Розмір відео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показувати елементи керування програвачем
Автоматичне відтворення
Автоповтор
Yego rata natwe mujye muduha agaciro, God bless you Guy's ❤🥰 I mean house maid
Mujye musohora amajwintitubaturkumva knd murinominsi ganza firlm murabiharaye turabakund cyne ❤
Sha mwakinnye neza cyane Rwose kuko uku nezaneza Niko abantu benshi bo mubipangu bitwara kubakozi Mutumye nongera gukunda kureba amafilime murakoze cyane
Wowwwwwwww kbx iyi frime ninziza cyane kd harimo inyisho ikomeye
Iyi film ukonyirebye insigira isomo bakobwa mugire ubwenge ikindi nkunze ukuntu Ange yihanganye thank you Guys
Nahora ntakunda kuraba film kuva aho kanumba apfiriye from TZ none ndabonye film nzohora ndaba irimwo ivyubuzoma ducamwo,izindi usanga ari uburofa gusa.abakobga n,abahungu beza bakina neza.So God bless you.we love you so much from Burundi
Ganza film muradutindira Kandi muduha film nziza, yooo disi ubwiza ntaho buhuriye Nokugira ubwenge,,yikundiye umukozi, 😅turabakunda cyanee muratwigisha Kbs abasuzugura abakozi barekeraho.
😂😂😂😂codibetita mwiza urakoze kunama nziza
Www mbakunda kubi muribeza mwese Kandi mukomereze aho
Icyo dupfa muratinda, please try your best mujye muduhata inyigisho nyinshi dukunda film mukora.
Yooo hirwa aho wakoze igikorwa cyoguha ikiremwa muntu agaciro iyaba buriwese yakoraga nkuko pe
Filme yanyu ni nziza cyane, irimo amasoma kabisa.
😢😢😢😢 Ni ubwambere ndebye film nkarira, Ange ankoze ku mutima. Kbs mukomereze aho kwigisha abantu❤
Ubuzima Rata ni gatebe gatoki, kd buriya ugira,Imana wabona umuvandimwe ukugir,inama nziza. God bless you GJC Media Tv🙏🥰 Gs mwa bakobwa mwe 😃😁😂😄🤭😲😩
Pamela Mukunda cyane Firme.Arimo Mbanumva Ntayicikwa
Ndakunda cyane ♥️♥️♥️
Iyi Flime muzayigire iyuruhererekane irimo inyigisho
Gisele I like u. Since I saw u from umuturanyi series. Harimo means lessons, keep up. God bless you 🙏
Uwo mukobwa Wakinguriye uwo musore kandi akanamwakira niwe mutima wurugo
Ange role zose azikina neza ❤️iyo yashize isoni mukunda kubi 🥰 arko naha yitonze inchwiiiii arashimishije🥂
Part 2 please. Ange yarabaye umukire yarasirimutse mbese nyine😂❤
Mwe bakobya mweee,mwafura mweee ,kuberiki muri ku ndjachira undi ? Ese ni mu groom , muboyi wanyu ? Un peu de respect quand même. Kuvuga polipoli
Yes, nibyiza peee. Nda makerere numva kabisa.
Ark akakana ngo ni ange imikinire yako ijyanye nubwiza bwako kbs👍
Wawww this my fest time to see but nice kbs this is good message for everyone
Barutwa numukozi. Anyway, uyumukuru wabo ni sawa cyane
Ange niwe wavamo umugore mwiza
Hello ndabakunda cyane kd courage dukuramo lnyigisho gs camera niyongere lmbaraga age ABA fata neza mugaragare neza❤
Mukomereze aho kbs ariko mwongere ho igire igihe kirekire
Iyi film yarikwiye kugira ibindi bice tukabona ibi byuki biri gusaba Ange,
Mwacyinnye neza ariko Kodi nibari Kodi numvaga nagusunika ukuntu wagize uriya mwana.
