UMUGORE YANTEYE TRAUMA😢Bamuntwaye dufitanye isezerano|UBU YABYAYE IMPANGA mu rundi rugo|ISIMBI TV
Вставка
- Опубліковано 28 вер 2024
- Niba wifuza kuvugana na ISIMBI TV, kuduha ubuhamya bw'ubuzima bwawe cyangwa inkuru idasanzwe, duhamagare kuri +250784838126
#IsimbiTV_0784838126
KANDA HANO USHYIGIKIRE JEAN MARIE: ua-cam.com/video/MQRYdT-qSlk/v-deo.html
Ihangane nshuti yange ndakumva cyane birababaza,abagore bagiye badutera igikomere ariko Imana izatwomora
Ariko ntimukavuge gutyo rero nabagabo barahemuka nuruhererekane gusa niyihangane imigisha ntiba imwe
Sabin waje kuturamutsa mu Burundi,ko hari abantu benshi bipfuzako ubaganiriza live🙏🙏🙏ur'umugisha w'amahanga menshi
Muragirango muzadufungire Sabin, rata ntuzageyo Sabin.
@@martheusabwimana9811 😳
@@martheusabwimana9811bamufunga haramakosa yahakoze🙄😏😏
Nabararetse abarihanze batahe😂natwe turakeneye kumutekerera umukeke n'uburobe
@@martheusabwimana9811 😂
Welcome back Sabin. NYAGASANI YAKOZE KUKURINDA
Congratulation Sabin.karbu wakoze kugaruka Imana ishimweko wagarutse amahoro!
Umugore ntagushaka. Kdi kubana sagahato. Ahubwo niba ubabaye saba divorce.
Aha nabagabo nabo baragorwa da ariko umubure mwinshi nabagore babura numuruho gusa ihangane bizashira isimbi sabin congratulations 800k s
Welcomeback sir.
Sabin wakoze kumwakira Uyo mugabo rwose aragushimiye numva emotion zirazamutse nawe icyo gihe ujye usubiza icyubahiro Imana. Warakoze
Yakoze nukuri kuko biryani umuntu w'umugabo arinze aza kuri social media aba arushe cane.
Sabin abantu baragukunda cyanee
Yewe yewe J m v ati yaranyibye yewe ntacyo yibye nukuri pole senga Imana izagushumbusha kandi ntabgo yari uwawe
ibintu bijyanye no gushaka abantu mukwiriye kujya mubijyamo mudahubuka kuko iyo bigenze babi byangiza umuntu w imbere ndetse n uwinyuma
Wawuuu Sabe wacu Imana ishimwe ko wagarutse
Hello, nitwa Prince nkaba nsaba umugiraneza wamfasha nkabona school fees,kuko bitanyoroheye kuyibona muri family ubuzima budukomereye, uwamfasha yaba akoze Imana ibahe umugisha, 🙏🙏🙏
Ihangane ibyisi ni amabanga Abagore beza bashaka kubaka babuze abagabo bazima abatabishaka babona abagabo ibyisi ni imvange ihangane uzakira gusenya si ikintu ndakumva cne pole kbs uwo mugore mureke imana izaguha uwawe
Welcome ariko urashweyo😅!! Summer yakuguye Nabi sabin we?
