Ariko rwose Impanga pls Mama Amora Imana nubundi yaraguhezagiyr kandi iracyakomeza Duhe impanga pe Mwagiye aye tugeze aho Kami. Yaragejejwe mubitaro kubera Noëlla so pls plssplsssplsss Mba hanze Ariko ndagerageza bikanga Mba uk nkoresha IPhone Ariko biranga pe Kwishyura si ikibazo kuko harimo ni kubashyigikira
Uyu mukobwa akunda gukora ikosa ryo kuja gusezera aba ex ibay film ya kabir akinye iyi rôle gusa winy ndakwanka bihagije n'umutima wanje wose gusa serges nawe akwanke kuko uri ndyadya nibi niwe wabipanze
Ariko Winnie uzoguma ukina rôle y abakobwa gito gushika ryari? Erega umuntu yokwibaza ko no mu buzima busanzwe umeze uko nyene! Abakobwa n abagore nka Winnie baruzuye pe
Nukuri twese dufatanye dusenge cyane mama Amora waduhaye impanga Imana ijye iguha imigisha❤
Sha nibyo kbx imana ijye ibimufashamope imana izamugeze kurepe nukujya tumusengera kuko impanga niyoyambere murwanda❤❤
Muze dufatanye gusenga mama Amora aduhe ku mpanga turebe🤲🤲🤲
Incuti zubu wee!! Niyo mpamvu nta ncuti y'umukobwa njya nizerera😢😢
Uyowe nivyovyiwe wasanga nomubuzima bwiwe arikameze nidayimoni
Wow ❤ narinkumbuye Isi dutuye mana yanjye 😢basi murakoze more episodes plz
Inshuti nka Winnie Imana ijye izitembereza kureeeeeeeeeee
Pa et ma Amora mwatubabariy muduh part 2 ewe winie urumwana mubi IMANA izinyegez kur umungenzi nka winie😢🎉🎉❤❤❤
Mbaye uwambere mumpe like ❤
Numvaga nisi dutuye nayo mwarayitwimye none sibyo murakoze rwose mubyigeh nimpanga muyiduh abo tubyumva kimwe🤚
Papa Sava niwe usoza neza. Mujye musoza cg muduhe part 2
Inshuti ni yesu wenyine ntanshuti nimwe yokwizerwa noneho umukobwa nabanyeshari 🤔 gs muratwigisha nkr 👏👏👏
Muduhe part 2 turebe winny nuwo mugenj uko bazabana Gusa turabakunda cyane ❤
Ubundi umunyeshyari ni murumuna w'umurozi😂😂😂😂😢😢
😂😂😂😂😂
Sha tuku wote ndakwemera nukuri❤
Ahokwizera umwana wumuntu ch uzabe ntakamwe p ndebera nukuri p 🥺😭😭😭
Winny nawe igih cose uburumugambanyi muzaduhe agakurikira ndasavy.ariko rer impanga mwayitebeje pe❤❤❤❤
Courage mukina neza ariko guheza film muyiheza nabi cane cane mwarikwerekana igitumy uyomuhungu amuheba nurya mukobwa akamenya uwamugambaniye, muyihejeje nkuko umenga izobandanya kuko famille ntimenye igitumye uryamuhungu amuheba
Ariko disi nizereko abasore muri hafi kurushinga mwumvise inama zumusaza
Ye, babwire Sha 😂😂😂😂
Cobby plz uzadukorere p2 tumenyeko azamubabarira cg bitazaba plz I beg 🙏🙏
Mbega inshuti mbiwe winnie urumwana mubi cyane pe ngo asezere umu x urimubi pe
Undi wabonye ko parrain anywereye mu kirahure kitogeje nampe like😂
Ariko rwose Impanga pls
Mama Amora Imana nubundi yaraguhezagiyr kandi iracyakomeza
Duhe impanga pe
Mwagiye aye tugeze aho Kami. Yaragejejwe mubitaro kubera Noëlla so pls plssplsssplsss
Mba hanze Ariko ndagerageza bikanga
Mba uk nkoresha IPhone
Ariko biranga pe
Kwishyura si ikibazo kuko harimo ni kubashyigikira
Winny ukina urakana kabii gusa😢
💋💋💋💋❤️but 🙏🙏🙏🙏Kobe mumukure mubyo guteretana rwose🙏 mumurekere murugo pe,Ewan Alpha we ssjoboyinorwose !🤭
King of product arihex,winny ngufashe mbega umukobwa😢
Yoo narimbakumbuye p😓🔥
Maman Amora ❤️❤️❤️🇧🇮❤️🇧🇮 komeza mutwigishe
bazina wanjye se kdi koko, ntukumve amabwire bana, cangamuka!!!
