Dave reka nkwihere inama yadufashije njye numugabo wange, kugira ishuti sibibi arko nta best friend wumigore ubaho kumugabo nta nubaho kumugore . Kuko abo twa keka nka best friends, ni crush bacu, cyangwa abadukunda mwibanga. So please ca agakungu kawe na bella irabizi ko benitha yaguhaye urukundo rwe nicyizere cye ntanubwo wamusabye ngo akwime rero don't treat her like second option. Love you all team kilaman ❤
Jojo dufashe wikiremo kasha tugushaka m'urukundo na Sankara ❤niba namwe Ari uko nkandira ku ifoto❤
Aka Suzi kashobotse gusa Yanick nkwisabire Suzi ntumubuze amahirwe yo kutitwa mama we kuko nubwo agira amahane ariko kurera biravuna ikindi wibukeko buri muntu agira kamere avukana itapfa gupfa ntabwo aribyo ko Nyambo yakwibagiza ko yakureze pls ndumubyeyi hano dukeneye isomo kubabyeyi barera abandi bana batagiriye kugise😢❤niba namwe Ari uko nkandira ku ifoto❤
Naca bugufi agasaba imbabazi bazazimuhe ariko ndabona yihagazeho😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Kurera biravuna ariko uwakubyaye ibyo arabyihanganira, iyo atica nyina, yari kurerwa n'uwo bitavunnye! Ahubwo aho azamenyera ko kugirango Suzi agere kuri Adolphe yabanje kwegezayo maman Yannick azamuhamba ari muzima hhhh
Ndakunda mama Yannick vraiment akina neza can.
Her character makes her superior to her pain!
Arko byanshimisha Suzi abonye igisobanuro cyubuzima akabonako umuntu wese ugihumeka kobyose bishoboka❤❤❤❤❤
Ababona ko Suzi atazaba mabukwe wa Nyambo ahubwo Bijiyobija na folomina aribo bazaba ababyeyi banyabo ba Yannick mpe ❤
Yanick uzigutegura pe uyunununsi mwiza kubakunzi ba my heart woow noneho hagiye gushya!!
Killa kurera biravuna bikaba akarusho kumwana utagiriye kugise yakureze company utayifite,Nyambo ataraza,ibuka agaciro Suzi aguhindukanye ukuze mwubahe umwubahishe❤niba namwe ari uko nkandira ku ifoto❤
Nubwo tutazi uko yarezwe akiri umwana arko ibyo tuzi ntamunsi yigeze amufata neza pe ntakintu kiryana nko kuba ukunda umuntu we ntagukunde namwanze umunsi abwira Bobo na nina ngo yannick sibavukana kubera ishyari 😏😏😏😏
Suzana abantu mumeze kimwe bazahinduke
Nawe urumubyeyi gito nkawe kandi mbambabona muzarira nkawe
@@UwamahoroSumaya-ul2zvahubwo se ubu kuba Yannick akiriho nuko Suzy yabishakaga ntimukarengere ngo imbabazi 😢😢😢
@@KaberukaJeanPaul-m3b iyuzakuba umubyeyi mbancecetse ariko umunsi uzafata inshingano uzabimenya
Abakunzi ba Daddy murihe❤. Njyewe nkunda Suzi afite impano irenze
😮😮😮😮😮😮suzy nta mbabazi ukwiriye ahubwo umenya arinaww wabigizemo uruhare kuko wigeze gushaka uwashimuse. Nyambo. Ngo umuhe ikiraka babaze neza kutari muri team imwe na kasha uri umugome nge nta mbabazi naguha bravo Yannick ahubwo baguhe nibiremze ibi😮😮😮
Ese komutajya mupa like ❤❤❤❤❤
Number
Abantu mubona ko Suzi na Nyirankotsa ari aba mama badashobotse mumpande zose mumpe like
Mubanguke murebe Suzi kamubayeho , please nimba nagutanze bigutwaye iki kunsigira like, ese Suzi akwiriye imbabazi?
Ntazo
Zikix bamwice😂😂😂
Suzi wanjye😂😂😂😂😂
Neve
@@MukakarindaEdissa iteka agaragaza imyitwarire mini. Biragoye kumubabarira.