Ikaze muRwagasabo Sabin imani shinwe yakugaruye Amahoro twari tugukumbuye❤
Imana ishimwe Sabin yagarutse❤❤❤
Jewe ntamakwe kabisa👐👐ariko washaka kubaka ubura uwo wubakana nawe ihangane uwawe azoza bidatevye
Uyu mugabo arasetsa kweli aravuga ngo arambwira Sabin ibye wenyine ngo ntawundi yabibwira , ntazi ko isi yose irikumukurikira😂😂😂😂
😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Yashatse kumvako kuganira ibiganiro nkivyo ariwe wamwumva Noé ntuziko ibibiganiro bitabahose
Komera wa mugabo we,abagabo nabo barababaye bavuze haba hahiye mukomeze mwicecekere
Nukuri biragoye kabagabo babivuga vyogorana kuk abagore nabo ahahanze ntiboroshe😏😏
Ariko wa mugabo weee urazi gukunda ngo womwakira ahubwo ngira yarakuroze ntubonako uwo mugore ata mugisha wamugiranye ahubwo bandanya ubundi buzima uze usabe Imana Igihuhe uwundi mugore azoza yubaha Imana n'a wewe aze aurore nu mwana nayubundi va inyuma kuko wanatomboye akakuvako ubundi yogusarishije ukiruka kuko afise impwemu mbi zimukoresha
Nikibwa cyane he should move on
Sabin disi ntawobura kugira s abonner kuko aratahura ko kw isi bose tutabayeho kumwe ndakunda cane introduction yiwe ( intangamarra) iyatangiye ikiganiro nukuri ndakunda Sabin ntamuzi Imana igume imufasha muvyakora vyose ndibaza n umurwaneza kuko nimvugo yiwe iravyerekana k ameze neza.
Cakoze nubwo wakubititse uranasetsa pe. Uri nu Mugabo mwiza ,Yesu agushumbushe.akwagurire imbago.
Umugore ntocyo mushinja .kuko yakweretseko atagushaka .akubwira ko atahinduka nose wowe uramushakaho iki wamuretse?yarakuroze jya kwivuza
Nukuri imbere ni heza, J Marie. Ariko wakwirindacuwo mugore burundu.
❤❤❤❤ihanga chuti bibaho ariko humura
Ariko rero abagabo mukunda kwitaka nkubuse niba umugabo barikumwe bashobokanye wowe ntimushobokane ko bibaho wamuretse ukazashaka nawe uwomushobokanye wemera code zawe
Ibyo uvuze ni byo uyu mugabo ni fake cyane asabe divorce a move on Kuko umugore yamweretse ko atamukunda habe na Gato Gusa nibategereje azaheba😢
Thank you Sabin
Sinzi impamvu ntajya nemera ko harumugabo wababazw numugore!?! any way wlcm back Sabin tayali 800k ☑️ kuka 1M uzadukorere aka gest plz .
Nukuri baramuroze uwomugore ivyo bintu ntibisanzwe
Sabin twari tugukumbuye
Sabin urumwana mwiza guha unurenganzira umtu wese kuvuga ibimubabaje.
Ariko uburinganire buzumvikana bitinze!!
Unve umukobwa agatinyuka akakubwira ngo umuterinda uyo yarumutegarugori wi Gwanda koko warimpumyi polesana
Tandukana.nawecyanga.akwice
Pole ndagukomeje
Ariko SE ko uyu mugore atagushaka uramwirukaho umubuza amahoro kubera iki? ISEZERANO SI URUKUNDO.MUHE AMAHORO.TANGA IKIREGO MUTANDUKANE.NTABINDI
Nonese ufitikihekibazo washatse undi nibatagushaka wagirango agukundekungufu.
Abagore bigize iki koko gs Nyaga sani we nyine niwe ubizi
Numugore avuze nibwo mwabyumva kuko ntawishyira ahabi aheza hahari
Alikose.J.Marie.nibutarakuroze urabona.atazakwica.vakumbwakazi
Aka kagabo gafite ubufuti beinshi!😅
Ihangane Musore wee
Yesu weee uziko wagirango yari yarakuroze.Mana we satani ni umugome koko.
Warongoye agaca wokanyagwawe uwo sumugore ndakurahiye
Kuba tukiri mu isi irimo Satani nabadayimoni be, ntacyo umuntu aahobora gujora ngo kintangaze rwose.
Ku uga ngo umugore( gabo ) yataye mugenzi we aragenda ni ibisanzwe rwose.
