Komera nshuti ya Yesu,wirira, menya ko uri umuntu ukomeye kd muri wowe harimo ubukungu niyo mpamvu satani yakurwanyije, cyane!Uwiteka ari mu ruhande rwawe nukuri ndakurahiye!humura,komera.
Ntimukabeshye ariko kuba umuntu afite HIV bihuriyehe no kugira ubugome namahane mukwiye kumenya ko umuntu ufite HIV arumuntu nkabandi kand ashoboye nkabandi ibindi ni ibihuha
Cyaze Mana yanjye isi irikoreye wa mugabo ndakuzi uri mayibobo yinjiye umudamu imurya utwe twose namazu yee yose none ubu abayeho kuri Mana mfasha none uri kwirizwa sha Imana izabatamaza
Pore Pore IMANA iguhindurire Amateka ,hari Abagabo kuri iki gihe babaye Hakaba n abagore nabo babaye mu ngo, kuko kuri iki gihe ntibyoroshye ,nyuma yaha uzushima
Harindintwari Alain 0788 866 445
@@rwemembabazi nimumwihere ubufasha ariko njye ibyabo ndabizi .
Uzibikix mwabanyamashyarimwe ubundi batabumuhaye byakumaririki cyangwa kuba akora akaziko murugo bikumariyiki
@@kwizetheosntwali1482 tubwire none kubizi ahushatse kuvuga kwarikubesha rero cankushaka bamwime ubwobufasha ??
@@KwizeraEsperance-wz1gz Tumufaahe kuko akennye, ariko ntitumufashe kubera ubuhamya bwe.
@@KamugishaFred-jp1ig Reka gukabya amarangamutima, Akazi ko murugo tugakora turi benshi kandi tigakuramo inyungu , keretse niba adahembwa
Komera nshuti ya Yesu,wirira, menya ko uri umuntu ukomeye kd muri wowe harimo ubukungu niyo mpamvu satani yakurwanyije, cyane!Uwiteka ari mu ruhande rwawe nukuri ndakurahiye!humura,komera.
Papa impore ,humura wariwe nuwowishakiye umukunze ukeneye kubaka ariko usanga uwomugore arikirura musa,musa,mega ikigore cyigishegabo we ,urumva ukuntu kirigutombokera mbazi koko atanamuzi,noneho mutekereze arimunzu ,wamugabo wakize urupfu kabisa,papa rekana niyo nzererezi uzishakira undi mugore mwiza.
Ndababaye impore disi ayamarira akurijije Imana izayamabaze,kuba utaramutaye ari positifu
Ariko mana uyu mugabo nzineza ko ugira neza kdi nange ndumuhamya wo kubihamya kuko nabonye ukuboko kwawe, ndakwinginze muhindurire amateka mbisabye nizeye izina rya Yezu kristo umwami wacu amen
Amen ,😢
Wamugabo wee urabeshya.wabukozute kuburyo wamara 3jr utaramurongora.ese nigute watangiragushwana numugore kdi mutarabana ugakomeza kumwihambiraho,
Nihatari kbc
Ubwo c ibyo nubwambere ubyumvise
Ntimugakunire kubandi
Ngaho vuga ibiribyo wowe utabeshya twumve@@nsengiyumvajeanpierre3337
Bibaho kd ribara uwariraye@@nsengiyumvajeanpierre3337
Abantu muvuga ngo yihangane Imana izamufasha, ibyo byonyine ntibihagije, Nyabuna ni mumuremere basi ubuzima buzahuke
yooooo nukuri twitange tumufashe nukuri igiceri 100,500,1000frw kuzamura nukuri tugire umutima turebe ko yagarura ibyiringiro ,murakoze🙏❤️
kuko azi kurira??? ubona uyu yaba n´umuboyi? umuzamu se? cg umurizi nabanze amenye kuba umugabo cg ariho akina comedi kugirango aba youtuber babeho...nabyo bibaho....ubuzima bwubu harinda kuboneka uwurira kugirango views ziboneke uzabaze Sabin ch urebe isimbi
Eee ko warakaye garura ubumuntu nyabu@@sabiagenius509
Sha reka nkubwire pe! Ujye uhora ushima Imana yakurinze kwandura! sibyo?
