Amategeko ateganya iki ku bakoresha impushya zo gutwara ku binyabiziga zitagenewe?
Вставка
- Опубліковано 27 вер 2024
- Join this channel to get access to perks:
/ @rwandantvrbahafiyawe
#RBANews #RBAAmakuru #Rwanda #RBAHafiYawe
Click here to SUBSCRIBE : www.youtube.co...
Follow us on Twitter:
/ rbarwanda
/ rwandatv
/ kc2_rw
Follow us on IG:
/ rba.rwanda
Like us on Facebook: / rwandatvofficial
For more great content go to www.rba.co.rw and download our apps:
Android : play.google.co...
iOS : apps.apple.com...
Oya ibi bintu bisobanuke gutsinda ni chance ntago arubuhanga ibyo ndabivugira ko urebye nka categorie A amananiza abamo nagamije gutuma abantu batsindwa arko ibitsinda abantu ntaho biba bihuriye nibikoreshwa mumuhanda ndabaha urugero umuntu witwa ko atsinze burya wongeye ukamusubirishamo ako kanya cg ejo yabitsinda? Ese mumuhanda biriya ninde ubikoresha? Ko nabatwara imodoka za police ubwabo batabikoresha? Ese mwasanze impanuka zo mumuhanda zikorwa nabadafite impushya? Ndumva ibyamategeko akakaye mwabireka mukanareka umuntu ufite ikinyabiziga cye akakizana akagikoreraho ikizami kandi mukanareba abantu basanzwe batwara bamaze imyaka nimyaniko mumuhanda abo mukaborohereza kuko nibo bashoferi. Arko icyo nasorezaho nimworohereze abanyarwanda tubone impushya murakoze
Ese ubundi police yo irabyuka igashyiraho ibiciro byamande?
Ongeramo ko mumpamvu harimo no kuturushya kuko twibaza nka demaraje ya moto imaze iki??
Nge démarrage ya moto yo ibyayo byaranyobeye. Nge ni yo yatumye ntiga moto none ndi sans catégorie 😊
@@ibazeonlinemedia
No danger
iriya demarage ntacyo imaze habe namba
Ngababwiza ukuri nuguca intege rubanda rugufi amategeko ashyirwaho nabantu
police mucunge mutazakabya ese murifuza amafarangagusa ntakindi
Mubatubarize, kuki police ukoresha Exams cyangwa ibaza amategeko y'umuhanda kandi ataribo babyigishije
Ndumva abagisha aribo bakwiye kujya bakoresha Exam
Koko amategeko ko muri za 1986 muriku kinyejana Koko ese yo ntago avugururwa ngo ajyane nigihe tuba tugezemo eeeeh nzabandora numwana wumunyarwanda
Turabashimira kubwimuguro muduhaye ariko muzadufashe site yagicumbi turi kurenga
Ese Police gushyiraho amafaranga igendera kurihe tegeko nukubyuka bakabishyiraho gusa
Police nta mategeko igenderaho
Nkuko mubindi bizamini bigenda, hagakwiye kujyaho amanota fatizo agenderwaho mugutanga permit ( urugero: 80%---100%) aho kuba ijana ku ijana 🙏
Ngirango muba mushaka ko abantu batekereza nabi kubuyobozi gusa
Bihorere na byo bizanga babihindure. Ibintu aba bantu baba bashaka byose ntibazabigeraho
Murakoze kuri iki kiganiro muri za Auto ecoles muzashyiremo nomujya bigisha iryo tegeko. Thx.
Muraho neza? Ariko Ritco zikiza ko abachofeur bari basanzwe bakora muri Onatacom batwara na KBS ko mwabahaye Category D1 Kubuntu
None Abachoreur batwara Fuso muri kubaziza Iki bo iyo mubafasha mukabaha Category C kubuntu nkuko byagenze kuba D1 Murakoze.
Nyabuneka iryo tegeko nirivugururwe ntabwo rijyanye nigihe "ntabwo bikwiye gufunga rwose"
Itegeko ryo muri 87!!!
Guhuna nibyo ark guca 50000nakarengane
Na Bosco ndakivurwa mujye mubareka buriwese azanibye
Mwiriwe
Iyo uri kuva muri feu rouge, ukurikiranye ufite ikinyabiziga ibyuma bikamwandikira nawe bikakwandikira biba byagenze gute? Kikwandikira kandi umukurikiye. Kimaze kumwandikira.