Pole Suzi kwirata bigukozeho hama hamwe wumve😢😢😢😢
Urabona se hubwo yumva😂😂😂😂 Suzi ntava kwizima ndakurshiye gusa arakubiye😂😂😂😂
Abantu mwarimutegereje icyigihe nkanjye Yannick Muriyisura Suzi noneho isi imwikaragiyeho pee
Yoooo 😢😢 kuriyi nshuro ndumva Suzi ngize impuhwe
Yego sha nange ndazigize peee❤😭
Bakunzi ba my heart mumpe like Mbaye uwambere
Umunsi Suzi yamenye ko nana na nyambo ari abavandimwe bizagenda bite kuri bobo yibyariye ❤❤❤❤❤🔥🔥🔥🔥
Azamuhanyina.🎉
Mama Bobo rira nushake urire ayokwarika niweho wabyiteye nawe sekandi warira ndishimye cyane kukubona urira naramberi iraje itezemo kakubayeho isi igiye kukwikaragira kumutwe 😂😂😂😂
Daddy urakoze cyane itwarire nyambo wawe mwiturize turabakunda ❤❤❤❤❤❤
😂😂😂😂😂😂😂 wabyegereje roho shahu
😂😂😂😂😂harya wibutse Kari movie?
Mwiriwe neza nababeshye Suzi arabikwiriye pe muzafashe mumuhisomo kuburyo azamenyako isi arigatebegatoki kbx
Abishimiye ko Yannick ahuye na mama we tugiye kureba fight mumpe like
Wawoooo uyumunsi narinkitegereje cyn ❤❤❤❤❤
Nduwambere noneho mundemere nukuri ❤
Waaaauuuu nabera nje mubambere
Ariko amatsiko ngo mutahe😅😅
Suzi uranze urananiranye
ndakwinginze nkandira kwifoto mbashe kwivana mubushomeri wowe ubikoze IMANA iguhe imigisha ikugwirize amafaranga❤❤❤
Nanjy mbaye uwambere munyimpere like 🤲🏻🤲🏻🤲🏻 dukomeze turyoherwe na my heart❤️❤️
Ndahari nanje ndahibereye kuva 🇧🇮 Reka duterame twishimye kuko turabakunda.
Abavandimwe biburundi turabakunda cane
NYIRANKOTSA, ONE OF THE BEST ACTORS, IN RWANDA!!
Suzi sha niwe wambere
Wagirango baravukana 😂😂😂
@@giseleizabayo895 cyane nimitima mibi barayihuje
Aka Suzi kashobotse noeh mbonye Suzi yacishije make yaguye nkibere nagatangaza nukuri ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ngeweho numiwe arasara aho bukera😂😂😂😂😂
Suzi cyakoze ararenze pe,muzamuhe award muri my heart arashoboye
Number two abandi murihe mugomba kuzakundisha my heart ubundi dady agatwika akimanukira
Mbaye uwa mbere aho nakabereye peeeeeee mumpe like abantu bakunda dady wacuuu❤❤❤❤❤❤❤
Yanick wifata mama we gutyo ndakwinginze kubona umwana wirereye akuvugisha akureba gutyo mumaso ntakukubaha pls n'ubwo Suzi agiramahane ariko ntiyatakaza kwitwa umubyeyi wawe mwararuhanye ibya company wibuke ko utarayigira yakureraga pls yanick isubireho suzi nagusaba imbabazi uzamubabarire kuko nabana uzabyara bazamukenera p❤niba namwe ari uko nkandira ku ifoto❤
Yanick were kwitawara gutyo kuri Maman wawe kubera Nyambo kuko nabonye Nyambo asuzugura ejo utazicuza waramaze kwica ku muryango. Ukuntu yasuzuguye mudugudu jye nabonye atari shyashya
Akantu ko gusuzigura kuri Nyambo nanjye narakabonye
Uwemera Mwarabu kwashyira mugaciro mumpe like
Waoooooo Yannick wagerageje kuba umwana mwiza mukecuru Suzi biranga so rero tukurinyuma tujyanemo sasa ubu hasigaye Kasha ❤❤❤❤
Na Nyirankotsa
Abantu baribategereje uyumunsi nkanjye mumpe like ❤ Yannick hejuru cyaneee
Abuvako suzi aca aja kwa mama Natasha, amubwire ibimubayeho, Hama Natasha ace amenya KO Yannick ahari hace harangura umuriro uraka .🙌🙌🙌🙌🤝🤝🤝🥱🥱🥱🥱🥱🤗🤗🤗😋😋😋
N bande bameze nkange bakora like bagifungura episode ya my heart ❤ batazi nibirimo 😂😂😂😂
