Waruziko ubusambanyi nabwo arimwe mu ndwara zo mu mutwe?/Impamvu 5 zitera abantu gusambana
Вставка
- Опубліковано 31 сер 2022
- #WhatsApp_0788422984
Nshuti mukunzi w'AGAKIZA TV ikaze muri iki kiganiro. Tukwifurije guhembuka byuzuye.
Ganira natwe kuri WhatsApp yacu +250 788 422 984
Turagukunda kandi turahari kubwawe!
Ndizera ko ubugingo bwawe bukomeje guhemburwa n'ubutumwa bwiza tunyuza kuri uru rubuga. Birashoboka ko wiyumvamo gushyigikira uyu murimo mwiza dukora, wakoresha:
BANK ACCOUNT : 1302 040 455 61 (COGEBANQUE)
MTN Mobile Money : +250 788 422 984
Airtel Money : +250 728 422 984
Umunezero wacu wibanze ni ukubona umuntu mushya yakiriye Yesu Kristo, Uwacitse intege agasubizwamo imbaraga, uwihebye akongera kumva Imana bundi bushya.
Habwa umugisha, Turagukunda! - Розваги
Nange nari narabaswe n'ubusinzi kukigero nabashaga kubyuka saa cyenda z'ijoro nkanywa inzoga numva mfite inyota idasanzwe ariko Yesu yarabinkijije rwose, ndetse n'ubusambanyi nabwo bysgendeye rimwe nashoboraga gusambana kukigero cyo gusohora amaraso intanga zandangiranye murumva ko nari narazitswe ariko ubu nabaye umugabo yewe ntahgikomere nigeze Yesu yaranyomoye pe Hareluyaaaaa.
Amenaaaaaaaaaa Imana ihabwe icubahiro kuvyo yagukoreye.
Waratabawe pe
Iyo wemereye Yesu akinjira mu mutima wawe ntumubangikanye agukiza en même temps anagukingira byose wahozemo ubu ndubatse mbyaye 5 mbasha guhamya Yesu mubantu barenze 500 kdi nkavuga ibyo yankijije., Desire turagukunda cyane.
ndabashimira cyaneee!!! nukuri nanjye Pastor ndamukunda cyaneee ndetse n'inyigishoze! ndetse yambaye neza cyaneeee!!
Arasa neza rwose,ubwiza bw'Imana.
Uhoraho agukomereze umurimo
Nukuri paster Koko mbitekerejeho nibuka nibintu bisigaye biriho ubu Koko ubusambanyi nabwo nindwara yo mumutwe pe siniyumvisha ukuntu umuntu muzima ya sambana namatungo hanza aha birahuzuye cyane cq ukumva ngo umuntu yasambanyije umwana yibyariye, cq nyina umubyara, mubyukuri ntamuntu muzima wakora ikigikorwa arimuzima
Gusa abantu benshi bakeneye Imana Kuko niyo yabakiza ubwo burwayi Kuko ntamuganga wabavura.
Urakoze muntu w' Imana ibisobanuro utanga birimo ubuhanga n' Ubuntu bw ' Imana !!
Asaneza akaba yarasizwe amavut nubwiza byomuri yesu .hezagirwa kumpanuro nubutumwa bwiza mutugezaho😍😍😍😍
ni mwiza cyane yambaye ubwiza bw'Imana
Pasteur rwose Imana imuhe umugisha
I love this man of God be blessed am from Saud Arabia
Cane turamukunda Yesu abahezagire imyaka yose.
Njyewe rwose uwampa inka nkayibagabira ntakindi gusa lmana ibampere umugisha
Imana Se w'Umwami wacu YEZU Kristu n'aturamire Kuko turahanzwe ingo zirahanzwe
Nukuri pe yambaye neza.numuntu wa Yesu koko
Imana iguhe umugisha pastor Desire ,kubwo kumfasha
Yego Pastor yambaye ubwiza bw'Imana kandi aradufasha mu nzira ijya mu ijuru
Pastor Ndagukunda cyaneeeeee kuko umfasha kumenya uwo ndiwe
Njewe ndim kùbìneshya nukuri ndabyumva by'ukuri birashoboka cyane
Wambereye umugisha watumye menya Imana byukuri🙏
Yego cane araberewe asa neza cane kand ndamukunda nkundukuntu yigisha inyigishoze zimaze kumfasha vyinshi hari nivyo nagiyembamwo ntaziyo vyavuye arikubu maze kwisobanukigwa yesu amukomeze amwonger imisi yokubaho abe arahugura beshi🙏nawe ndagukunda ukuntu umubaza ukabisubira tukavyumva neza🥰🥰
Ibyo uvuga nukuri arasaneza,kd pastor afite umwuka wi Imana.
Nukuri arasaneza pe
Pasteur uraberew vrmt kndi muburundi turagukunda kalibu kandi
Yesu aguhe umugisha Pastor
Yesu Kristo agiye kuza gutwara itorero
Imana ibahe umugisha muradufasha cyane, ese abana bageze muri adolescence twabafasha dute,nabyo muzadufashe. Murakoze
Yesu abahezagire
Iyo ndwara iteye ubwo kuko finalement kwisi abasazi ni benshi kuruta abakomeye. Imana itabare twe dutuye isi itange umuti unyobwe
Nkunda ibiganiro byanyu.Pasteur ufasha benshi.kdi nkunda ukuri uduha.rero ubwo burwayi bwo mu mutwe mpita mbihuza nayamakimbirane ahora murugo atewe nubusambanyi bukorwa numwe mubashakanye.kko iyo umuntu asambana kurwego rwuko biba uburwayi birumvikana ko bitoroshye kwihanganira ubwo burwayi.kko nawe hali irindi hungabana bigutera.hagataho niki umuntu yakora ngo adasiga uyo twise umurwayi.
