Imitoma mitagatifu! 🥰Ubuzima bwa YOZEFU mutagatifu, igice cya 2.

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 19 жов 2024

КОМЕНТАРІ • 31

  • @vivineilisa6751
    @vivineilisa6751 Місяць тому +1

    Urakoze cyane chère Béata.
    Kumbwira Yozefu gutya.
    Mbega le vrai St St Joseph ❤

  • @uwimanamariesolange262
    @uwimanamariesolange262 2 місяці тому +3

    Beatha de Jesus, courage. Kubona uburyo bwo kugushimira biragoye. Introduction y'ikiganiro nayo ni ubutumwa rwose. Iri motivant ku mukristu. Nawe waba umutagatifu. Kandi ikanatwibutsa ko ari wo muhamagaro wacu. Wao. Itwibutsa amasezerano yacu ya batisimu, ndetse no kwongera kwibuka ko ibimenyetso bya batisimu dukwiye kubisigasira buri munsi. Tubiharanire twese tuzabe abatagatifu. Iyi Part 2, yuzuyemo ubukungu bwinshi twakwigira ku muryango Mutagatifu. Ni umuryango wateguwe neza rwose n'Imana, ariko kandi nawo wariteguye ubwabo mu biganiro byabo, kubwizanya ukuri, gutuza, gutegana amatwi. Bidufashe none gufasha abitegura umuhamagaro wo gushyingirwa. Nejejwe no gutega amatwi kwa Bikiramariya igihe cyose pe, no kujya kuvoma akagenda ateze amatwi? Yozefu ahubwo ni Romantique, Veridique, ahubwo azi no kuganira bidasanzwe, hahahahaa. Uziko akoreye film documentaire Bikiramariya ahera mu mateka ye akivuka? Berceau ya Bikiramariya burya yakozwe na Yozefu? Ohhhhhhh mbega byiza. Yozefu rwose akwiye kuba urugero rw'abakozi pe. Kwiyemeza gufasha iwabo wa Fiance we, kandi ataretse no gukomeza imirimo ye y'ububaji! Nkunze uburyo Bikiramariya na Yozefu baganiriye mu UKURI, URUKUNDO, GUTUZA, GUTEGANA AMATWI. Ibyifuzo byacu tugeza ku Mana nta kabuza iyo dukomeje kubizirikanaho duhabwa ibisubizo, Bikiramariya abonye igisubizo cyo Kwiha Imana kwe mu gutega amatwi Yozefu, kuko Yozefu nawe amuhishuriye ko nawe Umuhamagaro we ari ukwiha Imana. Amata aba abyaye amavuta niko tuvuga mu kinyarwanda. Ubundi babaho mu rukundo rutari urw'umubiri ahubwo urukundo rwa Roho, kandi ntirusakuza. Beatha uhabwe umugisha, turi kurushaho rwose kuryoherwa. Personnellement njye mba nkumva nk'aho ari wowe weretswe biriya byose pe. Ufite impano nziza, Nyagasani ayigukomereze, udusangize ibyiza binyuze umutima, kandi natwe tubyumva ntibirangirire aho biduhe isomo ryiza mu buzima. Hasingizwe Imana mu bamalayika no mu batagatifu bayo.

    • @beatamukarusanga9733
      @beatamukarusanga9733  2 місяці тому

      Muvandimwe Mzeie Solange de Jésus, nejejwe cyane n'umwanya ufashe ukadusangiza ibyo wazirikanye kuri kino kiganiro. Ubwabyo ni akandi ka vidéo k'amasomo yo kwitegura umuhamagaro wacu kuva tukiri bato. Wasanga hari byinshi byangirika mu muhamagaro wa buri wese muri twe kubera kwiyandurisha ibyaha tukiri bato!
      Umuryango Mutagatifu tuwuture ingo zacu maze utubere urugero twese: abana, ababyeyi, abitegura imihamagaro bose....
      Hasingizwe Imana mu bamalayika n'abatagatifu bayo!!