Hirwa ukozikintuciza cane urumuntu wumugabo PE 🙏🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Oh my ! 🥰scène ya Ben na Ange 👌
Ahaho murankosoye🎉🎉🎉nitwa anachorete ndumufana ❤❤
Kodi urakomye kabisa Iman irakucavu
Ben 🔥🔥🔥
Umurimo akunda ni shopping no koga
Ben mumuturanyi hirwa muriyingiyi
félicitation bro Ben
Ndakunda Film zanyu kuko zirigisha kuko umuntu uyu musi numukozi wawe ejo ushobora kuzoba umukozi wihe hama ndabinginze muze murakina nka films imara nakanya nkiyo films mwari guhita mumutumako Ange mukamusaba imbabazi kugirango abantu bahite batahura gusumba
Wow it is such a teaching film,I like the way you act,your elder sister is so cute,full of wisdom and very humble ♥️
Hello ndabemera cyane muduha inyigish❤
Ange tantine uraberewe kabisa gus ndagukunda❤
Wawu nibyo umukozi womurugo nawe numuntu nkabandi🎉
One Love From Kinindo 🇧🇮 Bujumbura
Hello bakimyi dukunda cyanee Kandi muduha ibintu byiza tukanezerwa
Aka gafirimi ni sawa cyane
Wamudamuwe wagombera ivyiza batoyabawe ariko ntacufise kuko inderoyabo nihafi yantayope 🤭🤭ahubwo jandabona uwomwita umukozi womurugo ariwe aribubatware umugabo mukuruwanyu yariyabazaniye ntacomumaze akabaye icwende ntikogakweli ngogace amahirwe azarimwe mubuzima umugisha waziye ibi🐕🐕🐕 puu 🙏🙏🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Ndabakunda mutujyezeho nutundi
mufite mukuru wanyu mwiza pe
Please subu mwaduhaye part 2 yiyi film
Mbega ibirofa
you are in the way kbx
Ange yaratimwiza
Wow I like it thanks
Nukuri muratwigisha pe❤❤❤❤❤❤
Murakoze cane
abakozi barumiwe urambona ngo muramuhuriraho erega nabo nabana nkabandi?
Mwacinye naza kyane 👍👍🇺🇬
Ange love u❤
I liked 😊
Love from mr dossi official 🇧🇮
Good Mbega HARIMO ISOMO RIKOMEYE RYUBUZIMA PE 😇😇😇
Mukosore camera ntabwo igaragara
Very nice
Muratanz umpanur pe umukuz numunt nkaband usivy iryozin yitirirw arimukaz ndabakund koko courage
Nakizanira angepe
Abantu twubahane pe.ndabakundaaaaa
Massi nkukunda kubi
Iyi movie izabanziza bidasanzwe Mukomere zaho
Lesson to learn 🙏🏾🇦🇪🇦🇪🇦🇪
🔊 sound
Hirwa cg Beni urinyangamugayo urumunyamutima ahantu hosee!!Uzi ucyina Frime zoseee!!Uzi ucyinamo ucyina neza kbs ufite urukundo ufite umutima mwiza manawee!!jyana uwomwana rata
Ndabakunda cyane ❤❤
Ange uz gukina maze ,uranihangana
Ange❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ese massi wibagiwe kubatuka wanze kuzuru nonoeho
Mufite ikibazo cyamajwi
Ubwiza bwumuntu si isura ahubwo ubwiza bwumuntu numutima nibitekerezo? Ange yubahwe?
Courage
Ndabakund cyan
Kubana nabantu neza knd udacaguye nivyiza kk ubuzima burahindunda❤
Sha bro uwomukoziwomurugo giyegushaka umukunzi niwenakijyanira
Uyu mukuru wanyu nimwiza avuga neza Mbes🫶
Yoh Wakoze chane imana izabiguhembere
Good harimwo isomo rikomeye cane
Nibyo bagebuhaburiwese ntawamenyejo
Codi uvuga neza kdi urimwiza😊
Yegorata Mama Yidi babwire rata ibyubabwira nukuri Hirwa yashakaga umwe murabobakobwa nibobiteye umwaku
I love you guys
Codi respect toi . Nti zongera ku amagara ange !!! Bouge un peu, participe ,encoura undi diiii.
It's so appreciated. Keep up doing well. Ange disi! Mama weeee!!!
