SAUDA mugahinda kenshi ibyamubayeho kw'IsimbiTV😭nyuma yogukora ikiganiro ibyoyakorewe arabivuze.

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 1 жов 2024
  • "ibyabaye nyuma yogutanga ikiganiro kwa Sabin yaribasiwe ese koko yarakabije!? kuvuga ko umubare munini wabagabo batanyurwa cg badahazwa N'UMUGORE umwe!?nonese bihabanye nukuri? hanyuma se koko Abagabo bagira irari cg ntaryo!?kuko Abagore bakomeje kutwibasira sinzi niba koko twarakabije gusa igitangaje sitwe twenyine twabivuzeho.
    UmurimboTV Ubuzima umuryango inama zitandukanye zadufasha kuwubaka neza Umuryango mwatubona munyuze kuri 0788 403 257 ikiganiro gisobanura neza Uburyo Bamwe Mubagore batwibasiye gusa huzuyemo ninama zingirakamaro kumpande zose.

КОМЕНТАРІ • 41

  • @uwasesifa7563
    @uwasesifa7563 5 місяців тому +4

    Sauda ntuzongere kuvugango abagabo bose bagira irari iyo nimyumvire ijyanye naho wavukiye bikongeraho ubujiji bukomoka kuri culture.uzatembere uzabona ko abagabo bo mugihugu urimo batandukanye nabahandi.

    • @rwandamum8323
      @rwandamum8323 5 місяців тому

      Jye nabonye ntawe urusha abazungu ubusambanyi sinzi niba twabyita irari kuko ntaburenganzira bwo kuryerekana bagira,gusa bibikora modèle ntawe bahohoteye mu bwunvikane.bitandukanye niwacu ho ntibiyubaha.ntekereza ko ari éducation nke.naho ubundi bose nibamwe

    • @NinaZouzou-v9m
      @NinaZouzou-v9m 5 місяців тому +1

      Wowe ntabyuzi abagabo baremanwenirari nibyo

    • @nikkiiliza5988
      @nikkiiliza5988 5 місяців тому

      Ibi biterwa na culture ya dependence yashyizwe mu bagore. N' ukorera cash Ahora yumva atihagije. Duteye isoni gusa. Imana idufashe. Byamfashe igihe kugira ngo mpure n'bo tubona ibintu kimwe. Naratutswe n' abankuriye nyuma baza kunsaba imbabazi. Mpereye kuri mama wanjye. Namusabye kujya yigisha abana bato wenda we bamwuma kuko yubashye umuco uza kumutenguha. Njye umuco utampa agaciro ndawusuzugura. Umuco wanjye ni ukubaha ugaha agaciro uwo ari we wese abe umugore, umugabo, umwana. Ntawe ukwiye kuba umugaragu w'a bandi.

    • @uwasesifa7563
      @uwasesifa7563 5 місяців тому

      @@rwandamum8323 Ntago ari bamwe iyo mugize icyo mutumvikana ho muratandukana akajya gushaka undi burya ntamuzungu uzi gushurashura cg ngo ace inyuma umugore we bakiri kumwe murabanza mugatandukana akerekeza ahandi ariko mugihe mukiri kumwe aguha icyubahiro ukwiye.kandi birumvikana naho ibyo bintu byabirabura byo gusambana aho ageze afite umugore nagasuzuguro sinumuco.

    • @rwandamum8323
      @rwandamum8323 5 місяців тому

      ​@@uwasesifa7563turemeranywa pe ariko impanvu bubaha buri umwe wese kuko niwo muco wabo nuko bari éducation bubaha ikiremwa si kimwe niwacu umugabo akwigirizaho nkana.kandi burya umuzungu afata icyemezo cyo gushinga urugo abihaze,urabizi bahindura inshuti nkabahindura imyenda.gusa iyo abivuyemo ntagucyebaguza impande.ariko bose mbona ari bamwe ikibazo cyabacu ni ukutaba educe

