Antoine RUTAYISIRE - Dore IBINTU BITUMA ABAROZI BATABASHA KUKUROGA / Uko usenga wirukana Abadaimoni
Вставка
- Опубліковано 10 бер 2022
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - Розваги
Uyu mukozi w'imana nuwukuri aratuma duhindura imibereho yacu mû bintu mvinshi ,turamusabiye yesu abandanye amukomeza mû butumwa bwiwe
Nsanze nanjye meze nkizo nkoko, naraciye umugozi ariko uracyanziritse ku kuguru imana impe imbaraga😢😢
Murakoze muzadusobanurire uburyo Imana yemerera imyuka mubi kuyikorera nka Ahabu Umwami Sawuli ijambo riravugangoumuwuka mubi wavaga ku Mana bigenda gute? NiguteSawuli yashite Samweli muzadusobanurire please uzongere utubarize Pst Rutayisire
Turabashimiye cyane kubwo umwanya wanyu mwafashe mwese, mwadusobanuriye, mwanatwigishije. Twanyuzwe uwiteka akomeze kubarindira ubugingo turacyakeneye kubigiraho byishi.
Murakoze Cyaneeeeeeee turabakunda
Murakoze cane muntu W,Imana ngiye kwihagararira murwizera ntegekabadayimoni bahunga mwizina ryuwanesheje 👏
Yesu akongerere imbaraga ubutumwa bwawe buranyubaka komerezaho
Ngukundira Inama ugira umusaza
Murakoze cyane Pasteur Antoine ufite ubumenyi but buturuka kuri Yesu muzima. Zaburi Nshya mukomere cyane muradufasha.
Yesu abahe umugisha Mukozi w’Imana
Ndagukunda nkwigiraho byinshi
Imana ikomeze igusige ikunogereze.
Habwa umugisha.
Imana ishobora byose🙏🙏🙏
Ndagukunda Imana iguhe umugisha
Ndagukunda Kandi Imana yawe yomwijuru irakwishimira.
Franchement 👍 kuba unjya gukorikintu ugatinya ukunva ko Yesu akireba ukareka birahagije Yesu abatuye muriwewe 💪💪
Panfield and Pastor murimpano y'Imana ku Rwanda 🇷🇼 na Africa nisiyose.Amen
Pasteur Rutayisire Antoine turagukunda cyane .Njya nkumbura ikiganiro kiza uyu mupasiteri yagiranye n'umusore umwe witwaga Ka kuri contact FM avuga kuri Pahuro imbere ya Agripa na Festo haciyeho imyaka irenga cumi n'ibiri ariko ndacyabyibuka .Nari nkiri umobwa none abana bange b'uburiza bafite imyaka 11.Rwose byaba byiza cyane Pasteur dukunda yongeye kutwibutsa ibigwi bya Pahuro
Imana Igukomereze amaboko mushumba nukuri abakurikirana inyigisho zawe ninama zawe turbans dutsinda ibyintambara zinaha kandi tugyendana na Yesu nk Umwami wacu. God bless you Pastor Antoine.
Amen pastor Antoine. Muge muhora mu mutumira jyewe mwigiraho byinshi inama nziza ubutumwa bwiza atugezeho turafashwa cyanee. Nda mukunda Imana imukomereze amaboko uburinzi bwayo nimbazi zayo bihore bimugose mwizina rya Yesu.
Habwumugisha muvyeyi
Mukamisha barikiwa Sana nukuri uyumubyeyi ndamukunda Sana iyomwijuru ijyimuha ibyiza byose.
Rutayisire ndamukunda ariko sinemezanya nawe kukibazo cyanyuma cyababyarana n’abadayimoni!! Gusa uwavuze ko yasengeye umukobwa w’imvange mu mubiri n’umudayimoni na nyina ndamuzi . Rero byarikuba byiza mugiye mumuha iyo video nawe akiyitegera kuko bisa nkaho nta bantu bafite ibyo bibazo arahura nabo ngo yibere umuhamya wabyo . Gusa yatengeje urugero mukubipinga no gupinga umukozi w’Imana ukomeye kuriya!!
Urakoze kucigwa uduhaye ninyishu yanje uretse icigwa ndagukunda cane uranfasha muvyo ntegekenya kubaho kwanje Imana izaguhe iherezo ryiza icampa nkazakubona live harico nakwibariza none ibonano wawe wongora.
