NIREBYE MBONA NKIRI AKANA GATO|Ku myaka 50 DIANE avuze ibanga akoresha ngo adasaza|ISIMBI TV
Вставка
- Опубліковано 8 вер 2024
- Niba wifuza kuvugana na ISIMBI TV, kuduha ubuhamya bw'ubuzima bwawe cyangwa inkuru idasanzwe, duhamagare kuri +250784838126
#IsimbiTV_0784838126
KANDA HANO UREBE CHANNEL YA DIANE: ua-cam.com/video/USbNi8sqIhw/v-deo.html
❤
Ariko ahubwo ndabona iyo style yagushajishije Diane Honduras kbsa 😍
Haaas sabin ntankumi yigaya ariko arakuze pe mumaso biragaragara gusa agira courage
Wwooo ndakwikundiye vraiment
Kdi ibintu byose ni mu mutwe. 💖💖
Diane byose birashoboka, iyo Imana yaguhaye umugisha🙏
Happy Birthday my dear Sis diane I wish you all the best God Protect you and your family 🙏
Thank you so much
Hello Diane,
Urakoze kuriyo sujet yabana bavuka bari différents. Uzoyikore please yari benshi yofasha!
Happy birthday to you Diane komeza urambeeeee, uzarenze imyaka 100
Diane courage rwose, erega mu burayi ni mumutwe n'amaboko yawe, iyo wihaye kwifata nabi birakuyobera
ubu muri comments muraje mumutuke, mwanga abantu bifitiye confidence, yego ni mukuru arko ntasa nka 50ans TBH.
Cyane uvuze ukuri ntabwowayi mukecyera
Nukuri ntago agaragara nkuyifite tujye tuvugukuri 50ans ntaniminkanyari aragira pe ayomavuta yubahwe
@@chantalalia4811 50 ans umuntu aba acyiri muto,cyane iyo afite imibereho myiza.abashaje ni ababayeho nabi.abo mu cyaro baba batanjyiye gufata akabando.kandi birunvikana baravunika cyane
Ayiiiiiweee Imana ikumpere umugisha urababwiriye weeee harabantu ishari ryisheweee
Isabukuru nziza Diane ,Imana ikomeze kuguhezagira muri vyose
Uvuze neza vraiment courage mukazi kawe ✌👌🙏
Sha Sabin wimubeshya ahubwo 50 nimike pe
🤣🤣🤣🤣
Nanjye ndabona ari micye pe
Muri abana babi 🤣🤣🤣
Abanya rwanda mugira ibigambo.ntimukunda ivyiza ku muntu
Uracyakomeye nindi uzayimara Diane kubera lmana❤🙏🇧🇮🇧🇮
Twese twarabyakiriye turagukunda 👌 nagakobwa kacu tera imbere muvandimwe turagukunda ❤️❤️
Nimwiza ❤️
Merci beaucoup
Twabuze tel zawe ngutwigishe
Babwire Diane kandi happy birthday grow with grace
Diane Ndamukunda cyane,afite customer care nziza cyane twaravuganye .My Name sake.
Cyne nange natamuhamagaye anyakira neza ndumirwa atananzi
Turagusuhuje aba zimpeto rwose 🥰❣️
Urakoze Diane ku nama zawe
Imana niyo izatabara thank you sabin
Ibyishimo bitargira amafaranga birashoboka cyane nubu ndishimye knd cyaneee😅😅😅😅😅😅
She’s very beautiful ❤
Uri akajeni rwose💕
Ndahari rwose ndikukunva 😍😍❣️❣️
Kwikunda no kwikurikirana ni gikuru!!
