Amategeko ateganya iki ku bakoresha impushya zo gutwara ku binyabiziga zitagenewe?

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 27 вер 2024
  • Join this channel to get access to perks:
    / @rwandantvrbahafiyawe
    #RBANews #RBAAmakuru #Rwanda #RBAHafiYawe
    Click here to SUBSCRIBE : www.youtube.co...
    Follow us on Twitter:
    / rbarwanda
    / rwandatv
    / kc2_rw
    Follow us on IG:
    / rba.rwanda
    Like us on Facebook: / rwandatvofficial
    For more great content go to www.rba.co.rw and download our apps:
    Android : play.google.co...
    iOS : apps.apple.com...

КОМЕНТАРІ • 85

  • @BEN25010
    @BEN25010 10 місяців тому +9

    Oya ibi bintu bisobanuke gutsinda ni chance ntago arubuhanga ibyo ndabivugira ko urebye nka categorie A amananiza abamo nagamije gutuma abantu batsindwa arko ibitsinda abantu ntaho biba bihuriye nibikoreshwa mumuhanda ndabaha urugero umuntu witwa ko atsinze burya wongeye ukamusubirishamo ako kanya cg ejo yabitsinda? Ese mumuhanda biriya ninde ubikoresha? Ko nabatwara imodoka za police ubwabo batabikoresha? Ese mwasanze impanuka zo mumuhanda zikorwa nabadafite impushya? Ndumva ibyamategeko akakaye mwabireka mukanareka umuntu ufite ikinyabiziga cye akakizana akagikoreraho ikizami kandi mukanareba abantu basanzwe batwara bamaze imyaka nimyaniko mumuhanda abo mukaborohereza kuko nibo bashoferi. Arko icyo nasorezaho nimworohereze abanyarwanda tubone impushya murakoze

  • @sinamenyeemmanuel6904
    @sinamenyeemmanuel6904 10 місяців тому +9

    Ese ubundi police yo irabyuka igashyiraho ibiciro byamande?

  • @triplep3ptvofficial72
    @triplep3ptvofficial72 10 місяців тому +8

    Ongeramo ko mumpamvu harimo no kuturushya kuko twibaza nka demaraje ya moto imaze iki??

    • @ibazeonlinemedia
      @ibazeonlinemedia 10 місяців тому

      Nge démarrage ya moto yo ibyayo byaranyobeye. Nge ni yo yatumye ntiga moto none ndi sans catégorie 😊

    • @KarimuSolo
      @KarimuSolo 10 місяців тому

      ​@@ibazeonlinemedia
      No danger

    • @fabricemanzi2955
      @fabricemanzi2955 8 місяців тому

      iriya demarage ntacyo imaze habe namba

  • @SingirankaboJeanClaude-s3c
    @SingirankaboJeanClaude-s3c 9 місяців тому +1

    Ngababwiza ukuri nuguca intege rubanda rugufi amategeko ashyirwaho nabantu

  • @innocenthakizimana184
    @innocenthakizimana184 10 місяців тому +5

    police mucunge mutazakabya ese murifuza amafarangagusa ntakindi

  • @telesphorendabaganje132
    @telesphorendabaganje132 9 місяців тому +1

    Mubatubarize, kuki police ukoresha Exams cyangwa ibaza amategeko y'umuhanda kandi ataribo babyigishije
    Ndumva abagisha aribo bakwiye kujya bakoresha Exam

  • @chefniyibiziolivier2446
    @chefniyibiziolivier2446 10 місяців тому +3

    Koko amategeko ko muri za 1986 muriku kinyejana Koko ese yo ntago avugururwa ngo ajyane nigihe tuba tugezemo eeeeh nzabandora numwana wumunyarwanda

  • @BakozikiJeanDamascene
    @BakozikiJeanDamascene 10 місяців тому +1

    Turabashimira kubwimuguro muduhaye ariko muzadufashe site yagicumbi turi kurenga

  • @Fredoxofficialtv
    @Fredoxofficialtv 10 місяців тому +1

    Ese Police gushyiraho amafaranga igendera kurihe tegeko nukubyuka bakabishyiraho gusa

