KEZA wa PST THEOGENE MUMARIR😭😭ibya VISA na TICKET ya CANADA shwii😭navuye kwa ASSIA😳ukuri mwahishwe
Вставка
- Опубліковано 6 жов 2024
- #GASARO0788827820
TURAGUSHIMIYE! wowe udahwema kudushyigikira no gukunda ibiganiro GASARO TV ikugezaho.
Niba wifuza kutugezaho igitekerezo, hari inkuru wumva twagutangariza cyangwa inyunganizi watubona kuri +250788827820
Share,comment utibagiwe no gukora Subscribe ni ukudushyigikira murakoze Imana ibahe umugisha.
Keza ugira amagambo menshiiiii..... Nta muntu uri bujye kwiga hanze uza kubyirata kuri social media.😢😢😢😢
Ntihazagire ugufasha kuko nta kuli ugira namba
Uyu mwana yikuye kuri bagenzi be ashaka kugwiza imitungo kugiti cye kdi aguma yitwaza izina rya se. Gusa yari yarabonye ishuri ark nta visa kuko atari yujujwe ibisabwa bijyanye na cash
Noneho ni nubwe escro ari kwitwaza izina rya theogene ko yitabye imana ngo bamufashe jya kuri cacana tv urebe ikiganiri
Jye ndabibona kimwe nawe kuko uyu muhungu no muri language ye wumvamo ko yabeshya
Ntihazagire uguha amafr
Diaspora twaragufashije twasanze ubeshya
Ni ibandi rikomeye
@strikerk100Ibaze weee!!! Ntabwo umubeshyera pe! Nagumye ngukurikira nsanga uri umunyakuri kuzuye, uvuga ibyo uzi neza 👍 mu bigaragara rero arabeshya.
@strikerk100😂😂😂
@strikerk100ishuli avuga ko ni college ifasha abanyeshuli kwinjira muli university. Rwose uwagiliye Iliya nama yaramuhenze cyangwa yaramuyobeje. Kandi iyo ategura uliya mushinga neza nta kibazo kilimo rwose gusaba amafranga akujyana kwiga ikilimo n’uko ntabunyamugayo bulimo.
@strikerk100wampaye izo links ,muvandimwe, kubera ndi muri process kandi mfite byangombwa byiose tayari
Ikigo ntigitanga visa. Gitanga ikibanza ko uja kwiga. Visa itangwa na Ambassade kandi ambassade bitandukanye n ikigo. Hanyuma nimba wari ufise itariki y ukurira indege, bisigura ko passeport yawe yakagobye kuba irimwo visa. Gukura urujijo wakagombye kwerekana visa muri passport yawe.
Ibi bintu baba barimo ni imiziki, hari GoFundMe genda umufashe nawe ahubwo
Ahubwo se umfite visa ntugenda niyo utakwiga
Suko
Uzi date uzagenderaho udafite visa😂
Ariko ikigo nicyo gitanga "recommendation letter for student" kandi ni kimwe mubyo ambassade igusaba iyo ugiye gushaka VISA d'Etude
Numwescro kuko ntiwaba uzurira muminsi ibiri ngo ube udafite visa na ticket kuba utayereka uwo uzagusaba ukayihisha yerekana urikugukoresha interview reka ubwescro rwose ntikitwaze inzahuke ngo ureke gusubiza ibyo bakubajije umuntu uzagusaba ntiyerekane visa
Utugambo twinshi cyane...
Mwizina ry inzahuke Theogene nimureke dufashe KEZA.
Jye ndabizi neza ndihano muri CANADA jye n Imana nkorera mbahamirije ko KEZA azaza kwiga muri CANADA .
Murakoze.
@strikerk100 Erega icyo Imana yakuvuzeho ntamwana w umuntu wagihindura.
