Digidigi ni umunyabwenge ntanumwe yatunze urutoki gusa na mwifuriza kuza muri series ya Killaman ariko akava muri papa ça va. Mu guhindura style. Gusa akina neza ariko abahanzi barasaza kuko Kanyombya Kayitankole yigeze kugerwaho naba Mukarujanga ariko ubu ntakushidikanya ko ari Killaman na Ibanga nabo ba Prince naba Tukowote...
Digi digi ahamaagara umugore nk uhamagara imbwa ye. Ngo ye ye 😢😂😂😂😂. Digidigi cyokora niba ari indaya nko muri Papa sava bishaka umugore uzi kwihangana niba n ubusanzwe ari uko. Aratereta akarenza isake
Ubundi izi Chanel zanyu iyo ziba zikora ibiganiro nabantu nka digidigi community nyarwanda yaribube Sawa.big up max. Digi much respect
Nimba nawe wikundira #Digidigi❤🎉🎉 nyihere likes na SUBSCRIBE kuri #Musafitv ❤🎉🎉🎉
Digidigi aganira neza cyane, arasobanutse!
Digidigi mpise mukunda p!! Nukuri Uzi gusubiza!!
Digidigi ndagukunda ibitekerezo byawe uburyo ukina mbona urumugabo mwiza
Ni Mwiza cyane 👏
Un journalist intelligent nagukunze kbx brother uzi kuganira
Digidigi ndamukunda sana
Digidi, respect to you !
Ukina neza cyane nakunze film wakinanye na Assia yarinziza cyane ❤❤
Mutubarize digidigi aho yavukiye naho aherreye ubungubu
Dingidingi ni umunyabwenge kuri iyi mihanda, kuko nta zina wibasiye p,ndagukunda kbs ati ndandya numunyuuu😂😂😂😂 sha kubaho unyuzwe ningenzi kbs❤❤❤❤❤❤
Ko numva DIGIDIGI Ari umwarimu mwiza ufite inararibonye kabisa
Komera cyane my brother,
Ibitekerezo byawe birakuze
Digidigi arasobanutse cyane
Cyakoze you are smart brother😊 keep it up
Thanks, you too!
Digidigi turagukunda❤❤❤❤
Gusa ntiwiyemera peeee ❤❤
A very interesting interview
The wise man digidigi , afte aka mind set keza cyane , he thinks the way i think by the way
A good actor!
Iyo umuntu azi gukina Role ye abantu bibwira ko ibyo akina ari byo akina ariko siko kuri. Digidigi arasobanutse kabisa
Turamukunda
Turamufana
Arashoboye
Sha Norbert numuhanga pe ndamukunda
Mubwire ko ndumufanaw twarahuye ndabimubwira gusa numukinnyi mwiza
Digidigi afite impano narikumenya iyo ativuga igihe cya papa ça va 1000 épisodes. Babwire kubana biruta kwibana
Digidigi,komeza utere imbere mwana.chapeau
Muraho ñeza nje kubabwira ko tubafitiye ama proteins meza Cyane yongera umubyibuho byihuse Kandi atagira Ingaruka kubuzima izo proteins Zirizewe ku rwego mpuzampahanga uzikeneeye nawe watuganà Aho dukorera ñyarugenge tukaziguha cg tukazikohereza Aho uherereye hose Numero watuboneraho ziri muri profile yacu iyo iri mwibara ritukurra mwajyaho mukazibona murakoz
Digidingi imbere cyane!
Ndakwera magerwa bro Imana igukomeze
Uganiriye neza kbs
Kimwe mubinejeje nukubonako Digidigi yambaye impeta
Urumuntu wumugabo cyane kabisa
Digidigi ni umunyabwenge ntanumwe yatunze urutoki gusa na mwifuriza kuza muri series ya Killaman ariko akava muri papa ça va. Mu guhindura style. Gusa akina neza ariko abahanzi barasaza kuko Kanyombya Kayitankole yigeze kugerwaho naba Mukarujanga ariko ubu ntakushidikanya ko ari Killaman na Ibanga nabo ba Prince naba Tukowote...
Ubundi Digidigi niwe wanje
Arikose ubundi wagya kwishyura umutekano utabanje kurya? Nawo nakwishyura igishatse kikaba. Wishyure umutekano hanyuma urare ubushya
Pizzo nkunda kowiyitaho ufite isuku
Digidigi afite ubwenge Imana imurinde
Ibyo babyita uruzerero
Yooo byiza cyane digidi,uziko narinziko urumusore none mbonye impeta ❤wow
Ucisha bugufi nukuri
Ariko sha digidi tubonane dusangire kamwe
Nkukunda kubi uzi ubwenge
Urumugabo❤kunyurwa Nibwo Buzima Gushima Imana Nogukomeza Guharanira kuyisaba Niryo Herezo ryiza❤
Digidigi narakwemerag
Killer man ,mureke Wenda azagafata
❤
Digidigi urumusilimu❤
Dig2 umufundi mu rwamubyaye❤😂
Ese koko mn ariya mafaranga koko killerman arayafite Ra🤪🤪
❤❤❤❤❤❤❤❤
Digi digi ahamaagara umugore nk uhamagara imbwa ye. Ngo ye ye 😢😂😂😂😂. Digidigi cyokora niba ari indaya nko muri Papa sava bishaka umugore uzi kwihangana niba n ubusanzwe ari uko. Aratereta akarenza isake
Iriya mivuganire yabo harimo tena
Uganiriye neza kbs
Digidigi, ubundi ni wowe wanjye
Uganiriye neza kbs
Uganiriye neza kbs