  • @ZandaKG-lr6kd
    @ZandaKG-lr6kd 5 місяців тому +1

    Walkumusalam wallahmatululah wabalkatuh Wallah mubuzima iyo udafite abakuvuga nabi ubuzima buba Butararyoha 🙅‍♂️ ariko iyo amagambo atanjyiye kandi uvuga ukuri jyumenyako imbere ubuzima buryoshye don't give up my mamu urarenze imana ijye iguha umugisha ikurinde amaso yababi ikurebeshe ijisho ryimpuwe Yaallab birandenga ✔✔💎💎💎💕💕

  • @nikkiiliza5988
    @nikkiiliza5988 5 місяців тому

    Bobogeje mu bwonko kabisa. Kuki se ari abagabo bonyine bemerewe kudahazwa n' umugore umwe. Ibyo ni selfishness abagabo bagira bakabyigishiriza mu ijambo ry" Imana. I do not buy it. Ubwo se bibaye ko umugore akenera abagabo benshi. Bahita babyamagana. Shine your eyes. It is your right to see it that way ariko natwe tukabibona mu buryo butandukanye n' ubwanyu. Kubwanjye sinabana n' umuntu nziko harimo undi mugore mu bizima bwe namuharira kabisa. Keretse nkora nk' ibyo yaba akora which I do not plan to do.

  • @nshimiyimanajeancloude2176
    @nshimiyimanajeancloude2176 5 місяців тому +2

    Mt 19:4-6
    [4]Na we arabasubiza ati “Ntimwari mwasoma yuko Iyabaremye mbere yaremye umugabo n'umugore,
    [5]ikababwira iti ‘Ni cyo gituma umuntu azasiga se na nyina akabana n'umugore we akaramata, bombi bakaba umubiri umwe’?
    [6]Bituma batakiri babiri, ahubwo babaye umubiri umwe. Nuko icyo Imana yateranyije hamwe, umuntu ntakagitandukanye.”

    • @nshimiyimanajeancloude2176
      @nshimiyimanajeancloude2176 5 місяців тому +2

      1 Kor 7:2-4
      [2]Ariko ku bwo kwirinda gusambana, umugabo wese agire uwe mugore, n'umugore wese agire uwe mugabo.
      [3]Umugabo ahe umugore we ibimukwiriye kandi n'umugore na we abigenze atyo ku mugabo we,
      [4]kuko umugore adatwara umubiri we ahubwo utwarwa n'umugabo we, kandi n'umugabo na we adatwara umubiri we ahubwo utwarwa n'umugore we.

    • @nikkiiliza5988
      @nikkiiliza5988 5 місяців тому

      Twinjiye mu gikirisito ibyo niko mbyemera ko muba umubiri umwe reose. ariko ukajya ushyiramo akenge ugacunga ko mugenzi wawe nawe akubaha nk' umubiri we. Nk' iyo umuntu akubise mugenzi we aho natsngira kwibaza niba bakiri umubiri umwe koko. Ku baslam nabo ngerageza kumva uko bakora. Birabakundira uko babyizera ariko nkatwe abakirisito ntitwakabikoze nkabo. Bafite uko bamanaginga abo bagore benshi mu buryo twe tutamenyereye. Sounds weird to us. Uwo muco watugora n' iyo bikozwe baraguseka. Nk' umukirisito ntiwakwishimira ko umukobwa wawe aba umugore wa Kane. Kuri njye sinakwemera no kuba uwa mbere mugihe mbona akatihayiho ku kuzana uwakabiri. Akibirota nabaha umugisha ngacaho.

  • @Umuturanyitv1658
    @Umuturanyitv1658 5 місяців тому +3

    Bihorere, kuko, abagabo niyo kamere , umugabo ntabwo yahazwa n'umugore umwe, abagore bakwiriye kubyakira

    • @uwasesifa7563
      @uwasesifa7563 5 місяців тому +1

      Bakira iki?ubwo ko ari uburaya bwa birabura babaremye bitandukanye n'abazungu cg mwese muremwe kimwe.Ubwo nuburaya buvanze na culture muba mwarakuriyemo ubwenge bwabagabo babirabura bwibera mungutiya mugihe abandi baba barubatse ibikorwa byubatse amazina mwebwe ubwenge nimungutiya urusha bill clinton cash cg president w'america cg obama ahubwo abirabura mukora ibintu kubera culture ariko ntimukavuge ngo n'abagabo bose.

