Розмір відео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показувати елементи керування програвачем
Автоматичне відтворення
Автоповтор
I Love you Pst Semajeri uhabwe Umugisha ni Yera❤
Amen nukuri ubutumwa nkubu nibwo dukeneye bene data kuko na salomo Imana yibwiriyeko ntawuzamurusha gutunga nawe ubu yarabisize ntago akiriho .yesu ahe umugisha ubuhungiro tv
Amen! Imana ibahe umugisha
V
Nange ndafashijwe Imana niyubahwe
Ndafashijwe Imana iguhe umugisha
Imana idushoboze gukora imirimo izaduherekeza👏👏👏👏
Imana iguhe umugisha Pasteur, wongeye kutwibutsa uko tuzabutswa n'imirimo twakoreye mw' isi kandi utubwiye ubutumwa bw'umwimerere nibwo bukenewe muri iki gihe kuko satani ayobeje benshi abakundisha ubutunzi bw'iyi isi, iby'ubugingo babishyize kuruhande. Imana iguhe umugisha ni ukuri.
Muraho Imana ibahe umugisha mwabwirije neza kd mwaririmbye neza natwe Imana idushoboze guhagarara mumurimo neza kd Imana ibahe umugisha
Wow cyakoza uririmba neza nukuri watuma umuntu ajyira imbaraga zo gukora ibyiza Imana iguhereze umugisha🙏
Psta imana iguhe umugisha mwinshi
Paster semageri Imana ikomeze ku kwagura turagukunda❤
🙏🙏amena yesu bahe nugicha mwigichije nez
Amina musenze neza, Uwiteka abahe umugisha
Niwoe wantinyuye gutinya gupfa lmana iguhe umugisha
Waooo thanks for the song mushumba
Mukuri Imana iguhe umugisha
Imana Ishimwe cyane Ndafashijwe
Imana iguhe umugisha mukozi w'Imana kdi Imana idushoboze gukora neza tugifite uburyo no kugwiza imirimo myiza izaturengera
Yego uhabwe umugisha
Pasteur aririmba neza,ese indirimbo zanyu nazibona hehe ko zimfasha,nkunda ukuntu mubwiriza mushyiramo indirimbo,Yesu akomeze abagure kdi abashoboze
Amen,Uhoraho abagurire imbibe
Amen
Imana Ibahe umugisha kubwo Kunkumbuza mu Ijuru.
Imana idushoboze gukora ibyiza
Imana iguhe😊mugosha🎉
Amen muhezagirw knd mugir niherez ryiza
Imana nishimwe .kandi ibahereze umugisha.
Imana y'amahoro iguhaze uburame. Unkumbuje gusubira mu muhamagaro, Uwiteka andinde gusubiza amaso muri Egiputa ngarukire aho ngeze. Ikongere imbaraga n'amavuta, gumamo.
Gupfa si ikibazo ahubwo icyazaduha iherezo ryiza
Imana iguhe imigisha rwose pee. Tugomba gukora hakiri kare
Yewe muntu uri kuvuga NGO abageni nibabasengere Imana ibongere iminsi yo kubaho urabona isi turimo none ariyo kwifuza kubamo?ahubwo Imana nibeze ibacyure kuko iyi Nyanja tunyuramo izambuka intwarane kuko intwari zo zirananiwe ,abari abimbere babaye abinyuma Uwiteka nadufate ukuboko adukomeze
Ndafashijwe uraririmba ugakumbuza umuntu ijuru lmana ibahe umujyisha.
iyo muduha 4ne number zabo natwe tugashyigikira umurimo iyo bajya natwe niyo tujya yesu christo abahe umugisha 🙏🙏🙏
Yego uzishaka naziguha rwose
@@ubuhungirotv8850 zimpe
Mana uduhereze imbaraga tutazasigara muruyumuruho wisi
Imana iguhe unugisha mukoxi w'Imana
amen
Imana iguhe umugisha
Mana weee nyuzuza umwuka wera Mana mpa umufasha ndakwinginze iminsi irikurushaho kuba mibi
Yesi
Uru rusengero ruri hehe umuntu ashatse gufasha yanyura kurinde
Imana nishimwe
Ndabakurikiye Di Gatsibo
Amina cyane
By mi3:35 3:35 3:35 3:35
Mana ndagushimiye kuko hakiriho abantu bake bagifite mu mitima yabo inzira zijya I Siyoni.