    • @KarimuSolo
      @KarimuSolo 10 місяців тому

      Police nta mategeko igenderaho

  • @birahindukaofficial628
    @birahindukaofficial628 10 місяців тому +1

    Nkuko mubindi bizamini bigenda, hagakwiye kujyaho amanota fatizo agenderwaho mugutanga permit ( urugero: 80%---100%) aho kuba ijana ku ijana 🙏

  • @ndungutseemmanuel6185
    @ndungutseemmanuel6185 10 місяців тому +2

    Ngirango muba mushaka ko abantu batekereza nabi kubuyobozi gusa

    • @KarimuSolo
      @KarimuSolo 10 місяців тому

      Bihorere na byo bizanga babihindure. Ibintu aba bantu baba bashaka byose ntibazabigeraho

  • @kuradusengetheogene8256
    @kuradusengetheogene8256 10 місяців тому

    Murakoze kuri iki kiganiro muri za Auto ecoles muzashyiremo nomujya bigisha iryo tegeko. Thx.

  • @Nizeyiman
    @Nizeyiman 9 місяців тому

    Muraho neza? Ariko Ritco zikiza ko abachofeur bari basanzwe bakora muri Onatacom batwara na KBS ko mwabahaye Category D1 Kubuntu
    None Abachoreur batwara Fuso muri kubaziza Iki bo iyo mubafasha mukabaha Category C kubuntu nkuko byagenze kuba D1 Murakoze.

  • @SEBUKWANDARIWellars
    @SEBUKWANDARIWellars 10 місяців тому +1

    Nyabuneka iryo tegeko nirivugururwe ntabwo rijyanye nigihe "ntabwo bikwiye gufunga rwose"

    • @KarimuSolo
      @KarimuSolo 10 місяців тому

      Itegeko ryo muri 87!!!

  • @SingirankaboJeanClaude-s3c
    @SingirankaboJeanClaude-s3c 9 місяців тому

    Guhuna nibyo ark guca 50000nakarengane

  • @ngambaclaude2671
    @ngambaclaude2671 10 місяців тому

    Na Bosco ndakivurwa mujye mubareka buriwese azanibye

  • @Alphonse.Z.
    @Alphonse.Z. 9 місяців тому

    Mwiriwe
    Iyo uri kuva muri feu rouge, ukurikiranye ufite ikinyabiziga ibyuma bikamwandikira nawe bikakwandikira biba byagenze gute? Kikwandikira kandi umukurikiye. Kimaze kumwandikira.

  • @jayc-yw7zl
    @jayc-yw7zl 8 місяців тому

    Mutubari ze umuntu ufite cat ya B yemerewe gutwa imodoka zimeze zite

  • @mimibesoso8021
    @mimibesoso8021 10 місяців тому +1

    Abakene tuzabira akuya abakire baturebera mumadaruwindi!!

  • @NtwariJamvierMussa
    @NtwariJamvierMussa 10 місяців тому +1

    Nkanjye mfite imodoka yanjye sinkeneye kurwanira izo category nyinshi bagiye batworohereza nibura kubona B . Umuntu yakenera no kujyana umwana kwa muganga akamwitwarira . Ubu koko umuntu atunga imodoka imyaka 5 atayizi koko ?

    • @KarimuSolo
      @KarimuSolo 10 місяців тому

      Nibashyiremo imiyaga rwose, niba ari n'amafaranga bashaka bareke tuyabahe ariko baduhe uburenganzira ku kubaho kw'iki gihe

    • @NIYIRAMAThomas-ge4xw
      @NIYIRAMAThomas-ge4xw 10 місяців тому

      Iyandikishe ujye kubereka ko uyizi nyine

    • @NiyitegekaVenuste-kk3lm
      @NiyitegekaVenuste-kk3lm 9 місяців тому

      Barakabya najye maze imyaka 3 nirirwa ntwaye imodoka ariko jya mû kizami ngo nsinzi gutwara nkumirwa

  • @Impala8241
    @Impala8241 9 місяців тому

    Police cg ubuyobozi bw'urwanda ninde wababwiyeye ko Kuremereza ubuzima bw'igihugu muri rusange aribyo byatuma twumva amategeko ? Cg bituma bamwe bahinduka nk'ibyihebe kuko ibintu mubishyira kurwego wagirango urwanda ntiruherereye kw'isi kuko usanga henshi kwisi banyuzwe nuburyo ibihugu byabo biborohereza ubuzima. Ikindi kibazo nibaza kuki tutarabona umukire uzwi wirirwa yiruka mubizame bya perme nkuko abakene bayiruma inyuma bakagwa ruhabo, kandi mwarangiza ngo perme y'urwanda ntigurwa? Cg byemewe kuyigura bitewe n'urwego rw'amafranga umuntu atunze? None se mwashyizeho Ibiciro bizwi twese tukayashaka tugahabwa izo permit mukareka Kugorana?