Umucyo wifuza kumenya humura uzawumenya
Uwiteka aguhe umugisha
Uwufisumutim wogufash namufash Jew ndiko ndaraba 'arikubesh nivyo ntabwo yofata vyangobwavye ngwabishor kwitangangaz makuru kubantu nibabi
Kandi utafisumutim wugufash nabireke sikunguv kukumunt afashimunt kukwabishats je ndumurundi ayaba narifise incofash nomufashij😢😢
Immigration ya Canada mu bissbwa kandi bituma uwali wese abona “ student visa” icyo ishingiraho ni prove of financial support”. Nubwo ishuli lyaguha lAdmission letter kandi liliya shuki ntabwo ali University ni College itegura abanyeshuli bazinjira muli University. Reka mbaze stutus yiryo shuli. Kuko amakuru aroroshye kuyabona! Kuko ntibikomeye kumenya uko byifashye. Tugerageze tubyire abanyarwanda ukuli.
Uziko ariwowe wigize ikiragi paster yabivugaga uri indara ya danger😢
Uziko video nayibonye uwumunsi?
Nahise mushakishe ngo mumenye maze kureba iriya video
@@fdff3980 link twihere amatwi
Imana iguhe umugisha mwinshi Keza, kandi ikwagure! Humura uziga Canada kandi uzaba umuntu ukomeye! Abagukunda bazagushyikira!
Uzagenda mwizina rya Yesu
Amen🙏🙏
❤❤❤❤❤
Keza urabeshya 100%😢😢😢😢
Icya SEMUHANUKA.
Umubeshi mubi gusa arambabaje twamumenye puuu ni imbobo nyene
Gasaro nudashishoza tuzagufata nk umufatanyacyaha
Ese Keza, kuba waravanywe n'Imana ku muhanda, ntabwo ari ishimwe rikomeye ku Mana?
Kuki wumva ko Canada ari yo yawe, ugiye ukiga i Butare wumva waba wipfobeje?
Nge numva wahimbaza Imana ku byo yagukoreye rwose.
Uyu mwana nta visa amfite kuko ayimfite yari kugenda nubwo atakwiga ark akabanza agakorera Ayiwe akiga nyuma. Ibyo mvuga Ndabizi hari abavandimwe bagiye gutyo. Ahubwo arashaka cash yishure ishuri noneho abone uko asaba visa
Ufite visa uragenda nabeshye abatabizi
Ngira ngo hubwo scholarship yubuntu yo yari yayibonye hanyuma hubwo visa niyo yabuze? Birangira asabye ubufasha Akaba yaniyishyurira akazagenda ?
Uyumwana wumuhungu ibi avuga nukubeshya keza recyeraho kubeshya abanyarwanda nyamara ibyobinusibyiza urabona udashaka gushyirisha mama pasiteri mubibazo rekeraho kuko amakurupfite nuko ibyo uvuga Ari ibinyoma knd mama pasiteri nabyakira neza
Pasteur yagiye abisobanuye ko Ari umutekamutwe nawe yari yaramuserereje bishoboka mujye ku irembo ryera tv murebe ubutekamutwe yatangiye na pasteur akiriho
Zana Mama Pasteur atubwire ukuri
Nibyo iyo baguhaye bourse ntuze haba hari undi uri kuri liste d'attente bahita bahamagara. Rero ibyo avuga birumvikana. Ariko rero nagaragaze byibuze admission niba abantu bayikeneye
Admission letter yayeretse Gasaro
Keza ndagukunda cyaneee nakwatse ubufashe utanzi uyita ubumpa nukuri urintwari
Keza komera cyane 🖐️ ushyire umutima hamwe niba biri mumugambi w, Imana bizasohora🙏 gusa ugire ubwenge nubushishozi mubyawe kuko hanzaha hari bakanyeshyari batifuriza bagenzi babo ibyiza. Iyagukijije nibindi izabikora mugihe yateguye 🙏🙏 Gasaro wakoze kutugarurira Keza.
Ni ubwe escro jya kuri cacana tv urabona ikiganiro mbega agahungu😅😅😅
Aliko Gasaro koko wunva nta soni
Ese nta bwenge wowe gasaro ufite bwo gushishoza ngo urebe ko abeshya
Visa uyironka werekanye scholaship .we wavuze visa utigeze ubona.
