YANYANZE KUMUNSI W'UBUKWE NGO😨AFITE UBWOBA💔TWAKUNDANYE IMYAKA 8😭YANYIRUKANYE NIJORO NJYA KWIYAHURA🙏
Вставка
- Опубліковано 13 вер 2024
- #ireretv #happyfamily #dailybread
IRERE TV ni UA-cam Channel igamije kugeza ijambo rihumuriza kubayikurikira buri umunsi.
kubagezaho kandi ibiganiro byubaka umuryango nyarwanda muburyo bwumwuka, ubugingo ndetse no mumubiri.
IRERE TV kandi dufasha kurerera Urwanda, dutanga inyigisho kubana nurubyiruko muri rusanjye.
Turatarama yewe Tukaramya Imana. Ushaka kutugezaho, ubuhamya, inyuganizi cg igitekerezo waduhamagara kuri
Tel:.+250 788 351 168
+250 780 860 338
+250 780 767 456
Tubashimira kuba mudahwema kubana natwe mubiganiro tubageza. kora share usangize abandi icyiganiro wakunze, unakande subscribe niba utaraikora. wowe wabikoze Imana uguhe umugisha.
IRERE TV is a UA-cam Channel that aims to bring comforting words to its followers every day.
and to provide them with discussions that build up the Rwandan community spiritually, spiritually and physically.
IRERE TV also helps to raise Rwanda, we provide education to children and youth in the country.
We worship God. If you want to share with us, a testimony, a lawyer or an opinion, you can call us at
Tel: +250 788 351 168
+250 780 860 338
+250 780 767 456
Thank you for continuing to stay with us in the conversation. Do share the conversation you liked, and click subscribe if you haven't already done so. you did it God bless you.
Wiheranwa agahinda kuko siwo muti ahubwo nubona indi nshuti uzafatireho kuko nanjye byambayeho nakundanye n,umusore mfite imyaka 21 we afite 20 duhana igihe cy,imyaka 4 tugakora mariage iyo myaka twahuye nararwanijwe bansaba kumureka ngo ni umukene ntidukwiranye ariko ndanga kuko namukundaga ,nyuma aza kuzamuka atera imbere bwa bukene burashira aba umucuruzi arubaka ubuzima bumera neza ya taliki igeze ngo dupange ubukwe habura amezi ane atangira kumbwira ngo afite ubwoba bwo kwishyiraho inshingano .Nabaye nkukubiswe n,inkuba kandi naraguze ibikoresho by,ibanze nariteguye nabaye NK,utaye umutwe gusa narasenze nyuma y,igihe gito ntungirwa n,abandi basore 3 bahise baza kunsaba urukundo bitunguranye kubera umubabaro n,ikimwaro nahisemo umwe fiaicalle imara amezi 10 dukora ubukwe urugo rumeze neza nyuma rero naje gutembera nyuma y,imyaka 10 maze kubyara4 mpura nawamusore yarongeye arakena akorera umuntu mu kabari kandi atarashaka 😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅 nashimye Uwiteka wandinze uwo muruho 👍👍👍👍👍👍👍👍👍👍 none rero nawe tuza uzahira n,uguhozo .uwo musore yambengeye ikigali ntaha mucyaro niho nashakiye nyuma Uwiteka adutera iteka aratwimura ubu dutuye muri kigali ntacyo tubaye wawundi aracyarindagira.😅😅😅😅😅😅
Nukuri urakoze mpawe izindimbaragaaa peeeee
Mbega byiizaaa Ibi nibyo bavuga ngo Imana ihoora ihoze😂
Lydie munezero komera cane nanje ivyovyarambayeko
Wawuuuu, wabonye gukora kw'Imana pe. Amen
Humura mukobwa mwiza,wowe isengere lmana,buriya haricyo lmana yashakaga kukurinda,nubwo bikomeretsa ariko komera,lmana izakuremera undi uzaguhoza amarira kandi vuba
Sha pole kabisa gusa ngewe icyombonye uriyamuhungu nubwo mwagendanye imyaka myinshi ntiyigeze agukunda pe icyo kibazo abakobwa benshi babarokore bibabaho nange byambayeho tubona ibisa nurukundo nyamara atarirwo ntuzongere nokumuhamagara kora cyane witeze imbere uracyarimuto imbere niheza
Murakoze
Humura komera mukobwa mwiza shima Imana igukuyeho ibibi komerasha Imana iraje ikwihere umwiza kandi uzagaruke udutumire tugushyigikire wowe senga gusa ubundi witurize.
