Розмір відео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показувати елементи керування програвачем
Автоматичне відтворення
Автоповтор
Sha ko mbaye uwambere mwankandiye kwifoto abachr❤❤❤ nukuri uraba ukoze cyane
Pastor Rutayisire, turagukunda cyaneariko uzatwemerere utwigishe ku izina umurokore n'izina umukristo, wo kabyara we.kuko ijambo umurokore mbona nawe urikoresha kandi uri umunyabwenge twemera, warize ikinyarwanda neza cyane.Mbivuze kubera ko burya ururimi rw'ikunyarwanda ni urukene cyane ku magambo, amagambo menshi tuyakoresha mu nyito zitari zo.njye kuva nakwakira Kristo nk'Umwami ni Umukiza, simbikunda iyo umuntu anyise umurokore ; ariko abanzi neza mbabwira nti mukanyite umurokore, njye ndi umukristo. Kuko mbona abarokore benshi badakora nka Kristo.kuki twitwa abarokore? twarokoye nde? njye numva umurokore ari Yesu Kristo gusa.twe twakagombye kwitwa" abarokowe'. Abarokowe na Kristo, mu giporoso abakiriye Kristo twabitaga abakijijwe!ntabwo twigeze twitwa abakijije😢iri zina umurokore ryavuye he? rivuga iki?kuko abarokore ntibashaka kugenda nka Yesu, ntibashaka inzara, ntibashaka kugenda n'amaguru bajya mu ivugabutumwa....nyamara umukristo njye muzi nk'uwa Kristo, ugenda nka Kristo, ugendana ingeso n'ubutwali bwa Kristo.nyabuneka dufashe kuko uyu murokore asebeje Itorero rya Kristo.njye mbona umurokore atari umukristo kuko ntiyitwara nka Kristo!
Ariko wowe Pastor Rutayisire, uri Umukristo , uri uwa Kristo❤️
Thank you very much pastor
Pasteur wacu ,iteka Aho nkubonye ngutega amatwi, imigisha myinshiiiii cyaneee kunyigisho nziza zitwubaka🎉🎉🎉
Ndagunda
Yego p icyo gihe haba harimo umwe wishushanya
Ndemeranywa na Paster Rutayisire 100/100 nta barokore babiri ba divorce
Agape TV mwakoze kutuzanira Pr Rutaisire. Ibi bintu by'ama devorce menshi araterwa ahanini n'ikitwa Western civilization igenda ishinga imizi mubihugu byacu, bityo umuco n'indanga gaciro byacu bigenda bizimira. Ninayo mpamvu muminsi iri imbere umwimerere w'amatorero ya gikristo azahura n'inta bara zo gugatirwa guhindura amahame akomeye ya Bibiliya agenderaho. Ibyo abantu baraza kubibona bidatinze
Pasta urakunzwe
Nibyo rwose Divorce ni umusaruro wumwe cg bombi mu bashakanye. Ntaba kijijwe bombi badivorca.
Ndemeranwa nawe Pastor ,nta barokore babiri bakora ayo mahano ngo ni divorce ahubwo ibaho mugihe umwe ari umupagani cg bombi ari aba pagani ,ukuri %
Sha ko mbaye uwambere mwankandiye kwifoto abachr❤❤❤ nukuri uraba ukoze cyane
Pastor Rutayisire, turagukunda cyane
ariko uzatwemerere utwigishe ku izina umurokore n'izina umukristo, wo kabyara we.
kuko ijambo umurokore mbona nawe urikoresha kandi uri umunyabwenge twemera, warize ikinyarwanda neza cyane.Mbivuze kubera ko burya ururimi rw'ikunyarwanda ni urukene cyane ku magambo, amagambo menshi tuyakoresha mu nyito zitari zo.
njye kuva nakwakira Kristo nk'Umwami ni Umukiza, simbikunda iyo umuntu anyise umurokore ; ariko abanzi neza mbabwira nti mukanyite umurokore, njye ndi umukristo. Kuko mbona abarokore benshi badakora nka Kristo.
kuki twitwa abarokore? twarokoye nde? njye numva umurokore ari Yesu Kristo gusa.
twe twakagombye kwitwa" abarokowe'. Abarokowe na Kristo, mu giporoso abakiriye Kristo twabitaga abakijijwe!
ntabwo twigeze twitwa abakijije😢
iri zina umurokore ryavuye he? rivuga iki?
kuko abarokore ntibashaka kugenda nka Yesu, ntibashaka inzara, ntibashaka kugenda n'amaguru bajya mu ivugabutumwa....
nyamara umukristo njye muzi nk'uwa Kristo, ugenda nka Kristo, ugendana ingeso n'ubutwali bwa Kristo.
nyabuneka dufashe kuko uyu murokore asebeje Itorero rya Kristo.
njye mbona umurokore atari umukristo kuko ntiyitwara nka Kristo!
Ariko wowe Pastor Rutayisire, uri Umukristo , uri uwa Kristo❤️
Thank you very much pastor
Pasteur wacu ,iteka Aho nkubonye ngutega amatwi, imigisha myinshiiiii cyaneee kunyigisho nziza zitwubaka🎉🎉🎉
Ndagunda
Yego p icyo gihe haba harimo umwe wishushanya
Ndemeranywa na Paster Rutayisire 100/100 nta barokore babiri ba divorce
Agape TV mwakoze kutuzanira Pr Rutaisire. Ibi bintu by'ama devorce menshi araterwa ahanini n'ikitwa Western civilization igenda ishinga imizi mubihugu byacu, bityo umuco n'indanga gaciro byacu bigenda bizimira. Ninayo mpamvu muminsi iri imbere umwimerere w'amatorero ya gikristo azahura n'inta bara zo gugatirwa guhindura amahame akomeye ya Bibiliya agenderaho. Ibyo abantu baraza kubibona bidatinze
Pasta urakunzwe
Nibyo rwose Divorce ni umusaruro wumwe cg bombi mu bashakanye. Ntaba kijijwe bombi badivorca.
Ndemeranwa nawe Pastor ,nta barokore babiri bakora ayo mahano ngo ni divorce ahubwo ibaho mugihe umwe ari umupagani cg bombi ari aba pagani ,ukuri %