KWIKINISHA -PART1: Ibyo abantu bibeshyaho! Kwikinisha si bibi?
Вставка
- Опубліковано 26 вер 2024
- #KWIVUZA Online: #0782423966 Ushobora no kutugana unyuze ku rubuga kwivuza.com Ahanditse kuvugana na muganga.
Kwikinisha ni kimwe mu bikorwa bikorerwa mu ibanga rikomeye bigakorwa n'abantu benshi kurusha ibindi byose ku isi. Abenshi bemeza ko ari Bibi Abandi bati Ntacyo bitwaye. Ese bitera ubumuga? byangiza ubwonko? bituma utabyara? ni byinshi abantu bavuga , ariko reka tubirebe muri rusange!
Wanyihera like kontakiguzi bisaba .Gusa ibyo muganga avuga nukuri abandi barabeshya
Ku bantu bakijijwe, ubikoze utakaza Imana muri wewe. "Mbega ntimuziko muri urusengero rw' Imana kandi ko Mpwemu w'Imana aba muri mwebwe? Umuntu niyonona urusengero rw'Imana, Imana izomurandura, kuko urusengero rw'Imana ari urwera, kandi urwo rusengero ni mwebwe. 1 Cor 3:16-17"
uretse nibyo ubura ubushobozi bwo gufata imyanzuro
Shyira iyo bible hasi
Kuba ntakibazo gikomeye bitera ntabwo umuntu yakugisha Impaka ark kubantu bemera Imana ni cyaha Kibi
Akaba ari Mpwemu yabihishuye ndavyemera kuko ubundi muri bible ico ntaco ndabona.
Jewe ntavyo nsanzwe nkora, ariko nzobicira urubanza nimbona gihamya.
Uko wabivuga kose uko wabisiga isura nziza kose ni bibi cyane cyane ariko kuburyo arukubirwanya.
Wowe uri muganga nde
@@CyizabirenziBlandine njyewe nkurikije ukuri nzi rwose ni bibi cyane Kandi research zikorwa nyinshi zinyuzwa mukubaza Kandi yo ubajije umuntu akubwira uko yiyumva sometimes hakaba ibipimwa noneho bagakusanya ariko kwikinisha ni bibi kurwego utabona ikigereranyo ubishyiraho cyane kubagabo rwose yo byakubase nta mugore numwe wajya mumaguru njye rwose ibyo nibintu nzi neza ikindi nuko akenshi yo ubikora birangira ubaye imbata kuko uba ufite freedom Yuko ntawe uri bwinginge murwamane nuko wabyikorera rero,nta sura nimwe wabyambika nziza cyakoze utarabaye imbata Wenda ushobora kumva uruhutse ariko yo ubigerageza birangira nawe utagishobora kibyirinda , hari ikindi abaganga batazi bigabanya igikuriro mugihagararo no mubwenge ibyo niba uri umu researcher nazaguha facts ariko uri umuntu ukuze hejuru ya 40 years nibwo naguha facts kuko facts nikuguha gihamya face to face.kugira ngo uge umenya ko burya ntanduru ivugira ubusa kumusozi nzi byinshi kumurenza uwo wita muganga.
None ww urabizi
@@CyizabirenziBlandinenumuganga Azi ibyo avuga
😅😅
Ngaho da nibyiza kumenya ibyo arko kwikinisha nibibibi nibibibi rwose kuko bijys binaba chronic rero ahubwo tubirandurane n'imizi yabyo😮
Kubanu Mubihugu bahoramukazi all the times... bakabura time yogutereta bikageraho cèntiment zabakobwa zigashira neza neza much ❤❤ from sweeden
Ibyuvuga nukuru nanjye ndimugaga kwikinisha barabikabiriza kungaruka bitera ugiye muri science ntacyo bitwaye,@Dr Leo
Ntabwo urimuganga uri serieux
ntacyobi bitwaye kuko utabikoze, you would know better if like one of child is suffering from it !!
Science yo jyuyihorera, none se nkubaze ko science ivuga ko umuntu Ava kunguge nawe niko ubyemera?
