KWIHANGANA BIRANZE🥲Mama Wanjye NARAMUTENGUSHYE🥲| NATEWE INDA MU BURYO BW’AMAYOBERA😌Mimi ni isomo
Вставка
- Опубліковано 14 жов 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
ua-cam.com/video/NEeKmFqfKWA/v-deo.html kanda kuri iyi link urebe ibindi biganiro byiza Mimi abafitiye👌🏻 0783216969
00llplp
Rose uri umunyamwuga pe! Gutega amatwi uri uwambere. Kwakira ibyo umutumirwa akubwiye ntushake kumucukuramo ibyo ushakakumva kungufu. Bravo!
Mimi uri umwana mwiza kuba wemera amakosa yawe kd ukaba unabona ibintu byiza maman wawe yagukuriye kd ngushimiye na maman wawe ko yakubabariye cyane
Ms Rose, uzi gutega amatwi umutumirwa. Uri professional journalist
Oooooh, Sha nange ndababaye kuko uyumwana nifuzaga kumufasha kugera kuntego ze! Ariko yakoze ikosa birambabaza cyane sinamufasha kugororoka, Arabyibuka nawe yiga Senior 5. Arabizi ko aringe witwaga umubyeyi we, niba Mama wawe akiriho uzamunsuhurize, nubona iyi comment yange ukaba igifite nimero yange uzamvugishe.
Ariko courage biracyashoboka!
Humura sister mwiza, don't be ashamed with your past Imana niyo kwizerwa Kandi humura ejo niheza uri mwiza igihe nikigera Imana izaguha umugabo mwiza ugukwiriye uzaguhoza gusa uzasenge cyane kandi wizere.
Mukobwa mwiza, wikomeza kuvuga ko wagize amahirwe macye kuko wabyaye. Oyaaaa! Kubyara n' umugisha, njyewe sinitaye kuburyo wabyayemo, wikwita kubyo society yaduteyemo bitaribyo. yadushyizemo.
Iyo bikubayeho nibwo wumbako atari umugisha sinamurenganya nanjye simbifata nkumugisha
@@Life-4-93 ayo ntitwakwemeranya suko wenda nd' igitsina gabo. Kubyara ni byiza ntitaye kubyuryo society yaduteyemo. Gusa ikibi nuko nyirugutera inda yakwigaramira ntiyite kunshingano ishinzwe.
Nukuri ndakumva pe,nanjye byambayeho ndahunga murugo njya kwikodeshereza ,gusa Imana iratworihereza buhorobuhoro ibikomere tuzajyenda tubikira
Pole dada warakomeretse , ark ndagusaba kuba open nibwo uzakira icyo gikomere ufite utitaye kubakubwira nabi nabo ntibabura! Komeza ubuzima ejo niheza.
The story of many. Uwiteka akomeze agukize igikomere. Healing is the process. Imana izabikora.
Thank you,thank you.The counsel is effective.
Ihangane.!!!ngusabiyeko.imana.yazaguha.urugorwiza.rugukwiriye.
Mimi ndumva duhuje amateka kabisa gusanjye mfite ababyeyi bombi,ndakumva cyane
Nukuri ikikiganiro kinkozeho kuko dusangiye amateka ariko gusa dukomezwa nuko twazirikanye Aho twaguye bidufasha gutegura Aho tugana
It,s normal shaaa,ntawe bitobaho, Imana iguhe umugisha,yongere igufashe kwiyakira
Gukomera bikomeza abandi umwijima wahahise hacu ntabwo hagomba gutwikira umucyo wahazaza hacu rero humura mukobwa mwiza turiho kugirango tubere barumuna bacu ibyigisho
Sha pole ibi byambayeho ariko nanubu harigihe mba ntabyiyumvisha. Sha abantu bagendana ibikomere
umwaku w'ubuzima bwanjye bwose mbese bwarangiritse bimwe ntavuga
@@ariellamwiza9795 Non Ariella mwiza ntibwangiritse humura haracyari icyo gukora wishatsemo ibisubizo,nukuri biracyashoboka humura wowe tera intambwe 1 gusa
@@joselynemubirigi8010 nyitere nte muvandi narihebye bimwe bibi ntegereje urupfu kuko agahinda numubabaro namarira nibyo bizanyiyicira pe
Nimba aribwo bikiba nakumva ariko nimba hashize igihe isubizemo imbaraga gahoro gahoro agahinda kazagabanuka,ukomeze ubuzima.nanjye byambayeho mbamumarira ariko ubunumva ntakibazo mfite
Nukwirinda Kabisa Uruhare Rwabakobwa Mugutwara Inda Barugabanye Ibintu Byolubonana Nabahungu Rwose Mwitomde
Pole San Mimi ndumva ufite amateka akakaye gusa ejo niheza
None kutabugako yagufashe kunguvu,waravyemeye canke?waje gutanga ubuhamya nyene uravuga ukovyagenze ngotumenye uko tukwakira.