    • @nikkiiliza5988
      @nikkiiliza5988 5 місяців тому

      Hoya mama bamwe mubyakire abandi we will never buy that. Atarafatwa aracyari umwere afashwe umugozi umumpambiriyeho wacika. Kdi sinanagombera kumufata mbonye signs gusa byaba bihagije. Singombwa ko abantu bakomeza kubana mugihe umwe amasoye ari ahandi. Uramurekura akajya aho yumva umutima we umujyana. Ibyo mvuga narabikoze rwose. Urwo rukundo wanarwivuza ariko mahoro akaza. Niba ntakora nk' ibyo uwo muntu akora ako gasuzuguro sinakakira. Just my opinion.

    • @Umuturanyitv1658
      @Umuturanyitv1658 4 місяці тому

      ​@@uwasesifa7563hagowe umugabo wagushatse😂

  • @NoraKedir
    @NoraKedir 5 місяців тому +1

    Walaikum salam warahmatullah wabarakatu manshaallah tabarakallah ❤

  • @NsabimanaIsiyaka
    @NsabimanaIsiyaka 5 місяців тому +1

    Asww bakureke uvuzeko nyirurugo yapfuye ntabwo abariwe umwishe ibyuvuga nukuri peee

  • @johnuwimana-hq1fn
    @johnuwimana-hq1fn 5 місяців тому +1

    Muzatuganirize kubagabo bagira igitsina gito icyo bakora kugirango gikure. Kuko usanga benshi batubeshya ngo bafite imiti ikuza , kandi ari ukubeshya

  • @NsengimanaInnocent-w2v
    @NsengimanaInnocent-w2v 5 місяців тому +1

    Walaikum salam ww,❤

  • @MBARUSHIMANAVianney-v7x
    @MBARUSHIMANAVianney-v7x 5 місяців тому +2

    Abagabo bagirirari ryishicyane kurusha abagore bababumva buriwese bamwivuje kutarangora beshinubukene

  • @Musilm250
    @Musilm250 5 місяців тому +1

    Tuza kwishyurira umwavoka humura abavoka barahari tanga ibiganiro utuje batagukura mumuronko urimo👍

  • @NsabimanaIsiyaka
    @NsabimanaIsiyaka 5 місяців тому +1

    Nkundako uvuga ukuri yaba abagore cga abagabo urabigisha peee

  • @shirimpakamusa6758
    @shirimpakamusa6758 5 місяців тому +1

    Cyokoza pe unkora kumutima

  • @MBARUSHIMANAVianney-v7x
    @MBARUSHIMANAVianney-v7x 5 місяців тому +1

    Abobagore ujye ubihorera ibyo birabareba

  • @MariechantalNzungize
    @MariechantalNzungize 5 місяців тому +1

    Babaveho nukuri pe😂😂😂

  • @bitangam.claire6574
    @bitangam.claire6574 5 місяців тому +1

    Wabaga he mubye?

  • @watchtowertv5436
    @watchtowertv5436 5 місяців тому

    Mal 2:15
    [15]Mbese ntiyaremye umwe, naho yari afite umwuka usagutse? Icyatumye arema umwe ni iki? Ni uko yashakaga urubyaro rwubaha Imana. Nuko rero murinde imitima yanyu hatagira uriganya umugore wo mu busore bwe.
    And did not he make one? Yet had he the residue of the spirit. And wherefore one? That he might seek a godly seed. Therefore take heed to your spirit, and let none deal treacherously against the wife of his youth.

  • @BobillaUwimana-eu9xe
    @BobillaUwimana-eu9xe 5 місяців тому +1

    Kabisaaa babwire

  • @hamisakayitesi7897
    @hamisakayitesi7897 5 місяців тому +1

    ❤❤❤❤❤❤❤❤

  • @godwinbobo1240
    @godwinbobo1240 5 місяців тому +1

    That's true ✍️

  • @antostyles
    @antostyles 5 місяців тому +2

    Jyewe numva umuntu akwiye kubaha isezerano!niba urahiye indahiro ko uzabana numugore umwe ugomba kubyubaha,wakumva utabishobora ukabireka ukajya aho babyemera.

