Impungenge zikomeye kuri sosiyete ya kislam mu myaka iri imbere. Ese ingaruka zabyo zizabazwa nde?
Вставка
- Опубліковано 14 жов 2024
- #Subscribe_now #Like_and_Share #Dawa_Rwanda_Tv
Dawa Rwanda Tv ni urubuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
Ni kubwiyo mpamvu Dawa Rwanda TV isaba buri wese wifuzako izinyigisho zakomeza gukorwa ndetse no gusakarizwa abantu ko buri muntu yabigiramo uruhare atera inkunga murwego rwogushyigikira iyu murimo.
Ushobora gufasha unyuze kuri Mobile Money +250 788682703
MoMo pay *182*8*1*Inkunga# Dawah tv
cyangwa muri
GT Bank Kigali Account 222/241578/4/5106/0
Swift code GTBIRWRK.
BPR Account 4490796536 Kigali Rwanda
Ukaba nawe ukoze ivugabutumwa kandi uzaba uteye inkunga Dawa Rwanda TV.
Haji weeeeee urakoze cyane kumvugira ibintu weeeee abana babakobwa babanyeshuri ukuntu. Babambika udupantalon biriya nanjye mpora mbyibazaho byaranyobeye pe gusa biteye agahinda umwana wiga kwa kadafi nuwiga kuri Apace ntaho bataniye INNA LILAHI WA INA ILAYIHI RAAJIUUNA 😊
Bega kwa bega sheikh yaasin barakallaahu fiyka
Djazak Allahu khayran , Allah agumye abatere inkunga, adushoboze gukosora ibitagenda neza nk,uko mubitigaragarike, Amiin
Ahsante barakallah fikum sheikh ❤ mbakunda cyane dawa rwanda Allah anjye abaha ituze mubyomucamo nibyo mubamo mbakunda cyane mbura nuko mbivuga
Turabakunda cyaneee, kubiganiro byanyu byubaka Umuryango.
Asante sana kukiganiro cyiza mutanze, Allahu abongerere ibyiza.
Asalaam araikum warah matullah wabarakatuh habar muravuga ukuri Allah abishimire kunyigisho nziza mutugejejeho
ALLAH azabahe ijuru ♥️♥️♥️♥️
Barakallah fiikum Yaa sheikh
Asante sana Hajj!, kukiganiro cyiza mutugejejeho cyo kubaka Societe ya Kis'lam, gusa Sheikh umugarure kenshi mubiganiro nkibyo, kuko tuba twungukiyemo byinshi, Dawa rwanda tv, murabambere, Allahu akomeze abarinde mwe n'imiryango yanyu.
Allahumaa amiina muvandimwe
Allah nawe akuzamurire urwego rwokumutinya
baraka llahu fiikum Allah abahe ibyiza byose mwifuza Kandi azabahe ijuru rya firdausi Allahuma Amina
Assalamualaikum allah abishimire
Asante sanaa Sheikh Yasini, uri umunyakuri pe!, kuko ibyawe ntujya uca kuruhande, Allahu abishimire mwese.
Sawa sawa Sheikh wangu
Asalam alaikum warahmatullah wabarakatuh, ikiganiro cyiza kuko kivuga kuba sheikh biwacu, ilmu bafite nibyo bigisha birababaje cyane. Allah atubwira ko ari bake mu bantu bazajya mwijuru, may Allah azadushire murabo bake, kandi akomeze kurida dawa Rwanda, allahuma ameen
Walaikum salam warahmatullah wabarakatu
Hadj ,uzadutumirire sheikh djamidu. Barakallaahu fiykumu
Hadji Aslam alaikum Allah akwishimire aba sheikh nibahindure inyigisho natwe nkabasiramu dushake ubumenyi
Asante Sheikh muzatubwire no kumugabo byabaye ngombwa ko arongora utari umuislam nyuma akanga no guhinduka
Asanteni sana . Muzavuge ibya aba islamkazi dusigaye tubona bagenda kumarimbi yabatari aba islam. Murakoze
Braka Allah fikum 🙏. Allah agomeze abatere unkunga
Nkunda umugabo ntacyo ampaye, hakenewe abagabo bavuga ibintu mumazina yabyo. Dawa Rwanda Tv keep up turabashyigikiye tubari inyuma . Sheikh nabandi nkabo turabakeneye please. Murokore iyi idini.