Muzahava mumugwanirat
Cadi bya kunaniye😂😂😂
Cyokoze wamugani wawe babyita ubuzima🧏
👍👍👍👍❤️❤️❤️❤️
inyigisho nziza rwose
Mwa bakobwa mwe muransekeje pe!ngo ubanza uriya mutype akunda abakozi😂😂😂😂
Cyakoze
Very talented,Ange is still distinct 🎉big up to humble people like Ange and good advisors like Mercy
Ben wanjye😂
Nanga kubona umuntu asuzugura umukozi kubi😢😢😢😢
Oliver ndabona mumeze neza kd ndagukunda cyan ni josee
Mukina neza ndabakunda muduha ninyigisho nyinsh nziza
Hello nubwambere ndebye film yanyu nayikunze cne
Yego rata natwe mujye muduha agaciro, God bless you Guy's ❤🥰 I mean house maid
Mujye musohora amajwintitubaturkumva knd murinominsi ganza firlm murabiharaye turabakund cyne ❤
Sha mwakinnye neza cyane Rwose kuko uku nezaneza Niko abantu benshi bo mubipangu bitwara kubakozi
Mutumye nongera gukunda kureba amafilime murakoze cyane
Wowwwwwwww kbx iyi frime ninziza cyane kd harimo inyisho ikomeye
Iyi film ukonyirebye insigira isomo bakobwa mugire ubwenge ikindi nkunze ukuntu Ange yihanganye thank you Guys
Nahora ntakunda kuraba film kuva aho kanumba apfiriye from TZ none ndabonye film nzohora ndaba irimwo ivyubuzoma ducamwo,izindi usanga ari uburofa gusa.abakobga n,abahungu beza bakina neza.
So God bless you.we love you so much from Burundi
Ganza film muradutindira Kandi muduha film nziza, yooo disi ubwiza ntaho buhuriye Nokugira ubwenge,,yikundiye umukozi, 😅turabakunda cyanee muratwigisha Kbs abasuzugura abakozi barekeraho.
😂😂😂😂codibetita mwiza urakoze kunama nziza
Www mbakunda kubi muribeza mwese Kandi mukomereze aho
Icyo dupfa muratinda, please try your best mujye muduhata inyigisho nyinshi dukunda film mukora.
Yooo hirwa aho wakoze igikorwa cyoguha ikiremwa muntu agaciro iyaba buriwese yakoraga nkuko pe
Filme yanyu ni nziza cyane, irimo amasoma kabisa.
😢😢😢😢 Ni ubwambere ndebye film nkarira, Ange ankoze ku mutima. Kbs mukomereze aho kwigisha abantu❤
Ubuzima Rata ni gatebe gatoki, kd buriya ugira,Imana wabona umuvandimwe ukugir,inama nziza. God bless you GJC Media Tv🙏🥰 Gs mwa bakobwa mwe 😃😁😂😄🤭😲😩
Pamela Mukunda cyane Firme.Arimo Mbanumva Ntayicikwa
Ndakunda cyane ♥️♥️♥️
Iyi Flime muzayigire iyuruhererekane irimo inyigisho
Gisele I like u. Since I saw u from umuturanyi series. Harimo means lessons, keep up. God bless you 🙏
Uwo mukobwa Wakinguriye uwo musore kandi akanamwakira niwe mutima wurugo
Ange role zose azikina neza ❤️iyo yashize isoni mukunda kubi 🥰 arko naha yitonze inchwiiiii arashimishije🥂
Part 2 please. Ange yarabaye umukire yarasirimutse mbese nyine😂❤
Mwe bakobya mweee,mwafura mweee ,kuberiki muri ku ndjachira undi ? Ese ni mu groom , muboyi wanyu ? Un peu de respect quand même. Kuvuga polipoli
Yes, nibyiza peee. Nda makerere numva kabisa.
Ark akakana ngo ni ange imikinire yako ijyanye nubwiza bwako kbs👍
Wawww this my fest time to see but nice kbs this is good message for everyone
Barutwa numukozi. Anyway, uyumukuru wabo ni sawa cyane
Ange niwe wavamo umugore mwiza
Hello ndabakunda cyane kd courage dukuramo lnyigisho gs camera niyongere lmbaraga age ABA fata neza mugaragare neza❤
Mukomereze aho kbs ariko mwongere ho igire igihe kirekire
Iyi film yarikwiye kugira ibindi bice tukabona ibi byuki biri gusaba Ange,
Mwacyinnye neza ariko Kodi nibari Kodi numvaga nagusunika ukuntu wagize uriya mwana.
