Twibereye aho ntituzi ngo football ni iki? | Ruhago nyarwanda mu mboni za Imran
Вставка
- Опубліковано 17 лис 2023
- Join this channel to get access to perks:
/ @rwandantvrbahafiyawe
#RBANews #RBAAmakuru #Rwanda #RBAHafiYawe
Click here to SUBSCRIBE : ua-cam.com/users/RwandanT...
Follow us on Twitter:
/ rbarwanda
/ rwandatv
/ kc2_rw
Follow us on IG:
/ rba.rwanda
Like us on Facebook: / rwandatvofficial
For more great content go to www.rba.co.rw and download our apps:
Android : play.google.com/store/apps/de...
iOS : apps.apple.com/app/app-name/i...
Mwabanyamakuru mwe, mwabatoza mwe, mwabafana mwe, namwe cyane cyane bakinnyi ndabingize !!! Murinde Kandi dushyigikire umukinnyi bita SAHABO Kandi tumushakireho abandi bato Kandi bashoboye !!!! Tuzagira amavubi adwinga!!!
Mwakoze cyane @rba gutumira uyu mugabo kuko avuze ukuri cyane👏👏👏 thank you so much @Imran for this exclusive
Legend
Imran ndamukunze rwose! Ahubwo abari mumupira bamwiyegereze
Imran brother nari narihebye ngirango abantu nkawe barashize none rwose uramfashije ntago ari dépression ni passion ariko igikuru ni lucidité uyu munsi n’igitangaza kuri football nyarwanda Imana idufashe ntuzaducike ni abantu nkamwe dukeneye
Fundi8️⃣❤❤❤
Ariko Mana nari maze iminsi ntabona Ruth rwose uziko yabyibushye wee
Abatoza bungirije bakoresha ikimenyane
Rigoga avanga ibintu😢ntarek ngo umutumirw arangize😢
Yooo Imran abisobanuye neza cyane ikibazo nuko abo birebe wagirango ntamatwi bagira.
Imran ni umuntu wumugabo kandi avugishize ukuri ntigeze numva muzongere mumutumire yongere abwire abanyarwanda bakunda umupira icyabuze kugirango batubwirire abana babanyarwanda bigishwe umupira bakiri bato birasaba ko abanyapolitiki nabo bagiramo uruhare rugaragara naho ubundi abantu bazarwara imitima
Imran niwe muntu uvugishije ukuri kubintu bibera murwanda bigendeweho byakemura byinshi respect kurimwebwe mwamuzanye kbs mumukurikirane mukore mobilization mumushakire umwanya hafi yabayobozi bashya ba ferwafa
Imran inshimiye ahonaribwaga ,njye nukuri sukubabeshya u Rwanda rufite abana bafite impano ariko bahura nibibazo nkibyo yavuze birababaje gusa harigihe ngira icyizere ko bizajya muburyo.