Wow🥰 Wa Mugeni Utabona Wari Umaze imyaka 19 Imana Yaramusezeranyije UBUKWE mu myaka♥️ TWAGANIRIYE😍
Вставка
- Опубліковано 4 лип 2024
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), Wahisemo neza gukurikira ZABURI NSHYA, Imana iguhe Umugisha !
Uramutse wifuza kutuvugisha waduhamagara kuri iyi Numero 0786388010 (NTAGANZWA PLAISIR) - Розваги
Imana ishimwe ,uyu mugeni numukozi w'Imana mwiza ,Imana ihabwe icyubahiro nanjye ndanezerewe.
Imana ikora uko ishaka,kandi ntawuyibaza ngo ibyo ukora nibiki!Esther aba umwamikazi se ntiyagiye murugo rwarimo undi mugore,hari nizindi ngero nyinshi
Nongeye kugarurira Imana icyizere
😅😅😅😅😅😅😅kigarurepe
Icyimana yafatanije ntihakagire ugitandukanya imana ikomeze ibagure muri byibshi
Mbifurije urungendo rwiza nukuri yesu Abe hamwe namwe muri byose hallelujah hallelujah yesu nu mwami kd niyamamare 👏👏👏👏👏🤗🤗🙌🙌💯🙏🙏🙏🙏
Imana Niyo Imenya Imitima ariko Umugore uta umugabo akamutana n'abana byongeye umwana w'umwaka1😢😢😢. Uyu mukozi W'Imana Imana Imugende Imbere
Amen 🙏 🙏🙌🙌🙌🙌 imana iracyakora ibihamya birahari pee
Imana iratangaje peuh
Hallelujah hallelujah hallelujah ayiweeeee ntabwo ibeshya iravuga bikaba 💯oooh yesu❤️❤️👏👏👏👏 weeee webale webale webaleeeeeeee 👏🙏
Amen,pe shimye lmana
Imana irahambaye pe
Numukozi wumuhanga
Hallelujah Hallelujah Hallelujah 🙌 MANA uri mwiza
Yoooo Reba disi uko umudamu aangiye urugendo rwubupfakazi umugabo akababara😮
Satani ntazabitambike ngo abasenyere
Mana nanjye uzangenderere ndacyagutegereje
Humura cyane
Ayiiiiiiiiiiij yesu akunvire aguhe icyushaka mwina rya YESU AMEN
@@NiyonkuruDjanati tnx
Dushimiye Imana isezeranya igasohoza🙌🙌🙌🙌
Mbega byiza ❤❤❤❤
Imana ishimwe cyane
Utuye he mubyeyi ngo nanjye nzakwisurire?
Niyo ikora ibikomeye bitarondoreka
Ongeraho ngo ni bitangaza bitarondoreka.Yobu 5:9
Yobu 9:10 hallelujah
Hallelujah nukuru ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤mana uri umukozi w'umuhanga
Imana yamahoro Ibahe kuba amahoro Masa
Imana ibashyigikire muri byose Nukuri
Ndabakunze cyane mukomere
Nukuri lmana ihabwe icyubahiro yarakoze
Muzagire urugo rwiza bavandimwe
Asa nUmugore wa Bose babireba
Imana irahambaye irakarama
❤❤❤❤
Imana azabashyigikire
Uwiteka ahemba neza
ABURAHAMU NA SARA BARI BLEZ?
Izatugarure sara na burahamu
Ese Imana yemera gatanyA noneho????
Nonese ishimwewe kumugabo ariwe utorongera agaturugo umugore wese akwiyibyo?? Umugore windaya asendwe !!noneho ntiyasenzwe
@@KithChikoka shA simbizi kbx, MBA numiwe
ko Imana idashyigikira gatanya? Murahira ngo muzatanwa nurupfu kdi ko uzihanganira byose aho ntubeshyera Imana??
Njye numvise batarasezeranye iyo batarahiye ngo baba bemerewe kongera gushaka
🎉ark se ubwo mwandika mwumvise ikiganiro ntabwo bari barasezeranye kdi mwumvise ko yagerageje no kubahuza umugore akabyanga rero aho ntibisaba gatanya
Ntabwo baribarasezeranye.
