IKIREZI nyuma yo GUHARABIKWA ndebera Ukuntu Imana imuvugiyemo😲 Uyu mubyeyi Afite UMUTIMA udasanzwe😫💪
Вставка
- Опубліковано 17 гру 2022
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - Розваги
Ubundi umucamanza numwe nImana,icyakabiri kuba umuntu yabwiriza sicyo cyemezako akijijwe,,kuko ngo harabazavugango nigishaga,nahanuraga mwizina ryawe azabasubiza ati sinigeze kubamenya.benedata buriwese acunge izamu rye kandi mwirinde guca imanza.ikindi icyapa kikuyobora inzira ariko ntimujyana uragenda kigasigara,kandi Imana yashatse gukiza ubwoko bwayo numusazi,amabuye,ibiti byabwiriza kandi byahanura
Erega kumucira inanza ntacyo bivuze
Kuko uwagurishije yesu barabanaga
Kandi arimwene wabo
Maman Esther imana ikomeze iguhe imbaraga ❤️
Muzajue kuri Beula Uwashyingiwe mwumve ubuhamya bwa bwa pastor Yvonne nibwo muzamenya neza imikorere yaba bagore bata ingo zabo bakorera mu itsinda rinini bakora amasengesho menshi cyane ngo batavumburwa iyo bagiye gukorwa n'isoni mubafashe namwe muzabibazwa
Amgambo nkabenayo azomena amaso benshi. Ukobiri kose tuzabamenyera kumbuto bama. Knd imbuto zanyazo zibanza munsengero nto zacu ariyo mago yacu. Ntiwobasha guhembura isi nzima iwawe bashonj uba urumugabuzi MUBI. Gsa abanyamakuru mutitonze muzobgwamwo kk mushyigikira ibidafashye natangajwe nibintu muvuga ngo murafashijw narimiwe pe. Ibi nibihe vyanyuma abanyamagambo, ndetse nabazura abapfuye tugiye kubabona knd abensh bazovyirukinyuma bibwir kwar bizima amaherezo bazoshiduka basanga bakurikiye akaga. Twitonde,twirinde Murakoze👏🏽🙏🏻
Muraho, numva umuntu wese akiri murugendo birashoboka ko yakora icyaha kandi agasaba imbabazi akababarirwa ariko nabwo ntukwiye guhamyako yaharabitswe mugihe hari undi uvugako yahemukiwe na Ikirezi ukunda umurimo w'Imana abasengere kandi niba yaranagikoze Yesu aracyateze amaboko. Murakoze
Wowe ivugire Imana ubundi ibindi ubyihorere gusa nawe ujye imbere y,Imana Aho wateshutse uyisabe imbabazi kdi abo waba warahemukiye ubasabe imbabazi kuko zakayo yaravuze ngo abo yambuye arabariha Kane nukuri haranira kwezwa kuko umuntu wese arakiranirwa kuko munyaha niho mama yatubyariye
Ngo azababwira ngo sinigeze mbamenya mumve imbere mwankozi z'ibibi mwe kuvuga no gukora biratandukanye
Mukomeje kugoza umurimo w,Imana isoni, Esther ntiwagakwiye kujya k,uruhimbi utaratunganya iby urugo rwa we
Ni ukuri rwose!
