UMUTURAGE yarakubiswe ARAPFA nyuma yo gufatanwa n’abandi bari GUTANGIRIRA ISABATO mu rugo
Вставка
- Опубліковано 22 лис 2023
- Join to get access to perks:
/ @itabaza
Click the following links to Subscribe to our Channels:
ITABAZA TV: / @itabaza
itabaza.org/
WhatsApp: bit.ly/3ZlNuOJ
Contact us:
Email: Info@itabaza.org
Facebook: / itabaza.org
/ itabaazatv
Twitter: / itabazarw
/ itabazatv
IG: /
© 2023 ITABAZA. All Rights Reserved.
ITABAZA is not responsible for the content of external sites.
#ITABAZA
#ItabazaTV
#ITABAZASermons
Mwitegure akarengane karaje ku abana b'Imana igihe kirageze ngo tuve mw'isi knd umugambanyi nuwo twasangiye ibyo kurya by'Umwami.
Yesu weee ngo ntaruhu yarafite ariko Mana nkumuntu ugira gutyo mugenzi we abayishinjikirje kuki 😢😢 Yesu we komeza imitima yabo asize nitorero ryawe kuko tuzahura nibirenze ibyo 🙏
Fil 3:20
[20]Naho twebweho iwacu ni mu ijuru, ni ho dutegereje Umukiza ko azava ari we Mwami Yesu Kristo.
Imana iduhe guhinduka no kwihana tumaramaje kugirango tube twiteguye isaha dusohoyemo!
Umuryango wabuze uyu mwenedata nimukomeze mwihangane ! Mugitondo Cy'umuzuko tuzabona nawe !
Mugire isabato nziza Amen.
Tuzabonana ku munsi w'umuzuko, igihe Kiri bugufi cyane🙏🙏
Niyo abasenga baba batanditse mu bitabi by'abadive ariko bakaba bigisha ibyo twigisha tugomba kubavuganira ntabwo tugomba kubitaza. Ariya mashuri yashinzwe n'ababyeyi b'abadive ntabwo tugomba kuyaha akato ngo sa yacu. Imana izatubaza ibyo dukora bituma intama zayo tutazitaho.
Kwandikwa mubitabo byitorero ntacyo bimaze, ahubwo kwandikwa mwijuru, naho itorero ryifatanyije namadini kd mutinya abantu kurusha Imana 😢😭mwirirwa mugambanira inzirakarengane, ni akazuyazi ntakundi, Yesu araje
Ibyah. 13.9.uwicisha , inkota , nawe , azicishwa , inkota. Gusa turababaye , ariko , iyaremye , ijuru n'isi n'inyanja , iriho. Kandi , nababikoze bazicuza. Ubu we , ariruhucyiye. Mana , dushoboze , tuve mubitotsi. ❤❤❤ Amaherezo , ukurikuzatsinda. Ibyah.15.2. njyiye kubona mbona , abana b'Imana batabarutse banesheje yanyamaswa n'ijyishushanyo cyayo n'umubare w'izinaryayo....................ibyah.15.2 Imana , izihesha , icyubahiro.
Imana niyo itanga ubutabera. Kandi Amen!
Mubareke bazakubitwa nubarusha ubushobozi ntibazabona ubarengera
Imana ihumurize abomumuryango
Erega isi irarakaye, abana na satani barimo gutara umujinya w'inkazi hamwe nibirego bicisha umutwe. Ariko Yesu azatabara, reka dukomere mu Mwami
IMANA yihanganishe umuryango wabuze.Natwe nk'ishengero mw'isi yose turabuze umwe muri twebwe.Twizere ko tuzohura mugitondo c'umuzuko.Nubwo bir'uko twumire ku MANA
Nibyahanuwe arega nomugihencyayesu byahizeho ahubwo nukuba amaso mwabantumwe ariko nagahinda gakomeye pee
Umujyango we wihangane mukomere mwisi niko bimera 😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Imana iduhe imbaraga zumunsi dusohoyemo
Mwihangane ntakitagira iherezo mukomere mumitima yesu araje vuba mugume mumbaraga zumwami.