Umuntu akora bijyanye n' uko yumva ibintu uwo mwanya cyangwa abimaranye iminsi.
Sabin yambiiiiii ❤❤❤❤❤
Ihangane bro
Mpore mpore JM,ntamvur'idahita
Nahageze 2
Mvanyemo isomo rikomeye ,komera Imana izakunezeza
Umugore ubwo ntagukunda mureke saba divorce, ashobora no kuba yaragiye waramujengereje.
Arko sabin ubukoko ntiwakoze amakosa kwakira uyumugabo kdi undi yarashatse?????birangiye numvise ko nawe udashobotse, hama hamwe warongoye ngo wemeze aba peuples
Ariko iyo kubana byanze biba byanze, kuko uwo mugore umugabo yashatse we barashobokanye, byaremeye, niyake gatanya, areke umugore yibereho mu rushako yahisemo!
@@dorotheuwamaria5107 abantu twihaye guhatiriza ibintu tudashoboye gucontrola, buriya ni hari ikintu gihenze mubuzima bwa muntu ni freedom and peace of mind iyo aho Uri bidahari burya nawe ntuba uhari, reka tureke abantu babeho ubuzima bwabo nta myaka 100.
Kunyaza
Sabe, marriages of these days are causing a lot of stress hence BIPOLAR. We humans live by choices. This man needs therapy (counseling). Ntakundi niyihangane.
😂
Barakamutwara warimubi😢😢😢
Yewegaye ntamugabo mubi nyabuna ni mumufuka
Ubwose Wowe uri mwiza bingana iki ugaya ikiremwa utaremye .
😂😂 sha uri fake
Ababi ubapimira kuk🙄yerekan a akogasura kaw nawe tukabone uzopfa ntuhambwe😏
Egoko nawe ntiwari worishye WA mugabo we ugatereta abavandimwe 😆😆😆😆😆😆😆😆🤔ubeo Koko umuntu watinyutse gutera gapapu mukuru we wunvaga wowe uzamugumana 🤔🤔 aha😆😆😆😆😆🤭
😂😂😂
Ark c bro urworukundo murukurahe ukunda umuntu ubereyeho kukubabaza gusa ukamubabarira akongera akongera akongera 🙆♀️ sinabyiviramo uwomugore yari kasha ihangane imana izaguhe undi pe mwiza
Ni uburwayi (Sadique),umuntu ajye abanze yikunde niho azamenta ko bidakwiye kwizirika ku bidahari kuko birakomeretsa umutima
@@buzimanubeho nuburwayi rata siniyumvisha ukuntu nakunda umuntu kurenza ukonikunda ukanzanira indwara nkakubabarira ejo ugasubirayo ukayizana nanone niba atari indwara uburozi bwaba bubaho koko kwizirika kumuntu nkaho abakobwa bashize mugihugu kokk
Uramubaza kandi arimo kuvuga ngo uwamugarura n'ubwo yabyaye abana hanze yabafata bose akabababarira!! Uyu mugabo afite umutima abandi batagira pe!!
@@buzimanubeho ubu se ari muyahe?? Umuntu akwanduze indwara kabiri umufatire mu busambanyi ku mihanda ariko ngo agarutse namwemera?? Hari ikintu kibura wa mugani
@@daniellamonorina9504 uburozi burya bubaho urwo nurukundo koko umugore yarashatse afite nimpanga zundi mugabo ngo none agarutse yamwemera🤣🤣 uyumugabo ararwaye sigusa
Umuntu afite uburenganzira bwo kubana n uwo ashase ikibazo ni uko uyu mugabo umugore we yagumije ku mutesha igihe!!Courage
Sabiiiiiiiiiiiiiiiiiiiiiiiiiiin hobe yaaaaambiiii hop ko wagize ibihe byiza muburayi ikindi gihe uzadusure Danemark, Sweden ,Norway, Germany kwa Babo 😂,Finland… uganirize abantu bose bahatuye abanyarwa n abarundi.
