Wi hengama cyane bro!!! Impamvu uwo mwarabu adasura Papa nuko arusha Papa byinshi by'isi y'umwijima! Wishaka gusebanya rero because we know that you are a Muslim ☪️ bro.None rero wishaka gufata nkaho ibyo uzi ibyo bizima iby'abandi bikaba ubusazi no kutamenya bro. Utazi ubwenge ashima ubwe wangu!
I knew how the comments were about from far away 😅😅 ikigaragara PK yakomerekeje benshi hano 😅😅 nanjye ndimo.. arko the good thing is HE said NTAGO IBYO AVUGA ARINGOMBWA KO UBYEMERA KUKI UMYEMERERE YACU NTAGO ARI IMWE 🙌🏾 So ngiye kuburana nawe rwabura gica so I will just pass on. Am the Fan too 😅🔥🔥
John 10:30: Jesus says, "I and the Father are one". John 4:25-26: Jesus says, "I, the one speaking to you-I am he". John 8:58: Jesus says, "before Abraham was born, I am!". Isaiah 9:6: The prophet Isaiah declares that Jesus is God. John 20:28: Jesus' disciple Thomas proclaims the resurrected Jesus to be God. Revelation 22:13; 1:8, 17-18: The Apostle John describes Jesus as the “Alpha and Omega” and the “first and the last”. Hebrews 1: The author of Hebrews identifies Jesus as superior to any prophet, above the angels, and worthy of worship. Hebrews 12:2: The author of Hebrews states that Jesus is “seated at the right hand of the throne of God”. Luke 1:35: The angel tells Mary that her child "shall be called the Son of God". Luke 4:41: When Jesus casts out demons, they fall down before him, and declare: "You are the Son of God".
Uri umuyobe pe ,wigira umunyabwenge Kandi uri umuswa,Kristu Yesu ni Imana,yahozeho Kandi azahoraho,ni kamere y'Imana,ni Uwiteka,ntabwo wabyemera kereka Mwuka wera ariwe uguhaye kubyumva
Yesu numwana wIMANA yaravyivugiye igihe Abatizwa na Baptista.ikindi Yesu yarapfuye Arazuka.witondere ubusesanguzi bwawe ntibuzogutware munzira yo kurimbuka
Ariko jye nakugira lnama yo gukoneza kwivugira ibya politics naho iby'lmana na Yesu ubyihorere kuko ibyo byahishwe abanyabwenge biy'isi. Yesu yajije intumwa ze ubwo Ari we ,Petero aramusubiza ati: uri Christ umwana w'lmana.
1Yohana2:22{1 Yh 2:22 Mbese umunyabinyoma ni nde, keretse uhakana ko Yesu atari Kristo? Uhakana Data wa twese n'Umwana we, ni we Antikristo. Who is a liar but he that denieth that Jesus is the Christ? He is antichrist, that denieth the Father and the Son. 16:03 }
Uyu munsi uradutuburiye kbx utangiye kuvuga ibintu udafitiye facts, uje kuyobya abantu* *anti Christ means in the place of Christ* and in Hebrew Jesus Christ " Yeshua hamashiak : jesus Christ
Pk kbs komereza ahongaho uduha ibiganiro byuzuye Ubwenge kbs❤❤❤❤
Yesu yemeye ko ariwe kristo igihe abibwirwa na petro ubwo yarabajije intumwa ze uwo ariwe!. Thank you
In the Bible, Simon Peter said, “You are the Christ, the Son of the living God” in Matthew 16:16.
❤
Umubwiye ukuri
Wowe uwukorera turamuzi. Gusa nibamera ko Imana Ari Data watwese birahagije ibaze unisubize niba ufite gutekereza kwe. Uretseko ntabikwizeyeho
Wi hengama cyane bro!!! Impamvu uwo mwarabu adasura Papa nuko arusha Papa byinshi by'isi y'umwijima! Wishaka gusebanya rero because we know that you are a Muslim ☪️ bro.None rero wishaka gufata nkaho ibyo uzi ibyo bizima iby'abandi bikaba ubusazi no kutamenya bro. Utazi ubwenge ashima ubwe wangu!