Imana ishimwe
Past nibyokoko iyoutabaje izina ryayesu kokonajyebyambayeho ubwonarimvuyemurwanda ngana muriMarawi nukojyeze dodoma arinijoro jyagushaka roji yokuraramo nukojyezekugitanda ibintubiraniga nuko ijambonibukanavuze arikomanapfuyentamuntuwiwacuturikumwe?nukosinabashaganokuvuga sinziukuntunatabajenti yesu nabivuzeishuro3nukondazanzamukaurumvakonaripfuyeibyouvuganukuri. Murakoze imanaibaheumugisha niLaurent hanoMalawi
Mfite ubuhanya bwafasha muzansure mbabwire uko yesu yankuye ikuzimu akanshyira ibuzima nkamwirahira
Yesu kristo Ashimwe cyanee mureke mbabwire erega Abantu dukeneye ubutabazi kuko nibisekuru bifite Amadini niyo mpamvu Dufata Ikemezo Cyogukurikira Yesu kristo iyo ugize Ingorane ukayobera muri rya torero umwuka waho urakumenya ugahita ugusubiza mugisekuru cyanyu ubuzima bukarushaho kuba bibi kuko bagufashe warubacitse Nawe ukanjyirango warahunze kandi kandi Aribo bakurera ntubimenye mwabantu mwe narabimenye ndumindwa ndarwara
Deliverance bavuga sinyemera, Nemera ko habaho guhinduka kw'ibitekerezo nk'uko paul yabivuze.Deliverance ikorerwa abarwayi baba dayimoni. Urakoze Pasteur wowe uwigisha nk'umukozi w'Imana mwiza.
Ndu Mtanzania Mwanglikana. Wafashije chane mumwigisha yawe. Imana iguhezajize chane. Ugume utuzengela chane. Amina .
Urintwari ❤❤❤
Gusa abavandimwe bacu baratwanze
Yesu ashimwe benedata muri Kristu.
Yesu ni We Nzira n'Ukuri n'Ubugingo.
Ubwo turi abakristu, buri wese muri twe ajye yibaza ati: Ni iki Kristu ansaba (cg ambaza)?
Ukunda Yesu akurikiza amategeko ye. Amen.
Yesu arushirizeho kukugirira neza pastor 🙏❤️❤️
Nize byinshi Murakoze cyane yesu Kristo aguhe umugusha.
Pasteur Antoine Rutayisire yigisha neza pe.
Mwampuza na pastor ko mukeneye!
IMANA ihabw icubahiro kubwimpano yuyu mwene data Amen Amen
Pst IMANA iguhe umugisha kuko Ibyo musobanuye nibyo rwose turabemera peee!!! 🙏🙏👏👏
Pasteur imana imwagure kuko arashoboye
Bibliya turayisegura cyane
Gusa dufite Yesu
Imana ikwongereko amavuta,inyigisho yawe irankomeje,kandi impaye inguvu n'ubutwari bwoguterimbere mukwingira nizinanrya Yezu kristu Muzima,Umwami n'Umukiza
Murakoze cyane Past nkunda, Imana izaguhe ijuru mbigusabira iteka mubyeyi uri urugero rwiza nkwigiraho byinshii
Imana ntabwo ibikwambura iyo ukoze icyaha ukijijwe,ahubwo uko ubitindamo,niko intekerezo zawe zikubwiriza icyo ubikoresha kuko ubwenge bw'lmana uba urikubujya kure gahoro gahoro,kugeza rero ubyimazeho
Pastor Imana iguhe umugisha narwaye abadayimoni imyaka itatu byari bikomeye bansengeye amezi. Status nibyumweru bitatu baba iwacu Imana irantabara ibibyose wavuze ndabizi iyo wizeye yesu byukuri arakurwanirira gusa gusa narakize ndanakizwa ariko iwacu bahita banyanga
Amen, umwijima ugomba guhunga urumuri rwose
Imana iguhe umugisha mwinshi nukuri pastor wange uranyigishije cyane rwose
Ikiganiro cyiza weee!
Kyane pee
Chrits ndikumana yaratwigishije uko turwana muri kanguka
Murakoze cane muvyeyi, inyigisho zawe zirubaka pe, muhezagirwe caaanee🙏🫡
Ndafashijwe caaane
Iki kiganiro ni kiza.
Pasteur Rutayisire warako watumye ngaruka munzira y’Imana
GOD bless you pastor Rutayisire udusobanuriye neza
Imana ikumpere imigisha pastor iyaba abarokore bose bakurikizaga ibi bintu uvuze. Imana ikumpere imigisha pastor.
Hari abakristo bakizwa ark bagakomeza gukora ubwesikoro nkubu Hari haruwo nagurije amafranga none yaranyambuye kandi ngo ni mwarimu mwitorero iyo mubonye ari kwigisha ndabyibuka nakoriki ngo mubohokeho
Muvandimwe Charles uwo umurimo umwenda mubabarire uhumure ntuzambara ubusa nawe nakomangwa azazr agusabe imbabazi ati narayabuze maze uzamuharire nange ni uko nabohotse ku mupastor ( mu madini y inzaduka) wanyambuye magana arenga iyegamire ku Mwami w amahoro tugiye kwibuka Izuka rye riduha ikizere ko natwe azatuzurana n abacu niba dukomeze gutwaza
Umwanzi atinya UMUNTU UFITE YESU Muzima, ariko uwishushanya ntiyamutinya.
Wigisha neza nyanyurwa
Ndafashijwe cane niki kiganiro. Yesu aguhezagire.
Imana iguhe umugisha 🙏🙏🙏
Yesu muzima ndibuka iyinyigisho wigeze kuyitwishaho Kunkurunziza one week hari mu 2001.
God bless you.
