The Ben asobanuye akantu ku kandi ku kibazo cye na Bruce Melodie| Avuze impamvu Meddy ataje mu bukwe
Вставка
- Опубліковано 9 бер 2024
- Umuhanzi Nyarwanda Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yasabye imbabazi mugenzi we Bruce Melodie utekereza ko yamusuzuguye, avuga ku ndirimbo ebyiri bagerageje gukorana zigahera mu kirere.
The Ben kandi yakomoje ku kuba Meddy ataragaragaye mu bukwe bwe, avuga ko yakoze ibindi byinshi bitari ukuza mu bukwe. #inyarwandatv #inyarwandamusic - Розваги
Abemera ko Ben Ari Impfura muriheeee
Nkunda rwose personality ye❤
Jjjj kk jhjjhhhjjhhjh 0:22 @@mukiza.aimable100
Nimfura cyane
Nikikizimac kimugira imfura umugabo utu baha umugabo mugenzi we kwelikweli
The Ben, uri umuhanga vraiment, courage mu byo ukora
Imyaka hafi 20 umuntu akora ibi bintu iba ari myinshi rega
Umuhungu wicisha bugufi cyane rwose ndamukunda birenze
Inkotanyi yacu twemera canee the Ben
The ben ugura ikinyabupfura rwose❤
Ben numwana mwiza cyane yicishabugufi cyane kndi azikohareyumunsi hakabanejo kndi kontagahora gahanze.
komera Musaza, turakwemera cyane , Songa mbere Nkotanyi cyaneeee
Nukuri the ben hejuru cyaneee ❤️🥰 Nukuri ugira ikinyabupfura pe ndumva ntacyo burce atumvishije ashatse yakwira akwigiraho
Ahubwo ndumva ntagasuzuguro karimo,Beb imbrre cyane
Tiger B hejuru cyane musaza
You are always kinder&wise
Bajye bakuvana murayo matiku yabo wangu abashaka kukuriraho agatwiko bakuvuga go ahead rwose😂😅
Wow ❤❤❤
Ben numuhanga mu kwishura kand mukinyabupfura p
turakwemera ben
Ben ntwari cool🥰
Numufasha wawe ndamukunda imana izahe umuryango mwiza pe .
Akazi Niko kambere bro
Icyonicyocyambere
Inyarwanda ndabona NAMWE muri abafana ,, ibaze ko kumunota 6:45 mwahakase Aho the Ben avugako akunda Bruce Melodie Kandi ko Melodie Ari umuhanga ,, icyiza nuko twabyumvise ahandi ,,
Imfura cyane cyn
Uri ifura pe gusa ❤
Big Tiger 🐯♥️
Cyakora Bruce Melody yicare yige kwubaha uwumwubaha
Impfura cyaneeee ❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Reba miss Pamella wa the Ben ari gushima Imana murusengero
Uyu mwana agira displine pe
Cyane pe❤
Muzikwihentura cyakora nonese iyumuha umwana warikubiki wamurutishije ibyowakoranga sha Bruce melody azakwigisha wowe
Kbx Ben
Kumbe ya magambo yose y'ikinyabupfura hafi ya ntacyo ya Bruce melodie ni hano akomoka. The ben uri imfura rata uzahore utyo ureke bariya wagira ngo ntibarezwe.
Ben king
Ben ndagukunda ugira ikinyabupfura uzampe number yawe haribyinshyi kwigiraho .
disi the ben aba azi ko abwira umuntu hahhaha Bruce ni mayibobo bro
Mayibobo niso wambwawe
Vunira mumavi gacye gacye hhhh
The Ben ikinyarwanda avuga wagirango si igisanzwe pee
Wagirango n'icyongereza
Melody bahe nuripfana muhunguwange
bro amakuru yawe ndashaka kumenya neza amakuru ya the Ben ati yakoze impanuka
Turagukunda muhungu wacu
❤
Yisize akajone😂😂
Ben ndagukunda
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Uyu musore yararezwe, afite indero ntago wamugereranya n'umusore wireze, iyo umwana yireze arivumbura kenshi, babyita complexe.
Ben urubufu kbx ubaze kwelikweli umuntu wumugabo ushobora gufata umukino aka wurutisha umugabo mugenzi we kwelikweli Ben uzigaye mn abantu bishyirahejura barababara mn ubuse kwelikweli
Hhhhhhh ngo ko atarize ubux byari ngombwa ko arira koko oya nanone da.