Ihangane muvandimwe
Ntugire ikibazo kwa Mbabazi hari IMANA 🙏
Beautiful song❤
Thanks to the writer of this song and God bless Rweme Mbabazi. With respect, from. Brussels ❤❤🎉🎉
Mumenye amakuruye namwe mwamwikubitira twaratunye kicukiro mungoma ndamuzi cyane uwo ntashobotse pe ko umugore yavuzengo muzamusure nawe abahe ubuhamya mwaramuye
Wamugabo we nyuma yokumva ijwi ry'uwari umugore wawe ndumva Atari umugore washatse ahubwo wahuye nasatani
Rwose muze dufashe uyumugabo kuko haliho ihohoterwa rikorerwa abagabo
Barakubitwa nuko bicecekera hasigaye hariho ingare n'abagore ntibizoroha
Bage barambagiza abo bahuje cg abariuri muri category yabo ibwo wasanga warazanye ikizungerezi uzigo uratwitse none baragutwitse singukomeretsa ariko Marry your types mundimizamahanga mukinyarwanda ubwo nukurongora uwo muhuje nsuti isura Cg igihagararo biratubeshya cyane
@@NatashaPendo-b4o uburiye umubyizi mu kwe ntako aba atagize wa mfura we
Wamugabowe isunge Kristo Yesu wenyine ,ibyo byawe kuringe ibyawe biroroshye cyaneeeeee, kandi ntibyanshogoje , urugo rwange rwari rumaze imyaka cumi nitanu , ibyange ntibivugwa naratuje nkomeza urugendo rujya mwijuru
Kuki wumva ibyawe aribyo bikomeye Buri mutwaro wese uvuna umutima
Pole sana, Imana yakurinze byinshi. Gusa nyuma yimibabaro hari umunezero. Uyu mugore ninshinzi, ariko ibyavuga nibyo. Niba urukiko rwarabatanyije. Ntampamvu yogusubira inyuma mu mateka yibyashize.
Nibyo koko,sibyari ngobwa guhamagara uriya mugore. Reka aze amwiteze ,umugore aze kwaka indezo kubufasha abantu baramuha😢.
Ndize ntarinumva iyinkuru,pole sana muvandi imana izaguhozamarira komera ntakindi nakubwira ❤
Nanje sindavyumva muga numva ndize
Ariko abagabo muriyiminsi barageraniwe pe lmana ibatabare ,abagore babaye satani ,sinzi icyo bishingikirije ho
@user-bh7pz8in5q 😂😂😂😂😂,ahubwo ndumiwe rwose urumva ukuntu mbabazi amutelefonnye hafi kumwica ,cyakoze harabagore basaze pe
Eeeee uziko ntarinziko namwe muruha yooo komera disi
Yoooooooooo ihangane p nakundi gusa harabagore bababataramenya agaciro kumugabo ikindi harumuntu ushaka ataramenyikimujyanye mumunyihere uwomugabomwitwaeire ❤
Uyu mugore ntiyagiye aru mugore ushaka urugo numukozi wa satani ahubwo muzashake uko mumumenyekanisha atazagira undi Mugabo azaroheka.
😢😢Mana nukuri uyumuntu uze umushumbushe Mana komera yesu arikungoma
Gusanga umuntu arwaye woe uri muzima ukihangana waramukundaga pe Imana izaguhembe nukuri
Wasanga arikubeshya ntawivuga nabi chr
Bavuga ko afite HIV ntibavuga ko adwaye sida
@@ExcitedCamel-zx7wzeither way sha. Byose ntibikuraho ko ari Sida
Ahubwo lmana izahanire uwo mugore icyo, yarahemutse peeeee😢.
Muvandi, komera cyane Imana Iracya fite Ibyiza kuriwowe. Wirira komera Abantu turahari kd tuzagutera inkunga uko dushoboye.
