Ibaruwa yandikiye Habyarimana || U Rwanda rushya n'abarwigometseho: Musare Faustin twaganiriye
Вставка
- Опубліковано 20 вер 2024
- Subscribe: www.youtube.co...
Facebook: / igihe
DailyMotion: www.dailymotio...
Twitter: / igihe
Instagram: / igiheofficial
Flickr: www.flickr.com...
Website: igihe.com/
#IGIHE #Rwanda
Mzee MUSARE Urakoze cyane! Mugenzi wagize neza kutugezaho ikiganiro kiza cyane! Urakoze cyane pe!
Muzehe, ngira nugusaza, wari ngaho mu Rwanda, ukorera ubutegetsi. Ugira uvuge ko atamakuru waronka, canke ukabaza. Vyinshi warabibona. Mutama warabibona, kandi vugisha ukuri kandi aho nawe hari ivyo wabayemwo. Ntutubeshe ngo waratangaye, ahubwo, bari bakugize imperekeza, berekana bati uri umututsi. Ariko ni sawa ko uvuze nabike, ibindi uzobivuga. Pore sana, nawe warahahamutse kuko wari ngaho ataco wofasha, ariko hari ivyo wafashije kandi nivyiza kubigira ibanga.😊😊😊
Ababiligi barasuzugura cyane bumva icyo bavuze ntacyo ukwiye kongeraho!!
Mbega ikiganiro cyiza kandi gisobanutse impapuro zawe nubu nous manquent vous êtes la sagesse elle même. More blessing Musare wacu ❤❤
Iki Kiganiro ni cyiza cyane,Inkirirahato rwose, Merci Beaucoup
Musare Faustin ni umusaza mwiza cyane, umukozi kd witangiye igihugu! Turamushimira hamwe n'abandi ba seniors political caders! Ariko nfite ubwoba ko twe abakiri ibyuma yabo, dusho ora kuzabura amakuru menshi kd Ariyo yakagombye kuzavaho inzira z'ikitegererezo kuko batandika ngo tibishyingure mu bitabo! Ndetse RPF yagimbye gufasha mu gushushikariza abantu kwandika memoirs zabo ndetse n'ibitabo muri rusange! Bravo igihe
Thank you igihe
Mwakoze abacu...
Nibutse ko hari numwanditsi witwaga semusambi felicien wanditse igitabo kitwaga ubwato mu muhengeli.
Muzaducukumburire nta herezo rye twigeze tumenya.
Dore re Semusambi se ntiyishwe igihe cya ba Nyiramutarambirwa!
@@charleskayumba1121 ese burya? Mbega inkuru ibabaje.
Twari abana ariko icyo gitabo twakundaga kugisoma kuko bavugagako habyarimana yari yaremereye kwambutsa abanyarwanda inyanja yubukene.
Nyuma rero semusambi felicien yandika ubwato mu muhengeli nkumwanditsi ugaragaza uburyo ruswa n'akarengane byarimo bimunga igihugu.
Nibukako imbere mugitabo harimo abantu bari guhirika imodoka kumusozi nyuma bati turahita tujya kwishyuza sonarwa.
Ko mutemera ko hari undi wakora nk’ibyo ku Ngoma yanyu se?
Yego rwose 👏🏿
Uwo mugabo uva i Rutongo yitwaga Ubarijoro Bonaventure ngirango
😊😊