Big tirer hejuru cyaneeee❤
Mubyukuri waramusuzuguye ibaze gutumaho umuntu ngo mukorane yanahageze ukamucamazi agataha mutabonanye nanyuma ntumuvugishe umwiseguraho bro biraryana Wenda kubera ubufana ntimurikubyiyumvisha ,ndabizi Ben sumuntu mubi ark akantu kogusuzugura we na meddy barakagiraga,gusa ntiyaraziko uwaciye amazi azagira izina rigezaha
Nonese Hari ikindi nyine kitari agasuzuguro? Ewana jyewe iyo umuntu ansuzuguye ndabirwara
Uvuzikuri pe ,sinzi nimpamvu Bruce melody amwiruka inyuma kuko Bruce aranamurenze sinzi impamvu yemerako ibi bibaho
ubwo nubunebwe ntawavuzeko ari agasuzuguro
Ariko kweri bagiye bakureka bakaguha amaho ukikore ibintu byawe utuje. Kontasatani ugira kumutima. Abanyamakuru Bamwe nabamwe ubirinde nibamwe nuriya wirirwa avuga vuga ubusa kuri social media. Bruce niba ari bruce we afire ubugome kumutima we kandi nubugome buri natural
Abantu bakubeshyako ukomeye ariko igihe kikaguha ukuri ndizerako iyo uhamagaye umuntu umwubaha ariko ndizerako nawe uzamukenera rwose mufatanye nti musuzugurane
Theben nabwo aza kuvuga ariko atuma ho abazakumuvugira ivu rihoze niryo ryonsinzu ariko icarahasi melody akwicareho😂😂😂😂
😂😂😂😂😂😂😂
Ben genda uratandamye pe
Wowe urafata ukaza a Imikino kuri Munyakazi 😂😂
IMFURA, IMFURA ............ turakwemera musaza wajyaga wanga kwisobanura abatararezwe bakabona umwanya wo kuvuga ibyo bashaka.
Komeza utsinde
cyokora abafana muri abambere kumuha corable nuburenganzira bwe. yayimuha atayimuha ibyo sibintu birenze kuburyo umuntu yakwirirwa kunkoranyambuka aruka avuga mugenziwe??
Urasuzugura kbsa twese turabizi kuko naso waramusuzuguye apfana agahinda numubabaro yatewe.
Ufite ik bazo mumutwe.
Ubundi inda nini niyo izana urwangano mubantu
😂
Kutarize🤣🤣
Wa muririye se niba wumva bikubabaje,mind your business bro😂😂😂😂😂
Bro the real human being have emotional .if you monster go to hell . Much ❤ to BEN WACU
Ben urimfura ugira ikinyabupfura wararezwe mushutiwange bruce ntagomwanga ariko akeneye kwiga ikinyabupfura agabanye kuba indisprine kandi ntagotwaburakubwira bruce ko aba akuriraho agatwiko niyoyakora ibinganagute atariga disprine aragorwanubusa
Uzokuremo Ayo mahereni akugira umupede
Mmmmh
Ariko indryarya zibaho, urumva uko yiyerurutsa ha Yuma namwe nk’inkomamashyi mukikiriza umujyana koko! Ubuse icyo mutumva niki? NGO nkunda PlayStation bro, come on you so dumb as hell, ikibazo cyanyu kwiyemera kwanyu nibwo bupfu bwanyu, ngo wenda twari twatangiye match tutahagarikiramo hagati? Are serious for what you saying? Think twice before you talk, then people blaming Melody for his truth from your dumb elegance( kko muba mugirango abandi ntibazagera aho muri( start). None ubu yarahageze ikimwaro n’icyose. Please don’t gasping us.
Menya ibyawe bro, ureke The Ben kuko ibyo arimo aba abizi, gake cyane, mubuke bwabyo, ntahubuka. ❤
Washakaga atukane c? Akuze mu mutwe ntabwo ari umushumba.
yiseguye ko yarangaye, njye nibaza ko ikibazo cyaba kurwara inzika mu gihe cy'imyaka 10, ukajya unakora ibikorwa byo kubangamira undi, nta kibazo ko tumenye icyamamare ko cyabajwe no kudakorana indirimbo na The Ben.
Kudahura na Melody kubera gukina Playstation byo n'ikosa. Ark ibyo ntag ari ibintu Melody yagira ikibazo kinini
UZIKO MUFANA MUGAPFOBYA N'IKOSA UMUNTU YAKOREYE UNDI ARIMWE BIBAYEHO MWABYUMVA NEZA GUSUZUGURWA BIRABABAZA PE MWICECEKERE
ase the Ben umutima.nkuwo uwokomora kurinde ❤❤❤❤❤❤ urakaze pee
Kbx Ben