Gasaro ncuti yanje reka kwihogoza urumunyakuri ncuti yanje. Ni kuki atabikwereka wowe wamusabiye impunga basi. Sando warakoze ivyo wakoze birakwiye .
Keza icecekere nibareke kukudedaguza abantu bakunda uwutsindwa . Wicecekera Imana niba ibirimwo izobikoraa
Ariko ikibabaje nuko mutukana keza komara irakurinze cyagihe iracyagu fashe mukiganza kubapapa wacu yaragukuye kumuga nda akakugiraumuhunguwe birabaye ugufasha agufashe akorera umugisha kurikeza Imana izamuha umugisha kubwakeza
Ndagushimira mwana mwiza Kubota ushima Theogene . Jeho nguma ndira caane.❤❤..
Keza jyagusura madame pasteur umusabe imbabazi dore yiteguye kukubabarira kdi usubire mubandi bana.
Igihe nikigera uzongera urware cyamgwa uhimbe ibindi
Urabeshya wowe nigute habura iminsi itatu utaritegura nta na Visa ufite
Numutekamitwe Pasteur yavuzeko yigeze gufungura group ayita inzahuke akajya ayakiraho amafaranga yigize paster ubuse ubu twamwizera gute koko
Niba keza avuga ukuri niyerekane iyo visa yarangiye turebe italiki koko yendaga kujyenda
Keza we Abantu bagukundaga ariko ubigaragajeho nabi cyane , urabeshya cyane
Monsieur hari ukuri ugomba kugaragariza abantu bakagufasha bafite umutima ucyeye kuko irondo ryivanze n'abajura.
1. Twereke admission letter
2. Visa muri passeport
Icyindi ikigo ntigitanga visa pe! Niba ushaka ko ufashwa byerekane ntacyo bitwaye cg uzane uwo wabyeretse abyemeze! Setu naho nta gufasha umuntu gutyo gusa.
Nanayereke sandrine azadutangariza koyayibonye
😂😂😂😂oya sha uwuzashka azamufasha
Nta visa afite Sha muge mukoresha logic , ibi ni nkabimwe abantu babazaga Diane ngo nazane umwana yabyaranye na Theogene bakore DNA 🤣🤣 nonese umwana ukubwira ngo ikigo cyamuhaye Visa?
Egora ni ambassade se?
Reka abeshye injiji
Nonese umuntu asaba ubufasha akanga gutanga ibimenyetso koko ngo batamuroga na Sando se yamuroga kuki nawe atabimwereka
Ke wakicecekeye koko ko nibindi byakunze nta mbuga nkoranyambaga wagiyeho senga cyane Imana yakoresha numuntu umwe akayatanga njye inama nkuhaye iyobokere iyo mubutayu usobanuze imana aho bizanyura ibyo kwa Gasaro ubu ubishyize ku ruhande hato isi itazakota
Keza numubigwa wakubitiwe kugasima ndakwemera/💯/💯
Keza uko byagenda kose njyewe nzagushyigicyira kugeza kumunota wanyuma
Ese ubwo wiyita umwana nayo manyanga yose
Je Nuko ntabona akantu nashirako nigihunbi.Ariko Imana ikwagurire imbagoo nukuriii
Iturize Keza Yesu n'Umuvyeyi mwiza harigihe izi impanvu yavyo
Abantu bo muri ruriya rugo bose nsigaye mbagiraho amakenga ntakuri bagira.
Batwawe namafranga cyane kuburyo uko bwije nuko bukeye bahimba ibinyoma kugirango babone amafranga. Rrro wamusorewe jya i butare niba ufite yo ishuri koko.
Baho Canada uzayijyamo numara gukorera azakujtanayo naho twe ntamafranga tuzaguha genda ujyane iyomico yogusabiriza hirya
genda wa musenzi we wabahaye angahe.
Humura uzangenda Imana irabizi igihe utekereza ntabwo sicyo Imana itekereza hura yewe Imana injya kubikora ntimwagiye inama humura kandi uzagenda
Wamuhungu we keza urumutekamutwe cyane kbs
Nonex umuntu wizera Imana Atinya amarozi
Utaranigwa agaramye agira ngo ijuru ririhafi!Kwizera Imana ntabwo byatuma utarogwa gusa kuyizera biburizamo intego yuwakuroze yarafite akuroga!byose bituruka kushyari!