  • @dayanoctave4699
    @dayanoctave4699 10 місяців тому

    None c ko mbere bacaga amande y'ibihumbi 10,iryo tegeko ntaryabagaho?abashomeri bagiye kwiyongera kubera abatwaraga moto bafite B ni benshi cyane

  • @UwizeyimanaVenuste-yu7lf
    @UwizeyimanaVenuste-yu7lf 10 місяців тому

    Police kora Akazi

  • @rukwangarimoses5980
    @rukwangarimoses5980 10 місяців тому

    Jyewe sinunva ukuntu camera igufotora urengejeho 7 hanyuma bakakubwira ngo yakubye 2 amande

  • @eugeneniyibizi4934
    @eugeneniyibizi4934 9 місяців тому

    Ese ubundi police amategeko ikiresha iyakurahe ko itayashyira mu gazette ya leta ngo tuyasome cg nibitekerezo by umuntu ku giti cye kuko simpamya ko ibi bica mu nteko,wagira police traffic si gov body ni akarima umuntu yivumburiye

  • @NiyitegekaVenuste-kk3lm
    @NiyitegekaVenuste-kk3lm 9 місяців тому

    Iyo hagiyemo abantu benshi ubirebure buriyongera😂😂😂😂😂 ari v8 na taxi hiace indende ni iyihe se

  • @ukurikiyeyezujeandedieu1191
    @ukurikiyeyezujeandedieu1191 10 місяців тому

    Usanga abantu benshi batazi amategeko yumuhanda kuberako basoma ibibazo nibisubizo bagatsindira uruhushya rwagateganyo bakabona nurwa burundu ugasanga arubonye ntamategeko yumuhanda azi

  • @UwizeyimanaVenuste-yu7lf
    @UwizeyimanaVenuste-yu7lf 10 місяців тому

    Police ihindure ibyanditse kumpushya,(Uruhushyarwogutwara,Ibinyabiziga,not,Ikinyabiziga)

  • @NtwariJamvierMussa
    @NtwariJamvierMussa 10 місяців тому

    Muzajye mworohereza abantu bakuze baje mukizamini kandi bigaragara ko permit ashaka azayiha agaciro kubwi imyaka kuko abantu bakuze barigengesera .umuntu wifitiye imyaka 40 byo yakagiye yoroherezwa amafaranga yadushiriyeho

  • @DusabimanaClaire-l6n
    @DusabimanaClaire-l6n 10 місяців тому

    Oya bashyiremo imiyaga kuko birakabije rwose kuko ndakeka nabo batabishobora

  • @patienceusanase744
    @patienceusanase744 10 місяців тому

    Afande turabasaba ko mwareba uburyo bwokongera gukangurira amategeko ahana igihe abayobozi bibinyabiziga batabyubahirije mudufashe gushyiraho ubukangurambaga kumategeko arenze kuyo twiga muri oto ecole murakoze

  • @innocentndayiragije5302
    @innocentndayiragije5302 10 місяців тому

    Mutubwirire afande bazigishe abaporisi bomumuhanda ikinyabupfura cg disipurine harikosa Porice igikora mukwaka ibyangombwa abashoferi keshi yakibyangombwa yirakaje kuvuganabi yisharirije kdi wabireba ukabona atarumuco mwiza jyamufata umwana wokubigisha uburere

  • @themartinsofficial2196
    @themartinsofficial2196 10 місяців тому

    UWO SAMU arazwi araza akakubwirako umuha amafaranga sinzi uko abigenza akagushakira icyangobwa byo mumahanga ubundi akaguha briefing ukumva police iraguhamagaye ngo uzajye gukora special nkaho ufite perime yo mumahanga ibyo mbihagazeho cyane