Merci pasteur.uradufasha cane.Ndagushaka ino mu Burundi mw ihugurwa ry,Ingo.Nimba harico usaba umuntu yokimenya.
Internet ,Television ,UA-cam ,Bikurura abantu mu busambanyi
Imana iguhe umugisha
Pastor ahora asa neza rwose,kandi IMANA ikomeze imwagure mu mpano ye
NdabaramukijeYesu abahezagire
Pasteur uranyubaka cane
Murakoze I'mana ibahe umugisha
Nanjye ndi umuhamya ndumwe mubari babaswe nubusinzi ndetse nubusambanyi ariko yesu christo yamaze izo nyota
Nukuri nange kubireka kobyananiye mwangira iyihe nama
Urumukozi WIMaNA PASTOR ❤❤😂😂
Paster wacu ahora asaneza
yeah nanjye nkunda pst desire nkunda ko avuga ukuri kdi atuje , keretse mumpaye number ye nkazamuvugisha numva yamfasha muri uru rugendo cyane ko ndi umwe mubo yabyaye kubw'ubutumwa bwiza namukurikiye kenshi bituma numva nsobanukiwe , yesu amuhe umugisha
Urakoze cyane papa courage!!
I'm blessed alot and I hope others were more blessed
Man of God❤❤
Ndakumva paapa ndagukunda cyane
Araberewe cane pasteur
Nukuti gusambana birahera,ukabihura nkakurya umugore yibungenze ahura ivyokurya.jewe narabaye imbata yubusambanyi kuburyo burengeje urugero,narasenze vyarahez kuburyo numvako nocambumusazi mbisubiriye
Imaniguhu.ujyisha
Ameze nezape ariko nibyo ufite ayomavuta ntiyabura gusa neza
Yewe uvuze ukuri pastor yambaye neza ,yigisha neza, avuga neza n,ibindi vyinshiiiiiii.
Njye ndibaza karande na kamere bitandukaniye he? Wamenye ute ko icyaha cyakubaase ari kamere cg giterwa na karande ?
Njye ndibaza karande na kamere bitandukaniye he?Wamenya ute ko icyaha cyakubaase ari kamere cg giterwa na karande?
Mana yanjye finally ibyaha byose ko bibaye uburwayi bwo mu mutwe. Ibiganiro byanyu bitadufasha kumenya ubuzima tubamo muto iyi si imana iduhe guhinduka pe
Nanjye naratunguwe kandi ndihano muri Saudi arabia ndabyumva kandi ndagukunda
Arasa neza ariko untu bw'imana
Roho mutahatifu nico ashinzwe , upfa kuba wemera ko ico caha ugifise kandi ukagira ubushake bwo kugiheba. N,intambara ikurwaniramwo . umutima umwe ukumvisha ko atangorane, ( shitani,)uwundi ukubwira uti reka( Roho mutahatifu) . Ugakomeza ugasanga, ukabura amahoro. Kumunota wanyuma ugahitamwo neza kuko Roho mutahatifu ntamahoro aguha mumutima.
Atari Uwiteka ugufashije ntiwabishobora kubireka!! Ntabwo soul ariwe Paul kuba yarakijijwe akandika n'ibitabo byinshi kurusha uko Yesu yigishije ,ntawamwigishije ahubwo Imana yaramwifatiye aramuhindura!!!
Ikindi kandi Yona ntiyashakaga kujya Inenive ariko kubwo Uwiteka yagiyeyo.
Mureke bikurane niko Uwiteka avuga.
Nivyiza imanikzwe
Arasa neza pe
Asha araberewe mumutima no mumubiri turagukunda paster
Birashoboka gukira ariko bibaneza iyo ubanje kwisobanukirwa ko iyo ukijijwe uba uhinduye ubuzima Kandi ukabuzi gufatumwanzuro bigaherekezwa nimbaraga zimana
Ukuri kuraha nukuri
Pastor ibintu byose wavuze biganisha kuba umuntu akijijwe,ikibazo mfite nigute umuntu yakizwa,Niki umuntu yakora ngo akizwe?
Yeweee niyumvisemo😔😔😔
mubatangaye ndimwo
Nukuripeeee......
Nibyo
Guhinduka kungeso biravuna ariko birashoboka
Nge nararangijye niko nabonye mpagaze kuko kubeshya ahaa!!!
Gusam bana nuburwayipeee bwo.utwe
Hezagigwa
Turwana n ibitaboneka
Irari riratwita rikabyara icyaha icyaka kikabyara urupfu, byose bituruka mubitekerezo
Pastor Ndagukunda cyaneeeeee kuko umfasha kumenya uwo ndiwe
ni mwiza cyane yambaye ubwiza bw'Imana
Peter pasteur Imana igihe umujyisha inyigisho zawe ziradufasha.
Imana imuhumugisha