EX W’UMUGABO WANJYE NIWE WANSENYEYE URUGO🥲NARAKUBISWE KUVA INDA IFITE AMEZI ANE🥲YANYUZE MU BIKOMEY
Вставка
- Опубліковано 11 вер 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
+250 785 423 307 Ushaka kuvugisha Yvonne
Rose mwiza ndikubona wumiwe Niko nanjye numiweeee😱😱🤭🤭🤭gusa ntabitagira iherezo munsi yijuru. Ababi bariho ark kdi nabeza ntibashizeee 👌👌✍️nahumure imana ikimurinze kd yamurinz izamuha umuzima iracyamumutegurira pp. Niyintambw yokubasha kubivugah ubway irakomeye.👏👏👏kd nakomere.✊
Komera Mubyeyi Kd wabaye intwari kuko utishe Ako kaziranenge imbere niheza Rose urimfura💖
wowe umubeshuza usibye kwandika udu commantaire waza sabye umwanya ugatanga ukuri kwawe nti mukabereho gukomeretsa
Uwo si Rwema sha
Nubundi ibyo uvuga birahagije kuba film, nukuvuga ubuzima bwawe ibyo waciyemo byaba film
Sinamuha amahirwe yokunkubita iyombwa muzinokwizirika iyutaha iwanyu
Sha nanjye Aho ngeze Ubu nta nyana y'imbwa yanankorera kumwana .Izo nakubiswe hari kera 😭😭
Rose ejobundi wogoshe uhise ugira umusatsi ungana utyo!
Hello,uwo mukobwa ni mwiza nibwo atabyemera buriya nibikomere.Wambwiye uko iyo Plante yitwa ko ikubereye!! Nkazayiheramo umuntu cadeau koko?
Ni umusatsi ntago ari plante
Okay
Sha pole
Kubera iki utomujana mu butegetsi ngo nibura afashe umwana.? Ni uburenganzira bw'umwana guhabwa uburere bwa se na nyina!!!!
Ntampanvu kenshi nirari nfite muramukazi wanjye wabataye for 6 yrs umugabo yitabye imana aza nkiyagatera bajya bavuga aje kurwanira ibintu nabana.
Igihinga ni iwabo wa Rosa Tv show wacyintu we
Rose witondere Yvonne Kuko hari abantu bacyinanye Film numvise batamubugaho rumwe kandi nuwo yita Ex witwa Clarisse wacyinnye yitwa Belise mugihirahiro aramubwshyera nyiyigeze akundana na Rwema
Wasanga ari kubicisha munzira zose kugirango abe umustar ntiwumvise ko abikunda
@@clarissetv5444 niba abikunda nashake utundi turimo tw’amaboko akora tuzabimugezeho Ariko areke gusebanya ahubwo sinumva impamvu abo asebya batari banamurega
Wenda bamucaga inyuma
Ariko izi cameras zizarikora rwose! Uziko hari umugore wagiye kwa Yang Grace akavuga ko umugabo yamutanye abana kandi akiriza nkuku tumuzi neza ko yaraye mu rugo numugabo nta kibazo bafitanye ahubwo ngo agasiga amubeshye ko agiye kwa muganga! Twagiye kubona tumubona kwa Yang Grace turumirwa twaramutamaje nubu ntarongera gutekereza camera none nuyu nicyo arindiriye! Mwarigeze kubona umugore waje gusebya umugabo ngo yamutanye abana ngo yamusohoye no mu nzu nyamara inzu zikodeshwa ariwe uzirihisha umugabo ntiyaje akarya indimi na Sandrine w 'Agasaro yamuguye gitumo asanga acuruza ibintu bitari bicye ninkuko bagwiza amarira dufite byinshi byaturiza ariko izi ndatamazuru ngo zizagucuruza ayo mazuru yazo!
Ibyo nugukometetsa umuntu kandi abanyarwanda ishyari rizatugeza kuki koko
Mbega Yvonne ubeshyaaaaaa Mana yanjye esubwo wazakijijwe koko ubwo ubona abantu batakuzi yvo urumutekamitwe nukuri kandi icyo ushaka ntuzakigeraho kubera ubinyuza munzira zitarizo peeee narumiwe Ese ubwo iyo ugeze murugo ntabwo umutima ukurya cg ngo ugucire urubanza kubera ukuntu uba uvuye kubeshya
Nyamara harigihe yaba atabeshye kuko kami kumuntu numutimawe kuko wasanga nawe afite ukuri cyangwa umugabo we ariwe ugufite ikindi ntazitabana zidakomanye amahembe ahubwo nuko uwomugabo cyangwa umugore utumvikanye
Ubwo ko uvyegereje umutima cane siwe uvugwa da???
Hhhhhhhhhh cg niwowe mu ex wiwe wanditse iyi comment lol
Wasanga ariwowe wamutwariye Cherie.Reka umuntu yivugire
Wasanga ariwowe wamutwariye Cherie.Reka umuntu yivugire
Ariko aba bagabo bajya babona bino biganiro? Cga abo bantu basenya ingo zabandi ? Shame on them
Nubundi x iyo musubiranye Biba kwakundi🤣
Ihangane bambe
Aba ex barasenya cya nee
Yesuuu abntu bubu ,
Muzigukunda da