  • @eddykidumu7429
    @eddykidumu7429 9 місяців тому

    ngewe nabonye itegeko shinga ntacyo rivuze kuko twararitoye ariko abarihindura barihindura uko biboneye

  • @Fredoxofficialtv
    @Fredoxofficialtv 10 місяців тому

    Amashuri yo ntacyo bivuze kuberako sibo bakoresha ibizamini ni nacyo kibazo gikomeye ni gute police ikoresha ibizamini abo itigishije

    • @KarimuSolo
      @KarimuSolo 10 місяців тому

      Wa mugani ako kantu!

  • @butunganehindukatv2390
    @butunganehindukatv2390 10 місяців тому

    Kugorana siko kubahiriza amategeko abapolisi batwara badafite na provisoire ko mutabafata kandi aritwe twabatije ibinyabiziga
    Gusa kuyoboka nibyo byiza .

  • @hitimanafrancois8081
    @hitimanafrancois8081 10 місяців тому

    Muzagani nokubanubatwa banyo urugero kimihurura azwi nkokukabindi nijoro namupolice uburimo ahazwinkomumwembe nabapolice bari Kandi hagaraga club nyishi biteyimugenge muzadukore ubuvugizi kuko uramubwira ngo witwara wamkweye namupolice urimo murakoze

  • @NtwariJamvierMussa
    @NtwariJamvierMussa 10 місяців тому +1

    Oya , ibyo ngo hazakore ibizamini umuntu wize kwiga ntawuba atarize imodoka ngo ajye gukora ikizamini . Erega kwiga si ukujya mu ma Auto Ecole gusa . Kera ruswa itarahagurukirwa Abantu baribwe cyane !!! Nimusigeho muduhe permit natwe tuzi icyo gukora ntago twajya gukinira mumuhanda

  • @rukundojeandamour8307
    @rukundojeandamour8307 10 місяців тому

    Njyewe ndumva ibintu police irimo gukora bidakwiye impamvu turi murwanda rureberera abaturage nimba muzinezako harabantu batunze imiryango yabo kandi ibaho kuko bakoze bagakwiye gushyiraho igihe runaka hanyuma icyogihe cyagera Utayifite agahanwa

    • @KarimuSolo
      @KarimuSolo 10 місяців тому

      Ni uku inkotanyi zikora

  • @gastonniyitegeka8156
    @gastonniyitegeka8156 10 місяців тому +2

    ese nkabariya bantu barya amafaranga yabandi ngo bazabahesha perime bo mubavugaho iki urugero
    nkuwitwa SAMU(BYIRINGIRO SAMUEL) uba kigali ariko agira imodoka musanze yirirwa akusanya amafaranga yabantu
    ngo bazakora special kandi harabo abikorera pe ukumva ngo umuntu yagiye gukora muri special nkuhinduza perime yinyamahanga kandi ataragera no kumupaka
    ubundi ukishyura 600k ndetse harinabo aca 1M , hanyuma bigatuma amanyanga yiyongera muri police

    • @josephrubagumya8967
      @josephrubagumya8967 10 місяців тому +1

      ibyo se wowe bikurebaho iki niba umuntu atanga frw akabona icyo ashaka
      ko ayo 600 se wayatanga ukanatsindwa. rubanda mugira umunwa

    • @KarimuSolo
      @KarimuSolo 10 місяців тому

      ​@@josephrubagumya8967
      Cyihorere, urunwa rwarakirenze

    • @NIYIRAMAThomas-ge4xw
      @NIYIRAMAThomas-ge4xw 10 місяців тому

      ​@@josephrubagumya8967😂😂😂😂😂

  • @AbanaBeza-z9h
    @AbanaBeza-z9h 9 місяців тому

    Yewe uyu nawe arakabije arenze kabera.