Sha ihangane cyane kd ukomere kko nange twakoze ubukwe bamubwira ngo ntazambasha ark we yahagaze kwijambo, ubukwe buraba nne tumaranye 10ans ntakibazo nakimwe, rro ihanga uwomugabo wumvishe amabwire ntiyaruwawe p yesu azakuzanira uwawe humura kd ukomere ndagukomeje❤
Urakoze cyane muvandi
Imana nigitangaza mwabantu mwe tujye dushima isumbabyose izibyiza kuritwe ikamenya abeza kuritwe kuko wasanga ukize byinshi utabonesheje amaso ark imana izineza
Urashima lman ivyabay kk iyo vyas hab hari ikint ivyiza bir imber wihangane yesu aguhoze amarira❤
Ndakumva cyane pe! Wahuye n'akaga gakomeye cyane kandi komeza utwaze, komera kandi ubeho . Buriya uriya si uwawe. Imana izaguha uwawe uhumure rwose
Ayiweeee kucyi abantu aribabi Koko komera mukobwa imana izakurejyera
Azagaruka namara kurongora abagabo barajarajara😮 nuwo azamuhararukwa .Gusa senga hariyo Imana haribyo yakurinze azabinona gusa ikunde niyo nama nakugira nubwo bitoroshye😢gusa uzirinde kumugarura muzima bwawe kuko ho wakomereka kurushaho
Benitha ihangane, pomera, nanjye byambayeho ndabengwa numva ndasebye umuhungu anyihenuraho ngontidukwiranye kandi twaritumaze 5ans dukundanda, ntungurwa nukwasohoye invitation, ariko ubu aranyifuza, arampamagara nkakubwirako tudakwiranye🤣🤣🤣🤣🤣🤣, nawe tuza ucececeke azakugarukira utakimukeneye!!!! Amarira yurengana arakurikira pe!!!!
Oooh komera mama
Ubuhamya burandijije peee 😭😭😭😭 arik mana kuk ibibintu bibaho koko arik ngo burikimwe haba harimpamvu
Harabantu bahanura amarangamutima atari Imana ivuze,kimwe nabantu harabagira amashyari bakica ubukwe bavuga amagambo yo gusenya ubukwe,harabaroga umusore cyangwa umukobwa umwe akanukira undi,ikindi haba nabakomisiyoneri bashirwaho na satani ngo bice ubukwe, ihangane usenge nibisenya ingo nibyinshi cyane
Humura disi. Urukundo ruravuna ni ukuri birababaje
Humura imana ntabwo yakwaka ibyiza itagiye kuguha ibyiza kurushaho kdi usenge cyane kuko yezu aragukunda
Hari.impamvu,ahubwo jya ushimira Imana,kuko uwawe aba atari uwawe.Iyo Imana yaguhaye ntawe ukwambura,niyo itaguhaye ntawe uguha
Ihangane pe ndakumva cyane ark nyagasani azaguha uwawe
wowe tuza utegereze Imana kandi nyuma uzabonako Imana haribyo yakurinze byinshi,kwiyahura ni ubugwari nshuti komera,wowe byature ubibwire umuryango uzahita wumva uri kubohoka
WA muhungu we Imana izaguhana, ibaze kuki kuki???? Gusa pole mukobwa mwiza kwiyahura ni ubugwari si ubutwari, ibyo byose byakubuzaga kwiyahura nuburinzi bwayo kdi nuko Hari n' icyo Imana iguteganyirije! Rero humura izaguhoza amarira yose warize kdi uzabyishimira... Imana iragukunda ntukihebe🙏🙏🙏
Uzashake ibumba ujye urisiga agakoma(igikoma)cyaryo ubishyireho iminota 15 uzahita ukira ibyo biheri rikurura amashyira ari muri ibyo biheri bigahita byuma kandi rigakuraho ayo mabara yo mu maso ujye urishyiraho kabiri mu cyumweru nka lundi jeudi gutyo
Nibyo sekoko ibumba rikiza ibiheri
Urakoze kubwinama ungiriye
Thank you nanjye nzabikora
Disi ihangane biriya ni stress yabimuteye ariko BYO azagerageze Hari abo ibumba rifasha Cyane ko rigabanya amavuta muruhu(ibumba ryicyatsi)
Ihangane maama biravuna ,ark Imana irahari izagutabara
Reka nguhe ideas.
