Uko Nishyingiye ku mugabo wabandi bimbera bibi😭Njya KURAGUZA nshaka amahoro😢Isomo ryokutumvira IMANA
Вставка
- Опубліковано 4 жов 2024
- Ikaze kuri SINAI TV. Ni urubuga rwa Gikristu rugufasha gukura mu buryo bw'Umwuka n'umubiri binyuze mu biganiro dukora bishingiye ku ijambo ry'Imana gusa.
A warm welcome to SINAI TV, one of the most trusted online Christian Television.
This TV brings you the good news of Jesus-Christ with people sharing their educational, informative, encouraging, and inspiring messages through the Word of God, life testimonies, and social life analyses about different topics.
All rights reserved.
Unauthorized use, modification or editing of the video without our permission is a violation of applicable laws. - Розваги
Abagore bemera gushakwa n'abagabo bubatse ingo zabo mujye mumenya ko imitima y'abo bagore musenyeye muba muzayibazwa imbere y'Imana😭
Uramutse umemye amarira uba uteje umugore usanze mu rwe n'abana be mana nyagasani
Nukuri kwuzuye uwobishaka yomureka pe jew mpisemwo kumureka haheze 7ans ariko uwomugore wambere ubu niwencuti yanjepe❤
Ntibana rambana kukwabayibye umugabo wabandi njyenjyabwira Imana ndamutse pfakaye nazarinda pfa nderabana buwambere kuko nubundi shatse undi byabarumubabaro shatse ntamuntu urugo rwahiriye rwa2 twige gusenga Imana itwubakiringo iduhe kwihangana muribyose
Abashenye ingo zabandi baxabona ishyano kd bizabagaruka kumutwe
@@niyomucyonadine387 ariko kuki abagore aribo batungwa agatoki, uwo mugabo usohotse iwe akajya gushurashura hanze kuki ntawe umuvuga..niwe Uba wasenye urwe.
Nukuri ntamunezero wo gusenya ingo zabandi pee 🙏🙏
Imana izaza ntizaceceka nanjye uwanjye twakoze ubukwe vuba aha neza, none kumwana umwe yinjiye mu busambayi ubu Ari kurambagiza undi, agiye kuntana umwana !!! Imana izaza ntizaceceka, umwami mukorera azabahemba!!!
Ishimwe ugize amahirwe agutaye ukiri muto poIe kora cyane kd wikunde ubwo inshuti yawe nuwomwana gusa Imana mbere ya byose komera kd utuze
Mureke uwo ntazatinda kubona umunyafu w’Imana knd komera ntuzakore nkuko yakoze Imana yacu irakora knd y’umva amarira yacu
Umpore kibondo birababaza impore
Ooooooh 😭pore ma,lmana ijya yomora ibikomere🙏azakwifuza atakikubonye🥰uzaze nguhe ubuhamya
@@fionatuyishime6159 ngwagize amahirwe!!! Mwige guhumuriza ntabwo ayo aramahirwe.Rata chr Ishimwe Yesu amugarure hafi ataranjya kure mwizina rye rikomeye
Erega muriko muravuga Imana wogira muravukana!iyi Mana haraho uyirondera ikihorera!ivuga ishatse igakora ishatse!waragiriwe Ubuntu nivyiza!Ubu hariho abatihamagaye barayibura!atakivyiringiro bafise vy'ejo hazoza!nshimye KO yakumvise
Amena Yesu niwe mutabazi ababuzabadi amaholo Navi ntayobazabona
Imana Ishobora byose tujye tuyizera
Mujye muvuga make kuko umuntu ufite abana 5 akaba agishaka gushaka indi mugabo
Amen 🙏
Hashimwe yezu imana numutunziwimbazi🙏🧎❤️
Reka rek Imana ntisenya Ingo
Kuba umugore wa kabiri si Icyaha nkuko kurongora abagore benshi sicyaha.
Gute ushobora gufata abana batanu ukababuza uburenganzira bwo kurerwa n'ababyeyi be.Yezu we urihangana koko
Tubeshe wigendere
Shitani wateye ingo muri iki gihe sinzi niba ari wa wundi twahoze tuzi muri bible kuva kera pe
WINSETSA LYZ
😂😂😂😂
NUKUBA MASO BURI WESE AGACUNGA IZAMU RYE PEEE
Imana ishimwe ndumiwe Mama shadiya imana yamukuye mubuzima yararimo ndamwibutse yabayeho arumwesikoro azwiho kujya mubapfumu Mana we shimwa ndagushimiye kubwuyu mumama ndamuzi yari yarashakiye Aho mvuka
Umuntugusenyera urugo atuma upfana intimba ni danger
Ubwo abana bawe barihe koko
Umugabo wabandi nukur umuntu azi ubwenge yomureka kuko nicaha pe ninumuruho mubi nanj Vyambayeho iciza umugabo wuwundi uramureka nubwo bitoroshe
Ameen Ameen
Umwami Yesu azokugirira neza
Yewe njyewe unteye urujijo pe!!! Nonese ko watubwiye ko washatse uwo mugabo utaruziko yatandukanye nundi mugore w'isezerano, none ukaba wongeye uti wajyiye kubwira pasteri ko ujyiye kwishyingira ngo arakubaza ngo uranze urajyiye k'umugabo utari ywawe? Ngo ujyiye kuba umugore wa kabiri? Ubwo ibyo nibiki??????
Sibyo se sha
🛑🚦🚨 IHOHOTERWA : IBIRANGA UMUGORE UHOHOTERA UMUGABO WE😢
Yego rwose Yesu niwe Mahoro
Gusa umuntu ufite umugabo watandukanye yibukekwa taruwe ukobimeze kose muratandukana kuko abataruwawe
Biravana nuko Muba mwabanye kuko uvuze ngo umuntu abana numugabo watandukanye kuki esiteri yabaye uwakabiri kandi akandikwa muri bibiliya rero esiteri yagiye murwa vashiti rero biravana Imana ivuze uko nizere ko esiteri niwe yari guherako gukubita kuko yagiye murugo rwa vashiti rero abagore dukwiye kumenya uko twitwara tugasaba Imana ubwenge
Nancy nanjye Niko mbibona,erega harabagore bajyera murugo lmana ibubakiye,barujyeramo bakarengwa bakitwarana nabi,bakadukana injyeso,rero ba vashiti nibava mungo zabo,ba estel barahari🙏
Nancy nanjye Niko mbibona,erega harabagore bajyera murugo lmana ibubakiye,barujyeramo bakarengwa bakitwarana nabi,bakadukana injyeso,rero ba vashiti nibava mungo zabo,ba estel barahari🙏
Ntimugatubure mwitwaje Imana kbsa hhhhhh wowe Sha ? Ese wa mugabo wumusore waramubonye cy baragutuburiye ? Ubu se ko mperuka waratubwiraga ko ufite fiance ubwo wowe azaba ari umugabo wa kangahe
Arko ubanza umuzi neza pe!
Cyuki we uramuzi sha😀
Ndamuzi cyane
Suko se!bantu musenyera abandi sha byaba indirectly cg directly byose nikiwe ntamahorooo
No sin to be 2 nd wife!!!wowe wararushye kumpamvu zawe bwite utavuga