Wakunze mukuru we uramureka ufata murumunawe iryo nikosa rya mbere
Uva muri catholique ujya muri Angllican uva muri Anglican ujya muri ADPR urumva utajagaraye nawe
Usibye ko ntishimiye ibyakubayeho
2 bava 8
Na 1 M tuzayigeraho Sabin ❤ Imana ishimwe kubwa 800 k 🎉
Humura mugabo mwiza. Warababaye pe!Wakoze kubivuga, biraruhura
Umva rero JMV, uwo mudamu ntazahinduka, kuki ukomeza kumutegereza wa sabye divorce, mugatandukana ugakomeza ubuzima, nawe agakomeza ubwe
Ihangane wa mugabo we washatse umurwayi ( alcoolique) yakoronijwe n'inzoga! Kunwa gutyo n'uburwayi!
Karibu Sabin Abakunzi ba Isimbi twari tugukumbuye Imana yagize neza kukugarura amahoro
Wamugabo we wahuye nuruva gusenya gusa humura uwiteka azagushumbusha umugore mwiza ukubereye
Mwabantu mwe ntimugire ngo nugusebya ahantu ariko abakobwa bakomoka i Rwamagana wagira ngo bagira umuzimu wo gusenya ingo abakobwa baho nta discipline barabyaragura bakiri bato jye byaranyobeye
ibyo nibyo kbs! nitombora kubona umwana waho muzima hamwe naho bita nyamirama
Baba aribirumbooooo nabasinzi
Ihangane ubwontiyari uwawe uri umugabo mwiza uzabona urundi rubavu rugukwiriye komez wihangane Dore dutuyeno mumurenge umwe tuzahurire mubirembo dusuhuzanye muvandi
Mpa Number yawe?
Jmv urukundo ufitiye uwo mudame wae surwo kuisi kbs gusa we nunvishe ataragufanaga pe heza wegere amategeko ubundi murangizanye ntagukunda imana izaguha uwo muhuza ntarirarenga🙏
Ese sabin ya garuste murwanda kwataje ngwatubwire uko Belgique yahabonye
Kwizirika nibyo bitera imfu , umuntu ko atagushaka, atagukunda,,,,,kwirirwa wirushya ngo isezerano , imitungo tuza, uzabona ugukwiye kdi ugukunda n imitungo uzabona indi uracyari muto
Gukunda utagukunda. Yooo
Uzoshikana 1M ntakeka unairenze mbese kubw Imana 🙏🙏🙏🙏🙏. singaye mvuga ikinyarwanda kabisa😂😂😂😂😂😂
Ihangane disi,baduhe Numero yawe nguhuze n'undi muntu muhuje ikibazo nawe yatawe n'umugore nkuko ibyawe bimeze Wenda mwajya muganira mukungurana ibitekerezo n'icyo mwakora
Urwaye kuruka ntacyo yafasha urwaye guhitwa, kuko bose baba bafite amaganya. Ahobwo wowe utarwaye, ni wowe wabaganiriza ubishoboye. Bishatse kuvuga ko uyu mugabo, nuwo wifuza kumuhuza nawe, nawe wababaye, ntacyo bafashanya, usibye amaganya
Ukomere caaane My brother, ibintu bigira igih ariko bigahera courage
Wlkm bk Sabin wacu.....Uwo mugabo nakomere nuko abantu bameze
Ubundi uwo ntiyari umugore wo kubana nawe. Ahubwo félicitations kubona yaragye. Malheur à l'homme qui l'a récupéré.
Isimbi TV 👍🏼❤️💙💚💛
Nahageze ndi uwa mbere ☝️ Reka numve ikiganiro ndatanga comment nyuma.