Ubitekereze neza urasanga urukundo rutajya rushira
Ntirunibeshya ... niyo mpamvu ushobora kumara imyaka 8 mu kinyoma cy urukundo ariko uwa 9 umuntu akagusiga ... rero ikindi wasanga uhora usenga Imana ko wifuza umuntu runaka Imana ikaba yaragusubije uwo akagenda kuko atari we wa nyawe... kd Rero Biba byiza kwemera ko tutari ingenzi mu buzima bw abantu runaka buriya bituma tugaruka tukisubiramo tukamenya aho turi ingenzi akaba ariho twitaho ...Bohora umutima .... uwo wagiye mureke agende .. siwo mugisha wanyuma waruri ku isi
Urakoze
Ihangane nshuti. Iyumaze kwiyakira warabonye uwundi uryakubona ukabona aragarutse. Akaza agusaba imbabazi ariko nkuwo ntabwo wakongera kumuha amahirwe mubuzima uramureka. Niyompamvu ihangane umwikuremo nubwo bigoye ibyiza birimbere.
Ariko wamuretse ko imana ifite ibyo yaguteguriye koko mireke nyagasani yakurinze ibibi bye tuza mukobwa mwiza
Ntukababazwe Niko ibintu byahindutse. Kuba marriage yawe yarapfuye , shimirwa Imana kuko haricyo Imana yagukijije. Humura witinya ibyo byose bikubaho imana irabizi.
Ihangane shenge ukomere, Imana izi impamvu byose byagenze gutyo
Sha ihangane ariko ibwo uwo musore wari sure ko Ari umukristo?or yari umutubuzi?
Ihangane Sha nubundi uwo niyomwarikubana yarikuzagutoraguza amashashi mwihorere wiyakire uzaboba umuruta uzaguha urukundo
Ihangane shuti? Imana izaguhoza knd ijya yomora ibikomere? Senga. Witurize, lmana izimpamvu yaburikimwe
Komera Haricyabyihishe inyuma Imanizakumara umubabaro
Ihangane imana irabizi nanjye MBA na numubabaro
Uwo musore mwihorere ntabwo yaguhemukira gutyo ngo bimugwe amahoro senga uzatabarwa.
Yooo polmukobwa ntuzicuzekumukunziwawe harigihee umuntu akwanga akaba akugiriyeneza uzabonauwundi nawe azicuze igiheyagutesheje
Umuntu ugukunda nyabyo ntiyategereza imyaka 8 kugushyira murugo. Hari impamvu yagushyizeho maneko mwitangira....ugushakaho impamvu...ntiwamenya
yg birashoboka
Ubuhamya bwawe buradukanguye kbsa, nibyiza kujya murukundo nurukundo ruraryoha pe,but we have to target ko anytime byose byahinduka, kuburyo nuwo byahindukiraho ashobora kuba yakomezwa nubu buhamya,akumva ko atari we wambere bibayeho, turakundana umusore yabivamo umuntu agata umutwe,none imagine muriteguye byose finally ati ubukwe burapfuye😢
Pole disi 😢😢 ni gute umuntu uguhemukura gutyo ukaba ukivuga ko umukunda?? Forget and move on 😮
Yooo! Ihangane shenge uri mwiza hari ibyo Uwiteka yakurinze kuko byemeye ko ahumanywa nawe bakaguhumanya ariko uzakira ubone uwawe.
Komera shahu ntakosa ufite wakunze nkabandi kd lmana yaduhishe mu mutima
Kd nawe usubize amaso inyuma wasanga nawe atariwe
Wibuke abantu bakubwiye ko mutazabana bakiriho 😢 abarozi bariho kd benshi inama nakugira ubutaha ujyushyira imigambi yawe yose mu mana gusa ntawundi wizeye kd humura uwawe arihafi
Humura bambe ibyakubayeho nange nibyo byambayeho peee %. Wongeye gutuma mbyibuka umutima uratera😢😢😢
ihangane mukobwa mwiza
None se wa mukobwa we ko wasanga warakize satani wata umuntu
Uratuje nukuri sinzi icyobaguhoye
Hum ur a imana iZaguhorera iyomarira ya we azayishyuraa tuza
Ndakuzi dis twariganye
Ati nagiye gukubita umuhanuzi wampanuriye ubukwe, Jesus nihungabana warufite pe,sha warakomeretse cyaneeee no kubyakira byaranze,gusa tuza unasenge wibere mumana,aho gupfusha urugo wapfusha ubukwe
yg urakoze
Urambabaje dis yaraguhemukiye cyane
Mukobwamwiza sibucura mubahungu reka umuntu
Yooo ihangane Imana izakumara umubabaro.rekana nindyarya.
