JACKY MUBWOBA BWINSHI ASABYE IMBABAZI T.KABENDERA AMARIRA ABA MENSHI😭KURI YAGO AKUBISE AHABABAZA😭
Вставка
- Опубліковано 4 жов 2024
- Hari inyunganizi wifuza kuduha ku biganiro tubagezaho cyangwa hari inkuru idasanzwe n'Ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara cg Ukatwandikira #P_ONIKA_0787223370
Mbaye uwambere nimundemere nukur peeeeeee
Ubundi se wagiye ugira ikinyabupfura. Tijara niwe wenyine ututse se? Hoshi genda . Urakabije, bazaguhe imbabazi wavuye kuri social media kuko uratukana cyane.
@user-zc2zr1gd3j tijara nawe yari yamwuriye rwose
Tjara nu umugome gute yiha kwita iyi ndushyi yijajabira yishakira amaramuko amwita indaya? Nawe yarabaye indi?? Siwe mperuka wararenze inda mu bakobwa ba mbere ikigali ra!! Mbona nawe agomba kwiyubaha Niba ashaka ko bamwuba?!! ! Ko ntarumva umuntu utuka evelyne umurerwa nuko yiyubaha Akubaha na abandi nta muntu yibasira
Ariko iriya karashika ntaziko yuzukuruje rwose ntawe utaramugaye kwiha Uyu mwana wumukobwa
Ibyo kuvuga ngo aramujyana Rib babanze we iriya njiji mbi itunzwe no kubunza amagambo usebya abasilamu nta musilamu uvugaguzwa
Bavuga ukuri mugatangira mukavuga ubusa ubuse amushime hejuru yibitutsi Atukana hejuru yokwambarubusa akerekana umwatata we adusebya nikikiza wavuga ni@@KiraboCyimana-bl8hy
@@KiraboCyimana-bl8hy ubwose wowe ukemuye iki?? niba uwatukanye yasabye imbabazi wowe urinde wokwadukira umubyeyi nkuriya
Cyakoze ntacyo nawe akemuye tijara numubyeyi twubaha jacque arubahuka cyaneee natitonda birangira nabii wagirango sinzibyo abayanyweye
Jacky humura Imana yakubabariye Kandi iragukunda.nanjye ndagukunda cyane.
JACKY... YOU ARE A GOOG SINGER... YOU CAN HAHE A GOOG FUTURE IF YOU DRCIDE TO CHANGE 1) TO CHANGE YOUR DRESDING 2) TO CHANGE YOUR LANGUAGE 3) TO GO TO PASTOR MIGNONE AND BE RECEIVE THÉ HOLY SPIRIT... KWELI...
Jacky wakoze kumenyako wakosheje ugasaba imbabazi ,nibyiza rwose kd tugukeneye ukora ibiganiro umeze nkuko umeze gutya, uritonze mbese urumukobwa mwiza cyane ,bravo
Bakureka mukobwa mwiza. Abagutuka n'injiji gusa kandi ntukabiteho, ntibashaka kumva ubuzima bukakaye waciyemo. Uzashska umu therapist yagufasha, agahinda wagize gashire maze wishakire umufungo mu munezero.
Sha umva umazegushyir ubwenge kunjyihe rwose kk urumvako usinga usubiza neza.ufite inyabupfur ugacabugufi ndabikunze kbx pee😢
Bien habillée Jacky... Komera
Gusaba imbabazi ntago arububwa chr turakubabariye
Gusuzugura tijara ubusuzuguye abamama muri rusange jack turakwiyamye ntukatwandarike .wowe se uzagera kurwego rwuriya mumama . Uyumukobwa ndamwanga pe ntakinyabupfura agira habe na gike .ukuntu avuga .koko ntiyarezwe
Ukimara kutubwura ko umwanga uri mubi kumuruta 🤔
@@jobabajo8911nange simukunda peu! Utwihanganire dear!😊
Umva dear kwanga Jacky ntacyo uba ukijije pe Banyarwanda mureke tube abajyanama babagenzi bacu kuba avuga nabi cg gutukana ntibivuze kumwanga knd ntibivuze ko ntacyo amaze hari impamvu Ari kuri iyi si nawe knd ufite impamvu uriho rero twere kubaho duhanganye mwese mwabuze ko mwanga Jacky ndabagaye pe cyane knd.