Mbega umugore mubi wee Imana nibona nzashaka nkuwo mugore izandeke nikomereze nibere single kuko wanugabo wahuye nishitani ariko humura Yesu yomora inguma
Yewe urimugenzi wange nukuri
Oohh ntago ari indaramabuno ahubwo agendera kundangagaciro zabakungufu,pole sana Imana irakuzi kdi cyane,uzagera kure hashoboka
Ibaze umuntu wacuruza kenkayeri yariyubakiye inzu akaba asigaye akora akazi KO murugo
Birababaje cyane 😢😢😢
Canee birababajeee yoooo 😢😢😢😢😢😢😢😢
Caneeeee birababaje yooo 😢😢😢😢😢😢😢
Abagabo benshi rwose basigaye bahohoterwa pe.
Bagore mwikubite agashyi mugamburukire abagabo banyu nyabuneka
Pole. Mugabo. Warihangannye. Imana. Yarabibonye😊
Nukuri pe dukwiye kwigaya kuko turakabije
Ntarumva iyi nukuri Gere ndagusuhuje ndagukunda cyane Imana ijye iguha umugisha utuma abatu baruhuka.
😭😭😭Yewe harigihe wumva inkuru Yumuntu ugatekereza uti ese arinjye bibayeho nakora iki ukabura igisubizo😭😭Komera Shikama Izere lmana izaguhoza amarira yose warize igihe cyumuntu iyo kigeze nuwarinshuti yawe araguta😭😭
Ngewe nditanze kbx ndamuremeye uyumugabo narindiumukiriya we ariko sinarinziko byamubayeho
@@KwitondaGad-op2ce IMANA iguhe umugisha
Amaso yawe yasaga natabona ariko umugore yakweretse uwariwe mutarabana ihangane kandi umuganga mwiza nibihe nubwo namadini ya gukomerekeje ihangane yesu aromora kandi ugire kwizera komera
Yoooo uyu mugabo agira urukundo rwinshi pe.ninayo mpamvu umugore yamukubitaga nawe ntamukubite!! Kubona ukuntu bamwe bashaka abagabo nkaba bakababura ariko abandi bakirirwa babakubita amanywa n ijoro!!! Reba agahinda afite uko kangana😢😢
Urakoze sandirine
Mbahungiyeho nkabanyaRwanda
Sha buriya ntitukabone abagore aritwe dukunda kuvuga agahinda kabo,ariko imitima y,abagabo bamwe yaraboze rwose 😢😢😢😢
@@harindintwarialain4061Sha ihangane ibyobintu birababajep ariko Imana itange ihumurep
@@harindintwarialain4061Humura ubwo wageze aha ntacyo ukibaye
Imana yo yihorere
Abafite ubushobozi rwose mumufashe naho amadini yo aragasamwa
❤❤Gerald iyo bigeze ku kabariro atega amatwi cyane, akabaza abyitayeho
😂😂😂😂😂 buriya haribyo ahita yibuks
Hhhh
😂😂😂😂😂 mana yanje urasekeje nawe peeeee😅😅😅 nanje ndavyumva cane
Hhhhh
😂😂😂😂😂
That's why,stay single is the best option
Sha burya nubona ahumugabo agera avuga akarira biba bikaze kbsa pe !pole sana mugabo komera kbsa
Nabo bajye bararira bumve uko bimera
Yooo pore pore gusa ndababaye cyane inkuruye inteye irababaje twese dufite ibikomere byubuzima ariko sinarinziko nabagabo baruha ihangane mwijuru hari imana itabara
Yoooo Humura musaza wange 😭😭😭😭😭😭😭Humura nabo Imana izabakwishyurira bose
Wahuye n’umugore winyatsi ipuuu ndamuvumye
😂😂😂😂
Humura nshuti Imana iracyakora nanjye Imana yarantabaye ntamwana wumuntu wagutabara Imana yakuremye itagutabaye shira amavi usenge pe❤
Yemwe isi yabaye mbi pe abagore bararira abagabo nabo bakarira mwanantu mwe mukora amakosa muyakorera abo mwakundanye nukuri ibihano birahari pe Imana irabareba reka nkubwirengo pole nukuri ndumva mbabaye .