Ihangane mukobwa mwiza nanjye ibyobyambayeho ariko harikintu gikomeye Imana yakurinze azicuza humura ayowarize we azikuba rekananawe
Murakoze babyeyi
Yoooo imana ninziza cyn izaguha uwumumaro
Arasa na mukakarisa tu pole
Amagweja dutangiye kugenda tuyabona
Umuntu abakwiye kwikunda mbele yuko akunda abandi. Sorry my kinyarwanda is not good 😮✌
Imporemama. Siwowe gusa
Iyacyire ntakundi ibyo aba aribyakarande byo mumityango
🥹🥹 pole uzabona undi mwana wa Mama
Uri mwiza shenge
Murakoze
Chr pole ihamgane byose bujya bishira! Wazampa numero yawe tukavugana ko unteye amatsiko!!! Uwo musore ndumva nsa nkumuzi najye akaba yarankoze ibijya gusa nibyawe.
Numero ze urazisanga mukiganiro yazigarutseho
Ibaze nicyabihemu nonehomuzahure KBS buriya byamukomeza
Muzamufashe kugaruka muri mood Sha !!!kuba bibaje ntibivuze ko imana idahari hari ibikaze cyane Imana yabonaga atazabana nabyo,ahubwo ko mbona afite umutima woroshye azashobora Ingo ziki gihe????
Nonese niba mwaragiye mumurenge bishoboka bite ko yashaka undi nta gatanya yemewe namategeko? Bisobanuye se ko ububasha bwa Leta budafite agaciro? Jye nsanga ntareka ngo ashake bitanyuze mumategeko please. Ibyo nukoshya abahemu. Kandi uwo byakomotseho bizamugaruka. Ikindi kandi uwo mugabo nubwo mwari mutindanye yari yarakwihishemo sumuntu. Umuntu utinyuka nkibyo shima Imana ko wamukize. Uwawe arahari. Kandi azakwifuza atakigushyikiriye.
Ntabwo nagiyeyo ntabwo wumvix neza
Ntabwo nagiyeyo ntabwo wumvix neza
Ubwo se ntiwumva ukuboko kw,Imana kukuriho?hari nuwo bwapfuye bari kujya mu rusengero kdi yarakomeye...
Icyo nibaza uyu mukobwa ibintu avuga ni frime yabonye cg ni byamubaye ho ubuhanuzi ubuhanuzi
Kankusubize byambayeho
ark uyu mukobwa simuzi kwisoko ryo kumurindi di???? sorry benitha ndumva nkuzi ihangane rwose umwikuremo usibe number ye,unamwikuremo kndi bizagenda neza rwose ndakubujije ntuzigere wiyahura kubera umwana w'umuntu uzabona n'undi rwose sorry mukobwa mwiza!
@@MUKANYANDWIALphonsine-jb7bq yg urakoze kd pe uranzikwisoko kumurindi pee
Mwaranyobeye
Ark ubundi mwagiye mureka kuba injajwa
Ese iyo mugiye kwitaranga nibwo munaboma
Muvandimwe jya wihangana usome wicecekera ntukavuge ibitoneka uwakomeretse hano baba baje kuruhuka KD dusabwa kubatega amatwi.kko iyo bavuze ninko gukanda ikibyimba iyo kimenetse urasinzira kd hasinzira utuje mumutwe rero jya wihangana niba ntabufasha bwiza ufite Ububi ubureke
Oya mwitera abantu ubwoba ubwo se niba abona ko mutakibanye akabihagarika akanga kuzagushyira mukaga karenze ako ufite bibaho umuntu nyine agasanga impamvu zo kubana ntizihagije akareka kukwangiriza igihe ndetse na future ahubwo focusing kubuzima bukuri imbere ndetse niwawe wanyawe muzabana kukourembye nabi nuwo mwazabana yazaba mugahinda azagusangamo naho ibyamarira byo niryari se tutarira wararize kandi iminsi utega uwo musore ashobora no kutazarira nkukoubivuga Yesu aragukunda wanjye muhindukirire ubundi sinibaza ukuntu warutaye abasore bo muri adepr
Mumbabarire
Ntukababazwe Niko ibintu byahindutse. Kuba marriage yawe yarapfuye , shimirwa Imana kuko haricyo Imana yagukijije. Humura witinya ibyo byose bikubaho imana irabizi.