GUSHORA IMARI MU KIGEGA RNIT ITERAMBERE FUND BIKORWA BITE?

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 25 сер 2024

КОМЕНТАРІ • 27

  • @user-wr4qn4mi3j
    @user-wr4qn4mi3j 3 місяці тому

    Good

  • @Godisgreat20243
    @Godisgreat20243 2 місяці тому

    Nibyiza cyane murakoze kuduhugura,gahunda n'ukubagana vuba cyane.

  • @Nshizirungu-ox3ug
    @Nshizirungu-ox3ug 6 місяців тому +1

    herro mwungukira abanu neza kbx muzadushyirireho uburyo wareba brance ukoresha mobre maney

    • @RNIT-IterambereFund
      @RNIT-IterambereFund  6 місяців тому

      hello @Nshizirungu-ox3ug
      urakoze cyane,uburyo wakomeza gukurikirana amakuru ya konti yawe y'IteranbereFund bwashyinzweho, wakanda *589#
      kubindi bisobanuro waduhamagara kuri +250787900207 Murakoze.

  • @maestrogroup10710
    @maestrogroup10710 5 місяців тому

    Mwiriwe iyo ushaka inguzanyo muri bank ukoresheje ingwate yimigabane ufite muri rnit muha iki umu client wanyu ajyana kuri bank

  • @user-gn4mc4kz6h
    @user-gn4mc4kz6h 5 місяців тому

    Hallo, nanjye ndumunyamuryango wa rnit

    • @user-gn4mc4kz6h
      @user-gn4mc4kz6h 5 місяців тому

      Ariko ubu mbaye nazayakenera nyuma y umwaka nazayahabwa?

  • @user-fh8vl2bj6r
    @user-fh8vl2bj6r 5 місяців тому

    Mutanganinguzanyose

    • @RNIT-IterambereFund
      @RNIT-IterambereFund  5 місяців тому

      YOYA. ariko amafaranga ufite muri RNIT Iterambere Fund banki zose ziyemera nk' INGWATE. hanyuma banki zo zikaguha inguzanyo.

  • @aarontwagirayezu7587
    @aarontwagirayezu7587 3 дні тому

    Nonese ko nohereje 1000frw kuri iyi code 000800 nkabantayo ndikubona kuri conti yanjye biriguterwa niki?

    • @RNIT-IterambereFund
      @RNIT-IterambereFund  3 дні тому

      Mwaramutse? iyo ukoresheje iyi code ntabwo amafafanga ahita ajyaho direct bisaba ko tuyashyiraho, ubutaha wazajya ukoresha *589# bwo uhita uyabona kuri account yawe. Murakoze

    • @aarontwagirayezu7587
      @aarontwagirayezu7587 3 дні тому

      Yego murakoze

    • @aarontwagirayezu7587
      @aarontwagirayezu7587 3 дні тому

      Ese iyo bibaye ngombwa ko umunyu ayakenera aje mwahita muyamuha hariho ninyungu?

    • @RNIT-IterambereFund
      @RNIT-IterambereFund  3 дні тому

      @@aarontwagirayezu7587 Yego rwose, Mu nama ihuza abanyamuryango b'ikigega bemeje ko umuntu yajya ayahabwa nyuma y'iminsi 3 ayasabye.

    • @RNIT-IterambereFund
      @RNIT-IterambereFund  3 дні тому

      Iyo ushaka KUBIKUZA unyura kuri www.rnit.rw ukuzuza fomu iriho yitwa GUSABA KUBIKUZA, ukayohereza ubwo natwe bitarenze iminsi 3 y'akazi amafaranga aba yakugezeho.

  • @aarontwagirayezu7587
    @aarontwagirayezu7587 3 місяці тому

    Ese umuntu ushaka kwiyandikisha bisaba iki?

  • @user-gn4mc4kz6h
    @user-gn4mc4kz6h 5 місяців тому

    Nonex abatazaboneka munama izaba

  • @user-gn4mc4kz6h
    @user-gn4mc4kz6h 5 місяців тому

    Nonese kubikura botangira ryari?

    • @RNIT-IterambereFund
      @RNIT-IterambereFund  5 місяців тому

      Igihe icyaricyo cyose wakenera amafaranga yawe ukandika uyasaba turayaguha, ariko kuko ari ukwizigamira kandi ugamije inyungu burya biba byiza iyo amazemo igihe.

    • @user-gn4mc4kz6h
      @user-gn4mc4kz6h 5 місяців тому

      Okey, ubwox mwumva kubikura byaba nkanyuma y igihe kinganiki?byibura!