Mbega film irikunkorera umusi ababibona nanjye mume like ndabakunda ❤❤❤❤❤❤❤❤
Umuntu ejo yarangiye umutima Wenda kuvamo nkange musige Like 👍👍👍
Nasubijinyuma ngo ndabe SUZI Weeeeee
❤❤❤❤❤❤
Suzi imisuzi iratakaye weeee mubanguke
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
😂😂😂😂😂
😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅
Number one mwampaye like bandi🤲
Iyi flm ntakuntu mwanjya muyisohora nahishijeko nsihaye nshiririza ndikuyireba😂😂😂😂😂 nkunda mya❤ kubi❤❤❤❤❤❤❤❤
Suzi uwamukosora ,akumva ko gukena ntawe ubivukana
Nubundi biraje akene
Daddy thx again gukora inshingano zawe ariko daddy duhage sibyo i beg you daddy❤
My heart ntiyigera ishiruburyohe🎉🎉igumana akanovera ababinankanje ko itamenyerwa tumenyane🤗🤗
Nukuri Daddy vuba ndaje murwanda kbs nomubanzanye urimo kweli ❤️❤️❤️🙏🙏🙏👏🔥🔥👋👋👋💪💪💪
Umutima wendaga guhagarara kubera Episode yuyu munsi ijoro ryambanye rirerire..Ahwiii Daddy uri uwa mbere ukanikurikira I salute kbsa!
Mubyeyi urategura urahumura ntiwikiraho be blessed our gentle man mama marick yagiye ahashashe we love you ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
killama mbabarira wibwira mama gutyo ndakwinginze
Hoya arabikwiye 😂😂😂😂😂
Ubundi buriya mubuzima busazwe Suzi sumugome
Oya ntago bikwiye umubyeyi aba ari umubyeyi uzi umuntu ukurera ari mukaso ntakuroge, Sha amubwiye nabi ndababara nuko ari film@@UwamahoroSumaya-ul2zv
Nakazi mwana
@@IngabireAdeline-kq9ojntanubwo yanga Yannick ahubwo yanga umukene nyambo😅😅😅
Dady noneho Uri kudutamo ep zumuriro kbs komerezaho kuel bihore gutyoo kuko zaryoshye ❤️❤️❤️❤️💚💚💚💚❤️
Mama😢 Yannick
ningaruka! zawe ntabumuntu
ujyira hinduka isabimbabazi!
Cyakozeee daddy uyumunsi uduhaye show🔥🔥 suziii nakomeze ahangane ningaruka zibyo yakoze😂😂😂😂 Komereza ahoo rwoseee
Naba ho nje mubambere ndabinginze abazanyuma mwihangane mumpe like aba chou
My heart 💕💕💕 turakwemera cyn
My❤ imbere cyn ❤❤ mwampaye like nange koko
Nwari muraho Ariko Rekambanze fate Agatebe Nicare ndabizi hagiye gunsha pe
Yewegaweeeee mbaye uwambere mfite amatsiko ya suzi
Nember one from 🇧🇮 turagukund cyan Dady thx you
Ariko mbabaze ubundi mubona suzi ataregana kuko nubundi yanike nawe akora nkumuntu uhaganye na mama we ubundi bingeze babana neza nkumwana na nyina😢 tubitecyerezeho neza
Am number 1💥💥💥💥💥
Namber 1
Abumvako Suzi akwiriye ibirenzibi munsigire like
number one leo ndahatwitse kbx ❤❤❤❤❤🔥🔥🔥🔥🔥🔥
Abantu mukunda iyo hajemo aka karirimbo munyihere like ubundi duseke Suzi 😂😂
@killaman acting hejuru😍😍🙏💯 so talented
Keep moving on🔥🔥
Mujye muduha eshatu kumunsi kuko Aho nijyeze birashyushye pe
Mwarimuraho Ariko abantu dufatanyije kwishima kubera ko SUZI ahuye na Yannick mumpe like dukomeze kuryoherwa na MY HEART ❤❤❤❤
Sha murararira uziko mbaye uwa 212
Mwarimuraho riko ubusasa tujyiye kureba . Icyumweru cyiza nshuti
Dave reka nkwihere inama yadufashije njye numugabo wange, kugira ishuti sibibi arko nta best friend wumigore ubaho kumugabo nta nubaho kumugore . Kuko abo twa keka nka best friends, ni crush bacu, cyangwa abadukunda mwibanga. So please ca agakungu kawe na bella irabizi ko benitha yaguhaye urukundo rwe nicyizere cye ntanubwo wamusabye ngo akwime rero don't treat her like second option.