Arayirengeje umubonye pe
@Solange Umulinga kurama nabyo ni umugisha
@@agefightingbeauty suko Se babwire
Hari nabafite 30ans arusha ubuto rero kuba ayirengeje ntacyo bimutwaye nashake abe afite 100ans🤷 diane rwose I proud of you uri umu maman mwiza kdi woroshya ubuzima kdi uri humble 💕💕💕
Ego Wapi ntamiro 50 afite ni nkamirogo 70 Byibura nkurikije uko mubona Aho urabeshye
@@rudasingwaunadege1635 nange Ndabona muruta knndi na 30 mtayo.ndagira
Uyumudami sabin arakabya abantu biburayi bose ntacyobashoboye uretse we akora généralisation faux
Kwatakubyiye aho yakuyumutahe yagizimana ninyiragasazi wiburayi ntawahakana kwatakoze kuyja gucururiza mubihuguyavuze birasabumutahe munini nibimuzunguyarawumuhahaye ni bon kogifonctiona yicirabandi urubanza imwakayo afit,ireng,iyo yavuze
Imwaka ninuméro reka tumubyire ngo bonne chance
Happy Birthday 🎂 To Her
queen dayana HBD Allah agume akulinde chuti nziza kbs uri mwana muto 💗
Anjya gusa nka patience ozokwor umwe ukina movie zaba nigeria
Yego sha urakoze
Hhhhhhh wabibonye nawe nimubi ntiyirate
Turakwikirije Aba Zimpeto
Ntabyo aramira arashaje
Ntabwo ubeshye mama abagore nidukanguke turashoboye njye natangiriye ku nyanya ubu ndaranguza mu Duka ndi neza
Number 1
Dian biragaragara rwose ko ufite fifuti
Fifuti niki ???
@@marydreher2348 fifty
Ati senkani arinaryo🤣🤣🤣🤣
@@alineuwamahoro4733 ahubwo arayirengeje
Happy Birthday to you Diane
Turagukunda
Thank you
@@ngarambedavid1774 ndabakunda nanjye
Uhuum ivugire tuitan ureke ibya 50 disi
Sabin arantangaje peee,ng inkweto za 3milles ntiziba ari inkweto,ubuse ntabazambara,ahongaho uriyemeye pe... kandi kera buriya nawe wazambayeho.abantu bambara selon ya moyen bafite....
Duhe akazi ahubwo
Adushakire iduka ry'amavuta
Muri Maputo.
Cg ashake uburyo yajya atugeraho.
Nurera abana
😍😍😍😍😍😍😍
Ubwo abi wacu mumutukiriki uyu mudamu koko, ibyo avuga ko ari’bye impamvu asubira mububirigi ko ariho aba chômage cg social security abari plan B urumva yaharekura koko benshi nta kazi baba bafite bategera kuri amafranga ya leta. Rata Diane enjoy akazuba nikiryo kiwacu ubu imbeho imereye nabi abanya burayi 😢 nogutora amakarito ongereho nako murugo😰…Usa neza cyane ariko , keep it up
Developed countries
Low development countries ubwo abumva bumvise
Ntukibeshyere rwose biragaragarako 50 uyifite .
Ahubwo arayirengeje
Oya nureke kubesha ko uyo mugore womuha 50 oya oya ahubwo mumufitiye ishari mbabarira sha
Ni umusirimu kandi 50 si ugusaza umuntu aba agikomeye arino mu kazi, pension ni kuri 65 mubigu byinshi kandi umuntu atarwaragurika naho aba akomeye yakora nimishinga
Komera ikingenzi nuko wakuramo ibigufitiye akamaro ibindi mubimurekere ntamuntu udi gusa afite ibitekerezo byiza.
Dia ibyuvuga nukuri
Ubundi ngo ikikubwira umwiraburakazi wamaze kugafata no kwigirira icyizere, arogosha kbsa!
Turagukunda pe tubwire aho ukorera tunzaze guhaha amavuta
ayo pe agaragara nkuyirengeje ahubwo wagirango afite 62
Hhhhhhhhh sibwo umukubitiyeho 12
Nukubera aba yisize ibintu byinshi nyamara agavanyije akaba natural yaba mwiza kurushaho
😁😁😁😁
Age is number.vyose ni mumutwe.she look so beautiful
Sugupfpubya business ariko ahubwo umenya yaramushajidhije
Ibaze ibintu byose afata akaba asa atyo
Ahubwo umenya yarakase imyaka none yabuze uko abihindura none aratwifatiye nkaho natwe turinjiji
Mayibobo iburayi ziruzuye
Uli akana gato cyibondo uracyali mwiza nukuli ntiyabura umugabo mukobwa mwiza
Yoo ese mama ubona ukiri umubebe ?? Komeza wigirire icyizere , Sabin nawe rero ujyubwizumuntu ukuri pe
hahaaa hahaaa wamaze kubikora, usanabi kweri
Nibi make-up bamusize.kandi burya ntasa neza kubera inzoga nyinshi anywa.burya inzoga n'itabi byica uruhu.cyane.