  • @innocentndayiragije5302
    @innocentndayiragije5302 10 місяців тому

    Mutubwirire afande bazakore ubuvugizi kubantu bakuru nabura bafite imyaka 40 kuzamuka kujyababaha zaperime muburyo bworoshye butagoranye

    • @KadingaEric
      @KadingaEric 10 місяців тому

      Ahubwo bashyireho itegeko ribabuza gutwara kuko baba barananiwe bakagiye muri retirement yumuhanda

    • @Fredoxofficialtv
      @Fredoxofficialtv 10 місяців тому

      Babaha n'umuhanda wabo ariko

    • @MutabaziJoshua-k2w
      @MutabaziJoshua-k2w 9 місяців тому +1

      Ndumva guhana bitihutirwa icyakihutirwa arugukangurira abanyarwanda gukora bakiteza imbere ahokubasubiza inyuma mukwibaza ukobariburamuke kuko turacyarinyuma mukwitezimbere mutworohereze polisi yacu .mwituma dutekerezako mutwanga kd aritwe mubereyeho

  • @NtirenganyaJeanDAmour
    @NtirenganyaJeanDAmour 10 місяців тому

    Arko ko bijyeze kuvuga ngo hagiye kuzajya hatwara nibura uwize s6 cyane cyane kubatwa ra abajyenzi badusobanurire ahongaho

  • @KadingaEric
    @KadingaEric 10 місяців тому

    Police mukaze umurego abantu benshi bakora imanuka kuberako hari byinshi bituzuye kuko warize gutwara ikinyabiziga ufite nuruhushya rwacyo imanuka zarushaho kugabanuka

  • @uwamurengeyeseth5599
    @uwamurengeyeseth5599 10 місяців тому

    Nibyo rwox impanuka ziri kudutwara abavandimwe police nitubere maso kk twashira kbs.

  • @nzabonimanadieudonne4692
    @nzabonimanadieudonne4692 10 місяців тому +4

    Abanyamagare ko bagenda mu muhanda bo bagira izihe mpushya!??
    Ku cyange giti si mbona ikibazo cyaterwa no kuba nagenda kuri moto mfite Category B,C.
    Nyakubahwa Afande, 10K ryari iryo kd twaritagaga Twishimwe.
    Icyakora wenda ababijyana muri Business bo bakwiye gufungwa. Ariko niba ari private Displacement mukamugwata agacibwa 10K byari ibyo pe!!

  • @regarofficial3669
    @regarofficial3669 10 місяців тому

    Mwakoze kutuzanira afande bitumye bamwe tumenya itegeko tutari tuzi gerayo amahoro turayishyigikiye

  • @nahimanagadi6637
    @nahimanagadi6637 10 місяців тому +4

    Amafaranga yo gukora ibizami bavuganira abanyarwanda akagabankwa

  • @ngambaclaude2671
    @ngambaclaude2671 8 місяців тому

    Uko mwahinduye igazete no kuri premi muzabikore muhagarika umuntu gute mutahindura ibishushanyije kuri premi

  • @majyamberefaustin1604
    @majyamberefaustin1604 9 місяців тому

    Mutuvuganire abarimu ntitujya tubona igihe cyo kwigira permet definitif bajye batwihanganira pe ! Kuko 30jrs zigwa ngo ubone ngukore exam ntituzibona rwoc!. Murakoze ni Majyambere Faustin

  • @HarerimanaMarcel-ke6du
    @HarerimanaMarcel-ke6du 8 місяців тому

    Mwaramutse nitwa harerimana nagiragango munsobanurire kuri categories c nimodoka itwara ex:fuso longe sashe nafuso nshazitwara imicanga nazo ngoni categories c? Murakoze

  • @MUNYAZIKWIYEIGNACE
    @MUNYAZIKWIYEIGNACE 10 місяців тому +1

    ntago byumvikana ukuntu gutsinda ikizamin byaba 100% police yagakwiye kubitekerezaho bakajya batanga amanota % ufite 70%aga passing

  • @ntirenganyabravejeanclaude
    @ntirenganyabravejeanclaude 9 місяців тому

    Mwiriwe,
    1. Mfite category B, ntwara pick up ifite imyanya itanu na caisse arriere, iyi pick up ifite assurance y'abantu 12. Ese ubu nemerewe gutwara abo bantu bose bari kuri assurance nkoresheje iyi category ya B?
    2. Hari imodoka z'amakamyo za category C, usanga zifite assurance yo gutwara abantu nka 50 icyarimwe. Ese abo bashoferi baba bari mumakosa?
    Mudufashe kwirinda amakosa

  • @mbabaziolga8958
    @mbabaziolga8958 10 місяців тому +1

    Mwamutubarije ko gukora ikizami cya permit category B bakoreshereza ku modoka za Manuel kdi abantu benshi batwara automatic babyizeho umuntu agakorera kumodoka ashaka!

