Papa Sava, kuzana Checque y'amafaranga murugo ntubwire Umugore wawe ibyayo ntabwo aribyo. Mama Sava nawe ntiwagombaga gupangira amafaranga utazi ibyayo. Papa Sava nawe Mama Sava, mujye muvugana.
Warize niciye bugufi ufite Ao even Digidigi ari Ao ariko kuva kuri Sekaganda twerebaga dufite za 10 yrs old none uri kuri papa damn sava warize arko iritegeko nturizi Archimedes principle law
Ba Muchoma piganzenze na geraridi abipfuza kubabona nkanjye,mwancumise likes koko
Papa Sava, kuzana Checque y'amafaranga murugo ntubwire Umugore wawe ibyayo ntabwo aribyo. Mama Sava nawe ntiwagombaga gupangira amafaranga utazi ibyayo. Papa Sava nawe Mama Sava, mujye muvugana.
Natangiye kureba iyi episode nseka ndinze nyirangiza none binteye kuyisubiramo nkongera nkayireba , papa Sava murabizi KBS!!!!!
Nishimiye kuba mwagarutse mu cyaro mwakoze!narimpakumbuye ❤
Muzotwerke piga nzenze😂😂🇧🇮🇧🇮
Bamutwereke rwose na Gerard dushaka kubabona
Muzatwereke Piganzenze na Gerardi😂😂
Nanjye mfite amatsiko yo kubabona😂😂
Nshaka aba bantu muri iyi film Sava, Gérard, Piganzenze
na sava
Ark hatungi imbavu zabantu uzazishyura uransetsa cyane
Mugerageze mwongere sound pe!
Sound isigaye iri hasi caaaane
iyi minsi murimo gushyiramo ka volume gake mwisubireho
Hatungi urawambere 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂urumucuruzi kbx 😂love papa sava 🇦🇪🇷🇼
Hariho abantu wagira ngo bibwira ko amafaranga atoragurwa cg avomwa kuri robinet! Baba bamenyereye gukoresha amafaranga badatekereza aho yavuye. Abo mvuga barabe bumva bakanguke bamenye ubwenge n'ubuzima.
Ariko disi abagore barahinda uburyo mam Sava yashyushye yereka pap Sava imyenda😄😄
Nabakunda pe niyomamvu ntifuzaga gukorana namwe.
Hatungi urakaz ndak
Uwitonze urantanzeweeee nukuriturabemera kunyishozanyu
Mama sava arica umuntu kabisa inkoko n'impuzu bitarishwe
Mba nahageze umwaka wose ndahari
Abanyarwanda turi abahanga kweli👍
Ark piganzenze ko tumwumva gusa yazakinnye hhhh
Noneho ntangiye umwaka nduwambere.
Hhhh Hatungi ati uzajya umufungira imashini 🙆🙆🙆mama Sava weee 🤭 wagiye umbabarira 🤣🤣🤣🤣
Hatungi nkukundira ukuntu ucuruza uzineza ahinjiji ziba nahozitaha ariko nogira umugore nka mama Sava nomutana ninzu nkahunga 🤭mbegukuntu umugore arigipfu 🤦 yewe nukonyene papa Sava abariho nkumugabo nayahandiho ntacyoyarafise Kbis 🤭🤭uti nzigurazose ninjire 2023 mezeneza 🤭yewe iyutumahubwo uhera muri 2022 🤦🤦🙏🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Hhhhhhhh
Abagore badakora babarira Atari arayabo ndabasabiye pe 2023 bigombe bihinduke
Gusa sound muyikosore pe nari nagizengo ni telephone yanjye
Team Papa sava bakina neza gusa imyandikire dutangiye kujya tumenya ibiri bube, Papa sava kbs bashake uburyo bajya baducenga
nuko uyikurikirana cyane
Ngobagukwa gatatu 😍❣️
Ubund uwanjy ni tami🤣🤣🤣
Imbere cyane murashoboye mwese papa sava Courage cyane wanjye imbere cyame bose Courage kbs Mwese muri Abanjye.
Papa Sava muradushimisha peee. nge mbona ikwiye guhabwa igihembo na UNESCO pee
Imberecyane the team mbemera kubi gusa I need help niyitegeka wazampfashije kuzamura my talent konumva mubuzima acting aricyo nkunda
Yemweeeeew yemweeeeew ahoooooooo hashye koko
Uwambere mundemere
Ngo gakanda inda hatugi .ukayifugura buhoroooo ibyobita care
amajwi aracyagoranye pe (aba ari hasi cyane)
Ariko mwazatweretse Jeraridi na Piganzenze ko tubakunda tutabazi
Ariko maman Sava, utangiye utarya ataranayazana, utanazi n'icyo yayapangiye?
