GUFUHA BYANSENYEYE URUGO// Dana's story// Inkuru z'urukundo// Inkuru yanjye
Вставка
- Опубліковано 5 лют 2025
- Amasomo nakuyemo:
-Kutumvira inama mbi ngiriwe
-Kwizera Umutware wanjye
-Kudatekereza ibibi gusa
-Kubaha umutware wanjye
-Gutanga amahoro mu rugo rwanjye
Thanks so much for that teaching story dear. May the Lord Jesus bless more your family
You are so welcome 🙏🏽 Amen. God bless you too
❤inkuru yigisha gufuha cyane birasenya nokumvira inama mbi merci
Rut@@abbastoris
❤❤❤❤
Eeeeh warihemukiye
Ooh!!iyi nkuru irimo inyigisho,hanze hano hariho abo byabaho.uyu mwanditsi nakomeze aratwibaka pe.
I can't wait. Iyindi izakurikira.
Murakoze cyane dear. Turi gutegura izindi nkuru zifite inyigisho nyinshi rwose
Wow! Mbega ubutwari bwa Patrick! Ndishimye ko Dana yigaruye, agahinduka, na Patrick akamugarukira.
Patrick ni intwari cyane. Si benshi bakwihangana kuriya
Huwaaaa uyo mugabo aratekereza kweri narikuguheba ngatora uwundi abakobwa baruzuye pe
Hahahaha 😄
Komeza utumenyeshe
Gufuha ni ibintu bibi cyane ababikora mwisubireho
Vyukuri hariho abagenzi dukwiye kwirinda uwagusenyeye nimcutip
This is so deep! And it can happen in real life pe ! Thanks for the story can’t wait to see more!
Mbega inkuru rukundo nziza
Wow
Ufite umugabo mwiza pee mubyarawawe numurozi
Wooow,akogakuru nikeza ese nange komfuha nigute byashira
Gufuha sibyo bibi nshuti. Uwo ukunda uramufuhira. Ahubwo ibikorwa wakora kubera gufuha nibyo byaba bibi. Icyo wakwirinda ni ugutekereza nabi igihe cyose ufuhiye uwo ukunda, Ahubwo ukishyira mu mwanya we ukibaza koko niba ibiri kuba abifitemo uruhare. Ikindi nuko waganira nawe aho kugirango ukoreshe ibikorwa. ❤
Nanjye ndakabya pee sinzi uko nzabikira
@@niwemugoreangela1100 Bibaho cyane. Gusa ujye ugerageza wizere umuntu wawe, ikindi wirinde gutekereza nabi, usenge ubundi wihe amahoro
@@abbastoris nukuri kbsa. Naho ubundi wasara bikakuviramo no gusenya
@@niwemugoreangela1100 Yego pe. Kandi courage dear! Umuntu wemera ikosa aba ari umunyembaraga arubaka.
Ntibyoroshye,mbegumugore
Amagambo yamubyarawawe niyo yatumye uhinduka,ariko Patrick yibare kwihangana akakubabarira❤
Abagore Imana iduhindure
Abagore rwose imana iduhe icyizere kubagabo bacu kuko turabagora cyane iyinkuru irimo inyigishi nyinshi 👍👍👍
Iyinkuru irimo inyigisho kbs nanjye narinsigaye mfite indwara yogufuhira umugabo wanjye ariko naje kwitekerezaho nsanga aramakosa byikuramo ubu mbayeho mumahoro
Imana ishimwe cyane ku bwawe n’umuryango wawe. Kandi ikomeze ikwongerere amahoro murugo rwawe pe
Njye inama nabagira kugirango tujye tureba inkuru yanyu tuyirajyize mujye muhina amagambo inkuru zanyu zirusheho kuturyohera
Murakoze neza nshuti. Mwansobanurira neza uko mubyifuza? Ibitekerezo byanyu ni ingenzi
@@abbastorisinkuru zanyu ninziza chr ntugahangayike komerezaho courage
@@nininahazwedonavine3349 Murakoze cyane 🙏🏽
Mbonye ko ubwenge buke ariyo ndwara yambere mubuzima 😢😢😢
Sarry
Biranezerej kwisubirako
Uwomugabo yitondape
mbega inkuru irimo amasomo we
I watched the movie ariko byose nyine ni somo
oh urakoze cyane kunkuru nziza !
🙏🏽 Murakoze gushima
Ariko sha uwomugabo yabaho koko sindavyibaza peee gusa abagore bapfuha mubigabanye peee bituma abagabo babaho babaye cane nukuri mwubake icizere ciza bizatuma mubaho mumahoro
Wagirago bari barakuroze
Abagabobose muge mumera nka patric
Iyi ni inkuru mpimbano! Kubeshya. Ntabwo byabayeho ni ibyo ari gusoma. Umwanditsi wese niyandike inkuru ayishyire kuri youtube na Facebook turayireba. Muzarebe ko ashyiraho ifoto n'amazina ye nyabyo 😅.
Murakoze kubw’igitekerezo cyanyu 🙏🏽
Umugani ugana akariho. Iyi nkuru bayiduhaye ku bw'isomo bashaka ko dukuramo. Njye hari abo nzi byabayeho. Ariko uyu we ndumva arengeje urugero. Gusa ni ugusesengura impanuro baduha, tukamenya ko ari izo gukurikiza ou pas.
@@laetitiakabirori0201 Urakoze nshuti. Ubisobanuye neza rwose. Iyi nkuru ni iyo kwigisha. Kandi bibaho pe
Nimba arimpimbano nje byambayeho nuko imana yamfashije nigarura hakiri kare ark arikuvuga nkumva ninjye neza neza ahubwo abagore benshi mukuremo isomo 🙏🙏
@@marthanyamurama4129 oooh Imana ishimwe cyane ko wigaruye hakiri kare pe. Kandi Ikomeze iguhe umugisha n’umuryango wawe. Urakoze
Abagore bibigoryi babaho pe 😢
Ariko wari warasaze koko????
🙄🙄🙄😪😪😪
Ariko amagambo cousine yamubwiye niyo gusa yamuhinduye uko kose, cg yari asanzwe afite ako kageso? Ndumva Patrick azi kwihangana pe! Uwundi mugabo yari kuba yasambuye kera.
Murakoze ku bw’igitekerezo cyanyu. Nibyo rwose Dana yabyumvise nabi abyitwaramo nabi