My mwiza wanjye Giramata ❤❤ niwe wanjye kbsa
Iyo iba ari serie byarikuba ari sawa cyane ❤️
Winny muramurenganya Ari wowe bakakubwira ngujye gusinda ejo ufite ubukwe ukajyayo wowe nuwubikubwiye injiji Ninde nubundi ibyindangare imana yarabitanze
You have educative movies eve from Uganda
Turashaka part 2, mutubabarire muzayiduhe pe, kuko ninziza
Mwaduha part2 tukareba ukobizagenda
Mwaratubihirije mwaratinze peee kandi turabakunda cyane
ndabakunda aba cher
🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉
I can't wait 😍😍 narimbakumbuye❤❤
Asante sana hari ijambo nkunze umugabo n'uwirengagiza byose
Bambi I love this guy with dreads❤
Ukaba ,uramwohejeee
@@nyiranshutidjamila2410 hhhhh
Nanjye mukunda kubi
@@denyseishimwe3020 👍
Sha muyisoza nabi mutumvise numugeni ngo yisobanure Winny asebe Koko
Nifitiye umushuti umeze nka win nezaneza wagirango nubuzima mbwanjye njyeneza gusanjyewe amahirwe nagize nuko umugabo yamwumviye ubusa ariko niwe peeeeeeee
Nkunda muzehe rwego 🥰🥰🥰 much love
Guys muzi gucyina kabix watching you from Zambia and how is Alpha nabwo turikumubona cyane muri yiminsi ❤❤❤❤❤you 😂
More episodes plz
Winny sukukubeshya urandijije ark ubwo wungutse iki? Gusa muduhe part 2 Arik wamukobwawe ndakwanga unyumve ubusanzwe nturakaninja kuko ntg baguha iyi rore badafite uko bakubona niyo mpamvu ntanshuti yumukobwa nagira can imagine
ishuti zomwizi nakingenda pe ishuti ni yesu gusa
Ese Winny kuki nta Role nzima akina😅😅😅😅
😂😂❤
Sha incuti niyesupe kuko ufite incuti imezegutya yagusenyera byahatarikbx winnie numugome shahu sinzi niba nomubuzimabwe bumezegutya kbx. Ukuntu iwabo bamwishimiye gusa ndababaye kuba ubukwebupfuye😢😢😢😢 serge humura uzabona undi komera. Umufashawawe baramusenyeyepe
Uyumukobwa wakinnye ari kwitegura ubukwe yakinnye avuga nkuri kwiga kuvuga ari kwirata arikuvuga nkufite iseseme
Ubundi iy umuntu adahanurwa niko bigenda !winy je sinigera ndamwizera mufata nkindaya
Iy'indirimbo irimo yitwa gute mwambwiyee??