I knew how the comments were about from far away 😅😅 ikigaragara PK yakomerekeje benshi hano 😅😅 nanjye ndimo.. arko the good thing is HE said NTAGO IBYO AVUGA ARINGOMBWA KO UBYEMERA KUKI UMYEMERERE YACU NTAGO ARI IMWE 🙌🏾 So ngiye kuburana nawe rwabura gica so I will just pass on. Am the Fan too 😅🔥🔥
Pk hejuru cyane na Ken Sasa reo Ken turabasabye muzadukorere ikiganiro cyerekeye iherezo dy'ikiremwa m'untu.ase Koko inyuma yubuzima bgongaha kwisi harubundi buzima umuntu apfuye?ASE ikiremwa muntu iyo gipfuye kijahe....turagusavye pkkkk🎉🎉🎉🎉❤❤❤ ababishyaka nkange mumpereze like koko😂
Duhe isomo pk yesu abahe umugisha❤❤
Uyumugabo pk azi ubwenge ark ibya Yesu yarabihishwe. Gusobanura ibyo utarasobanukirwa rero bituma ugaragazako ufite ivangirwa. Pk ibya Yesu byaragusobye iryo nivagirwa kbsa
Pk really nibanga .kweli capacity yokubyakira ntibayoroshe.akarorero nkumu Mama aho Tanzanian yafashwe yahimbaguye umwana ibihimbahimba abishira mwibase.baracaka munzuye basangayo risiti.zabantu yagiye yica .kuva 1997.nkibyoroshe
Sha kuri Yesu byo byihorere, uvuge ibindi kuko turi kumva ntabyo umuziho
Hanyuma se kuzi mama wa yezu papa we ninde 😂bro waragoswee
Bro ujye ukorera inyuma ya background nibyo bibera Documentary nukuntu ufite ijwi ryiza , ugiye ukora nkuntu ba Ismael mwanafunzi naba Rocky bakora byaba byiza ntukagaragaze isura yawe mubyegeranyo we love you Pk
❤❤❤❤❤nkunda umugabo ntacyo ampaye🎉🎉
Abantu benshi twemera ibyo tutazi akenshi tukemera nibintu bitabaha!
Ibiganiro byawe nibyiza, Ariko byababyiza cyane ugiye ubikora nka Documentaire not commentaire nkuko ba Ismael Mwanafunzi na rocky babigenza.
Umva wamugabowe uge uvuga ibindi ibya yesu nabyuzi kuko urabihihwe
Jama ivya yesu urikitazi kuo ivyumusaraba nubupfu kubarimbuka ark kuritwe nimbaraga ziZanagakiza
Utangiye kuvanga ibintu brother 😢 ibyo udafiteho ibisobanuro byuzuye ukwiriye kubyigengeseraho ubundi nicyo kiranga umuntu wumuhanga kuko niba utazi gutandukanya ibyo Moises yakoreshejwe ukabigereranya nibyo Yesu kritso yakoze wakabaye ubiceceka utazivangira, ubundi nkwemera nkumuhanga arko hano Utangiye kuntenguha.
Uyu mugabo ni umuphilosophr ngewe Je sui d'accord avec Lui.
Umwana wimana umva yaremeshejijambo bibabo umumalaika yazanyijbo ok umwukawera urinyuma yijambo akarishitsa...reo yesu nijambo dyambayumuniri wesha pk itonde ibyo wirogota kumwuka wera
John 10:30: Jesus says, "I and the Father are one".
John 4:25-26: Jesus says, "I, the one speaking to you-I am he".
John 8:58: Jesus says, "before Abraham was born, I am!".
Isaiah 9:6: The prophet Isaiah declares that Jesus is God.
John 20:28: Jesus' disciple Thomas proclaims the resurrected Jesus to be God.
Revelation 22:13; 1:8, 17-18: The Apostle John describes Jesus as the “Alpha and Omega” and the “first and the last”.
Hebrews 1: The author of Hebrews identifies Jesus as superior to any prophet, above the angels, and worthy of worship.
Hebrews 12:2: The author of Hebrews states that Jesus is “seated at the right hand of the throne of God”.
Luke 1:35: The angel tells Mary that her child "shall be called the Son of God".
Luke 4:41: When Jesus casts out demons, they fall down before him, and declare: "You are the Son of God".
Ibyo urabivugira ko utazi kristo yesu
Umva ncuti yanjye jyuvuga wasomye bible genda usome muri {matayo1:1,matayo 1:16, matayo 1:18,ibyakozwe nintumwa 8:37: abaroma 1:8, 1abakorinto 1:1 nahantu henshi yitwa gutyo rero jyubanza ucekinge kuko uba ubwira abantu benshi utazabayobya.
Keep preaching PK!
Bunvishe mon frère.Imana ikuje imbere
Utsindwe mwizina rya yesu kristo
Harikintuntasobanukirwa uriguhakana yezunasatani icyarimwcyangwa? Aratubeshyepe urikucanga konumvaharahowivuguruza?
pk ibyayesu bireke ntawumenya byose ibyayesu byarakwihishe erega byahishwe abanyabwenge byagucanze yesu numukiza wabantu.