Banyoherereje message mbwira ngatange😅😅
Njyew ubu nduwakangahe? Hhhh
Ati baguhemba se twarakoranye 🤣🤣🤣
Hahahaha..... Abagore imana yabarenye ryari Koko!
piganzenze i cant wait to see you!!!!!😜😜😜😜😜😜
Ndabemera
mama sava urabasha urabasha
Mama Sava turagufana sana
Turashaka kubona SAVA
Piganzenze na Gérardi muzobatwereke
ubwo nanjye nduwambere mubambere
Mpiganzenze😅 dukeneye kumubona !
Kbx
Top 5 ndimo
Sound mukongere
Ariko maman Sava! 😂😂😂
Ninjye gusa wumva volume ari nke ?
Muratwereke Sava hamwe na Gerari
Papa sava ,muzatweke Piganzeze...
Piganzenze ariko ni muntu ki?
M sava wacu komerezaho
Harigihe ubyina kera ugateshaguzwa sekaganda turaziranye muri university uri hasi.... Ndabona iminsi ikujyana LA CA mu komera
🥇
Mwazatweretse uwo Jerard
Hhhhhhhh courage kbx
Igitwenge cya hatungi kiranyica
Warize niciye bugufi ufite Ao even Digidigi ari Ao ariko kuva kuri Sekaganda twerebaga dufite za 10 yrs old none uri kuri papa damn sava warize arko iritegeko nturizi Archimedes principle law
Ese Martin ntakirutimana ubu ntakibazo ufite wokabyarawe? Archimede's principle iramara iki aha koko? Papa sava na phyisics na Sekaganda bahurirahe?
noneho mbaye muri top 25 hhhhhhhh
Hhhhhhhhhh team papa sava murarenze
Mamasava ndakwemera
Umudigi😂😂😂😂😂
Ariko mwazashyizemo uwo muntu witwa Geraridi cg uwo piganzenze muhora muvuga?
Mama Sava arasebyeeee
Papá sava
Hahiye koko
Abagore batagira ubwenge please divorces cyangwa jugunya ubundi ajye kwa sabin kuri UA-cam kubunza amarira. Toka mwabibwamwe
Mwantanze pe
Ariko piganzenze ninde ko atagaragara 🤣🤣🤣🤣
Rwose na jeraridi mba nifuza kubabona
Biriko biraza nanjye ndazindutse
Yari yayapangiye😂
Abagore na Gestion ni hatari. Ivyo bahura vyose ni ukugura
Ako uzogashira kuruyo mudigi!
🤣nyumvir ngumudigi
Umwaka mushya
Yes yes papa sava
Courage muntu wang
Murakina nez
Harahiye🔥🔥😂
Papa sava uti:Aleweeee🤣🤣🤣🤣 ako kajambo karansetsa uwampaye ✌
Abaye Mukankiko
🤣🥰
Abagabo barabona koko
Nsabimana be like 12:47 🤣
Hashe🔥
Wooow ! 2023
Nitwa Theoneste
Bad boy wino
Ahoooo!!
Nduwa 9
🥰🥰🥰🥰
Pida nzeze ali ke?
😂😂😂😂😂😂❤❤
🤣🤣🤣😂😂😂✔️
🤣🤣🤣🤣
🇧🇮🇨🇩🇬🇦🇱🇷Ikibazo cy'ama infections Ku gitsinagore, ni ikibazo gihangayikishije ababyeyi n'abakobwa benshi, aho usanga bamwe barabuze urubyaro, abandi barabuze imihango cyangwa ikaza nabi, abazana ibintu by'umweru mu gitsina cyangwa impumuro mbi, hari nabo usanga nta bushake bagira cyangwa barabuze amavangingo mu gihe cy'imibonano.
Niba mudukeneye ko tubavura infections cg kumenya ibindi Tuvura Kanda ahanditse *ubuvuzi gakondo* hejuru Aho comment itangirira urahita ubona nimero yacu kuri profile utwandikire
I lf
Sound isigaye iri hasi caaaane
Nagize NGO ni phone yange nongeje volume ndaruha
Ariko uwonguwo piganzenze nuwahehe
bagabo barabona koko