Mutubari ze umuntu ufite cat ya B yemerewe gutwa imodoka zimeze zite
Abakene tuzabira akuya abakire baturebera mumadaruwindi!!
Nkanjye mfite imodoka yanjye sinkeneye kurwanira izo category nyinshi bagiye batworohereza nibura kubona B . Umuntu yakenera no kujyana umwana kwa muganga akamwitwarira . Ubu koko umuntu atunga imodoka imyaka 5 atayizi koko ?
Nibashyiremo imiyaga rwose, niba ari n'amafaranga bashaka bareke tuyabahe ariko baduhe uburenganzira ku kubaho kw'iki gihe
Iyandikishe ujye kubereka ko uyizi nyine
Barakabya najye maze imyaka 3 nirirwa ntwaye imodoka ariko jya mû kizami ngo nsinzi gutwara nkumirwa
Police cg ubuyobozi bw'urwanda ninde wababwiyeye ko Kuremereza ubuzima bw'igihugu muri rusange aribyo byatuma twumva amategeko ? Cg bituma bamwe bahinduka nk'ibyihebe kuko ibintu mubishyira kurwego wagirango urwanda ntiruherereye kw'isi kuko usanga henshi kwisi banyuzwe nuburyo ibihugu byabo biborohereza ubuzima. Ikindi kibazo nibaza kuki tutarabona umukire uzwi wirirwa yiruka mubizame bya perme nkuko abakene bayiruma inyuma bakagwa ruhabo, kandi mwarangiza ngo perme y'urwanda ntigurwa? Cg byemewe kuyigura bitewe n'urwego rw'amafranga umuntu atunze? None se mwashyizeho Ibiciro bizwi twese tukayashaka tugahabwa izo permit mukareka Kugorana?
None c ko mbere bacaga amande y'ibihumbi 10,iryo tegeko ntaryabagaho?abashomeri bagiye kwiyongera kubera abatwaraga moto bafite B ni benshi cyane
Police kora Akazi
Jyewe sinunva ukuntu camera igufotora urengejeho 7 hanyuma bakakubwira ngo yakubye 2 amande
Ese ubundi police amategeko ikiresha iyakurahe ko itayashyira mu gazette ya leta ngo tuyasome cg nibitekerezo by umuntu ku giti cye kuko simpamya ko ibi bica mu nteko,wagira police traffic si gov body ni akarima umuntu yivumburiye
Iyo hagiyemo abantu benshi ubirebure buriyongera😂😂😂😂😂 ari v8 na taxi hiace indende ni iyihe se
Usanga abantu benshi batazi amategeko yumuhanda kuberako basoma ibibazo nibisubizo bagatsindira uruhushya rwagateganyo bakabona nurwa burundu ugasanga arubonye ntamategeko yumuhanda azi
Police ihindure ibyanditse kumpushya,(Uruhushyarwogutwara,Ibinyabiziga,not,Ikinyabiziga)
Muzajye mworohereza abantu bakuze baje mukizamini kandi bigaragara ko permit ashaka azayiha agaciro kubwi imyaka kuko abantu bakuze barigengesera .umuntu wifitiye imyaka 40 byo yakagiye yoroherezwa amafaranga yadushiriyeho
Oya bashyiremo imiyaga kuko birakabije rwose kuko ndakeka nabo batabishobora
Afande turabasaba ko mwareba uburyo bwokongera gukangurira amategeko ahana igihe abayobozi bibinyabiziga batabyubahirije mudufashe gushyiraho ubukangurambaga kumategeko arenze kuyo twiga muri oto ecole murakoze
Mutubwirire afande bazigishe abaporisi bomumuhanda ikinyabupfura cg disipurine harikosa Porice igikora mukwaka ibyangombwa abashoferi keshi yakibyangombwa yirakaje kuvuganabi yisharirije kdi wabireba ukabona atarumuco mwiza jyamufata umwana wokubigisha uburere
UWO SAMU arazwi araza akakubwirako umuha amafaranga sinzi uko abigenza akagushakira icyangobwa byo mumahanga ubundi akaguha briefing ukumva police iraguhamagaye ngo uzajye gukora special nkaho ufite perime yo mumahanga ibyo mbihagazeho cyane
Koko arabishoboye?
