NAGEZE AHO BAHURIYE N'IMANA|ADAMU na EVA amabanga yabo Islam irayazi|Sheikh Ashraf asobanuye byinshi
Вставка
- Опубліковано 5 вер 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126
Reka ngushimire cyane SABIN kumwanya uba wampaye. Ndakwifuriza imigisha wowe n'umuryango wawe wose
SHEIH rwose uri umuntu w'umugabo rwose ndi umu kristo ariko inyigisho zawe ziramfasha sana Courage
Sabin imigisha bakwifuriza igera kumana.kuko rwose uri gutera imbere.ninayo mpamvu nta add nimwe nzajya nsimbuka niko kugushimira nzaba nkoze.
Urakoze cyane kunyungura imana iguhe imigisha uzampe nimero yawe .haribyo nshaka kuzagusobanuza
Sheikh uri inyangamugayo
Ark c komutagitanga inyigisho twarambiwe kureba ibyakera mwagiyehe ra😮
JazakallAh Kheir Sheikh. Imana ihe umugisha umuntu wese urihano🤗
Eid Mubarak!!!
Asalam alaikum warahmatullah wabarakatuh yaa sheikh Ashraf Allah akwishimire turagukunda kubera Imana
Aslm alaykum warahmaturullah wabarakatuh.Ashraf Eid Mubaraka
sheikh imana ikongere ubumenyi kandi uvuganeza cyane ukomez izo nyigisho nziza masha allah
Thank u brother utuzaniye umuntu
Ibyo bitambo mutamba nuko muhakana igitambo kizima cy'iteka ryose cya Yesu Kristo. Yesu niwe nzira ukuri nubugingo.
Isimbi TV mukora ibiganiro biryoshye kbs. Muganiriza abantu neza.
Namwe mugira byiza cyane bitwigisha
Turagukunda sheikh rwose ntakiganiro cyawe cyancika kuko kiba cyuje ubwenge.
Manshaa'Allah sheikh Allah ajye aguha ubumenyi kuko udahwema kutugezaho ibyiza
Eid Mubarak
Sheikh Sabin nawe ubutaha azamba ikanzu nkokuntu Chita yariyaberewe kd azanigaragaze
Sabin Chanel yawe ndayikunda rwose
Nibiganiro byawe byiza cyane gira ushyireho televisión isanzwe uturekere UA-cam
Nshimirira Sheikh Ashraf numuhanga rwose
Thanks
السلام عليكم ورحمة وبركاته جزاك الله خير 🙏
🇴🇲 🇷🇼
This is high explanation, thank u
Sheikh EID Mubarak ,Allah aguhe ibyiza kunyigisho uduha burigihe
Sheikh Asante kuduhugura Allah akomeze akonjyerere ubumenyi natwe utwigishe
Assallam alaikum warahmatullahi wabarakatuh eid Mubarak sheikh jazakalahu khail isimbi tv ndabashimira gukomeza kutuzanira Sheik kuko ni u muhanga cyaneeeee arigisha nkumva ndanyuzwe peeeee anyungura byinshi cyane
Manshallah shukran
Sheikh ndagukunda kbs ntabivuze naba mbeshye nubwo ntari umu mosilimane ark nigabyishi mubiganiro byawe kbs NIWUBAHWE
shukran
Shukuran ya sheih isomo ryiza Alhamudulillah
amagambo yawe arimo ubwenge kbs thanks
Nubwo ari buke
Ruzigana noel @ kuberiki wumva ko Ari buke? Ntankumi yigana
Allah akongere ubumenyi Sheikh
Mu rwanda nta muntu ukurusha ubumenyi bwa islam ☪️ 👌👌 ura renze kbx
Imana iguhe umugisha.nice story
Cheikh shukran uko fort nakukubali
Umumbarize ko Imana itumva ikinyarwanda cg ivuga icyarabu
Good question🤔
Baracari muri colonisation yabarabu noneho bo.🙆♂️
May Allah give you heaven Sheikh
Eid Mubarak from 🇸🇦
Twayakiriye 🇸🇦🇸🇦
Iyi nkuru ya Adamu na Eva muri islam ni nziza ariko irivuguruza kuko kugeza ubu sinari nabona umuisilamu wasobanura uburyo Satani(Iblis) yaje gushuka Adamu na Eva bari mu Ijuru, kandi yari yarirukanywe kera cyane ava mu Ijuru, igihe yanze kunamira Adamu).