Nshuti muvandimwe pk twishimiye kukubona ariko jya uvuga ku kintu kimwe tucyumve neza ufata ikindi.ubu biravanze .ushaka kuvuga ku bintu byose mu minota 30 kandi ntibishoboka
Bro ibyukora turabikunda
Ariko harukuntu wica ikinyarwanda ntibavuga gusuhutsa bavuga gusuhuza
Thank you keep doing ur work
PK naragukundaga warasobanuraga bikanyura umutima wange 😢😢😢 ese bigenze gte wabivuyemo??
Sha ibyo warabihishwe ivugire politic
Ndakunda firime usobonura
Uri umuyobe pe ,wigira umunyabwenge Kandi uri umuswa,Kristu Yesu ni Imana,yahozeho Kandi azahoraho,ni kamere y'Imana,ni Uwiteka,ntabwo wabyemera kereka Mwuka wera ariwe uguhaye kubyumva
Ugiye kuburana nawe kndi ntgo umuzi !😅😅😅 ni umu Islam kndi uko ubizi they don't blv Jesus as the son of God... they blv him as the prophet
Yesu erega impamvu batamusobanukirwa nuko Ari Imana Kandi yihisha abanyabwenge ikiyereka abaswa niyo mpamvu abanyabwenge Bose abenshi ntibemera Imana keretse igihe uciye bugufi ukumva ko ubwenge bwawe ntacyo buricyo urebe nawe ubwenge PK afite ukuntu Ari bwinshi ariko conclusion Ati yesu ni Intumwa😂😂😂 nabo umwuka yasanze akabahishurira ubwiru bw' ubumana babita ibigoryi😂😂
@@Marikebatundi nuko ikihisha abanyabwenge Kandi ariyo yabubahaye ikikundira injiji yabwimye?😂😂😂😂😂 Sha ibibintu Koko Ninde wabibaroze ko yakabije?
@@Socialifee 😂😂😂 tureke nyine
@@Marikebatundi nawe nubitekerezaho neza witonze uraza kongera wiseke 😅
Pk ndagukumbuye pe ark ibya yesu byo byihorere warabihishwe sibyawe pe❤
Kbx
Hhh, pk arasobanutse
Aho rwose ndemeranya nawe
Bitubwire wowe ubizi
Yatangiye avuga ko ibyo avuga ni imyemerere ye. Bivuze ko utagomba kubyemera !!
@Dreams TV, @PK the sound, mujye mujyerazeza mukore title zumvikana, kdi mushyiremo punctuation . Byose biba bifatanye
Matayo 16:16 uri Christ umwana w' Imana.
Ase bro amategeko 12 uyakurahe 😂😂😂waravangiwe
Yesu numwana wIMANA yaravyivugiye igihe Abatizwa na Baptista.ikindi Yesu yarapfuye Arazuka.witondere ubusesanguzi bwawe ntibuzogutware munzira yo kurimbuka
Nusoma amateka uzasanga
1. Dionizio yarapfuye arazuka
2. Krishna yarapfuye arazuka
Hari nabandi benshi nakubwira bapfuye bakazuka rero ibyo sibyo byo gushingiraho
Ndakunda ibiganiro voyaye,kandi akenshi uvuga ukuri.none ndashaka nkubaze abemera Yesu nanje ndimwo.none tufate ko Yesu na Mose tubafate Kimwe??
Ujye usesengura iby,amaleta nibyo kuriyi si naho ugiye mubyo Beble ivuga byo ntiwabishobora udafite umwuka PK we kuba uzi icyongereza cyishi no kuba ufite ubumenye bwishi bw,amagambo wumva muri Filmer sibyo biguha uburenganzira bwo gusesengura ijambo ry,Imana
Wowe urumva uwufite?