Ahubwo uduhe numéro ye twibonere permis
ngewe nabonye itegeko shinga ntacyo rivuze kuko twararitoye ariko abarihindura barihindura uko biboneye
Amashuri yo ntacyo bivuze kuberako sibo bakoresha ibizamini ni nacyo kibazo gikomeye ni gute police ikoresha ibizamini abo itigishije
Wa mugani ako kantu!
Kugorana siko kubahiriza amategeko abapolisi batwara badafite na provisoire ko mutabafata kandi aritwe twabatije ibinyabiziga
Gusa kuyoboka nibyo byiza .
Muzagani nokubanubatwa banyo urugero kimihurura azwi nkokukabindi nijoro namupolice uburimo ahazwinkomumwembe nabapolice bari Kandi hagaraga club nyishi biteyimugenge muzadukore ubuvugizi kuko uramubwira ngo witwara wamkweye namupolice urimo murakoze
Oya , ibyo ngo hazakore ibizamini umuntu wize kwiga ntawuba atarize imodoka ngo ajye gukora ikizamini . Erega kwiga si ukujya mu ma Auto Ecole gusa . Kera ruswa itarahagurukirwa Abantu baribwe cyane !!! Nimusigeho muduhe permit natwe tuzi icyo gukora ntago twajya gukinira mumuhanda
Njyewe ndumva ibintu police irimo gukora bidakwiye impamvu turi murwanda rureberera abaturage nimba muzinezako harabantu batunze imiryango yabo kandi ibaho kuko bakoze bagakwiye gushyiraho igihe runaka hanyuma icyogihe cyagera Utayifite agahanwa
Ni uku inkotanyi zikora
ese nkabariya bantu barya amafaranga yabandi ngo bazabahesha perime bo mubavugaho iki urugero
nkuwitwa SAMU(BYIRINGIRO SAMUEL) uba kigali ariko agira imodoka musanze yirirwa akusanya amafaranga yabantu
ngo bazakora special kandi harabo abikorera pe ukumva ngo umuntu yagiye gukora muri special nkuhinduza perime yinyamahanga kandi ataragera no kumupaka
ubundi ukishyura 600k ndetse harinabo aca 1M , hanyuma bigatuma amanyanga yiyongera muri police
ibyo se wowe bikurebaho iki niba umuntu atanga frw akabona icyo ashaka
ko ayo 600 se wayatanga ukanatsindwa. rubanda mugira umunwa
@@josephrubagumya8967
Cyihorere, urunwa rwarakirenze
@@josephrubagumya8967😂😂😂😂😂
Yewe uyu nawe arakabije arenze kabera.
Mutubwirire afande bazakore ubuvugizi kubantu bakuru nabura bafite imyaka 40 kuzamuka kujyababaha zaperime muburyo bworoshye butagoranye
Ahubwo bashyireho itegeko ribabuza gutwara kuko baba barananiwe bakagiye muri retirement yumuhanda
Babaha n'umuhanda wabo ariko
Ndumva guhana bitihutirwa icyakihutirwa arugukangurira abanyarwanda gukora bakiteza imbere ahokubasubiza inyuma mukwibaza ukobariburamuke kuko turacyarinyuma mukwitezimbere mutworohereze polisi yacu .mwituma dutekerezako mutwanga kd aritwe mubereyeho
Arko ko bijyeze kuvuga ngo hagiye kuzajya hatwara nibura uwize s6 cyane cyane kubatwa ra abajyenzi badusobanurire ahongaho
Babantasoni bafite!!
Police mukaze umurego abantu benshi bakora imanuka kuberako hari byinshi bituzuye kuko warize gutwara ikinyabiziga ufite nuruhushya rwacyo imanuka zarushaho kugabanuka
Nibyo rwox impanuka ziri kudutwara abavandimwe police nitubere maso kk twashira kbs.
Abanyamagare ko bagenda mu muhanda bo bagira izihe mpushya!??
Ku cyange giti si mbona ikibazo cyaterwa no kuba nagenda kuri moto mfite Category B,C.
Nyakubahwa Afande, 10K ryari iryo kd twaritagaga Twishimwe.
Icyakora wenda ababijyana muri Business bo bakwiye gufungwa. Ariko niba ari private Displacement mukamugwata agacibwa 10K byari ibyo pe!!
