"NYIRINGANZO": Sudi Mavenge yemeye ko yiyitiriye indirimbo za Kayitare Gaetan
Вставка
- Опубліковано 18 вер 2024
- Umuhanzi nyarwanda Mavenge Sudi yemeye ko indirimbo acuranga atari ize bwite ahubwo ari iz’umuhanzi wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi witwa Kayitare Gaetan kugira ngo zitazimira ndetse abisabira imbabazi.
Nganji nibyo ibyo mavenge avuze kuri kayitare Gaethan cg kayitani yarafite impano akagira igikundiro kuburyo indimboze bazimusabaga bari no mu Burundi ndavuga abanyarwanda bo mu majyepfo bari baragiye muri za 1990 barazikumburaga bazitumaho akaziboherereza nanjye twabanye igihe gito anyigisha ariko jye byaranze imitwe yintoke yaranryaga cyane ndabireka ariko ngakunda indirimbo ze cyane hari nizo yarafite ntarumva narimwe ahandi hari nkiyo yahimbiye muri gereza yayimbwiye ariko yaravuyemo ati uri hagati munyanja hakurya ubona bahinga wowe ukina niyo nyanja ukabura uwakurohora cg uwagutabara ndamwibuka nkababara twabuze benshi ariko nawe tuzahora tumwibuka karagasore kigikundiro yajyaga gutera nka Butera v se wa knowloes Butera we ntiyari umuhanzi ariko yari umusore usobanutse wu mu nyamugi
Byaryoshye Nganji, hakwiye no gutegurwa Igitabo gihuje amateke y'abahanzi n'abageni bo hambere kikitwa Ancycropedie de Art Rwanda 😁😁😁, Ministery y'umuco ikigitera inkunga hakaboneka na Audio y'icyo gitabo
Kayitatrr,ihorere,mubyeyi
Urakoze cyane bro
Njye nkukundiye ukuri kwawe ahubwo iyo tugira abandi benshi nkawe wasanga hari izindi nyinshi zabandi zazimye ariko wowe wazamuye izina ry'inshuti yawe n'ubwo yari atakiriho.
Niba bishoboka mwampa téléphone ya Mavenge, ndamukeneye cyane.
Murakoze.
Icyicyiganiro nicyiza cyane.
Ben biraryoshye uzadushakire abahungu bi musambira kumugina bitwaga iryamukuru baririmbye iyitwa yewe mwari watayinzirawe
Pole mavenge
Iyo moso bicuritse n'ukuntu azi gitari birantangaje
Yekoze gyoza mavenge
Babaye abandi kubera ko Ari abantu naho ibindi Ni ibintu Bisangwa we
Mugenziwe
✌️✌️✌️
Yashyigikiye
Dushimire umuhanzi Mavenge k'ubwo gusigasira ibyo bihangano ndetse no kwemera ko zimwe mu ndirimbo yashyize hanze atari ize. Ibihangano by'abanyarwanda mu gihe cyo hambere byahererekanywe mu buryo butanditswe ( kuko wenda nta mategeko yabigenaga...ntabwo mbizi). Ariko ubu hagakwiye kuba hari amategeko agena umutungo bwite w'umuntu mu bijyanye n'ubwenge (Intellectual Property). Icyo biba bisaba ni ukumvikana na nyiri bihangano kuko nibyo bitunga abahanzi n'ababakomokaho.
Iyondirimbo ibanziriza ikiganiro yitwa ngwiki ,niyande mudufashe mutubwire kuko kuzishaka kuri you tube biragora
Ubundi Iyo ndirimbo ibanza yitwa "Impanuro ni iya Twagirayezu Cassien" ariko akenshi bayita Inzitane....
Ntiwibye
Ikibatsi cy' urukundo ni rusakara wo kuri kt radio wayisubiyemo nawe mubimubaze arabizi
Kurikira urubuga “BAZA ITEGEKO ONLINE “ maze wumve uburyohe bw’amategeko n’uko yagufasha kurwanya akarengane.
Igisambo kirafashwe.
Amerwe amukozeho!!Nyamagabe Police imuguye Hejuru amaze kuyikuraho Uruhu🤔//Ibya RUSESABAGINA bihinduye isura😳.Kanda Wumve👇🏼👇🏼👇🏼👇🏼
ua-cam.com/video/hAujM1dJYg0/v-deo.html
Reka mbaze kuki abahanzi bakera bazimye
Genocide yakorewe Abatutsi yahitanye benshi , abandi SIDA irabarimbura kuko igitangira , bataramenya kuyipima uyirwaye, yahitanye imiryango myinshi, irimo n'abahanzi.🙏🏻
Muri icyo gihe nta mategeko agenga ibihangano yabagaho nkayikigihe.
Uyu musaza ni infura ni bake bemera ko ibihangano bamuziho atari ibye byose ni Inyangamugayo pe kandi urukundo nunva afitiye uwo mugenzi we KAYITANI ni rumwe rwiza rwa 'ABANTU BAKERA rwose.
Imana iguhe imigisha MAVENGE WE
Muraho murakomeye ngewe banyita Nyiringabo Tcholla ndagirango nakurikiranye ikiganiro cya mavenge sudi atariwe ucyurangisha gitari Imoso wenyine murwanda kuko ngewe mfite mukuru wanjye ucyurangisha imoso bita gasirabo seleman wahibye indirimbo yitwa agaseke karapfundikiye murakoze mugire ibihe byiza
@@nyiringabotwalhatu7256 Komera cyane Nshuti! None se Gasirabo aba hehe?! Kdi shimirwa cyane!!🙏🙏🙏