@@MugabeSam-ss2kg none se niba utemera science ubwo wemera iki ko byose ari science
Ahhhh arkx ibyuvuga warabihuguriwe cg nibyo uri gutegereza mumutwe irimo urabaroha kubikora pe 🔥🔥 Fireeeeee
Kwikinisha ngo ntabwo biri muri bibiriya,birimo cyane,soma abaroma 1:18 ukomeje urabyumva ko kwikinisha bingana no gusambana kuko byose nirari ribanza ukumva ukeneye gusambana iyo ubuze uwo mubikorana urisambanya ubwawe
Nobamenyesha ko ubwambere wahora usenga Imana ukerekwa direct ucutangura kugenderwa nabadayimoni. Kuko ni dayimoni ibayakwinjiye, ikijanye na Siance siy' Imana kuko aba sayanse barwanya Imana nivyo yako. Mwibuke ko wenye siasa wanaamini kinacho onekana hawaamini kitu ambacho hakionekani.
Ntago science irwanya imana ahubwo iteza imbere ibyo yaremye
Wooooooo,muganga Cyuzuzo, your mum taught me in primary , keep it up brother!
Merci beaucoup Dr
Ariko mureke gutukana niba wumvako abeshya waretse kumukurikira
💜💜💜
Yego ra
Kand wow ukunda kwikinish nakunvish
Egora
Shakobyananiye kubireka
Urabeshya cyane nibibi pee ahubwo Imana izakubaza impamvu wabeshye abantu ubigambiriye
Sibyiza rwose. Ariko muganga yagendeye kuri science nubushakashatsi
Nanjye nikinishije kuva 2010 nanubu ark ndabyara kd ndongora umwanya nshaka muganga aravuga ukuri
Uri seriex
Sh urabeshye pe nukuri kucyi harababikora c bakarangiz Vuba biterwa Niki ¿ Mbwira
Kwikinisha bigira umumaro wo kwimenya no kwisobanukirwa upfa kutabigira akamenyero😅
Kwisobanukirwa gut😅😅
ntabwo wabishobora utabigize akamenyero, byumwihariko ko abeshi cyane babikora bareba na pornographyy, so ntiwabigira akamenyero ahubwo birakubata!!
Abasayance baranagowe ugomba kubibona Imana iyo itanze imburi kubantu abasayance batangura kwereka abantu ko atakiba ko bagiye kubitorera umuti bakirengagiza imburi y' Imana.
Komera mugenzi komeza uduha insiguro zo
Ngewe nabonye kenshi babikabiriza ngerageza gushakaka ariko nabonyeko abenshi baba bagirango bikururire abakiriya kumiti bacuruza cyane ko kubera ubusambanyi buriho
Mujye mwibuka nukubwira abantu ko yesu ari Umwami. naho ubundi abantu nibashake abagore bareke kwikinisha
Nave nawe rata nanjye niyo nama nagira abantu peuh
Respect
Ntawanga ibyiza arabibura nshuti yanjye
Hhhhaaa😂😅@@theogprms2900
Nnc umugore wikinisha we azabigenza gute
Ugize neza cyane rwose uvuge nokugitsina gore
Ari ugutera akabariro no kwikinisha byose wikunda ntanakimwe wakora bigabanya iminsi yo kubaho.Gusa gushaka ni byiza byagura imiryango kd udashatse ntibyakubuza gupfa,nagira abantu inama yo kutikinisha badashaka abakunzi ntibazigunge!
Nonese iyo urongoye umukobwa ugatangira afiteamazi byagerahagati ugahondaaa amazing akabura nukuberiki abayarangije cyangwa
Hari igihe Aho waba uri gukora hatamuryoheye cg akaba yanarangije
My doctor nufuza kuganira nawe byihariye.
Urakoze ndaagukunze usobanuye neza
Tujye tuvugishukuri ivyo muganga avuze nukuri kuzuye njyewe narikinishije kenshi gashoboka ariko ntakibazo nigeze ngira iyo ndimugikorwa ndahana uko nukuri Kandi kwishure naratsinda neza ibyokuvugango bitera kurangiza vuba ubwo nububeshi ahubwo nikibazo umuntu abasanganywe ahubwo tuvugengo nicyaha nkibindi nukuri ibintu muganga avuze nukuri nari
Ngwino nkwihere Dore ndawuhorana😂
Byanyabyo c@@uwayezudiane2154
Bite.
@@uwayezudiane2154 uri ready twikarage
Nkunze kugira ukuri ubundi kwikinusha byubahwe uzukuntu kwikinisha byatumye ntinda kurangiza ndaguhana induru zikavuga
Ukuri nukuri,Mureke kuroha urubyiruko kwikinisha nibibi ndetse Cyaneee,Mwarize ark haraho mugera mukavua ubugoryi,Musigeho kwangiza Abantu.