Muvuga kimwe Kandi murasa pe
Bitubwire neza ukuntu wayitwaye sibyo??
Courage Mimi mwiza.Ariko urasa na Rose pe
oooo mimi ndamukunda ni umubyeyi mwiza ni Mere wanjye muri KIM
Ndagukunda shahu
Rosa vigakimwe cyaneeeeeee
Wifuza kugabanya umubyibuho byihuse ukoreesheje products zitagira ingaruka kubuzima watugana Aho dukorera nyarugennge tukaziguha cg tukazikohereza Aho uherereye hose haba hano mugihugu no hanze yigihugu Numero watuboneraho ziri muri profile yacu iyo irimwibara ritukura mwajyaho Mugakandaho mukazibona Murakoze
Wayitwaye gutese kutatubwira neza
Urumurokore Mimi???
Rose ndagukunda pe!kd ikikiganiro biraduhugura
Nibyo koko muravuga kimwe
Uzubwenjye mukobwa mwiza uzagera kure kand komera
Muvuga kimwe pe
Mimi twize hamwe disi
Ahubwo muranasa
Gutenguha umubyeyi birababaza
Ernestine sinari ndizi😮😮😊
Haki muvuga kimwe maze
Gusa Rose ndakwikundira
Ikibazo cy'ama infections Ku gitsinagore, ni ikibazo gihangayikishije ababyeyi n'abakobwa benshi, aho usanga bamwe barabuze urubyaro, abandi barabuze imihango cyangwa ikaza nabi, abazana ibintu by'umweru mu gitsina cyangwa impumuro mbi, hari nabo usanga nta bushake bagira cyangwa barabuze amavangingo mu gihe cy'imibonano.
Niba mudukeneye ko tubavura infections cg kumenya ibindi Tuvura Kanda ahanditse *MUGANGA* hejuru Aho comment itangirira urahita ubona nimero yacu kuri profile utwandikire✍️✍️✍️✍️✍️
Gusa uri mwiza rwose pe
Muranasa pe
✌️
Gusa sinjya nguhaga
Muvuga kimwe p
Yego abana nu mugisha
Muranaseka kimwe
ariko muranasa da
😢😢
Bitubwire mimi
Yatwaye inda gute? Bamufashe ku ngufu? Sinzi uko abara inkuru ye 😢
She is not open
Yavuzeko abantu bakuru bajyumva. Gusa aramutse yaragambiriye kugira abakiri bato inama yuko bakwirinze ,yakabasobanuriye uko byagenze nyirizina bakirinda
@@blessedmadona4552 nanjye sinabashije kumva neza kuko niba ashaka gufasha abana babakobwa yakabaye abasobanurira neza. Arifunze cyane nabyo mbona bigoranye gukira
Erega gukira nigahoro bashuti ba buriya bizagenda biza atubwire iriya nintambwe yogukira ibikomere
Uko byara byaranyuzemo kose inama yatanze zirumvikana . Kwirinda kubyarira murugo
Oooh😢
Murasa ahubwo
Mbega birababaje,ariko ntakiba lmana itakizi.
Impore
Yoo ihangane bibaho nukur