ABAFUNGIWE INSENGERO BAZAJYA HE?

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 21 жов 2024

КОМЕНТАРІ • 20

  • @ndagijimanapierre-w6v
    @ndagijimanapierre-w6v 2 місяці тому +2

    Uyu mugabo ntabwo Azi ko amasengesho atuma abasenga barushaho guurikiza amategeko ,igihugu

  • @EmmyRuta-q6k
    @EmmyRuta-q6k 2 місяці тому

    Ikibazo cyatumye amatorero ahinduka amadinu,ni ukutamwnya itandukaniro ry'i shingano zinzego za Leta n'itorero rya Kristo.
    Nkuko Itorero ridasaba Leta kurifasha usibye uburenganzira na Leta idakwiye kugira ibyo isaba Itorero

  • @HAKIZIMANAPacifique-p3w
    @HAKIZIMANAPacifique-p3w 2 місяці тому +2

    Imana ishimwe iyaba kiriziya zose bazifunze abantu mu mwanya kujya gusenga bakajya mu itorero abantu bakagaruka i Rwanda ni mwishyuke

    • @Raggaf102
      @Raggaf102 2 місяці тому

      Ibyo nibitekerezo byawe

  • @ngabontezinanaisaie9802
    @ngabontezinanaisaie9802 2 місяці тому

    Niba ijwi ryanyu rigera kure musabire abanyaRda:
    1.nkubu akagari kacu karimo insengero za ADEPR 4, EAR 2, Restauration 1, Islam 3, COPERWA 2, Catholic 1.
    niba dusenga byukuri rwose nibura buri torero ryakagizemo urusengero rumwe. Aka kajagari gacike pe

  • @outboxthinkerofficial
    @outboxthinkerofficial 2 місяці тому

    Ubuse abana barihirwa nizo nsengero wabuzumubare wabo ubwabyo reba abo cartas yishyurira hanyuma mukurubusesenguzi bwamarangamutima aho hanyumase abobana ntibarivamo?

  • @KirisitoMirimo
    @KirisitoMirimo 2 місяці тому +1

    Uwimanaa itarahana agirangontibaho

  • @narcisseniyibizi
    @narcisseniyibizi 2 місяці тому

    Karegeya ati buri kagari gafite urusenjyero nonese hari akagari katagira akabari? Insenjyero ziteza ibibazo biruta ibyutubari

  • @HabaruremaThaddee
    @HabaruremaThaddee 2 місяці тому

    Mu by'ukuri hari insengero mbi cg iziyobowe n'abapasitoro bishakira indamu gusa ku buryo zari zikwiriye gufungwa koko. Hari n'ababishopu bahorana intambara n'inzangano kimwe n'amacakubiri mu nsengero ku buryo ubona ko nta cyiza azageza ku bakristo be; ariyo mpamvu bakwiriye gufungwa. Ariko kandi hari ababirenganiyemo bikabije. Ahubwo nihakorwe ubugenzuzi bwimbitse bajye bafunga urusengero hakurikijwe raporo y'ubugenzuzi.

  • @DamassiKalisa
    @DamassiKalisa 2 місяці тому

    Ese kuki gufunga insengero bikunda gukurikirana namatora yumukuru wigihugu??

  • @GdkdhdjdbdjvSeksgdkeyedso
    @GdkdhdjdbdjvSeksgdkeyedso 2 місяці тому

    Bazajyahe bafunze Umwuka wera se?

  • @Raggaf102
    @Raggaf102 2 місяці тому

    Ariko aya mategeko yinsengero namabwiriza biba mu Rwanda gusa kuki ntahandi mbyumva cg barashaka kuzikuraho

  • @VenusteSindayigaya-f9p
    @VenusteSindayigaya-f9p 2 місяці тому

    Ariko ubwo iyo muvuga ngo amadini yateje ibibazo muba mushatse gusobanura iki? Nyamara namwe ubwanyu muri kuvuga ibi mufite ayo mubarizwamo,ntimukatuyobye ntabwo reta yafunze insengero kuko zikora nabi yafunze izitujuje ibyo isaba naho kuvuga ko hari ibitarakozwe neza n'abayobozi b'amadini n'amatorero ibyo bikwiye kuba bireba umuyobozi w'iryo dini cg itorero ariko si igihano cyo kubuza abantu gusenga kuko hari n'abakora amakosa kugiti cyabo munzego bwite za leta ariko ntabwo hahanwa urwego hahanwa uwakoze icyaha. Naho uyu mugabo uvuga ngo ntacyo amadini afasha leta ubwo ntacyo ayifasha ntabwo tuba twumva ba gitifu bayasa gufasha kubakira abatishoboye,gutanga,mituel,kwigisha abatazi gusoma no kwandika.......ariko ugatinyuka ukavuga ngo ntacyo amaze! Ngo baka amaturo ese mubona hari ikintu bo babonera Ubuntu cg ubu ibyo bari gusabwa bazabihabwa nk'impano?ikindi kandi kujya mu idini si agahato ni amahitamo iyo utarigiyemo ntagereza ujyamo iyo udatanze amaturo nta wugufunga ubwo rero sinzi impamvu numva ari ikirego kumadini kandi nzi neza ko n'uwabikoze akazanamo ubushukanyi yabihaniwe gusa mwiriwe kwitiranya ibisabwa no kuba hari ibidakorwa uko mubyumva murakoze

  • @ndayisabapierre9252
    @ndayisabapierre9252 2 місяці тому

    Nabonye abana batiga Ari abana batagira Aho basengera birirwa mutubari.

  • @RutikangaEgide-rr1yd
    @RutikangaEgide-rr1yd 2 місяці тому

    Nukuri reta ice inkoni izamba nifate itandukanye uburyo insengero zomucyaro ibisabwa bibe bitandukanye nizo m'umugi murakoze .

  • @emmanuelmuhirwa9172
    @emmanuelmuhirwa9172 2 місяці тому

    Byaba byiza impuzamatorero zigize uruhare mu kugena ibyo insengero zikwiye kuba zujuje
    Yewe bakagira n'uruhare mu kwemerera abashaka gufungura izitari zihasanzwe

  • @DukuzumuremyiJeandamascene-c3e
    @DukuzumuremyiJeandamascene-c3e 2 місяці тому

    Harya ubwo mwebwe muri muri icyo kiganiro muheruka muri izo nsengero ryari?kuba rero abazijyagamo batari kubasubiza nimubareke impamvu nibo bayizi

  • @eugeneniyibizi4934
    @eugeneniyibizi4934 2 місяці тому

    Uyu mugabo uvuga ko insengero nta mumaro bigaragaza urwego ariho rw’imitekerereze

  • @newztctv3160
    @newztctv3160 2 місяці тому

    Abategure amagereza kukl hari abifata ntibakore ibyaha kubera gutinya icyaha kuruta leta

  • @Diacre_inf
    @Diacre_inf 2 місяці тому

    Izitujuje ibisabwa nizifunge ntakindi twe dusaba reta