Ariko se ko mumubaza buri igihe icyo kibazo none se ko azashakwa, ntabgo ariwe azashaka sa ubgo arategereje. Kandi uyu mwari Imana izamutangaza kuko yitwaye neza. Buri muntu afite samedi ye we lov u
Gabby I just love you. I love your humility from the day I met you and I know that you don't even remember ariko nakunze ukuntu ucyiye bugufi kandi uri a star. Keep it up girl kandi pe urugo rwawe nanjye ndarusengera.
NDAKOMEYE: ua-cam.com/video/AgZEXnyLkEY/v-deo.htmlsi=I2LDE1FF6QZn22yK
Niba nawe ukunda uyumwari nkandira kwifoto undemere mbaahe gukura❤
Gaby kamanzi , uri mwiza kwisura ariko mba mbona ubwiza bw’Umutima bwo ari bwinshi cyane kurushaho
Ndagukunda uri umugisha , kubaha UWITEKA mba mbona ari umwambaro wambaye ,
Nkunda ko utanjya wiyanduza nkabandi bamwe tubona
Ukomeze ukunde YESU nawe agufitiye byinshi mukiganza cye❤️❤️
God bless Gaby
Imana izagusetse kdi ntakabuza izabikora iyo weekend imbuga zizahungabanwa nibirori byawe in jesus name! kuko urimubantu bafite ubuhamya bwiza butagirwaho impaka
Amen amen
Nukuri p
❤NUKURI
Nukuri ❤
Imana yaremye abagabo izaguhe umugabo wakirite Yesu nk'umwami we,kugira ngo azakunezeze kuko warihanganye urategereza pe!
Yesu uririmba azaguhe ibyiza.
Kuberiki amagambo atangira ikiganiro anejeje koko . Ntampamvu yokwirukira ibyo urebesheje amaso ngo nuko watinze . Love Sister ❤️💞💕💗
GABY Umukobwa mwiza cyane, Imana iguhe umusore mwiza unyuze umutima wawe, uberewe no kurongorwa no kubaka urugo ruhire 👍👍
Aba Restauration church tumenyane😀 we love you sister Gaby🥰 umusore uzagutwara is blessed to have you ndumuhamya
Icuiii nkunda gaby kamanzi nukuri munkandire kwifoto aboduhuje gukunda uyumwana w'Imana❤❤❤❤❤❤❤
Ndagukunda cyane Gaby❤kuva ndumwana kandi nubu ntawuzagisimbura ndacyagukunda ijwi ryawe ririmo umubavu uduhumurira neza ririmo guca bugufi,kumvira umwuka w'Imana mubyukuri ndagukuuundaaa❤❤❤UWITEKA dusenga akumpere ibyo usengera burimunsi kandi bisohore vuba maze abagukunda Twishime
Imana izaguhe urugo rw'umugisha bambi.ndagukunda kibondo
Uburyo urimwiza, urumu kristo mbega njye mbambona byose ubyujuje, abasore bacu ntago bareba rwose.
Ndagukunda Gaby
Uhabwe umugisha❤
Gaby ndamukunda , umukobwa uzigucabugufi. Ndamwibuka Restauration church kimisagara. Hahiriwe umusore uzabana nawe , arimo ubutunzi bukomeye Imana yamushizemo.
Mwiza wacu ndamukunda pe ❤ndavuga Gaby
o
@@afisahumwari9154t
Harya gukomeza kumubaza ibyumugabo bibamarira iki? Umufitiye impuhwe ntabwo yamubaza ibintu nkibyo, ahubwo nukumusabira Imana ikazamunezeza ariko mukarekera kumubaza ibyo bibazo kuko nubwo aseka bimutera kwitekereza cyane kandi rwose sibyo.
Nukuri ndabinginze nange p bakundrwa mumwami rwose kuruhande rwage umugabo ntabwo arigisobanuro cyumunezerop kuko nibenshi basaziye mumubabaro kndi bubatse so Ibyishimo amahoro biva kumana gusa
Kndi ndakwumva rwose bagabanye kumubaza ibyigihe azashakira Umugabo.kuko umugabo ntiwamugura mwisoko. Cg ngo uguze bank fr ugekigura umugabo so mumuhe amahoro ndabinginze
Disi baramuhahamuye kuko bahora bakimubaza
None munsobanurire ndikwibariza numukobwa canke yarigeze gushakwa?
