Mu by'ukuri hari insengero mbi cg iziyobowe n'abapasitoro bishakira indamu gusa ku buryo zari zikwiriye gufungwa koko. Hari n'ababishopu bahorana intambara n'inzangano kimwe n'amacakubiri mu nsengero ku buryo ubona ko nta cyiza azageza ku bakristo be; ariyo mpamvu bakwiriye gufungwa. Ariko kandi hari ababirenganiyemo bikabije. Ahubwo nihakorwe ubugenzuzi bwimbitse bajye bafunga urusengero hakurikijwe raporo y'ubugenzuzi.
Uyu mugabo ntabwo Azi ko amasengesho atuma abasenga barushaho guurikiza amategeko ,igihugu
Ikibazo cyatumye amatorero ahinduka amadinu,ni ukutamwnya itandukaniro ry'i shingano zinzego za Leta n'itorero rya Kristo.
Nkuko Itorero ridasaba Leta kurifasha usibye uburenganzira na Leta idakwiye kugira ibyo isaba Itorero
Imana ishimwe iyaba kiriziya zose bazifunze abantu mu mwanya kujya gusenga bakajya mu itorero abantu bakagaruka i Rwanda ni mwishyuke
Ibyo nibitekerezo byawe
Niba ijwi ryanyu rigera kure musabire abanyaRda:
1.nkubu akagari kacu karimo insengero za ADEPR 4, EAR 2, Restauration 1, Islam 3, COPERWA 2, Catholic 1.
niba dusenga byukuri rwose nibura buri torero ryakagizemo urusengero rumwe. Aka kajagari gacike pe
Ubuse abana barihirwa nizo nsengero wabuzumubare wabo ubwabyo reba abo cartas yishyurira hanyuma mukurubusesenguzi bwamarangamutima aho hanyumase abobana ntibarivamo?
Uwimanaa itarahana agirangontibaho
Karegeya ati buri kagari gafite urusenjyero nonese hari akagari katagira akabari? Insenjyero ziteza ibibazo biruta ibyutubari
Mu by'ukuri hari insengero mbi cg iziyobowe n'abapasitoro bishakira indamu gusa ku buryo zari zikwiriye gufungwa koko. Hari n'ababishopu bahorana intambara n'inzangano kimwe n'amacakubiri mu nsengero ku buryo ubona ko nta cyiza azageza ku bakristo be; ariyo mpamvu bakwiriye gufungwa. Ariko kandi hari ababirenganiyemo bikabije. Ahubwo nihakorwe ubugenzuzi bwimbitse bajye bafunga urusengero hakurikijwe raporo y'ubugenzuzi.
Ese kuki gufunga insengero bikunda gukurikirana namatora yumukuru wigihugu??
Bazajyahe bafunze Umwuka wera se?
Ariko aya mategeko yinsengero namabwiriza biba mu Rwanda gusa kuki ntahandi mbyumva cg barashaka kuzikuraho
Ariko ubwo iyo muvuga ngo amadini yateje ibibazo muba mushatse gusobanura iki? Nyamara namwe ubwanyu muri kuvuga ibi mufite ayo mubarizwamo,ntimukatuyobye ntabwo reta yafunze insengero kuko zikora nabi yafunze izitujuje ibyo isaba naho kuvuga ko hari ibitarakozwe neza n'abayobozi b'amadini n'amatorero ibyo bikwiye kuba bireba umuyobozi w'iryo dini cg itorero ariko si igihano cyo kubuza abantu gusenga kuko hari n'abakora amakosa kugiti cyabo munzego bwite za leta ariko ntabwo hahanwa urwego hahanwa uwakoze icyaha. Naho uyu mugabo uvuga ngo ntacyo amadini afasha leta ubwo ntacyo ayifasha ntabwo tuba twumva ba gitifu bayasa gufasha kubakira abatishoboye,gutanga,mituel,kwigisha abatazi gusoma no kwandika.......ariko ugatinyuka ukavuga ngo ntacyo amaze! Ngo baka amaturo ese mubona hari ikintu bo babonera Ubuntu cg ubu ibyo bari gusabwa bazabihabwa nk'impano?ikindi kandi kujya mu idini si agahato ni amahitamo iyo utarigiyemo ntagereza ujyamo iyo udatanze amaturo nta wugufunga ubwo rero sinzi impamvu numva ari ikirego kumadini kandi nzi neza ko n'uwabikoze akazanamo ubushukanyi yabihaniwe gusa mwiriwe kwitiranya ibisabwa no kuba hari ibidakorwa uko mubyumva murakoze
Nabonye abana batiga Ari abana batagira Aho basengera birirwa mutubari.
Nukuri reta ice inkoni izamba nifate itandukanye uburyo insengero zomucyaro ibisabwa bibe bitandukanye nizo m'umugi murakoze .
Byaba byiza impuzamatorero zigize uruhare mu kugena ibyo insengero zikwiye kuba zujuje
Yewe bakagira n'uruhare mu kwemerera abashaka gufungura izitari zihasanzwe
Harya ubwo mwebwe muri muri icyo kiganiro muheruka muri izo nsengero ryari?kuba rero abazijyagamo batari kubasubiza nimubareke impamvu nibo bayizi
Uyu mugabo uvuga ko insengero nta mumaro bigaragaza urwego ariho rw’imitekerereze
Abategure amagereza kukl hari abifata ntibakore ibyaha kubera gutinya icyaha kuruta leta
Izitujuje ibisabwa nizifunge ntakindi twe dusaba reta