Fact ufite niyihe
kwiga nikimwe, no kumenya nikindi. nkuriya wasaga yarabaga nkuwa mirongo itatu ark akaba ari kuvuga ngo tumuhe fact 😄. wigize ufata umwanya urasoma unegera abantu babikora urangije bakubwira ko aribyiza, cg ko ntangaruka byabagizeho ??
@nzaramyimanajeandedieu4742 woe uraza uvuga ibintu uhubagurika hano umuntu aguhaye scientific fact zigaragara woe uraza woffending umuntu gsa nta fact irimo igaragara ni ibigambo gsa biraho. Burikintu cyose kigira effect hariya yavuze iziri positive niziri negative. Hanyuma umuntu niwe umenya uko atwara sexual life yiwe. Nkawe reero biba bitangaje ukuntu uba ibisentences bitagira ingingo nimwe uvuga umwaanda
Nkuyu avuze iki
MUGANGA arigusobanura ibyo yasomye cyangwase ibyabagaho warangiza ngo ubugoryi yigeze abigutegeka???
Ese kobavygako iyo wikinishije ukunda kwibajyirwa cyane cg kurwarumugongo
Ayiwee irangiye vuba❤❤
Yambiiiiiii doctor twariganye primaire munyinya
🤣🤣🤣weeeeh
Nyibwirira rata❤
Bakubwiree😂😂😂😂😂
Mukomerazaho
Uvuzukuri gusamana nibibi kuruta kwikinish bahora batubesha kugira babihebe kirazira kuvura ubesh ntahubutaniy numupfum mrci
Kwikinisha ni bibi cyane ndetse nugupfa uhagaze ,nukurimbuka .
Merci beaucoup pour votre information
Konunva abagore mugiye kubura isoko 😂😂😂😂😂
Merci beaucoup mon docteur, malgré que vous êtes trop occupé, prière de mettre en ligne de vidéo en les temps
Patrick wewe
Ohhh urakoze rata muga kutwigisha gutera akanyamerika,Ahubwo reka mpite nikinisha biraryoha rata.
😂
Hhhhhhhh urigisazi
Hama kubijanye nukwibagira vyo ngo kubera wikinishije bimezute
Ibyo uvuga nibyo ndabyemera ariko kubikora igihe kirekire ahubwo amasohoro aragenda akagushiramo bitewe ninshuro ubikora ikindi iyo ubikora kenshi ugeraho ubushake bwawe buba bucye igitsina cyawe cyikagira umurego mucye.
Akanyamerika kubahwe
😂😂❤
Ibyo uvuze ni ukuri Uhuje ni Ikiganiro nakoranye na Dr IYASHEMA Clementine ukorera CHUK kuri Channel Ubuzima Buzima TV, ibyinshi mwahuje
Ibyo si ukuri rwose, kdi nibyiza kudaca ku ruhande, rero ibi si ukuvura abantu ahubwo uri kubaroha no kurimbura ubuzima bwabo, keretse niba wibeshye ariko sinaba nkabije mvuze ko niba urikuyobya abantu ubizi neza ko atari ukuri waba uri gukora nka Satani niwe mwanzi utifuriza abantu ibyiza.
Ibyo avuga nibyo neza 100 % don't judge our doctor
Tubwire nawe ubushakashatsi bubeshuza ivyo yavuze none?
😂😂😂😂@@JeanMarieNzeyimana-jf4qf
Muri sciences si uko bigenda. Iyo ushaka kunyomoza ibyo sciences yerekanye wowe uragenda ugakora ubwawe bushakashatsi hanyuma ukabuzanira abascientifiques bakemeza niba koko ari ukuri.
Ibi BYOSE bisobanura byinshi kubuzima bwumuntu haraho ugera ugasanga Ari imbogamizi naho ugera ugasanga Ari ingenzi cyane channel yitwa Buzi tv
Nayo irabisobanura cyane neza
Thx bro
Murakoze ahubwo nanjye ndubatse ariko umudamu ntitubana aho kumuca inyuma nikinisha mo gake Kandi kuva secondary twarabikoraga ariko ntakibazo nagize nagito gusa numva mpora nshaka gukora imibonano
Warabyaye se?