Burya harabazohanwa babikwiye nukuri kuko harabahemuka babiteguye
Komera muvandi,Yesu arakuzi azakugirira neza
Komera humura iyo igiti gitemwe kirongera kigashibuka❤ Imana irahari
Nukuri this story is true. Uyumugabo ararengana. Mumigenzo yacu nkabanyafirika biba bigoye kubona umugabo akorora amosozi. Wunvirije nukuntu uwari umugorewe yishura, ahhhha biragoye pe. Muriyisi abagabo benshi baragowe ariko ntibagira kivugira. Mana yomwijuru tabara uyumupapa. Nziko ntakikunanira. Humura ncuti yesu arakubona.
Yew iyinkuru irababaje kunigwa numugore urumugabo yewe wavyitwayemwo neza cane kk iyushaka wari kumukubita ariko wanse kwimaramaza arko humura uzaronka uwundi mugore ukeneye kubaka kndi nkwipfurije kugira amahigwe
Naze twisungane ndumva duhuje akababaro
Mbega inshinzi y'umugore Mana yanjye byonyine nukuntu avuga turi kumva ukuntu umugabo yagowe peuh
Uyu mugabo tuziranye kera akiri umusore witondaga cyane akunda no gusenga ariko hari hashize imyaka myinshi ntazi amakuru ye none ndebera disi. Imana irahari humura izagukomeza!
Ibi bibaho rwose muramu wanjye yashatse umugore wanduye atwite ariko umugore niwe wagiraga amahane cyane yaramusahuye amusiga mumadene
Erega kujya murusengero arimo ibintu bibiri,kujyanayo umubiri no kujyanayo umutima benshi bajyanayo imibiri. Komera cyane muvandimwe.
Urusengero c rwakumarira ki ko ruba rushaka kugusoroma
Ihangane musore w Imana nkuko umugabo azengereza umugore hari n abagore bazengereza abagabo pe komera ntawaguseka ujye urira nubishibora biruhura umutima pastor edison ni umubyeyi mwiza nanjye yumvise ibibazo byanjye ntiyantera amabuye gusa kuvuga ni byiza
Yeweeee!
Wa mugabo we ihangane rwose pe... Uwo mugore wawe ameze nk'uwo nzi witwa UWIRAGIYE ALINE IWABO NI I MAGERAGERE WE, yakoze ibintu bibi cyaneeee pe.
Umugore mubi aragatsindwa n'Imana. Ni babi cyane peeeeee.
Ihangane uyoboke Bibiliya Yera Yonyine wige ibya Yesu Kristo byonyine azakomora ibikomere!
Ni ibivejuru byambaye imibi y'abantu.
Mbazi ndagukundira kufise umutima uciye bugufi kandi ntugir amatiku imana izohore ikunva iyitabaje❤️❤️ from🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Imana irahambaye kuba utaranduye VIH jya ubishimira Imana uko bwije nuko bukeye.
Naho uwo mugore we mureke Imana izashyira imukubite ikinyafu agere aho yibuka ko yaguhemukiye kuko iyo umuntu agiriye inabi mugenzi we byanga bikunda iramugaruka.
ndabasuhuje bavandi ntinze kubona icyicyiganiro arimo arikoreka mbambwire abantu ntibajye baza kubatecyera imwitwe uyu aratinyuka akavuga nokontu yari yarazengereje umugorewe nda muzu pe ahubwo umugore we yari yarushye ariko Reba kuntu arikwiriza awababwira ibye mwakumirwa
Ubwo kuba warasengeraga muri iryo Torero, nibyo byatumye udafata umwanzuro mu gihe gikwiriye!!? Pole sana! Imana izaguhoza, iguha umugore ukeneye kubaka!
Sha iyi si ni danger pe Umukobwa ushaka kubaka ahura ni gweja cyu muhungu,Umugabo nawe ushaka kubaka agahura ni gwejakazi 😂 this life is not easy 😅
@@girukwishakaevelyne4470this life is no balance
Twebwe byaraturenze pe
@@girukwishakaevelyne4470Sinkibyo byose se sha????