Amenaaaa cyanee
❤
Nukuri abera tuzataha
Mwiriwe neza! Abantu muri kumbaza number zahari kw'itorero bari bari kugura intebe rwose ndazibaha pe!!, Mwe mwifuza gukora uwo murimo ni karibu kko habonetse intebe nkeya cyane.
Zirihe c?
Yoooo 😢
Mana we n'ukuri wakumbuza umuntu ijuru pe gusa lmana idufashe gushaka imirimo pe
Semajeri ndagutumiye ibugande imana yo mwijuru ikumpere umusha wuzuye ibindi tuzabivugana mu in box yange murakoze
Ni ukuri ni nitugera mu ijuru tuzabonana,nta mibabaro no kugeragezwa tuzongera kubona
NdAbakunda
0:00
❤ 0:00 0:00
Unsegere muvugabutumwa
Twali. Dukwiye. Kwibabda. Ku. Ndilimbo. Ya. 414. Iby. Indilim bo. Ya50. Ni. Indyo. Y abakomeye. Cg ubwiru
Hhhhhh ntawe utazahanura pee! N' abanyamanyanga yuzuye bahanuye da! Nzaba mbarirwa
Ntabwo izi semajeri icecekere arahanura bigasohora narabibonye ahanurira umudamu wapfushaka wikabuga cecire wakuragamo Inda zarizimaze kubwa nsyinshi ariko semajeri arikwigisha amuvugaho amubwira ko imana imutuye urutsyo ubu muheruka abyaye 2
Nibyo dukwiye gukora
Nizere ko semajeri yihannye nawe kuko imirimo ibaye iguherekeza waseba
Ese ubwo ufite umutwe cyangwa ni igihaza wikoreye?
Ndi umugabo wo kubihamya KO abana bawubatizwamo. Nawubatijwemo niga primaire mfite 13ans. Ntazi nicyo umaze disi🤭
None se utarawubatizwamo bivuze ko ntamwukawera agira muvandi ?
Bawubatizwamo pe!!jyewe nari mfite 12ans.Rero umuririmbyi ,cg undi mukozi w'Imana utagira umwuka wera afashwa nande??????
@@Bonne2711 muge mutandukanya ibintu kugira umwuka wera no kuwubatizwamo nibintu bibiri bitandukanya ! Umuntu wese wakiriye Yesu nk'umwami n'umukiza we afite umwuka wera kuwubatizwamo biza nyuma !!
@@esperancemujawiyera7986 Ntawo rwose
Aradukumbuje gusa
Twe gucogorera gukora neza kuki nitutagwa isari tuzasarura
Umwukawera abakiristo ntawobafite icobafite ninzigo nugwanko nigono nubusambanyi nivyo bibuzuyemwo
Mana unshoboze gukora imirimo hakiri kare butari bwira
??????????
ua-cam.com/video/CB_UN4jckWw/v-deo.htmlsi=94xOpq-Z8Eu6Uk8E
Ngewe mbonye iyi nyigisho ari uburiganya bwa satani kuko nta jambo ry' Imana ririmo ni igitangaza rwose ngo mugurire Imana intebe ?
Wariruhiye
Uwiteka ajya yibuka imirimo umuntu akora.
Ariko Mushumba yasengeye abo bantu ikabongera iminsi yokuyukorera koko mbabarira rwose
Kandi ubwo witwa ngo uri umurokore?