Ubuse iwacu niho habaye ahabimburira abandi mugutangiza akarengane koko lmana lbabarire abakoze ayo mahano
Gusenga ugakubitwa paka upfuye?? Nyamara indaya abatinganyi n'abasinzi bidegembya!!! Iki kirerekana ko Umwuka w_Imana Ari kuva ku bantu. Hahirwa abapfira mu Mwami.
Mana yanjye, ibi bintu ni ibiki koko? Imana ni nitabare abana bayo pe!
MUGIRAMAHORO,NEIHANGA NISHIJE UMUYRANGO NABENEDATA,MUKOMERE KUKO HAHIRWABAFPA PFABAPFIRAMUMWAMI,IBIKOGWA VYABOVYIZA BIKABAHEREKEZA,NIBABARENGANYA BABAHORA Kristo mwekumarMaRa
Ibyah 11:18
[18]Amahanga yararakaye nuko umujinya wawe uraza, igihe cyo guciriramo abapfuye iteka kirasohora, n'icyo kugororereramo abagaragu b'imbata bawe ari ni bo bahanuzi, no kugororera abera n'abubaha izina ryawe, aboroheje n'abakomeye, kandi n'igihe cyo kurimburiramo abarimbura isi.”
Umukozi wimana apfiriye akarengane abayobozi bamwishe ubu batashye imana imuhe iruhuko ridashira 🙏🙏🙏😭😭😭😭 mana tabara isi ndababaye pe😱😱😱😱😱😱
Ntibyoroshye pe
IMANA IHIMBAZWE
Imanayomwijuru.imwakire
Birababaje ! Ariko ni gute umuntu aza akagushorera mu gihugu cyirimo umutekano n'amahoro gutya yagukubita ukamwihorera ? Jyewe biranyobera rwose, biragoye ko nabyakira n'imyaka mfite n'amateka maze guhangana nayo kuva mvutse.ngo dasso ngo umu polisi !!! Kuki wakwemera kurenganywa muri 80 ari 8 ! Murabasobanurira bakwanga mukabibwira abakuriye byakwanga mukihagararaho. Muri Gusenga kweli !! Gukubita umuntu kugeza apfuye ? ehhhhhhh
igihe cyavuzwe mu intambara ikomeye ko igihe cyizagera amategeko ya zareta zo mu isi azaba atakirengera abakomeza amategeko y' Imana, dukomeze tugitegereze? niba abantu bafatwa basenga bagatotezwa benako kageni, kugeza ubwo bicwa urubozo, ubutabera burihe Koko?
twabuze gakondo muriyisi, niba uburiye ubutabera iwanyu, uzabubona ahandi?
iwacu ni mwijuru
Gufungwa byitwa igihano ngwatiramubiri,
Ufunzwe ASA nutakibarwa mubihugu byinshi. Iwacu gusa niho imfungwa zari zigihabwa agaciro
Na Paul intumwa niho yarangirije urugendo
Gusa icyombona cyo hano bizakomera kurusha ahandi. Kdi burya ngo buri gihugu kizajya kigisha ishyano rihwanye n'ibyaha bihakorerwa.
Nukuri nibyo
Abasenga bazatoteza ariko hahirwa abihangana kugeza imperuka
Ariko se abari bagiye gutangira Isabato twahawe n' Imana ngo tujye tuyiruhuka bari bakoze irihe kosa ryatuma bamufunga ?Abamufunze nibyo bamwishe Kandi Imana izababaza amaraso y'inzirakarengane.Abakaturengeye nibyo baturenganya ,ariko byarahanuwe bavandi twihangane.