  • @beatamukarusanga9733
    @beatamukarusanga9733  2 місяці тому

    Urakoze cyane ! Mbonye warirebye rero nari maze kukoherereza in box

  • @uwimanamariesolange262
    @uwimanamariesolange262 2 місяці тому +1

    Urakoze cyane Beatha de Jesus, gukomeza kudusangiza ubuzima bwa Yozefu part 2. Birashimishije cyane pe. Dutegereje part 3 tunezerewe

  • @gigitv425
    @gigitv425 7 днів тому

    Merçi beaucoup

  • @nyirandorimanaregine1837
    @nyirandorimanaregine1837 9 днів тому

    Merci beaucoup,Courage

  • @gigitv425
    @gigitv425 7 днів тому

    Yoooh babwiranaga bombi amagambo yuje ukwemera Kandi yuje ituze

  • @beatamukarusanga9733
    @beatamukarusanga9733  2 місяці тому

    Iki kiraryoshye cyane! Umpere abandi uzi bakeneye kumenya iby'ukwemera kwacu

  • @vivineilisa6751
    @vivineilisa6751 2 місяці тому

    Merci Béata

  • @GanzaRoy-n5v
    @GanzaRoy-n5v 2 місяці тому

    ikiganiro ni kiza cyane.ndanezerewe cyane

  • @bugingojeanbaptiste2154
    @bugingojeanbaptiste2154 12 днів тому

    Mbega byiza. murakoze
    Beatha Imana iguhe umugisha ku bwiyo Ngabire ufite nawe uzabe Umutagatifu nicyo Umukristu yakwifuriza undi.Mbega imitoma myiza ya Yozefu yateye Mariya yahumurije Bikira Mariya mukifuzo cye cyo yarafite cyokwiyegurira IMANA.Yozefu koko niwe wari Ukwiye Mariya nuko IMANA yuzuza ugushaka kwayo muribo tubona Messiah.aratuvukira abyarwa na Bikira Mariya ku bwa Roho Mutagatifu.Yozefu amwita izina rya Yezu aramurera arakura aratwitangira Ingoma izahoraho iteka kuko ari mwene Nyirijuru.

    • @beatamukarusanga9733
      @beatamukarusanga9733  12 днів тому

      @@bugingojeanbaptiste2154 Amen!
      Bugingo, urakoze kuzirikana kuri aya mayobera yo kwigira umuntu kwa Jambo!
      Amen ku cyifuzo unturiye. Nawe uzabe umutagatifu!

  • @RutagaramaAloys-k7u
    @RutagaramaAloys-k7u Місяць тому

    Merci Beatha ndishimye cyane
    Joseph ni Rudahinyuka w imana
    Bikiramariya we ni umutoni w imana
    Amen alleluia alleluia

  • @josephanyirakanyamanza4148
    @josephanyirakanyamanza4148 2 місяці тому

    Urakoze ku kiganito cyiza, turifuzako wazatubwira n'icyambere

  • @IRADUKUNDAFlorence-zy9fd
    @IRADUKUNDAFlorence-zy9fd Місяць тому

    Keep it up,u're my favourite

  • @mbahafi
    @mbahafi 15 днів тому

    Wow.. Nibyiza nukuri.. Nifuzaga kumenya ubuzima bw'uyumuryango...kuko nizerako arurugero rwiza rwo kwigiraho. Wahisemo neza Ndagushmiye gukora ibi biganiro .Hari benshi nage ndimo baba batazi ayamauru.
    Nibaza
    1. Ese BM YAVUTSE ARUMWE?
    2 .MAMA WE YOZEFU AVUGAKO ATAGIHARI ,YARI YARAGIYEHE?
    3. PAPA WA BM. WE YAZIZE IKI
    4.UBWOSE BM YAGIYE KUBA MUNGORO AFITE IMYAKA INGAHE?
    MURAKOZE

  • @ServerienNdahayo
    @ServerienNdahayo 14 днів тому

    Immana isingizwe

  • @josephanyirakanyamanza4148
    @josephanyirakanyamanza4148 Місяць тому

    Tubwire Cano yawe kugirango tujye tukubona vuba kuri UA-cam. I kiganiro ni cyiza

  • @BLF-mg5wr
    @BLF-mg5wr Місяць тому

    Nonese Beata ubwo kwa kundi bajya bavuga ngo Yozefu akimara kumenya ko Maria atwite yigiriye inama yo kumusenda ni byo kandi yari aziko atwite umukiza ubwo ni byo?Nkunda ibiganiro byawe.

    • @beatamukarusanga9733
      @beatamukarusanga9733  16 днів тому +1

      Kuberako bari barasezeranye kubana mu busugi, yayobewe ibyamubayeho. Ikigaragaza ko umutima we wari ukimuriho kandi yiteguye gukora Ugushaka kw'Imana, ni uko Malayika akimara kumusobanurira yahise ategura ubukwe. Hari harabanje ibirori bya fiançcailles ariko batarabana.

  • @IRADUKUNDAFlorence-zy9fd
    @IRADUKUNDAFlorence-zy9fd Місяць тому

    Keep it up,u're my favourite