Ese Satani yasubiye mu Ijuru, oya da Nta mu Islamu wabyemera...
mash'ALLAH
Nibubona habuzemo Gitwaza mpa 👇like
Ntukavuge kiriya gicucu ngo ni cloude ahubwo nka gitwaza cg undi mu pastor ufite ubwenge knd witonze pe
@@salmasalma1602 ahubwo ndumiwe iyatuma avuga gitwaza nta vya claude
Niwagaruka uzonsobanurere izimpanvu nanje ntahure nikuberiki umwe slam usanga Anywinzoga ni tabi uga sanga numusambanyi uwonumu kirisu Muri Eslam ucumbwira umwe slam yemerewe kurongora Abagore bangahe mufatiye muri Clo ani Ivyoyobivuga mugirumusimwiza Murakoze
Ikintu womenya niwitiiranye umuislam hamwe na islam
islam irabibuza kunywa inzoga gusambana ariko hariho abaislamu babikora
gusa islam irabibuza
coran 5:90
umuislam afise uburenganzira bwo kurongora gushika ku bagore 4 gusa hariho condition
ubonye ko utabishoboye umugore umwe aramaze.
coran 4:3
Shehe Uzi ubwenge usobanura ibintu tukanyurwa Allah akwishimire
Ibintu byo gushyingura vuba vuba, abavandimwe, ababyeyi bataraza rwose bibabaza benshi. Nizere ko ababikoraga ngo kurara umuntu adashyinguwe ngo ntibyemewe babyumve ko nta cyaha kirimo
Khair Mubarak
Mashallah
Ugizeneza kunyigisho uduhaye , Kandi Allah agumye akongerere ibyoza
Uyugabo mukunda kubi ariko na zambian muge mudusuhuza kuko natwe turabakunda
Ibyo avuga rabyumva
Sheikh wazadusobanuriye kubijyanye na Haqaika
Ntibavuga kwica itungo bavuga kubaga itungo kuko iyo uryishe uba urihohoteye
Sabe uwo mushehe atanze inyigisho nziza pe
Sheikh Natubwire itunda bariye iryo ariryo.
Nonese wowo uzi ubwoko bw'amatunda bungahe???
Icyababaje Imana nuko batayubashye ntibamvire bakumvira unzoka yaririmo umwuka mubi muri macye basuzuguye Imana rero ibyimbuto mubikuraho ndi umukristo nizera Yesu Kristo umwana w'Imana nkumwami numukiza wubugingo bwanjye, abislamu mugire umunsi mwiza ariko gupfobya ibyabandi nabyo nicyaha imbere y'Imana
tanga inyandiko yemeza ko yesu ari umwana....?
Ubuntu n'imbabazi n'amahoro biva ku Mana Data wa twese no kuri Yesu Kristo Umwana we, bibane namwe mu kuri no mu rukundo.
(2 Yohana 1:3)
Simoni Petero aramusubiza ati"Uri Kristo, Umwana w'Imana ihoraho."
(Matayo 16:16)
Ibirenze kuri byo uzabibaze abashehe babibahisha bakabigisha isezerano rya kera bakabahisha isezerana rishya babaheza muri analoge ntibabageze muri digital
Ikindi niba utemera Bible yera yose ukemera koroani gusa sinakurenganya kuko buriwese azabazwa ibyo yamenye ntabihe agaciro rero Imaka nicyaha kuko umucamanza wabari mwisi Bose ari Uwiteka Imana nyiringabo n'Umwana wayo Yesu Kristo wavutse kubwigitangaza cyumwuka wera w'Imana ntayindi comment muvandimwe
@@DomiTvShowRwanda hhhhhhh
ni hehe Mariya yise yesu ko ari umwana.....?
canke ni hehe yesu yigeze kuvuga ko ari umwana....?
Sabi urumuntu muzima ici ndagukundira nuki wumva abantu bishe natwe tuba turi kwishure
mbega umugabo w'umuhanga
Mwansuye kuri channel yitwa prince robert Rwanda murebe indirimbo iriho ni nziza
Natwe mudukorere subscribe kuri vital comedian murakoze mutuzamure natwe
Ayoo mateka n'imyizerere uvuga bya Islam uzaz nkwerekwe uburyo Islam yajyiye ikona abagabo, amskosa are ng a igihumbii Ari mur Quran ndetse n'uburyo Islam yakandamij abirabura.
Ahubwo wowe ntuzi ibyo umvunga
Uyu mugabo ni umuhanga pe
Isimbi mukazi keza.
ibintu vyamadini jewe vyaranyobeye!!! bamwe ngo bibiliya abandi ngo corowani!!! kandi ivyo bitabo vyose twabizaniwe ntabanyamahanga
Wowe se nti wemera ko Imana ihari
Uyu mugabo ni umuhanga naho yaba avuga ibitaribyo abivuga abihagazeho
Yarabyize arabinononsora
KUKI IMANA YAREMYE AMAGINI ?
???
Mubayi silamu bemerako umwana watanzeho igitambo Ali umuhungu wahagali muba kristo nu mwana wa Sarah buli ruhande rwijyaho ibyabo
Mubyukuli Ntabwo Abraham imana yali ku mubwira
Ngo na tambe umwana wu muja kandi Hali umwana imana ya muhaye we na Sarah bageze muzabukuru yali Isaac my opinion 🤷♀️
hhhhhh
bibiriya ivuga ko yari Ismail niwe Abraham yashatse kubaga Ismail
nimba ushaka kubimenya mbaza
Ni your opinion nyine niko wowe ubitekereza. Nonex niba ubizi Abraham yagiye kubyarana na Hagali byagenze gutee??