Ibazenawe abasenga barafatwa bagakubitwa bagapfa Nyamara
Ibisambo. Babifata bakabirekurap
Ubusekko. Uwiteka urengere. Imijyangoyabop
Turi mugihugu cyahaze ubutumwa bwiza
Niyo mpamvu mubona bijye gutya
Irihohoterwa ntabwo rikwiye pe
Birababaje rwose aba bantu bakurikiranwe kuko kwitwa umuyobozi sukwica abuyobora aka kageni
Hahirwa abapfa bapfira mu Mwami rwose. Ikindi tumenye neza ko umwanzi w'umuntu azaba uwo mu rugo rwe. Natwe tube maso dutunganye inzira zacu hakibona.
Manaweee
Uwo mupasiteri yikanye bene se yahise acirwaho iteka,kuko atavuze ukuri kandi bagirango babaceceshe kandi dore umwuka w'Uwiteka arasukwa,2024 muzakubita muruhe kujyeza igihe musindiye amaraso yabera mukayahaga.
Nibatubabaze.natwetuzishimababayentawokubakiza
ububugome nubwo kwamaganwa kandi ababikora bagahanwa kuko ntabwo arakarengane kabasenga gusa nabasanzwe bajyanwa muribiriya bigo barahohoterwa bikwiriye gufungwa
Ese aba bantu bajijijwe ko bari gusenga cyangwa bajijijwe ko bateraniye mu rugo batabisabiye uburenganzira inzego zibishinzwe? Ariko se abantu baba mu gihugu ntibamenye uko kiyobowe! Idini na leta bazababica muzira ubusa nimutaba maso; none se kuki Umukuru w'abadive atabwira leta ko abayoboke be batangira isabato mu ngo ngo bibe bizwi?
Njyewe ndi muri America ibyo bahindisha byinkingo za covid-19 abasnhi nti bazitewe nanjye ndimo mubatazitewe ntagahato kahabaye .
Gusenga byabaye icyaha kugeza ni kurupfu Koko!
Twihangane igihe niki tugiye kunesha
gusa nibyiza ukoma urusyo akoma ningasire! ese kuki uvuga ibyo wabwiwe numuryango ntubaze ubuyobozi uko byagenze twese dukwiye kwihana naho kwigira beza sibyo bizadukiza Imana itugirire neza ikomeze umuryango wabuze umwana
Abayobozi.ubwabo bamukubitaga bamubwirako baribumumaremo imyumvire knd wibukeko hejuru sami yavuzeko ubuyobozi bwanze kumwitaba
Yaranabwandikiye ntibwamusubiza
@@mmb7418 turi mugihugu cyubaha uburenganzira bwamuntu uretse nusenga n,uwishe umuntu ntakubitwa nibyiza kwitondera ibyo dutangaza mugihe source yabyo itizewe neza kuko ugeze aho byanereye ugafata amakuru mubahatuye utumvise uruhande rumwe wakumva ibinyuranye nkubu kubera kwizera kuyumuntu ubwo bageraga muri transit center yanze kugira icyaricyose arya ndetse namazi ntibemeraga kuyanywa mubyukuri umuntu utarya kd ntanywe yamara kangahe? ark muriyi nkuru ntabyo nabonyemo yavuze iby,ibyangombwa byabuze kd mubyukuri ababantu ntanumwe ugira indangamuntu cg ikindi cyangombwa icyaricyose so, tubadukwiye gusesengura neza mubyo tuvuga
@@mmb7418Kubera kwikanga intambara iyo babonye abantu bari hamwe batekereza ko bari gucura imigambi mibi , baturage mugerageze gukora nk’uko bashaka nibura iminsi yo kubaho yegere imbere ariko bakabikora biri da ikintu cyabatandukanya n’Imana
Ese ibi byaha bakoze ni ibyaha bitakurikiranwa n amategeko Ku buryo bahanishwa kwicwa urubozo?
Munkomero nimukarere kanyamagabe
U Rwanda rufite uturere twinshi twitiranwa
Hari nkomero yo muri Nyanza
Na nyanza haba Nkomero wangu!!
Rwabicuma ihana imbibi ba Nkomero hafi y'i Gitwe na Esapag.