Hirwa ukozikintuciza cane urumuntu wumugabo PE 🙏🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Oh my ! 🥰scène ya Ben na Ange 👌
Ahaho murankosoye🎉🎉🎉nitwa anachorete ndumufana ❤❤
Kodi urakomye kabisa Iman irakucavu
Ben 🔥🔥🔥
Umurimo akunda ni shopping no koga
Ben mumuturanyi hirwa muriyingiyi
félicitation bro Ben
Ndakunda Film zanyu kuko zirigisha kuko umuntu uyu musi numukozi wawe ejo ushobora kuzoba umukozi wihe hama ndabinginze muze murakina nka films imara nakanya nkiyo films mwari guhita mumutumako Ange mukamusaba imbabazi kugirango abantu bahite batahura gusumba
Wow it is such a teaching film,I like the way you act,your elder sister is so cute,full of wisdom and very humble ♥️
Hello ndabemera cyane muduha inyigish❤
Ange tantine uraberewe kabisa gus ndagukunda❤
Wawu nibyo umukozi womurugo nawe numuntu nkabandi🎉
One Love From Kinindo 🇧🇮 Bujumbura
Hello bakimyi dukunda cyanee Kandi muduha ibintu byiza tukanezerwa
Aka gafirimi ni sawa cyane
Wamudamuwe wagombera ivyiza batoyabawe ariko ntacufise kuko inderoyabo nihafi yantayope 🤭🤭ahubwo jandabona uwomwita umukozi womurugo ariwe aribubatware umugabo mukuruwanyu yariyabazaniye ntacomumaze akabaye icwende ntikogakweli ngogace amahirwe azarimwe mubuzima umugisha waziye ibi🐕🐕🐕 puu 🙏🙏🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Ndabakunda mutujyezeho nutundi
mufite mukuru wanyu mwiza pe
Please subu mwaduhaye part 2 yiyi film
Mbega ibirofa
you are in the way kbx
Ange yaratimwiza
Wow I like it thanks
Nukuri muratwigisha pe❤❤❤❤❤❤
Murakoze cane
abakozi barumiwe urambona ngo muramuhuriraho erega nabo nabana nkabandi?
Mwacinye naza kyane 👍👍🇺🇬
Ange love u❤
I liked 😊
Love from mr dossi official 🇧🇮
Good Mbega HARIMO ISOMO RIKOMEYE RYUBUZIMA PE 😇😇😇
Mukosore camera ntabwo igaragara
Very nice
Muratanz umpanur pe umukuz numunt nkaband usivy iryozin yitirirw arimukaz ndabakund koko courage
Nakizanira angepe
Abantu twubahane pe.ndabakundaaaaa
Massi nkukunda kubi
Iyi movie izabanziza bidasanzwe Mukomere zaho
Lesson to learn 🙏🏾🇦🇪🇦🇪🇦🇪
🔊 sound
Hirwa cg Beni urinyangamugayo urumunyamutima ahantu hosee!!Uzi ucyina Frime zoseee!!Uzi ucyinamo ucyina neza kbs ufite urukundo ufite umutima mwiza manawee!!jyana uwomwana rata
Ndabakunda cyane ❤❤
Ange uz gukina maze ,uranihangana
Ange❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ese massi wibagiwe kubatuka wanze kuzuru nonoeho
Mufite ikibazo cyamajwi
Ubwiza bwumuntu si isura ahubwo ubwiza bwumuntu numutima nibitekerezo? Ange yubahwe?
Courage
Ndabakund cyan
Kubana nabantu neza knd udacaguye nivyiza kk ubuzima burahindunda❤
Sha bro uwomukoziwomurugo giyegushaka umukunzi niwenakijyanira
Uyu mukuru wanyu nimwiza avuga neza Mbes🫶
Yoh Wakoze chane imana izabiguhembere
Good harimwo isomo rikomeye cane
Nibyo bagebuhaburiwese ntawamenyejo
Codi uvuga neza kdi urimwiza😊
Yegorata Mama Yidi babwire rata ibyubabwira nukuri Hirwa yashakaga umwe murabobakobwa nibobiteye umwaku
I love you guys
Codi respect toi . Nti zongera ku amagara ange !!! Bouge un peu, participe ,encoura undi diiii.
It's so appreciated. Keep up doing well. Ange disi! Mama weeee!!!
Muzahava mumugwanirat
Cadi bya kunaniye😂😂😂
Cyokoze wamugani wawe babyita ubuzima🧏
👍👍👍👍❤️❤️❤️❤️
inyigisho nziza rwose
Mwa bakobwa mwe muransekeje pe!ngo ubanza uriya mutype akunda abakozi😂😂😂😂
Cyakoze
Very talented,Ange is still distinct 🎉big up to humble people like Ange and good advisors like Mercy
Ben wanjye😂
Nanga kubona umuntu asuzugura umukozi kubi😢😢😢😢
Oliver ndabona mumeze neza kd ndagukunda cyan ni josee
Mukina neza ndabakunda muduha ninyigisho nyinsh nziza
Hello nubwambere ndebye film yanyu nayikunze cne