ASOMISIYO: Amateka n'ibinyoma bihishe mu ijyanywa mu ijuru rya BIKIRA Mariya - Musoni Flavien
Вставка
- Опубліковано 12 вер 2024
- Click the following links to Subscribe to our Channels:
ITABAZA TV: / @itabaza
itabaza.org/
Contact us:
Email: Info@itabaza.org
Facebook: /
/
Twitter: / itabazarw
/ itabazatv
IG: /
© 2023 ITABAZA. All Rights Reserved.
ITABAZA is not responsible for the content of external sites.
#ITABAZA
#ItabazaTV
#ITABAZASermons
Imana ishimwe for this wonderful message
Uriki gukwiye kuvugwe, yesu aravuga ati"binge nzira yukuri mubugingo, nta wujya data nta mujyanye
ibyatunaniye kumva ni icyatumye Imana(Jambo) yemera kuba umuntu,ikabyarwa n'umuntu kandi uwo muntu nawe ari Imana yamuremye!
bavandimwe,icyaha cyakoze ishyano!
cyatumye Imana yihindura umuntu kandi igakomeza kuba Imana!
Nimukubitire ikinyoma ahakubuye
IMANA ishimwe cyane yo musobanuzi mukuru
🙏 🙏
Wowe icyo wakwima nyoko ni iki? Imana yakunze Bikira Mariya kurusha abantu bose Kd nta cyaha yakoze kuko ntabwo Imana yashoboraga kuvukira mu cyaha bityo rero nta cyamubuzaga kujya mu ijuru asangayo umwana we.
Twereke mubyanditawe ndavuga itegeko shinga ryaba kristo ariryo Bible twereke aho byanditse urakoze
@@jclaude5630 Uko wabifata kose nta muntu Imana yakunze nka Mariya kandi ntabwo umwana wayo yari kubyarwa n’ufite icyaha cy’inkomoko, umubiri w’umuntu urapfa kubera icyaha cy’inkomoko bityo rero kuko Mariya Imana yamureye kuzayibyarira ntacyaha yavukanye nta mpamvu rero atajya mu ijuru
@@douceukuri6128abantu bagiye mw'ijuru badapfuye barazwi nuwagiyeyo anyuze murupfu arazwi uwagiye anyuze murupfu ni. Mose abagiyeyo badapfuye ni Enock na Elia
Kirazira kujya impaka muby,'Imana
Buriwese yemere kristu naho kwemera Bikira Mariya bitakurimo sitegeko twe abazi umubyeyi dufite ibanga.
Ndagukunda cn uranyubaka ndumurundikazi MBA noirobi GS gusenga birangora kubera murusengero samedi bazogura keshi mucongereza sindavyunve neza ariko ubutwumwa bwaw buranyubaka ubuhanuzi nguma ndabwunva nukuri ntituronka ici twireguza Kuko ntaco udakora kugura 40:13 tunyurwe GS lmana iziguhe iherezo ryiza
komeza umurimo muvandimwe.
Imana yaguhamagaye izagukomeze amaboko kugeza Yesu agarutse.
Ubundi abaziyobagiza bakanga kumva ukuri nibo bizabazwa.
Hezagirwa cane mwalimu .Murakoze cane kuri uko kuri mudushikirije
❤❤❤❤❤❤
UMVA MUSON WE NTA DINI RIDAFITE UMUTAGATIFU ABAGATURIKA BAMBAZA MARIYA,ABASIRAMU NI MUHAMADI,ABADIVE BO NI ELINA WHTH,
Rek kutubeshera nt Ellen whitte twambaz duseng imana c'est tout
Reka kubeshya abantu kuko Bikira Mariya ntitumusenga ahubwo tumusaba kudusabira kuri Yezu Umwana We.
Wowe ku muhinyuza ushingira kuki ko nta hagaragaza ko Bikira Maria Ari mwijuru? Mu Baheburayo 9:11-12 ugakomeza ukagera ku murongo wa 3 . Wowe ushingira he usaba Maria ku gusabira? Ngaho duhe Ibyanditswe byera!
@@shirikaniyonkuru5573araguha ibyanditswe se bivuye hehe shenge
Uwapfuye ntacyo aba azi soma Abaheburayo 9:5 abazima baziko bazapfa ark abapfuye bo ntacyo bakizi kdi nta ngororano bakizeye kuko batakibukwa nonese umucyecuru ko yisinziririye aragusabira ate Koko? ahubwo isabire wowe ugihumeka
.isi.yose.ibeshejweho.ni.binyoma.ibinyoma.bya.bazungu.mureke.kwigira.abanyakuri.inkurumbarirano..iratuba.
Ikibazo gifite wowe rero wamaze kwishyiramo ibinyoma. Niba uzi ubwenge uve mu bujiji maze utangire usome neza naho kugeneraliza noo
Ukuri ku ijambo ry'Imana ntigushingiye ku bazungu gushingiye kuri Bibiliya ubwayo n'Umwuka Wera uyidusobanurira. Wireba ku uwo ari we wese reba kuri Yesu wigishwa muri Bibiliya. Imana iduhe gusobanukirwa n'ukuri kw'ijambo ry'Imana.
@@TheAngen Nonese Bibiliya yo urayemera ko nayo yanditswe n'abazungu? Ngira ngo icyo dukeneye nukumenya Imana naho aho yahisemo ko Bibiliya ituruka ibyo nubushake bwayo nkuko utayibaza ngo mbese kuko wangize uku? Ibyo nubushake bwayo
Imana wemera rega iva mwiyo bibiliya wita iyabazungu 😅😅😅😅😅
@@irakoz3etechofficial Njye sinemera Imana y'abazungu nemewe Imana yandemye, Imbeshejeho inkunda nawe ikagukunda ikwihanganira ngo ubwo bupfu bwo kuyihakana ubanze ubuvemo. Muvandimwe aho kugira ngo uhakane ko Imana iriho wapfa kuko nubundi uzagenda ikomeze ibeho kandi ibesheho nibyo yaremye. Ikibabaje ukiri muto wari muzima uyemera ukanayitabaza hari ibyakunaniye none ubu nibwo umenye ubwenge bwo kuyihakana