Sarah yar yarabuze urubyaro niko guha Abraham uburenganzira bwo kubyarana n'umuja babyarana Ismael ( nuko imana imutegeka kumutamba kuko yari we wenyine afite ) Isaac yari atavuka.
Hjeih! Uzamugarure, dukeneye kumenya itandukanurizo rya Islamabad na Protestanter
Reba IMANI TV IMANI TV
Aho Padiri asobanura ibintu byose
Sheikh uzodusure iburundi kubera imana
Kurikira amasomo ya islam kuri iyi channel yacu. MURAKOZE
Mbaye uwa 1 kuva nareba isimbi
Gusa ubisobanuye neza ni itunda urubuto
Ariko Ubwo kurya itunda rimwe Nibyo byarakaje Imana ako kagene koko
Ibintu byamadini rwose Ni comedy Gusa (I mean necessary lie)
Wewe urupagani🤔
Uzamutubarize kuri Bikiramariya na Yezu uko bo babifata .murakoze
yesu ni umwana wa Mariya gusa
Yesu n'intumwa y'IMANA kubantu bo muri Israël gusa
Mariya yavyaye yesu Mariya yarakiri vierge.
uko nuko kwemera
Njye ndabaza umu Islamu iyahuye numuntu akibyuka akavuma muntokize akihanagura mumaso akavuma (gukira) acidhije kurutugu rwiburyo nibimoso bisobanura iki?
baza nez ico kibazo cawe
Sheh hari aba islam benshi harimwo nabayobozi batazi neza Ayo mategeko yidini .muzabahe amahugurwa.ibyo musigura beshyi ntabyo bazi bapfa gukurikira
Ashraf gutwika tumaze kubimenyera kuki ntanarimwe uratubwira ubumwe nubwiyunge nibura hagati yabanyarwanda? Impamvu murabyemerewe kurengera intama mushinzwe cange abanyarwanda. Abanyamadini mwagendeye mukigare mwirengagiza kurengera abo mushinzwe. Mashehe, pastors Abapadiri ntanarimwe turumva muvugira abanyarwanda kubibazo dufite. Kwifotoza kumakamera tumaze kubirambira I'm sorry. Murengere abanyarwanda.
Nones ubumwe bwabanyarwanda abayatumiwe ngwasobanure kunyenerere ikind umunyamakur niwe utegura topic ahubw uzabisab sabin cg wagiy wumva abomir minubumwe wabuz ibiganiro bivug kubumwe
Sabin ibyo biganiro bya Arshaf urabisobanukirwa?? Ngo Bible ibirimo byose si ukuri?? Ako ni agasuzuguro.
Sabin nibwira ko aba yanga impaka si non ukuri arakuzi😀
Oya eden yabaga mwisi ndetse muri Mesopotamie niho yahoze
hhhhhh
ntabwo ari uko
Kuruhani iri fake if you're saying bible is fake.
Ego ko harya burya Bibiliya iravanze?harimo ukuri hakabamo n' ibinyoma?Ndumiwe peee,Korowani yo nukuri gusa gusa
navyowaruzi?
koroani ni igitabo kidafisemwo amakenga
Ni iki cyatwemezako ibyo uvuga ari ukuri? Niba na Bible nawe utemera ko ibyo uvuga ari ukuri nta n'icyemeza ko corowani nayo ibyo ivuga ari ukuri. Jyewe icyo nanga ku banyamadini ni uko usanga bose bishyira aheza buri wese akavuga ko ibyo yihisha aribyo kuri. Ibi bihita binyemeza ko amadini yose ari aya satan.
Uvuze ukuri cyane,surtout abaislam,nanga ko buri gihe ibyabo aribyo bagira ukuri.KUMUGANI WAWE SE NIBA ATAMERA BIBLE ,YARAVUTSE AYISANGA,BURIYA NA CORAN NTIYAKAYEMEYE,NAWE IBYO AVUGA SIBYO.NIBYI YUKURIRA MU MUTWE WE.BIGERA AHO AKAZANAMO N'UBWIYEMEZI,KO AZI BYOSE.
hhhhhh muge musoma
igitabo ca bibiriya ninde yagihawe?n'iye ntumwa y'IMANA yahawe igitabo c'itwa bible
@@karizalialia2982 ukubaza gutera ukumenya
baza niho uzomenya
ariko ugumye upinga nanakimwe uzomenya
@@arthurnuhu8570 Ngaho wowe ubizi baguhe igikombe.Ufite ibyuzi nabandi bakagira ibyo bazi.Gumana ibyo byawe rero.kuko ntawe urusha ibyeee.
@@karizalialia2982 oohhh ok
gusa no kwiga birakenewe
kugira umenye vyinshi
ACA wewe aho Adam and Eve bahuriye n'Imana wahabwiwe niki? Ryari c
Imana yabitangaje muri Quran mu rurimi rw'icyarabu
@@damiennkaka1209 nukubeshya vraiment
@@devonwilliams1284 wumvise uko bariye itunda? histoires zisekeje pe, twazemeraga tukiri abana