitoBahati-t7g hhhhhh niwowe ubibona wenyine niba harundi ubibona atubwire
Abantu babonako Nina Ari guhohotera ive mpumpe like
😂😂😂 willy na chell uburyobabanyemo birasekejepe ndebera ukuntu willy areba mukirahure ubu arigukeka iki koko😂😂😂😂😂
Nana wikumva Pelly, kundana na bobo muzivuza bikunde nibidakunda muzashake ubundi arko urukundo ni ngonbwa kdi imigisha yose si abana❤
Abantu mukomeje kwishimira urukundo rwa nsabi na Claudia nkange musige Like 👍👍👍
Ubundi Benitha niwowe wanjye ndagukunda Nsabi courage
Nitwa Denyse ndabakunda cyaneeee! Nyambo na killaman❤❤❤❤❤
Nbr 1 mumpe like Sha anyway nkunda cyane bobo na nana hamwe na Aisha nahariya aba
Cyakora nizereko nyambo no mubuzima busanzwe adafunze umutwe kumukunzi we nkuko mbibona mari firm
Ark dady wamfashij ababakobwa bagahangan bakanikiz😂😂😂😂😂😂 mperuk kuraba love story nshak live😂😂😂😂 🎉🎉🎉🎉🎉🎉 njyew nkunda film isobanuye nkiyo harahiye kok
Umunyanga
Umunyega.❤
Uburyo mbakunda Imana izabageze kure hashoboka
Sir yannick niba byagushobokera gerageza wibukeko harabantu twakumenye kubera my heart bivuzeko yazamuye urwego uriho so kubwanjye ndagusaba gushira my heart kurundi rwego mbivuze kubera ukunu isigaye ikoretse gusanga ibinu byarivanze ibyotwabonye bikagaruka bigabanye ikindi ducyeneye ko hashya ibyo kwa willy chriss na kelly hashya kwa nyambo natacha na yannick hashya mbese byose bibe umuriro knd tubone uko tuyikundisha abandi itwika
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Cyakora Suzy yaragowe pe
Abantu babonako suzi azarwara troma like 😂
Ndahabaye❤❤❤❤
Ese Devo ufite icyizere ko utaryamanye na bera
Yves rya umwana wipime ko ubyara tera inda😮
Thank you very much murakoze
Nana ihangane witererana bobo komeza urwanirire urukundo rwawe urusigasire kuko abajy inama Imana irabasanga
Yewe mbaye uwambere mutume numve uko tumera
😂😂😂😂Bobo urushyi akaba ararutamiye ababibonye ni bande😅😅😅
Challenge for couples of Yve and Nina was needed