Thank you so much ❤❤❤❤
Abasiramu murashimisha imyambaro yabaye imyambaro ninyo mwibandaho cyane muzumirwa tugiye mwijuru muraho muvuga imyambaro kurya ibyabandi ubusambanyi aba sheikh bwarabamaze
@@kekekaka7315 ubuse nkawe, ko uvuga wihishe, ahari woe uri shyashya? utavuga ibihwanye nubwenge bwawe
Asalam alaikum warakhmatullah wabarakat.idini ya Allah kuva mwayishyira mu ishyirahamwe yarapfuye Allah azayibabaza.mwaretse abasilamu bagakora ibikorwa ubwabo nka mbere,bakiyubakira imisigiti mishya,mu minsi iri inbere nihari izafungwa kubera mushakiramo amaronko
Asalam alaykum warahmatullah wabarakatuh munkoreye umuti kabisa nanjye hari abo nabwira ga ntibanyumve ariko noneho wenda ubwo mubivuze ahari biragira icyo bitanga Allah abahe ibyiza
Aslamalaikum wallahmatullah wabarrakatuh erega Sheikh Rubangisa ubundi indyarya ikizazikubwira ni Iswalat. Ya arfadjir
Allah abishimire mwese Amin
Kutuburira ningenzi. Ibyaha nibimagara kwamamara ahantu nuko ntihaboneke ababuza ibyo Bibi. Impungenjye nuko ingaruka zabyo zishobora kutugeraho twese. Allah abiturinde Amin
Allah adushoboze gukosora ibyo dukora nabi. Amin
Naho abaca ingufu abakora Dawa. Ntago twabatindaho kuko abo bahozeho kandi ntacyo byabanariye uretse kuba mukimwaro kuko nibikorwa byabo byo guca Dawa ingufu biteye ikimwaro. Allah aturinde kuba muri abo. Amin
Barakallaahu fiykumu wa djazakumullaahu Khairan
AsLamu arayikumuwarahamatullah wabarakatu shekh mwakoze kunyigisho mwaduhaye mugemuzigarura
Asaramuwallayikum wallah maturullah wabarakatuh Allah abishimire mukore daw mureke ijyijii zize
Allah atugirire impuhwe atubabarire ibyaha byacu
Hadji iki kiganiro ni ngombwa cyaneee muri islam,izo ngorane zifata ingeri zose z'abasilamu (abamenyi ndetse na bamamuma),ibi biri hose si mu rda gusa ni kwisi hose,birasaba ibiganiro byinshi kugira ngo abantu turebe ko niba twe twararohamye nibura turokore urubyaro rwacu
Inyigisho zubu wallah ntana Iman zigitera umuntu,usanga baganira udutiku wallah,Ese abo BA sheikh babahaye imisigiti bakayiyobora bakava I kigali
Allahu Alkbaru Wal llah alhamdu
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Aho umuntu yavukiye naho akurira naho atuye bigira ingaruka nziza cg mbi mu miremere no mumitekerereze y'ikiremwamuntu,isi turimo ya nonaha aho profits materiels zashyizwe imbere cyane kandi na benshi muri twe so bigongana cyane na profits z'imyemerere.Ingaruka rero nuko twese twashyize dunia imbere iby'ejo ku munsi wa nyuma tubitera umugongo(abamenyi ndetse na mamuma twese turi mu bwato bumwe)
Uvuze ukuri muvandimwe
Mukomerezaho Allah abongerere
Funga umunsi umwe Allah azakubabarire ibyaha by'umwaka
Allah azoroshye!!