Ntimuntuke ndikubaza bisanzwe
Urebye nabi gushaka byakubera agahinda uzarebe a upfana kubwibyo rero sinzi impamvu abantu bunva ko umugisha ari umugabo! Umugisha ni ukubaho ufite ubuzima buzima kandi uhora wishimye! Kuko no kuririmba numugisha
Gaby ndamukunda aciye bugufi pe!umva hahirwa umugabo uzagushaka😘
Hari igihe comment zindiza, iyo mbonye abavugira kubandi boshye haricyo bo batanze. Mujye muvuga make kuko ahazamuka haranamanuka. Ahubwo dushime Imana kuko niyo itugenera.
Umu big Jo twin's ndahabaye❤
Ibitabo by'Imana biravugango gushaka nibyiza ariko bikaba byiza kurushaho iyo utabikoze mugihe ushoboye kubana neza n'Imana yawe no kwifata ntimukamutere pressure urushako n'urubyaro bitangwa n'Imana sibyiza kubaza umuntu ibyo bibazo nubwo aro culture yiwacu kubaza ibibazo nkibyo bitari byiza kuri private life y'umuntu.Wenda mama we ntiyahiriwe nurushako bimutera kubitinya cg bagenzi be urugero aline mugenzi we abo bose n'abantu afatiraho amasomo bikamutera kwitonda nogutuza agasaba kuyoborwa n'Imana.Uyu mukobwa aritonda sindahurira nawe mukabare nijoro ariko aline we ni slay mama yihisha mu mana naho uwo mwihorere Imana izamuha umugabo mwiza ntawukorera Imana uzakorwa n'Isoni ahubwo nigihe cye cy'Imana kitaragera.
Ariko mwararindagiye urushako rutangwa nimana hehe?ko utereta umukobwa ukamurongora?abadesenga se ?barambagirizwa nande ariko mwavuye mubucakara bwamadini?
@@umukiranutsieric9351 Warindagiye ari wowe niba utizera Imana ugirango abantu bose bemera bayari nkawe.Nosense.
@@umukiranutsieric9351Hoya urushako rwiza rutangwa nImana kandi buriya abase senga bafite ibindi bizereremo
Ariko se ko mumubaza buri igihe icyo kibazo none se ko azashakwa, ntabgo ariwe azashaka sa ubgo arategereje. Kandi uyu mwari Imana izamutangaza kuko yitwaye neza. Buri muntu afite samedi ye we lov u
Imana imuhe icyo umutima ushaka in this year's ur blessed
Serious people don't marry just for granted, I like you sis❤
Gaby nibakureke , wowe n Imana yawe nimwe muzi ibyubukwe bwanyu. Abantu bakwishyuza umugabo ukagirango hari isoko winjiramo ukamugurayo ishi weee. Nukuri mm à 40 ans, azaza uwo wishimiye kandi ugukwiye. Baguhe amahoro.
Burya nubwo mubona umenga biratinzeko ashaka burya Imana iriko imukoramwo umurimo,rero igihe cImana kizoshika,kandi kubimubaza sibyiza bandugu nuko nyene arumuntu yamenye Imana neza ataco bitwaye
Bizanezeza nashaka pee narabisengeye iminsi3❤igihe ni iki!
Gaby uri mwiza,ufite ijwi ryiza ❤be blessed
Nukuri gaby ndagukunda cyane nkunda ukuntu wicishya bugufi cyane mbese ❤❤❤❤sinzi pe
Umuntu wagusize ibyobintu yaguhemukiye cyane
Iyi ndirimbo ya Gaby amahoro iramfansha cyaneee niga kuyumva numvaga ndemerewe narayumvaga nkumva ndakomeye nubu uyisubiyemo numva emotion.
Je l'aime beaucoup!Elle est splendide
Imana ni nziza imenya ibidukwiye n'abadukwiyeeeeee ishimweeeeeeeeee
Gabby numukristo. Haba twabibonaga turibenshi tumushigikire she needs ours supports
Nukuri Uwiteka Ari mubyawe
Tuzabutaha iyo wiyubashye nImana irakubahisha
We love you Gaby . Keep the good work ❤
Njye nagize ngo uko muri 4 muri abadamu!! Imana ibatabare, nimba nwifitemo umuhamagaro wo gushaka
Uri mwiza cyane Gaby
Amen, amen, bless you daughter of Zion
Gabby mwiza❤
Gaby uri mwiza bambee😍and I really admired your personality 🙏🥰
Yesu aragukunda ❤
Yoooo rwoseee imana izabikoraaa
Urimwiza cyane❤
Imana iguhe imigisha
Gaby ndagukunda , Imana iguhe umugisha
Gaby numuhanga cyanee,ndamukunda ❤nkunda nindirimboze cyane cyane amahoro.