Narinziko arinjyewe inshuti mbi zasenyeye burya nirusanjye have nkomere umutima😢😢
Pole dear birababaje
winnni ndumva mwanze peeee 😅😅 bitewe niyi lole
Incuti Zubu Ningoran Kbx 🙄🙄 Abakobw Nudusheteni Tubi Peeee😭😭😭🇷🇼🇧🇮🇸🇦
Winn cyakoz iricutimbi cyn
Umuntu Ufite ubukwe koko ahaaaa aba ex nabarozi peee mubirinde bikomeyeee njye I don’t like ibintu by abantu bagaruka…….,,,,,!?😂😂😂😂😂😂😂😂
Mukora filme zigisha mukomerezaho🙏👍
Twaritubakumbuyepe .bahavu turagukuda cyane numuryango murirusange
Arko mbega winne weee Sha
Winnie urumwana mubi nuko aribya filme nyine
Irungu ryari tumeze nabi welcome
Inshuti nkizisha turazigwije
Mbega umukenyero wa winny 😂😂😂
IRUNGA Azubwenjye Bwabantu bubatse Kandi Ari Musore😂😂😂😂😂
Ni role baba bamuhaye akine.
Tukowote ndumva azubwejy nubwo acyiri aka... nzi😂😂😂😂😂
Winny ushobora no kuba ubusanzwe urakarara tu sinapfa kukwizera uri mubi
Arko mbega ishyari weee Winny urumugome ubuse wungutse iki kumwiciye ubukwe koko
Uyu mukobwa akunda gukora ikosa ryo kuja gusezera aba ex ibay film ya kabir akinye iyi rôle gusa winy ndakwanka bihagije n'umutima wanje wose gusa serges nawe akwanke kuko uri ndyadya nibi niwe wabipanze
We need part 2 please 🙏
Plz part 2
I can't wait kbx narimbakumbuy cyn
Cya Serge nigihungu cyiza gukina neza ijwi ryiza we na miki Lydia, na Arufa na samu ndabakunda
Ngo yishe umuyahudi 😅😅
Muduhereze part2
Mwari mwarabayiki Nshuti zanjye Uziko amaso yanjye yiberaga kuri UA-cam ngo nkunde mbabone ikindi Mama amora watubabariye ukaduha Impanga 🧎🧎🧎Knd njye nzigukina nanjye muzanshyiremo
Umugore umuha 1k mukarya 2
😢😢😢type of friends like winnie 😢😢😢
Wini kumezuko?sivyiza!
19:53 ❤
Nelli mbonye ikintu kitamubera imicyenyero
Inshuti nka winy muzashya
Nelly we uburaya bukuba mu maraso kbs uri umujyanama mubi pe!
Murihejuru🔥🔥
Nukuri abakobwa nihatari
Ariko rero mujye muduha na part 2
Cyakoze inshuti zirangwira 😏😏😏
Winy ndakwanseee urincuti mbi😊
Serije❤❤❤❤❤❤
Ntawe kwizerwa kbs 😢
Ariko Winnie uzoguma ukina rôle y abakobwa gito gushika ryari? Erega umuntu yokwibaza ko no mu buzima busanzwe umeze uko nyene! Abakobwa n abagore nka Winnie baruzuye pe
Hoya disi kuba akina ameze kuriya ntibivuzeko nubuzima busanzwe ariko ateye
Burya habaho ubuzima bwakazi nubuzima busanzwe
Winnie ari ku kazi kdi nyuma uwari winny aba Nelly rwose
@@yvettekanyange5063bazoze baramuhindurira nawe bamuhe ama rôles meza. Umuntu aribagira ko ari film ukabona umengo vyabaye vyo nyene
Ivyobirmw ng nincut zumunt 🤣bigir ishari nabo bikarangir atakivuyemw 😀
Muzaduhe ep 2 winni yasebye
Courage turi kumwe
Winni sha urashuka kbx!
Mwavugako wini uhena haj mabuja uhena nka wini
Mugire muhindure tequila pe 😂😂 nahubundi tubakunda ntabunebwe Fam Bahavu😍😍😍
Murabizi gukina pe
Mbega inshuti mbi we
Winny niryarya😢😢🤔🤔🤔🤔
Mbega inama mbi @winny🤔🤔🤔
Ngo marume wanjye koko?icyo si ikinyarwanda