Aaww rubavu ibyo muvuga nibyobihuzuye inzoga ubusambanyi nibindi byishi nimikutano mbese inaha birakazepee Natwe muzahavugeho
Abashekh bahaguruke bigishe islamu yyjkuri batajenjetse bareke kwitwaza ibizaza nyuma
Inyigisho nziza peeee
Asalam alaikum ww ❤️🕋🕌👈✍️
Hadji uvuze ikinzoga murubyiruko rwa kislamu munyibutsa uwahoze ari Bilal kumusigiti umwe winyamirambo ari numwarimu wa Qoran ubu numusinzi 7/24
Sinzi impamvu atakurikiranwa akaganirizwa ,kahamenyekana ikibimutera agafashwa kubivamo kk ari gusebya ubuislamu😢
Ntakintu cyizima ba babwira uretse kubabwira gufata neza abagabo
Asalaam aalaykum wa rahmatullah wa barakatuh
Inama natanga kubamenyi bidini ,Allah yabashoboje kugira icyo basobanukirwa mwidini knd bari kuba benshi nibongere imbaraga mukwigisha, ibi bisobanukirwe nimvuga kwigisha simba mvuze gutanga amawaidha hoya nibajye kumisigiti batangirane nababicyeneye bagire ibitabo bigisha abantu nawe azishimire ko igihe amaze kwisi ko hari abafite ubumenyi ariwe wabigize uruhare,nibatigisha ingaruka zubujiji ziziyongera
Barakallaahu fiyka.
Aisha inyigisho muduha ni nziza❤ Allah a bishimire
Assalam alaykum warrahmatullah wabarakatuh, sheikh ngewe ntabwo nahamya ko abo basheikh batigisha gusa ubu ibiyobya abasilamu byabaye byinshi Kandi birakisukiranya bityo rero hakenewe imbaraga nyishi kuko ntabwo inyigisho ziza rimwe mukezi zakuraho ubwangizi bwuzuye hanze aha, buriya ngewe mbona buriya wese ufite urukundo rwidini akwiye gutanga umusanzu we mukubwiriza ibyiza nokubuza ibibi ntibiharirwe abo basheikh gusa kuko nabo bafite nizindi nshingano zo kwita no kumiryango.
𝐀𝐥𝐥𝐚𝐡 𝐚𝐛𝐢𝐬𝐡𝐢𝐦𝐢𝐫𝐞
Ubuislamu bwo muRwanda bikomeje gucya byazagorana
suna nziza ni zintumwa ndetse numuryango we
Aslm alaikum warahma tullah wabarakatuh arko shekhe ishimwe nikuzo biramukwiriye cgw nibye. Nibya Allah, kk mukunda kuvugango bikwiriye munsobanurire niba byose ntacyabitwaye?
Impamvu,havugwa (bikwiriye Allah wenyine,nuko hari abantu babyambuye Allah bakabiha ibiremwa!!niyo mpamvurero,havugwako abo babiha ibiremwa sibyabo bikwiriye Allah wenyine!!)nibyo bisobanuro naguha bijyanye nubumenyi bwanjye bucye!!!
Imvugo nziza ikwiriye ni nibye ,,akwiriye byo biraciriritse mukubikoresha
Sheikh icyo nakunganiraho nta dalil igaragaza ko umugore cg umukobwa wa kislam kugaragaza uburanga bwe.na djumuhuur yabamenyi nabo nta dalil bafite.kwambara neza kumuyislamukazi nukutagaragaza uburanga bwe nuko ateye.tugendeye ku mvugo ya Aisha umugore w'intumwa y'lmana.akaba nyina wabemeramana.akaba Ariyo mvugo ifite ingufu
Uzatumire namufti wurwanda
Mufuti ntamwanya yabona wokwigisha inyigisho nkizi. Ari mumatiku no kwiyemera gusa.
@@moustaphabazirake9286tinya Allah. Uzamure ibiganza usabe Allah Aduhe imbaraga zo kumutinya no gushobora gukora ibikwiye.
𝐑𝐰𝐨𝐬𝐞 𝐦𝐮𝐛𝐚 𝐦𝐰𝐚𝐤𝐨𝐳𝐞
Barakallah fiikum yaa sheikh