NAHINDUYE BUSINESS NGO NTISENYERA💔UYU MUGORE YARAMPINDUYE NAJE NJE KUBAKA🥰AGACIRO K'UMUGORE URAMENYE
Вставка
- Опубліковано 27 тра 2024
- #ireretv #happyfamily #dailybread
IRERE TV ni UA-cam Channel igamije kugeza ijambo rihumuriza kubayikurikira buri umunsi.
kubagezaho kandi ibiganiro byubaka umuryango nyarwanda muburyo bwumwuka, ubugingo ndetse no mumubiri.
IRERE TV kandi dufasha kurerera Urwanda, dutanga inyigisho kubana nurubyiruko muri rusanjye.
Turatarama yewe Tukaramya Imana. Ushaka kutugezaho, ubuhamya, inyuganizi cg igitekerezo waduhamagara kuri
Tel:.+250 788 351 168
+250 780 860 338
+250 780 767 456
Tubashimira kuba mudahwema kubana natwe mubiganiro tubageza. kora share usangize abandi icyiganiro wakunze, unakande subscribe niba utaraikora. wowe wabikoze Imana uguhe umugisha.
IRERE TV is a UA-cam Channel that aims to bring comforting words to its followers every day.
and to provide them with discussions that build up the Rwandan community spiritually, spiritually and physically.
IRERE TV also helps to raise Rwanda, we provide education to children and youth in the country.
We worship God. If you want to share with us, a testimony, a lawyer or an opinion, you can call us at
Tel: +250 788 351 168
+250 780 860 338
+250 780 767 456
Thank you for continuing to stay with us in the conversation. Do share the conversation you liked, and click subscribe if you haven't already done so. you did it God bless you. - Розваги
Urakoze chane nonese nkumugabo ukola nawe ugakola ariko akaguhishimitungo yangula we sikibazo .
Woow...uvuze neza mubyeyi
Amavuta amavuta
Ukuri kwuzuye nukuri sinkubesha ibinivyo biranga umugore wumuchristo❤Thank you Serene
Celine nagukundaga ndishijeho kugukunda kd cyane uzamgashe mbone nember zawe ndabona nzagukuraho byinshi muminsi nshigaje
Icyacumi ni icy' Imana ntabwo Ari icyo gufasha abakene Malaki 3:10
Yewe hari nuwo witaho ntabihe agaciro
nibo bacye
Uvamada,dakwemey,pe,urumugore,ukwije,bisabwa,uzahore,utaga,mpanuro,kubagor,urayemejepe
Seri ndagukunze nkeneye number yawe
Muduhe izo no z'igahanga ku depot y'amafi❤❤❤ ndabasabye, kuko ntitwapfa kuhamenyaa❤❤❤
Hafi y’agakiriro ka Gahanga
Mama niba nawe uvuzukuri
❤❤❤
Uko ni ukuri mama, nonese iyo uburiye umwanya umugabo ukamuzanira cash Waba umuterankunga ubugore ukabusezerera
Ariko hari abantu bacuramye ubwenge bwo mungo nkabarokore koko, uziko bibagirwa ingo zabo burundu bakirirwa birukaaa.
byihorere byankozeho sha
Nakubujije ikintu ukiri kumpuhwe TV
Ntiwarufite mwari mufite kuko imvugo ukunda gukoresha nigaragaza ubugare or kuganza uwo mwubakanye!