😂😂😂
Uyu mugore nishyano rya gashyantare pe! Urumva ukuntu avugira kuri fone🙆 pole mugabo humura ubuzima buzaba bwiza kuva wageze kwa Mbabazi intumwa y,Imana yatwihereye🙏🙏
Shenge komera cyane
Ariko iyo imfatiro zishenywe
Igisigaye nugusenga Imana
Ese ibi bigore byajya bifungwa nabyo😢
😂😂😂😂😂😂😂
Ni ukuri bajye babyambika amapingu nabyo
Ark ibaze umugore yankubise koko!!!!😂 akabi gasekwa Nkakeza peeeee
Pole pole, humura Imana izagufasha. Ubu birakomeye ariko imbere ni heza
ahubwo mujye mubanza mumemye amakuru yumuntu babanye bitewe nurikubivuga abantu ntibakaze gusaba bitwaje abo babanye babagerekaho amakosa
Kwihambira kumuntu cyane sibyiza pe! Iyo ufata umwanzuro vuba ntuba ubabaye gucyo
Komera mugabo mwiza humura kdi ntuzahora urira Imana izakurengera🙏
Gusa nizere ko uwo mugore mwatandukanye byemewe namatego,kuko imishinga yose wakora nubundi mwazayigabana,gusa humura Imana igiye guca inzira muburyo utatekerezaga
Ariko abagore cy abagabo babera umusozi kuri bajyenzi babo ndababwiza ukuri Yuko ibyo bakora nabo bazabibakora haba none cy iminsi iza ijambo ry'MANA ntago rijya ribeshye ntibibaho mbonye abagabo ndetse nabagore bahemukira abandi ukangiza ubuzima bwe ndakubwiza ukuri Yuko IMANA ibireba humura humura 🙏🙏🙏
Yooooo pore umubwire yihangane turamukunda ❤❤❤❤ imana izagushumbusha
Ihangane Imana Nibyose kndi ni inshuti itajya ihemuka🎉🎉❤❤🙏🙏💪💪
Mbaye uwa98 ndazindutse rwose ❤❤❤❤❤❤❤
Yooooo ndababaye pe Imana ishobora byose humura igiye kugutabara
Keshi abantu bafite ico kibazo c'ubwandu bagira amahane n'ubugome bw'indengakamere😢😢😢😢.
Exactly
Oya ntimugakabye kugira HIV bihuriye he no kugira amahane?? Ahubwo se ninde wababwiye ko HIV itera abortion????
Ntimukabeshye ariko kuba umuntu afite HIV bihuriyehe no kugira ubugome namahane mukwiye kumenya ko umuntu ufite HIV arumuntu nkabandi kand ashoboye nkabandi ibindi ni ibihuha
Ubuse abantu bose bagira imishiha babayifite iyo myumvire yawe niyacyera arumuntu urwaye cancel uziko ejo azapfa nufata imiti neza uzabaho igihe Imana yamuteganyirije uwagira umushiha ninde😮😮
Njye uyumudamu muzi cyane cyane rwose iryojwi rye nikoyivugira agira akajwi kare kare gusa abagabo nkuyu mugerageze kureka gusebanya nkuku
Uyumugabo arambabaje cyane 😢. Avuze ukuntu yisanze atarumusore kandi ntabe umugabo. Bitumye numva narira kuko nanjye nisanze ntarumukobwa kandi ntarumugore nyuma yumugabo wantesheje agaciro 😢. Mana ndagusaba uzashumbushe uhoze nabandi kanjye.
Impore Mama!
Impore mukobwa WA Yesu
Ese ko ingaragu 😢duca tugira ubwoba
Raba rero muhure muyage namba nawe satani yarakuvangiye urumva ko musangije amateka
😂😂😂😂 nimwihuze rero!!!
Iyinkuru irambabaje kuburyo ibinu byogushakwa bihise bimvamope nzagumya nibereho ukwanjye mbegumugorewe ndumiwepe gusa wamugabowe komera imana irikumwe nawe
Yoooo niyihangane Imana imworohereze gusa nubwo bayamuha umugore azongera ayamwake kuko urabona ko ayo yagiye abona yose umugore yarazaga akayamwaka ubwo rero agomba kugira ubwenge kuko natabugira kuko azahora arira
Kandi baradivorshije
Umva ntimugace intege abandi kuko ntiyakongera kuyamwaka
Azayamwaka rwose kuko ndumva amutinya cyane
Uyu mugore wawe ububyibitseho nka miliyoni 5😮😮😮.
