MURIRIRE IGIHUGU😭IMVURA Y'AMAHINDU IRAGUYE KANDI IMIVU IZATEMBANA BYOSE😭ICYOREZO KIBI CYANE KIRAJE💔
Вставка
- Опубліковано 16 вер 2024
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com
Uwiteka adutabare Kandi erega mureke twikomeze ku rutare arirwa Yesu kristo kuko igihe cyarasohoye ngo abasenga Data bamusenge mu kuri no mu mwuka wera.
njyewe nakundaga kuvuga ishapule cyane, nkavuga rosali rwose nkayirangiza, noneho buruko mvuye kuri chapelle mpamaze nkamasaha atatu ndikuvuga rosali, ijwi rikaza mumutima rikambaza ngo, ese waruri gusenga Imana cyangwa waruri gusenga bikiramariya? uko nakomeje kwumva iryo jwi nakomeje kugira ubwoba kandi ngenda mbaza Imana uko nkwiriye gusenga, nuko nakijijwe kandi nsobanukirwa ubuyobe buri muri bikiramariya nubundi buyobe bwinshi twigishijwe namadini
wowe uziko wiyambaza bikiramariya, uzegere Imana uyibaze izagusobanurira kuko mbona iyo tubabwira mutatwumva, byibuza Imana nibabwira muzumva ko muri guta umwanya ngo muriyambaza bikiramariya kandi Yesu niwe nzira yonyine izatugeza mwijuru
Uzi noveni nakoze ? Iza Rita ,iza calculukuta 😅😅
SHA JYA UBIVUGA, YENDA HARI UMWE WABYUMVA AKAROKOKA. NTUCECEKE PE☀️☀️
Yesuwe uduhe umwuka wawe Abe ariwo utuyobara mumitsi yimeruka knd mana uduhe gukinzwa knd uduhe imbaragazogukomera mumitsi yimeruka umwukawawe asange ugukorera byukuri?🙏🧎
Uwite Imana ishobora byose aturengere kdi aduhe ubwenge n'unuhanga kuko turagoswe cyane.
Muraho dukunda kumva ubutumwa buca kuri Beula ariko ntabwo watwibwiye naho waturutse .Murakoze Imana ibahe umugisha .
IMANA yo mw'ijuru Ikongerere imbaraga z'umwuka wera
Igushyigikire mu murimo wayo
Kandi Iguhe umugisha🎉🎉
Ufite amatwi yumve ibyo umwuka abwira amatorero.
Imana iguhumugishà..vuga wigendere...muntu w'Imana
Urakoz
Buri wese abivuga uko abyumva.Gusa tuyoborwe n,umwuka w,Imana aduhe gushishoza.
Abwirwa benshi akumva beneyo urakoze kubwizo mpuguro.
UMWAMI YESU CHRISTO ADUHE ANDI MASO ABONA, KANDI IMANA IDUHE PE UBWENGE BWO KUMENYA NO KUROBANURA IMYUKA.
Imisinga yose sekibi ari afite ku ISI ndayirimbuye mu izina rya Kristu Mwami
Aliko mwagiye musoma isezerano rishya mukumva icyo Yezu yababwiye mive mi buyobe
Ibyo byose mubona si Maman wa Yezu alors ne continue pas à l'imaginer autrement
Ndumiwe Koko lmana iturengere satani yashinze imizi
Nyamara iyi mvura nanjye narayirose birancanga pe😢
Imvura weeeeeee,imivu yaratembaga cyane😢nanjye narayirose.Imana iturengere
Murakoze cyane Imana ibahe umugisha haribyo soba numiwe ntarinzi
Imana iguhumugisha mukozi w'lmana 🙏
Pamphile uwo mugabo nimuzima pe ndumva avuga nkuwi Rubavu.
Mana uduhe gushishoza maze tumenye ikiza udushakaho burimunsi.
Imana ibahe umugisha pamphile iwuguhane numukozi w'imana
Inaha menya habera amabi menshi pe Mana uturengere nukuri 😢😢😢
ubundise irari ntirihari ubungubu
Mukomeze muvuge tuvuge wenda abantu bazamenya rwose gutandukana bikiramariya na Mariya nyina wa Yesu ,kandi ko uretse kumwita umuhire kuko yaciyemk umucunguzi wacu nta butware bwo kumwambaza no kumucago dusenga ,Yesu kristo yadusabye
Mwadufasha gusobanukirwa hamwe yezu yabwiraha YOHANI ati dore Nyoko nawe akamubwira ati dore umwana. Murakoze
Yabwiye YOHANA ngo dore nyoko ,ntabwo yabwiye abari bamukikije Bose ngo Bana dore Nyoko ,arongera abwira Mariya ngo Mubyeyi dore umwana wawe ,urumva ntiyabwiye Mariya ngo dore abana bawe! Mwebwe mwishyiramo gute? Icyo yavugaga kwari ukumara agahinda Mariya nyina wa Yesu kuko avuze umwana we Yesu Kristo wari ubambwe ambwira ko hari unusimbura we ,ikindi yahaga Yohana mission yo kwita kuri Nyina kuko yabonaga asigaranye agahinda cyane ko hari harahanuwe ko inkota izamucumita mu mutima,Kandi YOHANA yari umuvandimwe we ,rero rwose nta kintu na kimwe Mariya yabamarira, ikindi bikiramariya we muvuga ko ari isugi,isugi se irabyara ko na Yesu kristo yavuze ngo Mubyeyi atari Mukobwa@@zeno_derrick8709
Uwa mbere
Muraho beula ndayikunda ariko witondere abobahanuzi.
Komera Muko ziwimana
Uracyari nuturel kbs umwuka akwagure
Ibi nibyo pe,kandi ni ku isi hose
😊
;
Nonese pamfile, ko kuri buri 15ukwa munani imvura igwa !?
Satani nawe yabikora kugira ngo abatarahumuka bagire ngo ni Imana ibikora !
Vuga uko ubyumva wigendere
nukuri niba uziko uri gushaka Imana utaryarya, iri jambo niryukuri pe ntimukaryirengagize KUVA 20: 1-6
Mana tabara
Ni clementine
Watwibutsa igitabo kibonekamo ibyo bijyanye numugabekazi
Yeremiya 44.17-33, ushatse wasoma igice cyose cya 44
Vugawi gendere benci batangira nmwa
😂😂😂😂
Nonese pamfile, ko kuri buri 15 imvura igwa z ukwa munani!?
Njye narabyigenzuriye
Ntago igwa buri gihe
Nejobundi ntayaguy@@celineirakiza7566