Aha! Abantu bamenye gusaba ku mugaragaro pe!
Ark iyo visa yereke gasaro
Imana imubabarire! Imitwe yayitetse kera na pst theogene akiriho! Nkibona uburyo wigize ikiragi,ugahimba Chanel yinzahuke uzaba cash ,ugira usebye umuryango wa pastor,Nubu rero urishakira kurya abantu Imana ikubabarire
Bazakurogera muli visa koko
😮
Igipapuro wahaye aba diaspora ngo tugufashe twasanze na na signature cyagiraga
Bibagiwe gusinya se nsinzinibabibaho
😂😂
Keza manyina bashaka kwongera bakuroge gumana ibanga ryawe muhugu mwiza bazogufate uko bashaka kk abantu sibeza😢😢🇧🇮
Nibyope
Pole sana keza gusa ubu ntakwizera umwana w'umuntu nimba Imana yarakwandikiye kujya kwiga hariya hantu uzajyayo kubera Imana bizacamo humura Imana irikuruhande rwawe
1st nta kigo gitanga Visa, nta namashuri abaho apfa gutanga fully scholarships, Amashuri kuri websites zayo Aba Ari kwamamaza ntago bakwima admission letter, admission letter uyibonye Uba ufite amahirwe yo kubona visa, ibyo uri gukora ni nkuko nundi mwana wese uvuye high school yaza akabeshya yabona inkunga yayo mafr 20,000$ ibya visa byo ntayo ufite ntana Ticket wigeze ugura mbere Wenda nuyabona uzabikora but currently you lie .
Ariko nakurikiranye comment zawe, ushobora kuba ubisobanukiwe neza👍👍 Keza azagushake umuhe amakuru?
@@dorotheuwamaria5107 oya ntago Aricyo bivuze, ntakintu nsobanukiwe kurusha abandi kuko ni amakuru Ari kuri platforms zose, Ari kuz'amashuri Ari kuza embassies nibintu umuntu wese yabona, ikindi njye uko niyizi sinajya kuri UA-cam uko byagenda kose sinakwisanga isura yanjye iri kuri UA-cam icyo naba mvuga cyose. Icyo mvuga abanyarwanda ibi bintu byo kubeshya byafashe intera ndende kbsa, abantu bisubireho birakabije. Ugiye kubara ntiwabura cases zirenga magana abanyarwanda bamaze kubeshya bashaka inyungu zabo, either amafranga cg fame. Bizagarukira he ?
Uyu mwana ibintu avuga bimwe birahabanye. Niba yaramfite visa abuzwa niki kugenda
Yitwaye s ninde wamwakira ko ishuri ariryo ryari kumufata😂😂
Erega mutandukanye visa nokugenda, kukokuguha visa nikimwe uba ugomba kwishyura ticket, visa si ticket
Ahubwo akaba ubufasha bwuwakwakira niba ufite visa nugerayo uzapagase ubeho nkabandi
Keza hasigaye 2 jrs ngo umuntu afate urugendonuba nimiburi buri wararishe ticjek uyifise mu ntike yerekane iyo wari gukoresha tuyibone
Keza Imana igucire inzira ujye muri Canada
Sha wowe uzagakora tu! Nta visa ufite reka kubeshya. Ahubwose wabura numwe uyereka iyo visa. Sha bagufashe wirire
Reka wishyire mumwanyawe ? ariwoe wakanga kujya kwiga Ibutare utizeye indi scholarship
Ubwo batangiye kukwita umuteka mutwe baratangira bavuge ko nawe wabyaye hanze bavuge ko utubura mu mihanda ya kigali nkubu rwose ndumva iki kiganiro ntanicyo kimaze kuriwowe pe iturize kuko nubundi warariganyijwe kdi Ntiwabitekerezaga
Uvuzukuri rata❤
Mama pasteur niba aribyo aziyizire uyuwe ikizere cyaratakaye
Ariko uri umuti wamenyo, nizere ko ibi binyoma bizaguhira.