Uvuze ukuri. Uko nabyumvise, uyu mugabo n'umutesi, niyongera kwiyubaka, ndabona uyu mugore (cyangwa se undi mu gore) azaza amurye, utwe. Nakanguke ave mubitotsi.
umugore wawe yari afite abazimu bamukoreramo
Ch nukuri p 😂😂😂😂😂 umva nukuntu avuga
@@NdatumubyeyiEvelyne-ip6yoInshinzi yujuje ibikenewe byose
Umugore yarihebye kubera uburwayi afite niyo mpamvu yigize umusazi abuza abantu amahoro.
@@twahirwabeatrice890nanjye ntyo yanze kwiyakira umujinya akajya awutura uyu
@@ishimwesandrine3427uwo Mugore ntiyisonera nagato.
Yooooo😢😢uyumugabo yarakubititse pe! Gusa agihema ntiyihebure imana ntaho itokur'umuntu
Gerard Imana yo mwijuru izajye ikwagura muribyose nkunda ko wacyira abantu utarobanuye kubutoni Imana izaguhe ijuru.
Mana yanjye 😭😭😭 tabara ubwoko bwawe nukuri 🙏 tabara ingo zacu Data🙏tabara ubwoko bwawe 🙏🙏🙏 iyerekane mwami wanjye Imiti y'abantu bawe yuzuye ibikomere ,tabara papa🙏😭😭😭umva isengesho ryanjye abakunzi binkuru yanjye mumfashe dusenge 🙏🙏Imana ibahe umugisha
Ihangane mwene Data Imana irakuzi kandi cyane ubuhamya ufite ninkubwange arikonge ndi umuma nange navuye murugo meze nabi mfite abana bane njya mukazi komurugo nagakoze imyaka itanu ntabana nabana bange agahinda ufite ndakazi nange umumabuja nakoreraga namusabye kumfasha nkabana nabana bange arambwirango ntibyashoboka ko mbana nabana bange 😢 ubu mbana nabana bange maze umwaka nigice gusa ihangane
Yooo ihangane mugabo mwiza niba uzi yesu azaguhoza amarira ariko utamwizeye bizakugora niwe womora wenyine bene ibyo bikomere igikomere cyurushako kirababaza kwisi ylmana kimera nkumuriro wotsa
urukundo nimpumyi ntawumenya uwo muzabana mumenyana mubanye komera cyane Imana igufiteho umugambi mwiza uba uca mu ikosi ryigisirikare cy'Imana nta butesi nta bunebwe iyo uri mu mugambi w'Imana humura uzabicamo ubabare ariko uzaba ukomeye ahubwo umwana nukuzamupimisha DNA ukemeza neza ko aruwawe.Noneho utangire ubundi buzima
@Gelard, uzajye kuganiriza uwo mugore nawe twumve iyo version ya madam iduteye amatsiko nibwo iyi nkuru izuzura neza😇
Wumvise uburyo avuga nk' inkuba 😂😂😂 wamufatisha ute ?? Ndumiwe
Ndumva atari ngombwa Ku balança inkuru abumva twumvise ni igishegabo kibi
Azibeshye bamutwikire munzu🤔
Yavuzeko avugana nurukiko gusa
Ariko mwareka koshya Mbabazi wajye koko uyu mugore azizane
Mana uwiteka koko watabaye uyu mugabo ukamuhoza amarira ,gusa humura uraza gukomera birenze uko ubitekereza,ariko byububuhamya bwawe ubu hari abo bukomeje cyane kdi buhereje imbaraga.
Mbega agahinda iyinkuru irababaje n'ukuri gusa Imana iragutabara kd muminsi yavuba kuko ikigeragezo waragitsinze
Komera muvandimwe mw'ijuru Hari Imana itabara kandi uyikomezeho izaguhindurira amateka
Rwema,ujyureka abantu bunve ikiganiro guhora ukata amagambo byica amarangamutima yushaka kunva ikiganiro
ndakumva cyane mfite story imeze nkiyo byambayeho imana irambwirango igihe ugitakira umwana wumuntu ntuzigera ubona ubutabazi bwanjye'ibi byose urimo byongereho gusenga utitaye kubanyamadini uzabona ineza yimana ishobora byose
Imana nikurengere nukuri
Washatse umudayimoni brother, Ihangane God will make away for you!