Oya ivyo vya kristo na yesu ndumva kutabizi ugusigwakwe nibijanye nawe reka kubesha
Pk ndakwemera ndi UK ❤❤❤❤
Yesu n'umwami wabami
Ark mana ndagukunda pe
Pk ndagufana nakumenjyeye kuri film
Byongeye ba ukorera inyuma ya caméra bro that will be good
Nubwami burubahwa cyangwa nizina hhhhhhh😅😅 brother try to speak what you know,he said " izina ryawe ryubahwe ubwami bwawe buze "
Pk ndabyumva ibantu bashaka impamvu bitewe nuko batumva ibintu neza ark pk nkubaze wemerako imigenzo yimwuka mibi ibaho
Dukeneye documentaries bisobanura ibi bintu neza kuko nanubu biracyari urujijo. Uzatubwire nabitwa knight templars na free masonry
Nawe noneho wigize umu pastor ariko uzanye ibinyoma. Ngo Yesu siwe kristo? Ngaho tubwire Aho wabisomye
Pk Ndagusuhuje,kubigaragara ufite ubumenyi kuri byinshi warasomye byinshi cg wanize byinshi bituma umenya ark kumenya Yesu umucunguzi (christo) ntibisaba gusoma ibitabo byinshi ngo usobanukirwe ibye,nkuko wabyigishijwe cg wabyumvanye abiyita abamebyi.kumusobanura rwose ntabumenyi ubifiteho.kubindi ndicara nkumva nkaniga,ark Yesu ibye urikubivanga,Christ bivuga umucunguzi usomye abo bahanuzi n’intumwa bose bavugaga we,nawe ari hagati y’abantu arigukora ibitangaza uvuga n’abandi ngo bakora,yravuzengo ibyo Imana yavugiye mukanwa k’abahanuzi bayo ngo bisohoye mumaso yanyu.intumwa zose zaramuhamije n’abahanuzi bahanuye ko azaza ,kd aza hari ibihamya byahamije ko ariwe mucunguzi .ibyiza wakora kubyo uzi neza .
Christ bivuga" Uwasizwe" mu kigereki "the anointed one" mu giheburayo bikaba" messiah".nta na hamwe christ bivuga umucunguzi
Urakoze cyane icyo mbona cyo nuko uyu mutipe ari umuhezanguni wa Islam cg se akaba ari muri ba bandi bazaza kuyobya abantu Bible yabise ba bwenge bisi
Na moses yari umucunguzi waba Israel uzasome neza bibiriya
Wowe niba utari kubivanga ibi uvuga wabikuyehe?
@@ntagahoragahanze5121ucyo mbona cyo uri umu hater !! Niba wumva akuyomba wibyumva komeza
Uyumuntu azozimizabeshi IMANA yonyeneyaravyivugiye ko aruburabwiwe canke wewe ntiwemer bible
Pk,wagiyeh?mperuka kunezerwa nama film,ukizisigura n'ubwenge bwishi,ntajambo rigucika,yew narinzi kutakiriho,ariko garuka muri film dukumbuye ijwi ryawe mutama
Kuki bacurika abirabura natwe tukayoboka koko iyimana ibahe kari ibintu umuzungu yizaniye kugirango ayobore 🤔🤔😂
PK bahugure gusa bafite amatwi ark ntibumva banga kumva ukuri bazi ahubwo bagashimangira ikinyoma kd babizi
Utwigishije ibintu tutari tuzipe
Uwo numwanda{uburozi} wararozwe kd uraroga. Ariko ngewe uwukorera ndamuzi.
Oya nanje mpise numva ko ubwenge harigihe bigera ahantu bukavagirwa pe 😂😂😂
Uyu mutipe ngo ni Kenny please nazamure ubumenyi kugirango ajye akubaza ibibazo bya nyabyo kuko aratakara mukiganiro ukumvako nta skills abifiteho. Please note that thing
Nbwirira. Uwo. Bk. Wanyu ko. Akabije. Ubujiji. Yigize. Bwenge. Bwisi. Nasome. Yesaya. 61:1 amenye. Aho. Kiristo. Rikomoka. Yivugiyeko. Kiristo. Risobanurwa. Uwasizwe. Ibyobyo nibyo. Ok. Ikindi. Nasome. Ubutumwa. Bwiza. Bwa. Yesu. Uko. Bwanditswe. Na. YOhani. 1:1-12. Ok. Amenye. Ko. Yesu. Niwe. Jambo. Kandi. N'IMANA. Reka. Dusoze. Uwo bk. Nasome. Yesaya. 9:5 Ok
Ibyuvuga nukuri peee kirisitu yabyiswe nama gayimoni we umbwe yamaganye kwitwa kirisitu
PK njyewe ndemeranya nawe %
Yesu tumwemera nk'umwana w'Imana kuko yarapfuye arazuka kandi arabitwereka ko atsinze urupfu. Abandi bose nintumwa rero Yesu we ni special my brother!
PK bahe icyandikwa sha,bafite amatwi ntibunva,bafite amaso ark ntibabona😅
Nage
Cyera nabonaga umuhandaj
Ugenda
Ariko Yesu abatizwa ijwi ryavuye mwijuru ngo "uyu ni umwana wanje nkunda akampimbara" then pays much attention.
Nonese Aho niho yitiwe Kristu?