Ndamukunda cane Gaby Kamanzi❤️❤️❤️
Gabby I just love you. I love your humility from the day I met you and I know that you don't even remember ariko nakunze ukuntu ucyiye bugufi kandi uri a star. Keep it up girl kandi pe urugo rwawe nanjye ndarusengera.
Amen Kamazi urampembuye cyaneeèe❤
Ndakubwiza ukuri gabby ndagukunda nukuri urumwana mwiza ❤
Imana igira amabanga yayo
Sabin umwanzi ukwanga arakababara gusaaaaa
Gabby humura Imana yacu irakora ukumirwa Reka nguhe ijambo mperutse kumvana umukozi w’Imana umwe Uziko burya mwijuru baba bazi umugambi mwiza bagufiteho baba batazi ibi byimyaka .Yesu azaza kdi ntazaceceka humura
Ameeeeen kibwa title gusa
Ariko mana uri mwizaaa❤❤❤
Mungu ni Mungu ❤❤
Turagukunda Gaby ❤
Keep it up my Gaby, every thing will be fine. ❤
Ndagukunda cyane mukobwa mwiza!❤
Ntakizabuza rwose kuzamubona kd uwomunsi twese turawutegereje❤❤❤❤❤❤❤❤
Imana ishmwe
Gabby thank you for good interview
Gaby Imana iguhezagire❤❤❤❤❤
Gabi wanjye komeza utere imbere muri Yesu muri byose
Sha ndagukunda pe kndi Ubukwe bwawe ni ukuli buzashimisha
Love you Gaby imana izabikora pe
Gaby chr Kristo naguhe urugo rwose kdi ishyireho itariki
Ndakwinginze rata wowe twi kundira ibiganiro byaha najye ndemera unkandire kw foto kandi lmana ibamere umugisha mwase dukomeze dushyigikirane murakoze 🤲🏾😰❤️🫂🙏🏾
She's beautiful ❤️
URI Mwiza rwose
Loveyou Ganbi imana Ibibemo
Amen 🙏
Uwiteka yagutatse ubwiza n'igikundiro ❤️❤️❤️komera araje abigenze neza 🎉
Gaby turagukunda wakoreye Imana izakugirira neza humura❤❤❤❤❤❤
Gaby Kamanzi wangu
Amahoro nibyimoh,n'umunezero bihora birikumutima wanjye 😊
Nukuri pe Imana igukomereze iseserano
Gabby turagukunda usubizamo benshi imbaraga uganira neza ❤
Gabby rwose ❤❤❤❤God make away
Gaby agira umutima mwiza🥰🌹
Gaby, Imana iguhe umugisha pee, ndi Sister wawe muri Famille,tuzamenyane byaba byza, ndagukunda cyaneee🙏🙏🙏😍
Ahaa!! Crg pe
God bless Gaby’s kind heart, courage
Love you sisi❤❤❤❤❤
Gaby wacu❤
❤❤❤ welcome back
God bless you Gabby I love you
Ndagukunda mukunzi
She is beautiful ❤❤
Sha ubukwe bwawe buzanezeza pe!!
Gaby ndagukunda 🥰
Gaby Ari humble sana❤
Gaby , Aimee, Alex dusabe,Ndabakunda cyane mbona murimo neza mumurimo ntabundi bucakura arivugabutumwa nkurikije igihe mubimazemo n'Ubuhamya bwanyu
Gaby ndagukunda cyane
umukobga wakoreye Imana. Nkawe wagendanye. nimana akaba intwari nkawe. Aho izindi za naniwe. Imana. Iriho irategura umuntu muziwa wayikoreye Kandi uyitinya
Courage Gaby
Gaby Imana igihe umugisha mubayo ukora byose ikuzuze amahoro ni ibyoshimo wowe uzi neza ibyo wifuza mu mutima wawe ibiguhere mu buntu bwayo Uri umukobwa mwiza ishimwe Ku Mana ye.Ndagukunda uko komeza abandi nawe Nyagasani akumpere ibyiza byose.bizuuyu
Number one
Uri mwiza, ufite Imana ❤
Uri mwiza chenge lmana iragukunda aho lmana yagukuye harakomeye komeza ukorere lmana neza izaguhemba usuhuze Arine Gahongayire
Uyu Mukobwa nta kuntu mwamuhuza na Mbonyi di! Aba bantu babanye byaba sawa!
Humura igihe cyawe kizagera
Gaby ndagukunda mumaraso mumutima nezezwa no kukumva uranyuzepe imana ikurinde mukobwa mwiza nkunda
Numwari mwiza yesu azagutsa bitangaje