Murakoze kudukumbuza ijuru
I Love you Pst Semajeri uhabwe Umugisha ni Yera❤
Amen nukuri ubutumwa nkubu nibwo dukeneye bene data kuko na salomo Imana yibwiriyeko ntawuzamurusha gutunga nawe ubu yarabisize ntago akiriho .yesu ahe umugisha ubuhungiro tv
Amen! Imana ibahe umugisha
V
Nange ndafashijwe Imana niyubahwe
Ndafashijwe Imana iguhe umugisha
Imana idushoboze gukora imirimo izaduherekeza👏👏👏👏
Imana iguhe umugisha Pasteur, wongeye kutwibutsa uko tuzabutswa n'imirimo twakoreye mw' isi kandi utubwiye ubutumwa bw'umwimerere nibwo bukenewe muri iki gihe kuko satani ayobeje benshi abakundisha ubutunzi bw'iyi isi, iby'ubugingo babishyize kuruhande. Imana iguhe umugisha ni ukuri.
Muraho Imana ibahe umugisha mwabwirije neza kd mwaririmbye neza natwe Imana idushoboze guhagarara mumurimo neza kd Imana ibahe umugisha
Wow cyakoza uririmba neza nukuri watuma umuntu ajyira imbaraga zo gukora ibyiza Imana iguhereze umugisha🙏
Psta imana iguhe umugisha mwinshi
Paster semageri Imana ikomeze ku kwagura turagukunda❤
🙏🙏amena yesu bahe nugicha mwigichije nez
Amina musenze neza, Uwiteka abahe umugisha
Niwoe wantinyuye gutinya gupfa lmana iguhe umugisha
Waooo thanks for the song mushumba
Mukuri Imana iguhe umugisha
Imana Ishimwe cyane Ndafashijwe
Imana iguhe umugisha mukozi w'Imana kdi Imana idushoboze gukora neza tugifite uburyo no kugwiza imirimo myiza izaturengera
Yego uhabwe umugisha
Pasteur aririmba neza,ese indirimbo zanyu nazibona hehe ko zimfasha,nkunda ukuntu mubwiriza mushyiramo indirimbo,Yesu akomeze abagure kdi abashoboze
Amen,Uhoraho abagurire imbibe
Amen
Imana Ibahe umugisha kubwo Kunkumbuza mu Ijuru.
Imana idushoboze gukora ibyiza
Imana iguhe😊mugosha🎉
Amen muhezagirw knd mugir niherez ryiza
Imana nishimwe .kandi ibahereze umugisha.
Imana y'amahoro iguhaze uburame. Unkumbuje gusubira mu muhamagaro, Uwiteka andinde gusubiza amaso muri Egiputa ngarukire aho ngeze. Ikongere imbaraga n'amavuta, gumamo.
Gupfa si ikibazo ahubwo icyazaduha iherezo ryiza
Imana iguhe imigisha rwose pee. Tugomba gukora hakiri kare
Yewe muntu uri kuvuga NGO abageni nibabasengere Imana ibongere iminsi yo kubaho urabona isi turimo none ariyo kwifuza kubamo?ahubwo Imana nibeze ibacyure kuko iyi Nyanja tunyuramo izambuka intwarane kuko intwari zo zirananiwe ,abari abimbere babaye abinyuma Uwiteka nadufate ukuboko adukomeze
Amen
Ndafashijwe uraririmba ugakumbuza umuntu ijuru lmana ibahe umujyisha.
iyo muduha 4ne number zabo natwe tugashyigikira umurimo iyo bajya natwe niyo tujya yesu christo abahe umugisha 🙏🙏🙏
Yego uzishaka naziguha rwose
@@ubuhungirotv8850 zimpe
Mana uduhereze imbaraga tutazasigara muruyumuruho wisi
Imana iguhe unugisha mukoxi w'Imana
amen
Imana iguhe umugisha
Mana weee nyuzuza umwuka wera Mana mpa umufasha ndakwinginze iminsi irikurushaho kuba mibi
Yesi
Uru rusengero ruri hehe umuntu ashatse gufasha yanyura kurinde
Imana nishimwe
Ndabakurikiye Di Gatsibo
Amina cyane
By mi
3:35 3:35 3:35 3:35
Mana ndagushimiye kuko hakiriho abantu bake bagifite mu mitima yabo inzira zijya I Siyoni.