Ataco yiyagiriza arabandanya
Umurimo w’Imana ukomeje guteshwa agaciro n’ab’ibiyita abakozi b’Imana . Ntibyakagombye ko yajya ku ruhimbi kuko azagusha benshi . Gusa Imana imube hafi
Umurimo w’Imana ukomeje guteshwa agaciro n’ab’ibiyita abakozi b’Imana . Ntibyakagombye ko yajya ku ruhimbi kuko azagusha benshi . Gusa Imana imube hafi
Izahagarara kubitugu byaba pfapfa yivigire ijuru rizajyamo abera gusa uko babivanga kose kumunsi wimperuka bizasobanuka umwami bakorera azagaragara
Uyumudamu anyibukije évangélique Gihozo disi.😁
Utu tuntu wisiga ku ngohe ntitubereye abana b Imana
Alice ntakintu yisiga ntago wakisiga ngo ADEPR ikwihorere
Mbega shitani weee cyakora Imana izahana abantu yihanukiriye wumvise Uyu mugore yigisha ntiwamenya ko yarembeje umugabo ababagore aba biyita abavugabutumwa nukubitondera kbs
Ibyobakuvuga byose ndagukunda ntibimfasheho
Ndakurusha kumukunda weeeee
Bihorere vuga yesu nabo umuntu abashunguye ntiyababuramo inkumbi gumba uzamure vorime
Avuge yesuuuu cyaneeee
Niyo mpamvu sometimes nemera imyemerere ya Islam, catholics cg adventiste aba abagore bataye umwanya wabo niyo impamvu mubona ingirwazabapasterikazi zirirwa zishaka abagabo nkizihindura inkweto
Ni hatari!Ubundi se umugabo azirukanka mu ivugabutumwa,umugore nawe yiruke murindi,ubundi urugo ruzaba urwande!!!!!????
Umva nahomugabo wawe Yaba akubeshyera ntamuntu wapfa kwizera ibyuvuga nibyo bakubuga
Komeza ugumbire imana niyo izakurengera naho umugabo numuryango bakwanga uhoraho azakwitorera
Uyumubyeyi arakomeye i'mana imukomeze!
Mana komeza abana bawe Kuko iminsi nimibi,ibiducogoza nibyinshi.
Komera cane gusenga kugira umumaro
Ese mwene data yarabikoze ubu iyi title irabishye irimo no gusebanya nta nubwo ihesheje agaciro ivugabutumwa kdi hariho kumenya kuvuga no kuba Imana Iri mu muntu uru ni urusaku nku rundi ahubwo umwuka ubirimo niwe ubizi nyirikubivugwaho mu mworohereze. Ari ukuri Ari ikinyoma ntimugashyushye inkuru mumbabarire🙏🙏
Areruyaaaaaa
Nokuvugira lmana itazaguhemba nagahunda ibyo bigambo uhuragura urinkozi yibibi Sha lmana izabereka
Gusenda ningabo Idukingira
Uwo mugore avuga lmana neeeza ariko amavuta ahindura uruhu mumubwire azoyahebe anyurwe nuko yaremwe
Ngaho nimufashwe da ibyonumvise byanshiye imbaraga
Amen ndafashinjwe
Yesu bigeze bamubwira inkuru yabantu bagendaga bamamaza ubutumwa bwiza ariko bati abo Bantu si abo mu bacu hanyuma arababwira ati igikuru nuko izina ry'Imana rihabwa icyubahiro, kd nawe yivugiye ko Hari abo azabwira ko atigeze abamenya
Uko Niko kuri pe !
Urakoze Madi uhabwe umugisha akazi kacu nako gukunda Imana n'abantu
ESE ubundi umurokore witukuza abaho
Biteye isoni🤗
Wamugorewe wabanza wicyiranure nimana numugabo ibindi ubireke uraduhonda ntitunoga
Yego!!
Mwumve ijambo ryimana mureke comment buri umwe azabazwa ibye numugabo we ntazabazwa esta kuku izi umuntu yenyine
Ariko konumvabantumukomejegutindakubandi ndababwizukuri ntamuntu udacumura Niba urikumubonahokwitukuza nibindi urikumutekerezaho mubimurekere nibyenimanaye mwumvibyarikuvuga nibyobyonyine bifitagaciro benedata iyimibirisiyimana yitayeho yitayekuriwowewimbere mumutima nuburyo ubananayo ahobakureba nahobata kureba buriweseyitekwiherezorye kandi ncutizumusaraba benedatabakundwa mwibukekotwageze mubihebirushya byanyuma aboturikubyumvakimwe imanibamperumugisha