    • @KarimuSolo
      @KarimuSolo 10 місяців тому

      Ibyo wibitindaho man, wigeze ubona permet y'igare ?

  • @MutabaziLaurent-r3w
    @MutabaziLaurent-r3w 9 місяців тому

    Mwiriwe muzatubarize impamvu bahisemo guhenda umuturage mugukora ibizami bagaha banyirimodoka amafaranga yikirenga kurwego rwuko umuntu yatsa imodoka yamuzimana akavamo akishyuzwa amafaranga angana nayumuntu wakoze ibizami byose ibihumbi 50000 nukuri harimo guhenda umuturage bikabije ibyobintu byagahindutse murakoze Nitwa Mutabazi

  • @thebest-ck4qh
    @thebest-ck4qh 10 місяців тому

    Kubera icyi examen pratique ikorwa hagendewe kumitwarire yicyinyabiziga idakoreshwa mu muhanda wagirango nugukoresha ikinyabiziga sport

  • @NiyigenaEric-h9f
    @NiyigenaEric-h9f 10 місяців тому

    Mwiriwe neza ?? Twishimiye iki kiganiro tunashimira abatumirwa none kubakoresha impushya zohanze ese Zoho byaba harukuntu byahindutseho?? Cg ntiyemewe. Murakoze

  • @emmd1234
    @emmd1234 10 місяців тому

    Amagare akunze kutubahiriza zebra crossing. Ugasanga imodoka na moto zahagaze ngo abagenzi batambuke igare rikaza rigaca mu bagenzi. Nabibonye henshi, eg: kuri CEGEEM i Gikondo.

  • @IkimanimpayeGfsghh-lc4gz
    @IkimanimpayeGfsghh-lc4gz 10 місяців тому

    Mutubarize impa bandira ikinyabiziga kiri murugo kidakora

  • @NtwariJamvierMussa
    @NtwariJamvierMussa 10 місяців тому

    Ese ko hari abayobozi bashyirwa munshingano bagahita bahabwa Category nabo biga bagiye mubibuga ? Ninabwo buryo abantu bakuze mwakagiye muborohereza rwose kuko abantu bamaze kubirambirwa . Abifite ama Auto Ecole batumariyeho amafaranga ya abana ! Noneho gutsindwa ikizamini kimwe cya nyuma ukazatangira bundi bushya !!!?? Ikindi ngo Category ihabwa igihe izarangiriraho gute , kubera iki ?

  • @tuyishimeeliezer2496
    @tuyishimeeliezer2496 10 місяців тому

    Gushira amanga yo kujya mumuhanda, abantu babiterwanuko abarimu baba batabigishije uko bikwiye ,yakora ikizame kenshi atayibona agahita yiyahuramumuhanda

  • @NtwariJamvierMussa
    @NtwariJamvierMussa 10 місяців тому

    Gushira amanga biratwerwa n'uburyo abantu bagoka cyane bashaka permit mfite A rwose Kandi ntibyambuza gutwara Abana banjye kw'ishuri mfa kutarengera bazajye bansha amande ntakundi . Naho igituma abantu bishora muhanda bagatwara badafite uruhushya rwi ikinyabiziga batwaye Police irabikaza cyane nitworohereze Abanyarwanda twiryohereze

  • @NtwariJamvierMussa
    @NtwariJamvierMussa 10 місяців тому +2

    Ubundi se umuntu ufite nka Category A ntaba yarize amategeko y'umuhanda . Numva akeneye nka B yagasabwe kwihugura gutwara imodoka nka amezi 2 ubundi agahabwa icyemeza ko yahiguwe ubundi inzego zibishinzwe zigashyiraho amafaranga uwo muntu yakwishyura akongererwa Category kuko aba asobanutse ntampamvu yo kuduhoza mubizamibi bidashira .

    • @KarimuSolo
      @KarimuSolo 10 місяців тому +1

      Ibyo uvuze byashoboka mu gihe Leta ikorera abaturage, no irabakama