Розмір відео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показувати елементи керування програвачем
Автоматичне відтворення
Автоповтор
Twigishe gusenga rwose 🙌🏾🙌🏾 uri gift for this new generation 🙌🏾🙌🏾🙌🏾🙏🙏🙏🙏
Kbsa umuntu arigira atigira agapfa. Ako kantu rwose .mama turakwemera cyanee kubyiza uhora utugezaho rwose data ajye akomeze ku kwagura muri byose.turagukunda cyanee
Imana iguhe umujyisha rwose waje ukenewe cyane.
Ndagukurikira cyane kuv'aho ntangiliye kugukulikira nize byinshi
Murakoze cyane ku mpuguro nziza muduhaye. Imana ibahe umugisha Isimbi kandi ikongerere imbaraga muri uru rugendo rutoroshye rwo kubaka umuryango nyarwanda. Ndagukunda
Uranshimisha cyane! Nibyo rwose mu udafite positive mind aho gutera imbere ahubwo usubira inyuma!
Isimbi Imana iguhe umugisha kubw'inama zawe kd zifite umumaro cyane
murakoze cyane simba ndambirwa kubumva muramfasha cyaneee
Courage isimbi kdi turagukunda
Merci beaucoup
Haramakos dukora ntituyameny🙌❤
Thanks à notre conseillère 🙏🏿🙏🏿🙏🏿
nitwa lnnocent lsimbi inamazawe ziratwubaka cyane,lmana nikwagure muribyose
Courage Courage
Urakoze mwiza
Isimbi weeee shn nge sound byanze pe ntanagake ndikumva
Gusa uvuga ukuri pe
Ukunda kutubwira n'iby'amazina meza. Namenye umuntu witwaga( Nyiramijegwe) ubwo bivuga iki ? Wenda ni hors sujet uzambarize. Murakoze. ❤
Ndagukunda gusa
Kuko urugo niproje ikomeye gusumba ayandi ma proje mukora ,kandi musengere hamwe umugabo nu mugore na bana ,mwubakire ku Mwami Yesu kuko niwe uzabaha ubwenge nibitekerezo byiza ,
Mbega mbega ndumva narabyishe byose
Ubundi mugasenga kubakira kuri Umwami Yesu ntagasuzugoro kaba murugwo rugo ,
Nufata icyemenzo cyo kubaka urugo wowe mugabo cangwa mugore mujye mushaka abasaza na bakecuru nibo mwabaza uko kubaka urugo gwiza ,bazabagira inama yukuntu wakwifata murugo gwawe kuko muba mutabizi barabambwira ,kandi iyo ubikurikije urubaka ,amacash muyashake mwese yaba umugore canke umugabo araza iyo mwizeranye
ingo p
Nitwa Yvonne ariko abagore Bari bagukubitiye kwisimbi tu
Ariko ujye gushaka ukuze ufite ibitegerezo byumuntu mukuru apana gushaka ko inshuti ko zashatse oya ,yashaka ko hunva muriwowe ko wakuze ,ugiye kurera abana uzabyara waba umugabo cangwa umugore mugende mwiyemeje kubaka ,waba ukenye cangwa ukize wiyemeze ushakire urugo gwawe ibyiza uzabigeraho ,wige kubabarira , wige kwizera , wige kugira urukundo , bagabo bagore mwirinde gufuha nibyo bisenya izingo zirihanze ,mubahane muzubaka mugore umugabo mujye mutongana abana batabunva nibyo byiza kandi muvuge buhoro mwitonze ,
Ivyo wigishij sivyo.....Ijambo riravuga ati Mwempi mubaye umwe.....Wohisha iki uwomwubakanye?????Wavangiwe subira kumavi usenge....
turakwemera
Twigishe gusenga rwose 🙌🏾🙌🏾 uri gift for this new generation 🙌🏾🙌🏾🙌🏾🙏🙏🙏🙏
Kbsa umuntu arigira atigira agapfa. Ako kantu rwose .mama turakwemera cyanee kubyiza uhora utugezaho rwose data ajye akomeze ku kwagura muri byose.turagukunda cyanee
Imana iguhe umujyisha rwose waje ukenewe cyane.
Ndagukurikira cyane kuv'aho ntangiliye kugukulikira nize byinshi
Murakoze cyane ku mpuguro nziza muduhaye. Imana ibahe umugisha Isimbi kandi ikongerere imbaraga muri uru rugendo rutoroshye rwo kubaka umuryango nyarwanda. Ndagukunda
Uranshimisha cyane! Nibyo rwose mu udafite positive mind aho gutera imbere ahubwo usubira inyuma!
Isimbi Imana iguhe umugisha kubw'inama zawe kd zifite umumaro cyane
murakoze cyane simba ndambirwa kubumva muramfasha cyaneee
Courage isimbi kdi turagukunda
Merci beaucoup
Haramakos dukora ntituyameny🙌❤
Thanks à notre conseillère 🙏🏿🙏🏿🙏🏿
nitwa lnnocent lsimbi inamazawe ziratwubaka cyane,lmana nikwagure muribyose
Courage Courage
Urakoze mwiza
Isimbi weeee shn nge sound byanze pe ntanagake ndikumva
Gusa uvuga ukuri pe
Ukunda kutubwira n'iby'amazina meza. Namenye umuntu witwaga( Nyiramijegwe) ubwo bivuga iki ? Wenda ni hors sujet uzambarize. Murakoze. ❤
Ndagukunda gusa
Kuko urugo niproje ikomeye gusumba ayandi ma proje mukora ,kandi musengere hamwe umugabo nu mugore na bana ,mwubakire ku Mwami Yesu kuko niwe uzabaha ubwenge nibitekerezo byiza ,
Mbega mbega ndumva narabyishe byose
Ubundi mugasenga kubakira kuri Umwami Yesu ntagasuzugoro kaba murugwo rugo ,
Nufata icyemenzo cyo kubaka urugo wowe mugabo cangwa mugore mujye mushaka abasaza na bakecuru nibo mwabaza uko kubaka urugo gwiza ,bazabagira inama yukuntu wakwifata murugo gwawe kuko muba mutabizi barabambwira ,kandi iyo ubikurikije urubaka ,amacash muyashake mwese yaba umugore canke umugabo araza iyo mwizeranye
ingo p
Nitwa Yvonne ariko abagore Bari bagukubitiye kwisimbi tu
Ariko ujye gushaka ukuze ufite ibitegerezo byumuntu mukuru apana gushaka ko inshuti ko zashatse oya ,yashaka ko hunva muriwowe ko wakuze ,ugiye kurera abana uzabyara waba umugabo cangwa umugore mugende mwiyemeje kubaka ,waba ukenye cangwa ukize wiyemeze ushakire urugo gwawe ibyiza uzabigeraho ,wige kubabarira , wige kwizera , wige kugira urukundo , bagabo bagore mwirinde gufuha nibyo bisenya izingo zirihanze ,mubahane muzubaka mugore umugabo mujye mutongana abana batabunva nibyo byiza kandi muvuge buhoro mwitonze ,
Ivyo wigishij sivyo.....
Ijambo riravuga ati Mwempi mubaye umwe.....
Wohisha iki uwomwubakanye?????
Wavangiwe subira kumavi usenge....
turakwemera