Amen
Amenaaaa cyanee
❤
Amen
Nukuri abera tuzataha
Mwiriwe neza! Abantu muri kumbaza number zahari kw'itorero bari bari kugura intebe rwose ndazibaha pe!!, Mwe mwifuza gukora uwo murimo ni karibu kko habonetse intebe nkeya cyane.
Zirihe c?
Yoooo 😢
Mana we n'ukuri wakumbuza umuntu ijuru pe gusa lmana idufashe gushaka imirimo pe
Semajeri ndagutumiye ibugande imana yo mwijuru ikumpere umusha wuzuye ibindi tuzabivugana mu in box yange murakoze
Ni ukuri ni nitugera mu ijuru tuzabonana,nta mibabaro no kugeragezwa tuzongera kubona
NdAbakunda
0:00
❤ 0:00 0:00
Unsegere muvugabutumwa
Twali. Dukwiye. Kwibabda. Ku. Ndilimbo. Ya. 414. Iby. Indilim bo. Ya50. Ni. Indyo. Y abakomeye. Cg ubwiru
Hhhhhh ntawe utazahanura pee! N' abanyamanyanga yuzuye bahanuye da! Nzaba mbarirwa
Ntabwo izi semajeri icecekere arahanura bigasohora narabibonye ahanurira umudamu wapfushaka wikabuga cecire wakuragamo Inda zarizimaze kubwa nsyinshi ariko semajeri arikwigisha amuvugaho amubwira ko imana imutuye urutsyo ubu muheruka abyaye 2
Nibyo dukwiye gukora
Nizere ko semajeri yihannye nawe kuko imirimo ibaye iguherekeza waseba
Ese ubwo ufite umutwe cyangwa ni igihaza wikoreye?
Ndi umugabo wo kubihamya KO abana bawubatizwamo. Nawubatijwemo niga primaire mfite 13ans. Ntazi nicyo umaze disi🤭
None se utarawubatizwamo bivuze ko ntamwukawera agira muvandi ?
Bawubatizwamo pe!!jyewe nari mfite 12ans.Rero umuririmbyi ,cg undi mukozi w'Imana utagira umwuka wera afashwa nande??????
Bawubatizwamo pe!!jyewe nari mfite 12ans.Rero umuririmbyi ,cg undi mukozi w'Imana utagira umwuka wera afashwa nande??????
@@Bonne2711 muge mutandukanya ibintu kugira umwuka wera no kuwubatizwamo nibintu bibiri bitandukanya ! Umuntu wese wakiriye Yesu nk'umwami n'umukiza we afite umwuka wera kuwubatizwamo biza nyuma !!
@@esperancemujawiyera7986 Ntawo rwose
Aradukumbuje gusa
Twe gucogorera gukora neza kuki nitutagwa isari tuzasarura
Umwukawera abakiristo ntawobafite icobafite ninzigo nugwanko nigono nubusambanyi nivyo bibuzuyemwo
Amen
Mana unshoboze gukora imirimo hakiri kare butari bwira
??????????
ua-cam.com/video/CB_UN4jckWw/v-deo.htmlsi=94xOpq-Z8Eu6Uk8E
Ngewe mbonye iyi nyigisho ari uburiganya bwa satani kuko nta jambo ry' Imana ririmo ni igitangaza rwose ngo mugurire Imana intebe ?
Wariruhiye
Uwiteka ajya yibuka imirimo umuntu akora.
Ariko Mushumba yasengeye abo bantu ikabongera iminsi yokuyukorera koko mbabarira rwose
Kandi ubwo witwa ngo uri umurokore?
Murakoze kudukumbuza ijuru
Imana iguhe umugisha