Wisamye wasandaye kbs
Umva mbese
Nkunda jack.gusa izo nzara urazigabanya buke buke birebire ntibibera.
Ubundi se kuki utabitekereje mbere ko arumubyeyi ka turebe da kibyuvuze uzabishyira mubukorwa bakurira se bavuga ibinyoma
Mwibuke mwiyizire kuri MubwireTV munshyigikire muraba mukoze nukuri ntimuzicuza 🎉
jacky ndagukunda p nzagusengera rwose ukizwe ube umwana wimana
Ariko uwo mujinya wawe utuma wubahuka ababyeyi nimujinya nyabaki baza gufunge ngenda
Nivyiza sha Jacqui gusaba imbazi kandi bakubabarire ishavu rivugisha vyishi. Ariko hanyuma uzoze uratsinda ishavu mukuvuga kuko ushavujwe nivyo abantu bavuga wopfa hataragera. Kandi uraberewe cane kuko wambaye neza . Imana iragukunda cane nayo itubabarira kumusi kumusi.
Ese mbereyukwo uza gusaba imbabaza ubivuga wasazee Jacky sikibazo abagukoresha ibiganiro nicyocyibazo kukwo mbambona utuzuyee nukuri wisaba imbabazi uzajya uvogeraa abanu bakomeye ujyushotora utundi twana mungana ntukajye umenyera ababyeyiii
Uratukana cyane wamukobwawe ntacyinyabupfura ujyira nubwo urigusaba imbabazi nubundi urikwiyerurutsa kuri t k dad nkuko wumvako yalubabarira nawe babarira familly yawe urashaka ko bakinabarira nawe utarababarira ntunsetse
Jewe ndemeye kuzoremera Jacky Kuba mbony uko yikwije
Sha Jacky kumwita icyinyendaro chr byarandenze sinarinziko wabivuga , jacky abanyamakuru barakuzi baragusaza warangiza ukabaha views nukuri mbabarira abana bawe bazabona utukana gutya
Jacky mpora numva ibiganiri byawe jacky kankubwire basi wihangane ugiye kubatizwa rero ihangane byibuze uzasabe imbabazi abo bakureze knd ndabizi uzabohoka k'umutima pe kubabarira ni byiza uzabohoka w'umve ugute amahoro yo mumutima jacky ndagukunda pe ngewe iyo niyo nama nakugira knd nkunda uko iyo uri mumakosa wemera vuba utatinze pe.
Ariko Jacky ko tukwikundira n'Imana ko igukunda waretse gutukana.
Ariko wigira igitangaza cyane uzimusabecva urorere umukobwa wakabendera arakomeza abe uwariwe numuryangowe uzahambwa nkimbwa ihane jac
Umva mwana ntabwo Ari byiza kumubwira gutyo mwana mujye mumwihanganisha iyo umuntu afite abamubwirana umutima mwiza birangira ahindutse knd buriya buri muntu abazwa ibye.
Iki gikobwa usibye no kuba Ari imbobo yo mu Kinyambo ni na kibi abagitereta nabo ntibareba.
Yoooo jac ngukunda cyaneee mama akubabarire usabyimbabazi arazihabwa abakabayeho nkatwe nibeshi nuko Imanikingirutwenge kdi humura bizagenda neza
Guha Jacky imbabazi nyazo ni ukumujyana kwa muganga wo mutwe, bakamupima ubwonko namaraso, akicara hasi agafata imiti neza kuko iyo virus yageze mubwonko ibisazi birihuta😢
Ntabwo gusaba imbabazi ari ubungwari nubutwari kumenya aho wakoseje cg uwo wakosereje ukamusaba imbabazi biba byiza 🫂
Jacky erega buriya ugira umwenda utakwambika ubusa 🤔
Jacky turamukunda ark agabanye kubahuka
Ubundise uba wantoyibiki mn
Jack rwose uri umukobwa mwiza imbabazi aziguhe gusaba imbabazi ni ubutwali.