Mwakoze kutuzanira afande bitumye bamwe tumenya itegeko tutari tuzi gerayo amahoro turayishyigikiye
Amafaranga yo gukora ibizami bavuganira abanyarwanda akagabankwa
Uko mwahinduye igazete no kuri premi muzabikore muhagarika umuntu gute mutahindura ibishushanyije kuri premi
Mutuvuganire abarimu ntitujya tubona igihe cyo kwigira permet definitif bajye batwihanganira pe ! Kuko 30jrs zigwa ngo ubone ngukore exam ntituzibona rwoc!. Murakoze ni Majyambere Faustin
Mwaramutse nitwa harerimana nagiragango munsobanurire kuri categories c nimodoka itwara ex:fuso longe sashe nafuso nshazitwara imicanga nazo ngoni categories c? Murakoze
ntago byumvikana ukuntu gutsinda ikizamin byaba 100% police yagakwiye kubitekerezaho bakajya batanga amanota % ufite 70%aga passing
Mwiriwe,
1. Mfite category B, ntwara pick up ifite imyanya itanu na caisse arriere, iyi pick up ifite assurance y'abantu 12. Ese ubu nemerewe gutwara abo bantu bose bari kuri assurance nkoresheje iyi category ya B?
2. Hari imodoka z'amakamyo za category C, usanga zifite assurance yo gutwara abantu nka 50 icyarimwe. Ese abo bashoferi baba bari mumakosa?
Mudufashe kwirinda amakosa
Mwamutubarije ko gukora ikizami cya permit category B bakoreshereza ku modoka za Manuel kdi abantu benshi batwara automatic babyizeho umuntu agakorera kumodoka ashaka!
Ibyo wibitindaho man, wigeze ubona permet y'igare ?
Mwiriwe muzatubarize impamvu bahisemo guhenda umuturage mugukora ibizami bagaha banyirimodoka amafaranga yikirenga kurwego rwuko umuntu yatsa imodoka yamuzimana akavamo akishyuzwa amafaranga angana nayumuntu wakoze ibizami byose ibihumbi 50000 nukuri harimo guhenda umuturage bikabije ibyobintu byagahindutse murakoze Nitwa Mutabazi
Kubera icyi examen pratique ikorwa hagendewe kumitwarire yicyinyabiziga idakoreshwa mu muhanda wagirango nugukoresha ikinyabiziga sport
Mwiriwe neza ?? Twishimiye iki kiganiro tunashimira abatumirwa none kubakoresha impushya zohanze ese Zoho byaba harukuntu byahindutseho?? Cg ntiyemewe. Murakoze
Amagare akunze kutubahiriza zebra crossing. Ugasanga imodoka na moto zahagaze ngo abagenzi batambuke igare rikaza rigaca mu bagenzi. Nabibonye henshi, eg: kuri CEGEEM i Gikondo.
Mutubarize impa bandira ikinyabiziga kiri murugo kidakora
Ese ko hari abayobozi bashyirwa munshingano bagahita bahabwa Category nabo biga bagiye mubibuga ? Ninabwo buryo abantu bakuze mwakagiye muborohereza rwose kuko abantu bamaze kubirambirwa . Abifite ama Auto Ecole batumariyeho amafaranga ya abana ! Noneho gutsindwa ikizamini kimwe cya nyuma ukazatangira bundi bushya !!!?? Ikindi ngo Category ihabwa igihe izarangiriraho gute , kubera iki ?
Gushira amanga yo kujya mumuhanda, abantu babiterwanuko abarimu baba batabigishije uko bikwiye ,yakora ikizame kenshi atayibona agahita yiyahuramumuhanda
Gushira amanga biratwerwa n'uburyo abantu bagoka cyane bashaka permit mfite A rwose Kandi ntibyambuza gutwara Abana banjye kw'ishuri mfa kutarengera bazajye bansha amande ntakundi . Naho igituma abantu bishora muhanda bagatwara badafite uruhushya rwi ikinyabiziga batwaye Police irabikaza cyane nitworohereze Abanyarwanda twiryohereze
Ubundi se umuntu ufite nka Category A ntaba yarize amategeko y'umuhanda . Numva akeneye nka B yagasabwe kwihugura gutwara imodoka nka amezi 2 ubundi agahabwa icyemeza ko yahiguwe ubundi inzego zibishinzwe zigashyiraho amafaranga uwo muntu yakwishyura akongererwa Category kuko aba asobanutse ntampamvu yo kuduhoza mubizamibi bidashira .
Ibyo uvuze byashoboka mu gihe Leta ikorera abaturage, no irabakama