Yewe ahubwo wagirango urengeje 55
🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Sabe noneho ubeshe umuntu kumugaragaro
Uwomudamu ukurikije ko afite uruti ruto byashoboka ko yaba ari 60yrs ariko ndakurahiye namirongo itanunitanu nimikye
Abanyarwandakazi nibenshi badakoresha ikintu kyose ariko bagabanya imyaka 5yrs bakaba bato kyane
Iryo inshyari hera kuri mama wawe niba umufite ikanyari ngo mutahe 😅
@@Frayda55 kwanza niba ushaka kubizana mo mama umusange Rusororo
Hanyuma nubundi narebeye ku minkanyari yanyu
Muraho ? Uzotubwir amakuru yawa mu DJ yarway Cancer ub amerew gut?
Yewe ntukabeshye sabin biragaragara ko akuze nuko ari ibirungo yishyizeho
Ok nawe rero uzorondere ivyo birungo turabe ukuzobusa sha mbe wobikuralaheeee we ishari niryo rizobica gusa
@@chany9950 kkk
Njye ndabona ntabitangaje ufite pee
usanabi bikwiriye
Sabin uri indyarya kweli. Wagirango afite 80ans!!! Kandi uyu Diane nuko aza gutwikira mu Rwanda iburayi ni mayibobo yujuje ibyangombwa. Iburayi ntimukahasebye kubera hakunaniye !!!Dj Brianne yaje agwa mubibazo ariko nabare amafaranga yatashye akoreye mukwezi kumwe atubwire niba yayakorera muricyo gihe mu Rwanda.? Nizo nzoga zubuntu uvuze ziraboneka ariko imyanda bohereza mu Rwanda irahenze.
Imyaka yabanyaburayi cg abagore murirusanjye iyobavuga haba havuyeho ___
😂😂😂😂kombona ashaje se nyabu uyu ahubwo 60 arayifite
Nagashari
Biterwa namaso yawe
Nanjye amaso yanjye menya atareba neza da!ndabona rwose ntazi...
Ndabona Ari RIB nuruhinja
Hhhhhhh
Ubundi se Ko mbona asa nabi cyane. Haruwakwihuza gusa ukwasa ra Mucyecuru Kigali Weeee ndore utunwa ra nudusatsi ,
Ishinya ye🤨🤥😚
NI MBI CYANE.EN TOUT CAS UMUNTU WAMUSIZE MAKE UP.YAMUBESHYE PEE.NTABYO AZI.
I Shinya ye niko Imana yayimuremanye ntacyitwaye kandi ntitugahore abantu uko baremwe no mubindi byose nawe ushobora gusanga hari ibyo bita inenge wavukanye udafite icyo wabikoraho kandi umuntu agusetse kubwra byo ubwo wababara. No one is perfect. Let's all practice acceptance. ✌
Nacyo imutwaye , ni nziza
Uwayiha wese yasa na bike nta wiremye,iyawe wa y itumije mw ijuru!!
@@sandrinealine4618 Bavuga ibyigondoye imihoro ikarakara.Niyitumije yo rwose.kuko ntisa niye niyiwe.imana ntiha bose wee.Tuza rero .ndabona ariyo uguhangayikishije,mubyo ufite.uyisabe imana iguhe nk'izabandi.Uri inshyanutsi basi.hahahaha.UMUVUGIZI W'ISHINYA.
waraboze wewe
Ni wowe waboze🥴
@niyonzima_eric_kbb Isimbi tv❤️❤️💯🫶
Zimpeto yubahwe natwe niho turi Sabin.