Inama nakugira nuko ugomba kumenya ko gushaka amafaranga ntago bivuze kwiyandarika kuvuga ibishegu cg kwitwara uko wishakiye nshuti
Uraberew wambay agapir katakwerekan umubir
Ese buriya ntiwubaha?? Kabendera Koko ukamusugura boo uzagera kurwego ariho bikuvunnye
Ese wowe usaba imbabazi burimunsi
Sha ww igihe kizogera ubone ivyurimwo kk imisi nigatebe gatoke ww igihe kizogera knd uzicuza kuvyo urimwo ubu
Jack wize he,jack wiyunze nande mupfa iki
Bazakujyane mwigororero wowe byaragucanze
Jacky tuza lmana izobikurenganicha Muga nabobahebe kugutuka peeeeee nibo bakwangiriza mubuzima
Urumwibone
Kk ntandero ugira knd ntukaz witwaza ubuzima bubi kk ntibenshi babayeho rupfuvyi ariko batataye indero nn nkawe aho mama wawe aruhukiye ubu jtakuraba agahinda kakamwica
😂😂😂Sha Jacky uranyica mukunzi😅😅
Ikibazo kiri mu batangaza ibiganiro nka biriya birimo amagambo mabi.
Nawe yaragututse ahubwo niwe warukwiye kugusaba Imbabazi bagukuyeho iryo tera bwoba
Arinda kwita indaya ninde wamurushije uburaya ko ariwe mukobwa wa mbere watwaye inda muri za 70
Ubwo c nibyo muri 70? C yaba yari yaravutse????
Hahhhhhhh
Hahhhhh
Yewe ndumvaribo bamushotora
ariko koko abifuza kuvugana nawe cyangwa guhura nawe 😂😂 ark uriyemera koko ubise ababyifuza babaho😂😂😂
iyindaya rero yigizinkarishi kandi ninayo yambere igirubwoba wagiyugabanya kwibonekezaa nibizuru bibi😂😂😂
Njyewe uvuga muyango warambabaje kuko kumwita inkecuru ntakibazo mufitanye ntago byari bikwiye urabizi Muyango ni umumama wwiza ku mubiri no kumutima, uzirebe uri muto gusa ntago umurusha ubwiza pee!!
Ariko mwigiziki!ubuse kuba mukecuru nacyo nigitutsi
Wowentawakubatiza amazi yahitahiduka.umukara kubera ibyaha ufite
Ariko ntimugace imanza ubwo se wowe uri Marayika? Wasanga unakora ibiruta ibya Jacqwi Yesu yazanywe n'abanyabyaha ntiyazanywe n'intungane
Ubwo se urubanza umuciriye uri murumuma w'Imana?
Babatiza abanyabyaha ntabwo babatiza intungane cg abatari abanyabyaha hhhh.
Oya uteye iseseme sinzi aho wavuye hubwo? Ubu se ko wamenye ko wakoshe ninde wabikubwiye ra?😮😮
Akora ibiganiro yashyizemo agakoni yabibonye zimushizemo mumubabarire
Ariko se umwana uvuga ko yarongorwaga na se wabo akamwishyura koko ubwo wamurenganya? Niba atararezwe uragirango ikinyabupfura akiva hehe koko? Jye arambabaza yakuze ahohoterwa ngo na famille ye
Imbabazi z'abihehe
Oya wowe urinjyicyenya uzafpa ucyenyutse
Uyu mwana byapfiriye mu kubura umurerana urukundo, rero ntimutegerezeko azifata nkabana barerezwe nk'ababyeyi, mumureke rero yifitiye agahinda ke, ahubwo abarera abana mutabyaye mwitekerezeho
umwana arakosa 😂😂😂 ubuse umwana wakira abagabo batanu kumusi abaho😂😂😂😂 abana ntibameze nkawe apuuuu
Nogusaba imbabazi ntagubyemerewe nukuri 🖕
Umunnyi azirundi
Jyewe singaya uyu mukobwa ndagaya uwamutunze camera mureke kuko uyu we yararangiye😂😊
😂😂😂