Comment yawe nturayitegerej Dorothea we
@@kay-bt8bk Sha iyi nkuru irababaje 😭😭😭😭
Ariko se umuntu wumusinzi uziko wamushobora waribeshye
This is stupid I can't believe that I waste my time on this I really don't understand what is his point of his story just move on with your life she doesn't love you dude.😊
Ubu c koko abatararushinga tuzabasha koko? Nyagasani niwowe wo kuturengera
Ingo zubu Ni imyaku, ipuuuuuuuuuuu, kudashaka ahari nibyo byiza kurushaho, Paulo yarabivuze😢
Ntucike intege muvandi
Oya oya umuntu wese ntiyubaka nkundi, niyihangane uyu mugabo
Birashoboka
Hoya ninziza zirahari niba utarashaka courage
Hoya rata hariho abantu dufite ingo nziza wibivamwo ivyo gushaka. Ntukagafatire urugero kubo vyanse ahubwo uje uraba abazubatse zigakomera siko?
Bon retour à la maison Sabin 😍Warakoze kudusura ibwota masimbi 🤩
Ko tutakubonye umwakira?
@Ndindiriyimana Valens ko ubyegereje umutima cyane😜😜😜
Sabin ujye usubiza abakwandikira si byiza kwica kubakugana
Hahahahaah Ese ubwo burwayi warwaraga nubuhe weee!🤔 nukuri ibintu birababaje ariko harimo ukuntu bidasonutse pe!
njye numvise ari nk imitezi
Ntimukajye mujarajara murukundo niba wari warehejwe na mukuru we gukunda murumuna byerekanako umukuru yakize umuruho kuko wagombaga kumuca inyuma binyuze mucyo wise integenke. Mujye muhama hamwe kandi wahemukiye uwo mukuru.
Mana weee koko inzoga zisenye urugo 😭😭😭😭😭
Nimwihangane abantu muri kigihe dusigaye duhemukirana cane bitey ubwoba, hari kibitera nubwo muvuga ngo umuntu ngwa bana nuwa shaka, mumeny ekwingaruka zumwe murabo bahe mukiranye ivyo sibisanzwe birakomeye
Yarakutoze kandinubu buracyarimo nikimenyimenyi nuko utabyemera
Nonese nshuti tugufashe iki?ko igisubizo ariwowe igifite.urumva nubwo umugore wawe ari mahano ariko yarakuroze banze kubatandukanya basi?
Uyu mugabo afite ikibazo gikomeye cyaneee, umugore we yamubwiye ukuri kose ko atashobora kuva kunzoga ,, ikindi yakomeje amuhunga inshuro nyinshi ,,umugabo akamwirukaho,,,yamufatiye mumakosa meshi akamubabarira Soo nareke kwiriza rero
Shima imana waramukize uwo yari shitani, kandi kugumana nawe ntacyo wazanjyeraho, kandi yarakuroze ntibishobaka kuhura nibyo byose ariko ngo uracyamukunda, ntago uri sawa
None c mwese ko numva umugore mwamuciriye urubanza nikihe gihamya ko umugore ariwe munyamakosa?? Njyewe sinabyemera ntiyumviye ibyo umugore yivugira
Ivyisi niatari kweli😢😢😢😢
Asa na Kazungu kabosss
Ba Claire turabasuhuje😬
Umva nshuti yanjye nshima lmana ko yagiye ntugiragahunda kuko uwagiye nubundi ntaba agukunda ndakwibutsa ko hano hanze harumugore wawe Kandi muzima uzaguha umunezero nagaciro
Wa mugani wa Angélique Gatarayiha umuntu ni mugari cane niyo mwamarana imyaka ibihumbi nti wamenya umuntu.komera cane shuti. Imana igushumbushe wongere ibyishimo byu rugo.
mbega umugore mubi. Tuba twifuza uwaduha umugabo mugihe ubonye ugukunda akagushyira amago ukamutesha umutwe koko? Nkaba bagabo Imana yagiye ibaduha twe twifuza kubaka. Komera warakomeretse mugabo