Isezerano rirenze kubyarana izoshuro zose?? Kwangaza abana numudendezo nyabaki? Iyoyanze ko musubirana aba arumusaraba wawe kwicira inzira ntibibaho nukwicara ukarera abana ugategereza nyiribihe wihanganye
Jewe ntangazwa cane n'ingene i Rwanda habera ibitangaza vyinshi babireba,ariko noneho satani akaba ahafite icumbi ryihariye,ntabwoba mwumva?
Ivyaha vy'indengakamere niho bibarizwa:ubutinganyi,ubwicanyi n'ibindi utarondora
Hemwe,ntibazoronka ico bireguza kumusi w'imanza.
Uciye imanza pe wabonyeko ariho habera ibitangaza honyene??ahubwo nuko barusha abandi kubivuga gusa Mbonyi yararirimvye ati hariho nabandi badafise uko babivuga hama ivyaha birihose gusa abanyaRwanda nuko vyose babivuga bakavyerekana nahubundi ntaho ivyaha bitaba
Yewe wamubanyi we...burya ngo nujya gutokora agatotsi kari mu jisho rya mugenzi wawe,ujye ubanza ukure umugogo uri mu ryawe.
@@christella5092ntabwo aciye Imanza ahubwo iyaba warufashe akanya ugatekereza 2 wakuramo icyo ukwiriye gusengera. Naho kuba uyu yashyingirwa atabona byo nta gitangaza kirimo.nabadasenga byababaho
Kimwe gifatika uvuze nuko mu gihugu cyacu habera ibyaha byindengakamere kd nibyo Koko biteye inkeke . Naho iki cyo Si igitangaza ko uyu mugabo yashaka umukobwa utabona wenda atekereza ko ariwe utamuhoza ku nkeke cg bya bibazo bibera mu ngo muri iki gihe ,
@@madimadi311231:11
Uwo mu pastor uzabasezeranya ufite undi mugore ninde?
Ariko wumvise Hari isezerano bagiranye koko rero bazasezerana kuko ntakibabuz
Azabasezeranya kuko nkurikije uko nabyumvise ntabwo yari yarasezeranye n'uwa mbere
Kubera Imana bazasezerana kuko ni ku bwayo ntabwo arikubwabo.
Ese mugeniwe mwagiye mureka gupinga Ibyo mutazi ahhh ese umugabo yatayurugo?? Cg
😭😭😭😭😭😭😭🙌🙌🙌🙌🙌🙌💃🏿💃🏿💃🏿💃🏿
😂❤😢😅😊❤❤🎉🎉🎉imananishimwe😢yoitugejejeayamasaha
Muzazane numudamu we twumve ibyabatandukanyije
Ariko kuki mukunda kwinjira mu buzima bwabandi ? Ibyo bababwiye nibyo mwari mukwiriye kumva . Imwe mu ntwaro satani akoresha asenya umuntu nuko aba yarishyize hanze wese nta banga agira
@@madimadi3112 ijambo ry'Imana rivuga iki nukuvuga gsa ntabumenyi
@@Mugeni_2 ntabwo Imana bayandika ninyuguti ngufi hanyuma icyo rivuga ni kimwe icyo risobanura ni ikindi ndavuga ijambo ryayo dusoma muri bible . Hanyuma se ko utavuze icyo rivuga ngo twumve?
@@Mugeni_2 ubuse kumva umugore we bagashyira ubuzima bwabo bwose hanze bitinze cg bitebutse mukazabyifashisha mubasenya nibyo byiza?
@@madimadi3112 isezerano ry'Imana rikorwa nuwasobanukiwe Imana iyariyo gutandukanwa nurupfu cg yesu agarutse
Ingo zubu we nukubakirwa kuri sosho media ninaho zisenyukira
Ka twizereko zose zidasenyuka
Ibyawe urye umbyigumanira
Reka twizereko urwawe rutubakiwe kuri sosho media rukomeye😂
Barabeshyera Imana ntiyemera gatanya
Ujya usoma inkuru za Esther uzazisome rwose
Ntago ingo zose zisenyuka.satani ntakajye adukanga
Ikibazo nuko mubahinduka ntanumwaka ushize
Ariko SI Bose bahinduka
Uwo bahinduka agombe yizere KUKO TURI mwisi iyo simpamvu yo guca imanza