Nimugacire abantu imanza nago muri mana
ivyo Gasaro avuga nivyo..none kuki atokwizera abantu kandi nawe bamwizeye bakamufasha .batamuzi...niyemere ..ace bugufi..yerekane inzo mpapuro..apfume azereka Gasaro..birakwiye
Ese ubundi kuki wagiye usize abandi bana ni ubusambo😅😅 wishabisha paster theo
Ntabwo ishuli ritanga visa
Keza gezaho rwose yego pastor yarakureze ,ariko siwowe mukuru wumuryango yasize ,kuburyo wake esroka abantu umwitwaje.
Sha Uyu mwana ibyo avuga NTA kuri kurimo
Keza humura uzagenda ntacyo pfite nakumarira usibye kugusengera kuko pfite imyaka 14 Kandi ndagukunda cyane ihangane Kandi ntukazashire itariki yuzagenderaho kuko uwizera umwana wumuntu avumwe Kandi unjya uhora wishimye kugirango umwanzi ababare Kandi nanjye ndifuza kuzataha nka pst theogene ndagukunda cyane imana ikongerere Ubuntu bwayo Kandi humura uzagenda Ndagukunda cyane
Keza urabizi neza diaspora yarakuvumbuye
Il est fort ce type vraiment 😢
Sha nange nemeyeko utakanga kujya kwiga Ibutare , utizeye scholarship rata yohanze. Ariko abantu bo bahorana itiku cyane kubantu baba babuze amahirwe nkayo Uba wabonye. But hariho nabateka mutwe bohanze be careful
Abagufssha nabatereba kure
Ibintu bizogenda neza Keza Imana iriho
Sérum barakuroze?ntiwabaho
Keza ibibinu urimo bizakugaruka ayo manyanga urimo byarambabaje nabimenye nyumako aramanyanga ugitangira kubivuga narinziko ibyo uvuga arukuri arko nababajwe nuko amakuru bamaye aruko uba ubeshya Kandi. Ndaguhamagara nurya ufata telephone banyarwanda rekambabwire ibizava murikikinyoma muzaba mubibona ikimenyetso nuko muhamagara akanga kupfata kuko abaziko ngiye kubimubazaho ndabibabwira nkumunu ubizi neza Sha keza uratubabaza kubwikinyoma urigukora arko rekanegereze ikizava muribibinu 😅😅
Kdi koko urabizi kuko wowe uri Fabien irizina wihaye naribonye mukindi kiganiro kuri kiranuka tv urigusubiza umuntu ko atariwe ugutunze ndabona izina rya Theogene arimwe muzariragiza kbs
Sha uzaguha fr ye,azaba ari Injiji!!Imitwe yanyu twarabimenye!!Muzaza mwiriza riza, Kugirango murye Abarezi!!Sha namwe muri Ibiryabarezi!!Ko c Sabin yabyitaje?Nuko abona Amanyanga yanyu,amaze kumugonga!!
Nindese ko yavuzeko Visa yayibonye kuyerekana nicyo kibazo cg ikibazo cyiba arukuvuga ko ahubwo iyo Visa uyifite ???
Sha pasteur théogene yakwigishije ikinyoma neza....
Imana irakora kdi ntukihebe ukiri muto
Ifite itariki yo kugenda uba ufite visa
Harimo ibidasobanutse byinshi
Amashuri y'a canada ntiyaguha admission ngo nyuma bayisese kuko warwaye
Ndumva bitumvikana
Ikindi ugiye kuri go fundme ko mbona ishuri ryatanze admission nta Law bigayo
Ni college itegura umunyeshuri wifuza kujya muri university Cg ushaka kurangiza high school
Iki ni ikinyoma pe 😢
Keza niba ushaka amahoro muri woe va kuri you tube
Usenge ibyawe
Ubyereke
Imana niba harubufasha ushaka jyubusaba utanyuze kuri you tube
Kuko ubawiteza abagome kuko
Ntabwo
Bakwishimiye
nukumubabarira keza kuko ntumuntu urakoze kumugira inama
Sha ibi bintu birimo enquête kabisa! Mube maso ! Ikigaragara uyu muhungu hari ibyo avuga bitaribyo...kwerekana visa cg admission letter bitwaye iki???