    • @Musilm250
      @Musilm250 5 місяців тому

      Nimyumvire yawe ntaho wabisomye

    • @antostyles
      @antostyles 5 місяців тому +2

      ​​@@Musilm250ok ka nemere ko ari imyumvire yanjye.nijye washyizeho amategeko? Nijye wanditse Bibiliya?ibintu byose bisaba discipline,waba utabishoboye ukayoboka Islam nyine si non ni icyaha.

    • @uwasesifa7563
      @uwasesifa7563 5 місяців тому

      Uvuze ukuri ariko Maraya ntizakumva ibyo uvuze.

  • @watchtowertv5436
    @watchtowertv5436 5 місяців тому

    1 Tim 3:2
    [2]Nuko umwepisikopi akwiriye kuba inyangamugayo, no kuba umugabo w'umugore umwe, abe udakunda ibisindisha wirinda, ugira gahunda mu kubaho kwe, ukunda gucumbikira abashyitsi, ufite ubwenge bwo kwigisha,
    A bishop then must be blameless, the husband of one wife, vigilant, sober, of good behaviour, given to hospitality, apt to teach;

    • @rwubahukarwubahuka3440
      @rwubahukarwubahuka3440 5 місяців тому

      Oya aha ngaha wikwinshingikiriza iryo jambo. Kuko dawidi ntiyarafite umwe, salom nawe nuko, n'abandi Bose bo mu muryango w'abayislaheli. Ndi umuchristu sinemera gushaka 2 ariko buri Wese afata umurongo muri bibiliya umufasha. Islam bakurikiza abakurambere bo muri bibiliya, adventiste isabato niyo ukurikije bibiliya, ariko hari doctrine z'amatorero zishaka kumvisha ko doctrine zayo ari icyaha kdi bitanditse muri bible. Discipline itandukanywe no kuba byaba icyaha. Ndi umupatecote ariko kuba kumapatalo n'amaherena n'imisatsi ntaho byanditse muri bible. Kuvugira imbere y'teraniro ntibyemewe muri bibiliya ku bagore cyane bari mu mihango ntibemerewe guterana ariko barabikora, kuki kuba Pasteur byo ari umuziro!!!?., alors si igitugu no kwikunda muri adeper. Abayisilamu ntibemera ko umugore avugira imbere y'iteraniro, tugendeye kuri bible nibo baba bafite ukuri. Bene data tureke gucirana imanza ubundi twirinde icyaha nibyo Imana yanga amadini yose nibyo yigisha kdi ikitwa icyaha abantu Bose birabizi. Buri West niyirinda ku giti cye abantu babana mu mahoro

  • @jeanmauricemugiraneza3162
    @jeanmauricemugiraneza3162 5 місяців тому

    ni byiza kurongora abagore barenze umwe bituma , umugabo niyo uri mu mihango or warabyaye ashobora kubona uwo barongorana atagiye hanze y'umuryango

    • @uwasesifa7563
      @uwasesifa7563 5 місяців тому +1

      Egera obama akugire inama ubwo nuburaya buterwa na culture mwakuriyemo hanyuma wowe iyo warwaye arongorwa nande?

    • @rwandamum8323
      @rwandamum8323 5 місяців тому

      ​@@uwasesifa7563numugore ajye agira umugabo urenze umwe kuberiki se abagabo gusa.ntawanga kurya resto kuko iteka neza.nabagore twibohore😂😂

    • @nikkiiliza5988
      @nikkiiliza5988 5 місяців тому

      Hoya rwose aho simpemeye. Imihango se n' icyaha? Uwo muco bamwe ntituwemera. Ariko kuki mwumvako abagabo ari bo bagira ubushake bonyine? Nonese umugore we adahagijywe n' umugabo umwe ajye yiyaranja nawe? Abagabo mwabafashe nk' utubindi warekura twagwa? Nkuko natwe tubigenza wihanganira hormones ngo udaca inyuma n' abandi babishobora. Well ubwo ariko mwabihisemo ni Sawa ariko njye sinabyemera kurinjye yaba ansuzuguye anatekereje kuzana undi kuburyo nababisa kbsa. Just my thoughts. Amahirwe ngira umugabo wanjye tubibona kimwe. Urukundo sirwo nshyize imbere n' utugambo twiza, nkeneye ibikorwa na respect and vice versa.