Kabsa, avuze ukuri kuzuye
Bibiliya ivuze ngo iy'umuntu ari muri Kristo aba aricaremw gishasha,Pasteur yaratanguy kukavuga ariko ntiyakavuz nkuko nanj ndakazi kdi nkizera,yaravuz ngo umuntu yizeresha umutima akaronka ukugororoka yaturishij akanwa akaronka agakiza,romains 10:9-10
Bivuze ngo umuntu acika icaremw gisha mugihe yizeye ko Yesu Imana yamuzuye imukuye mubapfuy,hama agaca yaturisha akanwa ko Yesu ariw Mwami n'Umukiza w'ubuzima bwiw aho honyen niho uwomuntu acitse icaremwe gishasha✍️
Ibyo byo barabikora, pe bajya mu rusengero ku envouta.
Mwigwze KWUMVA ubuhamya bwa Sarah wonmu Mutara, cg n'abandi Bose bajya nahabwa mission.
Burya abantu Bose bari mu rusengero silo Bose Baba bafite YESU
Papa nanjye. ngusabye kunsengera
Murakoze cyane,
Utwunguye gusenga urakoze cyane pe turagukunda
Nkurikira amasoma utanga ngafashwa nukuri waratoranijwe ntabwo imana yagutoranyije yibeshye gumamo yesu akugirire neza
Aba Christo bawe bafite umugisha rwose!
Ibyo ni ukuri
Past, urabwiza neza ngafashwa, Imana ikomeze ikwagure.
Cyakoze paster uragutse cyne kdi uri free mumitekerereze! uwiteka aguhezagire♥️🙏ikiganiro cyae nicyo cyonyine mbasha kurangiza naho ntasobanukiw nsubiza inyuma.be blessed .
Njye nasanze murwanda dufite Imana pe kuko ibibera hanze yurwanda nagahomamunwa
Ko Zakayo yarishye kane ibyo yanyaze? Bihuze nibyo utubwiye ko iminyago wakuye muburiganya ataringombwa kubisubiza!
True ! I have prayed for my brothers to be free from alcoholic spirit for so many years but they haven't been delivered 😕
Preach to him the gospel telling him about salvation if he agrees and accept Jesus Christ as his saviour then he will stop alcohol gradually. Praying for him is a waste of time.
God bless you pastor and zaburi shya. Inyigisho zuzuye ubwenge buva kuw’iteka
PAISED YOUR NAME OUR GOD, HEAVENLY FATHER !!!
Pastor Rutayisire be blessed, I love u so much
Ndashaka muzampuze napasita rutayisire muzaba mukoze
Amen.Amaraso ya Yesu yadukuyeho urubanza rw'ibyaha.
Uvuga aba atarabona.
Ibyo nahuye nabyo ni agahoma munwa.
Mujye mwivugira ibyo musoma.
Mutange inama, mubwire abantu ibya yesu.
Ariko ibyo nabonye, ibyo mbona ibimbaho, nabuze umutabazi.
Nathan Ndamage, washatse uyu mukozi w'Imana Pst Antoine mukaganira ko atazakwima rdv rwose 🤔 gerageza umushake pe! Kandi ntukihererane ikintu kikuremereye gutyo.
Imana ibane nawe mu bihe urimo gucamo🙏
Nathan,
Byakugendekeye gute?
Nathan, sengera mûri Kanguka hamwe na Chris NDIKUMANA (UA-cam). Andika ijambo Kanguka, urahura n'amasengesho ye n'ubuhamya bw'ababohoka, uzabohoka ! Surtout mûri Kanguka ze za Samedi. Bikore uzabohoka n'ibigutera byose bizahunga.
Yesu yaratsinze aduhesha insinzi. Amen.
Amen!!!! Iki kigisho gitumye nubaha pastor Rutayisire!! Imana ihabwe icyubahiro!! Alleluia!!!
Nibyo Koko biterwa nuko abantu batihishijwe..Ntimwabana Ngo bakwihorere, none se tukiri mu ISI ntiturinku rugamba
Pasteur Rutayisire turagukunda cyane mana yanjye imana ikomeze ikugende imbere nabawe bose
Ndagusaba ese ushobora kuduha téléphone yanyu?
Muhorane imana nyakubyara
Murakoze cyane, nafashijwe 👏🏾
May God bless you Antoine
Iyo ndiko ngukurikirana Pastor simpaga kwumviriza inyigisho zawe,nukuri warahezagiwe cane.from🇧🇮🇧🇮
IMANA iguhe imigisha myinshi 🙌🏻
True preaching! Ndakwemera rwose!
mana we sinanarangiza kumviriza agamabwiriza ahowahereye ndavuze ngo imana ishimwe kandi igukomeze mubyo wigisha.
Yesu twongerere ukwemera
I love you pastor Rutaisire 🙏🙏🙏more years of God's blessings to achieve the best of your will Amen
Merci bcp bcp
Amen🥰🥰🥰🙏✅✅✅Our Dad live long Papa.God bless you 💙💙💙💙💙💙💙
Undinda n Umwami wange 🙏🙏
Pasteur urimo umwuka w'Imana.nkunda inyigisho zawe
Amen Amen
Murakozee cane🙏
Barakuzinga se ko bakizingazinga
Imana iguhe umugisha pastor
God bless u pastor 🙏