Admission letter arayifite siyo nabonye kuri GoFundMe bari kumufashirizaho ariko admission letter ntekerezako kuyibona byoroshye ariko Visa ntayo afite, ibyo kugenda ntabyari bihari, ntana scholarship yigeze abona byo arabeshya, gusa nabona ayo mafranga akishyura visa azayibona ntago bakwima Visa ugiye kwiga. Ubwo azahitamo kwiga cg kuyarira mu Rwanda.
@@Streetor1347Yego rata 👍
AGASARO TV ndabakunda cyaneeeee ♥️ 🌹
Keza uwo ni umukaceri
Kucyi atemera kwerekana ibyo byangombwa Kubo asaba ubufasha? Nomumvugo ye irabigaragaza ko arikubeshya
Umuryango w ababeshyi
Ibyo uvula kubandi abe aribyo bikubaho utanze ibyo ufite ntawakurenganya
Wamaze no kumeya horaire y ishuli ngo kwiga mu gitondo
Erega kwikura amafaranga .nkayo ntabwo vyoroshe..Keza..ivyo Gasaro akubwiye nivyo..ntabwo wavuga ngo .nibanga ryawe .wamaze kuzahano .nuko uba ukeneye gufashwa..sivyo se,
Wifuza ama products meza cyane agabanya umubyibuho byihuse Kandi atagira ingaruka kubuzima uzikeneye watugaana Aho dukorera nyarugenge tukaziguha cg tukazikoherereza Aho uherereye hose haba hano mu Rwanda no hanze yigihugu zikugeraho Numero watuboneraho ziri muri profile yacu iyo irimwibara ritukura mwajyaho mugakandaho Mukazibona murakoz Cyane
None se yakweretse visa
Wamubeshyiwee imana izamuhana nudakizwa
Nibakureke imana izi ibyawe
Keza kizwa nez kbs
Oya ufite kumufasha namufashe atitaye kubyoyumva .Data rekabisoban,ure❤
Njye ntayo naguha,ndabonanufite confidence zikurenze.Niba ushaka gufashwa banza uce bugufi,ubundi ugabanye ubugambo bwinshi no kwirirwa kuri social media
Toka toka umutekamutwe
Uy muntu yitwa Boringo kuri kubangamira Keza mupfiki kok? Uzi incuro umaze kwandika ubugambo umusevy!!!gabanya amashari uh amahoro uyu mwana.
Keza rero bagutanze bavugako ubeshya ibyiza hindura insabo kuko abomubana nabo iyo visa ntayo waberetse babivuze rerose gabanya amanyanga ayowariye wabona arayo ahubwo reba icyuyashoramo ntayandiuzonjyera gupfa kubona 🫢
Amafaranga umuntu yagu agufashije uko yaba angana kose Ntabwo wayitamake (ubwonubwo bako bwikintu kirimuriwewe uri kwishinja)
Reka sha iyo ufite scolaship niyo wamara umwaka iba igihari.ubwo sha murafatanyije ko muzagabana.abanyamitwe bari hose sha.
Ese niba utizera abantu na Maman pastor ntumwizera? Gute umwana akora ibintu nyina atabizi? Gute c utizera Maman wawe? We azaze ashimangire ibyo uvuga dukomeze kwizera ibyo uvuga
Keza komera rata Canada si juru na banzi barahari kandi benshi imana irabizi izakugiriraneza
Sandrine, Ubwo si byiza ko ya kwiga I Butare en attendant ko amafaranga aboneka🤷🏽♂️ C'est plus intelligent.
Speechless!
Genda uri umwana mubi gute gute pastor yakurihiye wasoza kwiga ugahita ucaho. Sha nakugaye pe
Gufahwa iyo bitinze byajyiza ubwonko