Basi wadukoreye decomanter 🙏 urumwan mubi warayitwimye🥺🥺
Burimuntu agira uko akora erega wishaka kumuhanganisha na Rocky
Ahubwo ibyo uzabisabe rocky niwe ubikora utazabateranya umwe yakumva amuvangiye mubyoyatangiye mbere uyu yizaniye ibye
Murabeshyera ubusa pk araza gufata knd abasige
Harya buriya gusenga no kwirirwa ubyina ngo urahimbaza bimaze iki???
Thx bro pk❤❤❤
Film zawe za kera umuntu yazibona gute
CYAKOZE MUKOMEZE MUDUHE AMAKURU KUKO NIBYO BINTU DUKENEYE KD BIRAGOYE KO TWAZABIBONA AHANDI HATARI AHA !!
Ubundi Joshua byavuye kuri Yeshua Jesus uko byandikwa byanyabyo ni Yeshua in Hebrew
Twemezwa na bibiliya dusoma nakundaga ibiganiro byawe kumbe ntiwemera yesu trust I'm dispointed
Kumwemera se n agahato
@@dusengeamri613😂😂😂😂😂
Pk ikiganiro cya Iran wagisibye?
PK uvuga ukuri wowe knd ntugacogore mukudushakira ibintu tutazi uducukumburire ibya Danger
Uzasonure ibindi arko ibyayesu ubireke
Ariko jye nakugira lnama yo gukoneza kwivugira ibya politics naho iby'lmana na Yesu ubyihorere kuko ibyo byahishwe abanyabwenge biy'isi. Yesu yajije intumwa ze ubwo Ari we ,Petero aramusubiza ati: uri Christ umwana w'lmana.
Petero se niwe wamubatije?😂😂😂😂
thx pk❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
1Yohana2:22{1 Yh 2:22 Mbese umunyabinyoma ni nde, keretse uhakana ko Yesu atari Kristo? Uhakana Data wa twese n'Umwana we, ni we Antikristo. Who is a liar but he that denieth that Jesus is the Christ? He is antichrist, that denieth the Father and the Son. 16:03 }
❤❤❤❤❤❤
Ni Cedric irakoze
I see you are smart but to know more has confused you brother so much
Reality is confusing bro... when go deep !! It
Ndanona ugiye kutuyobya pee
Ahubwo kanguka umenye ukuri
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
pk ❤❤
Mariko 8: 30 Petero arasubiza ati uri Kristo. Aramwihanikiriza ngo ntihagire uwo babibwira.
Uribaza umuntu kuvuga ubusa nkubu bakabwemera ngo numunya bwenge kdi arimo kuvuga ibyo atazi ibyumwuka bazi ko ari buriwese ubizi koko ?
@@rutahasteven2683wowe bigaragarira hehe ko ubizi kurusha abandi?
Noneho petero niwe warimubatije?
Uzadusabire pik azonjyere acumbukure decomanter yadukureraga cyera zubushinwa atubwire uko byagenze naho bigeze ubu
Yew. Urumuhakanyi. Kuburyo. Burenze. Koma. Satani. Kwa. Jina. Ra. Yesu. Puuuu
Nibakoko nawe witeguye kumva nkuko ubitubwira ukaba warasomye bible nuko yesu cg jesus ntago yitwa izina rimwe yesu nimana nkuko wanabyivugiye ng niwe nzira nukuri nubugingo akongera akitwa uwiteka akongera akitwa yesu Christ niba wavuzeko Christ ari umugaragu urabyibukako yozaga intumwa ze uribukako yogeje yandaya ibirenge ndumva rero aho yarerekanagako arumugaragu
Musomyi
Kandi ugabanye overconfidence😂
Nubu birakorwa
Uyu munsi uradutuburiye kbx utangiye kuvuga ibintu udafitiye facts, uje kuyobya abantu* *anti Christ means in the place of Christ* and in Hebrew Jesus Christ " Yeshua hamashiak : jesus Christ
Christ comes from the Greek word χριστός (chrīstós), meaning "anointed one".
@@khalfangovindaofficial is Jesus Christ from Greek or Jewish✡️️ so etymology have to come from Jewish language
Musaz wevp kumbe urumuhakany
Umuhakanyi se ubu uzi icyo bivuga cg upfa kuvuga gusa?
Guhakana = protest niho havuye protestants, bivuzeko aba protestants Ari abahakanyi
Uhakanako sitani atabaho
Illuminati siyuwatiwewes
Yesu yarazuste astinda urupfu niyo mpamvu tumusenga tudasenga uwo mose😂
I see you are smart but to know more has confused you brother so much
True, ARASHAKA gusesengura byose Kandi hari ibitari ibye rwose... Ibi byo harubwo yibeshya kubera Ibyo yiyumvira