Nange babikora kdi biranyura !!!! L ndubatse mbyaye 2 umugabo iyo aje akora akazi neza nkishima , bimusaba 3 mois cg umwaka.mtamubona numva bindyohera nawe abimfasha mo nkabikora tuvugana nkarangiza
Ntagaruka byatera c
Ego hako umuca inyuma
Komera muganga wee ni Aimable karama muraho neza.mwarimu
Ok kontumva bitoroshye muga urakoz gusobanturia abantu kbx
Thank you
Docta uvuzukuri njekuvankirimuto nikinisha arko umurizofise nindendep kandi siversa vuba kandi ndisubiriza weniwe muganap
Uroshya abantu wamurezi wee😢
Ndavugisha ukuri!
Niba yoshya abantu ngaho zana ubushakashatsi bwawe bushingiye kuri sciences maze twemere ibyawe. Niba knd ntabwo wakoze ceceka batagucishamo ijisho
Ndabona abikinisha babishyigikiye ari hafi ya bose
Kwikinisha byerekana ko ufite umubiri muzima ukora neza. Ibindi ngo ni bibi cg si bibi... biterwa nibyo wita ibibi...
Murakoze kurubwiza ukur,
Ok Doctèur mbona kwikinisha nanone mbona biterwa nokubura time yogiteret mèrci we ❤❤ from sweeden
hello, ikiganiro cyawe ni kiza cyane kiradufashije, ahubwo umuntu yifuza ko mwavugana yabona contact yawe gute? murakoze 🙏
Ibyo uvuga ni ukuri bariya baganga bagakondo barabeshya ibyo bavuga ntabwo biri scientifique
Bariya ntago arabaganga nayanda
uvuze ngo ntivyanditse muri bibiliya Yesu agiye kugenda yabariye intumwa ziwe nari kubabarira vyinshi ariko ndagiye zobaringikira mpwemu yera ababwire nibindi rero mpwemu yara bivuze kwaricaha
Mpwemu yera bivuze iki😂😂😂😂😂
Mukomeze
Izi comment utanyweye icyuma ntiwazivamo kankwereke🍾🍸
😂
😂😅
😂😂😂😂😂 ndapfuye gusa imbavu zajye
Oyax nawe uridanje😂😂😂😂
Niyompamvu noshigikira abavuga ko bifise ingaruka nyishi mbenkubaze hobo nibabidatera ubugumba, kwibagira ,kurangizaningoga ingaruka yokurwara umugongo yo kukimuyirengagiza kandi birenzivyo numuriro w'Imana uragutegereje Wewe ubikora nutabihagarika
Ivyo ni ivyakubayeko cnke Nawe ni ivyo wumva bavuga? ?
Kwikinisha kurybyiruko sibyiza
Arikonkantu barangije gukunda cg badateze kubaka byabafasha?
Ese koko nicyaha?
Buri wese yigenzure
Kbsa uvuze ukuri wamugabo we
Duhe ahabishyigikira rero.
Wanaroga pe Njyewe urwego bijyezeho iyo nticyinishe uwo musi iyo ndyamye ninjoro ndasinzira nkarota ndigusambana akokanya nkahita ndanjyiza nkahita nakanguka 😢kandi nicyinishije imyaka 5😢😢😢 none karikumbaho😢😢😢
Byica ubuzima muri make !!! Nonec urumva atari bibi cyane
Kwikinisha nibibi yeggo birakorwa knd bitera ibyishimo ark IMANA ntibikunda
Yewe nange reka nisomer comment 🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥
Sha MN ibyo bintu nibibi🎉
Kukibavugako kiyowikikinishije icuronyishi nguburikunaniza ubwonko ngobiterakwibajyirwa esenibyo
Masturbation ntahantu byanditse ko ari icyaha ariko gituruka kuri bimwe mubyaba 7 bibi kurusha ibindi ku Imana aricyo IRARI ( lust ) no KWIFUZA bityo rero kwikinisha nicyaha cyibi cyane
Muganga we wazanyoherereje umuti w umugongo ko iyo wanfashe aba Ari hatare
Ni bibi cyane.