Love you all team kilaman ❤
Suzana hama hamwe ugira umutima mubi cyane, noneho ngutegereje ukuri kwagiye hanze, umaze kubura ayo kwishyura Bank lambert, sha noneho uzatuza ushyire umupira hasi umenye ko no gukena atari ingeso
Ooooooh twatise twari twagiye gusega❤ amen
Wawuuuuuuuu 🙏 nyirankotsa, Suzi rwose nimwe bange🤣🌹🌹🌹❤️❤️❤️❤️
Ndabakunda cyane mumpe like❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Best episode wow mbega wow ❤disi gira nez wigender iyo bas yitwararik yarikuguman izin rye
Twahagez Killa abakund uyumugabo nkanjye mumpe like
Nkunda kubona suzi agize ubwoba nisoni❤❤❤
Abantu bajya bataragurika mumpe like 😂
Ubwo nubutwari urimo kwirata se ntasoni😢
Sincobora gutaruka kuko byose birancimisha
Daddy naguze mega za400 mbabarire utwongere pe❤niba namwe Ari uko nkandira ku ifoto❤
Mbaye uwambere sha my❤ yanjye sha❤
Number one
😂😂😂 froromina
yararenga nye! Mamakasha
nakasamutwe ❤❤❤👌 gabanyishyari
Munkandire kwifoto bavandimwe mbashe gukura❤
Yoooo disi suzi arambabaje
Abantu mukunda ukuntu papa yannick ashyigikira yannick muribyose mumpe like❤
Abantu bihutishije nkanjye bagirango barebe ukuntu YANNICK asama Nyambo , ubundi yivuganire na SUZI mumpe likes❤❤❤🎉🎉🎉😂😂😂
❤❤❤❤uwakane 4muze mumpe twatuntu nanje❤❤❤
Uburyohe bw'Umutima
nubu kbs. YANNI urarenze nukuri. Kd uzahora urenze DADDY WACU ❤❤❤Suzi we ake kashobotse, hasigaye Kasha😂😂😂😂😂😂
Kabisa muduha udushya buried musi peer ndabakunda ❤❤❤❤❤❤❤
Claudia ❤❤❤❤❤
Nbr one
Mbaye uwambere mumpe twatuntu😊
Suzi ibye byasubiwemo ndabona byamukomeranye azarukurayo
Umuntu ubona aka sene kabanza kuriyi filme akambonera Suzi ukuntu arebye please like me jusuuuuuuuu daddy nkwemera kubi big up🤜🤛
Mana yanjye narimfite amatsiko sinjye urose mva mukaziiii 🥺🥺🥺❤️❤️🫣🫣🫣
Number One
Number one mumpe my❤❤❤
❤❤❤❤
Thank u daddy twari twashonje❤
Abakumbuye love ya nsabi murihe ??????????????
Niba harikintu kinshimisha nukuntu burimunsi uko nje Kure my heart nsanga hiyongereyeho umu subscriber kuri Killaman empire 🥰Courage Daddy wacu Imana ikomeze iguteze imbere