Nanone ushobora kuba warariye indaramabuno😢😢😢😢 kko ubwo subwitonzi gusa cy kuba inganzwa harimo ikindi kintu
Wabimenye; nta bwitonzi, nta burokore byatuma umugore wishakiye umukunze agutobatoba this way. Kuniga; eh eh eh!!!; uzi ko byarangira umutima usandaye neza beza!
Hhhhhhh😂😂😂😂😢😢😢😢
😂😂😂😂😂😂😂, utumye nseka narimo kurira ngo indaramabuno 😢😢😢😢
😂😂😂😂😂😂😂, utumye nseka narimo kurira ngo indaramabuno 😢😢😢😢
@@mariembasabire nese sibyo🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Abantu bihaye umugore nihehe yavuze nabi koko nukwa avuga hejuru gusaa pe ntavuze nabi
Sha najye mbanumiwe uyu mugore avuze kuko niwe warufite amakekayori ngo abamuzi Niko barikwandika
Ndakwinginze Rweme uzashake uyu mugore muvugqne pe wumve uruhande rwe
Wumvise uko avuga kuri fone? Uriya wamutumira kagukubite
Sukorata
Ndamuzi cyane kuko izozose yaziguze ndeba n'abobavandimwe be bose ndabazi gusa Imana ikubabarire kubwo kumusebya
Uyu mugabo yaratevye gufata umwanzuro .Ni vyiza gufata umwanzuro kare kuko ingaruka ni bibi sana
Ndakwibuka disi kera ukora akazi ko mu rugo i Nyamirambo. Waritondaga ugira n'urukundo !
Imana ikugarukeho !
Indaya irahapeeee!!
Ibaze koko umugore wigiraga gutyo kandi azi yuko anafite ubwandu shaaaa kandi yari yarabihishe umugabo we. IMANA itabare iyi si
Sha wahuye na mayibobo si umugore aragatsindwa n'imana.
Humura Imana irahari kndi iragukunda izakubera igisubizo cyibibazo byose wahuye nabyo
Wa mugore we urumusazi
Wahuye na shatani weee ihangane
Gerard Imana iguhe umugisha Uri umuntu mwiza pe
ntago yagukundaga yaje ashaka amafaranga yawe!!!!! 🥲
Umugore ntiyakundaga umugabo byo gusa birababaje
@@M.A-es6vsoya shop yari iy'umugore we yaje ayisanga.
Humura Imana izakugirira neza buriya ubuhamya bwawe buzafasha abandi hari ababa bihebye cyane kd bari mu bibazo byoroshye ushingiye ku byawe bene abo bantu iyo bumvise ubu buhamya barakomera
Ihangane pe agahinda kariheshi
Cyaze Mana yanjye isi irikoreye wa mugabo ndakuzi uri mayibobo yinjiye umudamu imurya utwe twose namazu yee yose none ubu abayeho kuri Mana mfasha none uri kwirizwa sha Imana izabatamaza
ushobora kuba ari wowe mugore we!!!
ukaba uri kutujijisha LOL anyways
Yaramaze ibya bapfu biribwa nabapfumu.😂😂😂😂 Wasanga Ari woe watumye aba mayibobo.
Yaramaze wasangaurumugorewe
Ni wowe mugore we hoshi
Ikibi nuko yabyiba😂naho kuba mayibobo ntagitangaje kirimo
Imana igushyigikire ni ukuri ukwiye ubufasha, abantu bafite ikintu niyo cyaba gito, Imana izabaha umugisha, ni ukuri hari abantu Imana yagiriye neza.
Mbegawe nabagabo baragowe p
Pore Pore IMANA iguhindurire Amateka ,hari Abagabo kuri iki gihe babaye Hakaba n abagore nabo babaye mu ngo, kuko kuri iki gihe ntibyoroshye ,nyuma yaha uzushima
Nanjye amadini narayazinutswe pe!!!
Pole mugabo warababaye pe,gusa mungo abagabo barahohoterwa cyane
Ariko humura Imana izagushimisha,izaguhindurira ubuzima uwomugore winyatsi yakwiciye amarangamutima,nubuzima