Urakoz cyane muga
Murakoze,none se umuntu wamaze kubatwa no kwikinisha yabikira gute
amasengesho gusa
uzashake umugore
Urakoze umuntuyabonimeroyaw
ibi nivyo doctor aho urabesha kwikinisha biratuma igitsina kiba gitoya.jw narabikoze niravye igitsina nari nfise nkibikora nigitsina nfise ubu ntabikora ubu ntabikora igitsina canj carabaye kinini
Komeza ujye utwihera izonama tuba tuzikeneye kbx
Jewe Maze imyaka 4 ndabikora naragerageje kubiheba ariko byaranze gusa harigihe nsibiza ndetse hagahera niminsi 5canke15 canke 30ndashaka ungire inama yatuma mbiheba Burundu kandi wiyaranje unyishure woba ukoze
U vuze ukuri cyanee
Urakoze cyan
Sha barabeshya pe kuko ababikora nibenshi baba barapfuye
Nibeshi cyane bikinisha
Ese muganga biterwa niki iyo umugabo arangije gukora imibonano mpuza bitsina igitsina kigakomeza kigahagarara kikamubangamira kandi yarangije turagushimiye kunama ukomeza kuduha
Urakomeza ugaswera wacyanawe ukongera ukarangiza
@@NtabomvuraJaen ndikwibariza muganga
Nawe wibeshye noneho kuko ushyigikiye ibyaha bizarimbura abantu vugisha ukuri uzi,wihitamo kubwira abantu ibyo bashaka kumva kandi bizabgiraho ingaruka zikomeye
Nta byaha ugira?
Ikingenzi nuko aho gusambana
wakwikinisha biruta kwandura
Bya birwara twanduzwa da
Nta Butamwa nta Ngenda
Reka da
😮😮😮
Doct uvuzukuri kwel nange nikinishije kuva mubwana u bu fte imyaka iri hejuru ya 30 kd ninda kurangiza kwel kd ndabyara naki bazo bitera iyombonye umugore ndirongorera namubura nkakitera ntabirenze
Namazima bro
Thankx
Je numvumengo nukuri kwuzutmye ❤❤❤❤❤
Natwe abakobwa utubwire Dr! Numvise wibanze ku kwikinisha ku bahungu cyane aho wasubiye mo ijambo amasohoro kenshi ! Turagutegereje!
Kandi bituma umuntu yobagirwa cyane akagabanuka n'igiysina
Good 👍 yhank you dr
Kwikinisha sicyaha najye Niko mbibona aho gusambana wakikinisha
My doctor turagikurikiye 5/5
You're somehow right.
Ahoho rero sizarongogwa kuko 😂 zoza ndavyihereza😂😂😂😂😂😂
Nones urikinisha nawe 😊
Nimukabeshye
Yego❤
Wowe urwaye mumutwe pe bagufunge
Yes doctor nubundi ndagukunda cyanee sindangije ikiganiro ariko ndakwinginze uzasome coment kandi unsubize basi ungire inama ndatanga ubuhamya narikinishije bihagije ariko umunsumwe narabikoze munda harandya kurwego numvaga ari igisu kirigukeba amabya arabyimba arandya bitavugwa nagiye kwamugaga bampa transfer muruhengeri imiti banyandikiye nayiguze muri pharmaci ariko nyimaze amabya agenda abyimbuka birangira rimwe riyonze rishiraho irindi risubira kuri gahunda none sukwikinisha kwabiteye? Ubuse nazakoriki ngo ibya ryanjye rigaruke? Harimo gato cyaneee kangana nakabuye gato gusa kubijyanye nimibonano nshimisha madam ndetse ntanundi mugabo wamukoraho ibindi barabeshya ngo urangiza vuba nkeneye coment yawe ibya ryanjye ryagaruka gute? Sukwikinisha kwateye ubwo birwayi?
Ubwose ntiwaba warabikoze cyane ukarenza igipimo? Kuko ikintu cyose umuntu akoze agakabya kizana ingaruka
Ibya ryawe rwose rigaruke pee😂
@@antoinettegewinner9041 ntabwo narengeje urugero p
@@ZinedzineeNseka Sha ariko ntibituma ntawera nkamwemeza nubwo iyo akozeho akumva rimwe ngira ipfunwe
Sha ngiwe kwihana
Doctor njyewe ndakwemeye cyane rwose ubu njyewe nikinishije cyane pe kuva muri 2016 kugeza ubu mfite imyaka 27 nibyo nakoraga gusa sinigeze mbonana n'umukobwa uwo Ari we wese none ubu mfite umugore kuva mukwa 8 none ubu dufitanye umwana umwe kd ndarongora neza pe ntakibazo kibaho.Muganga niwowe uvuze ukuri rwose abandi ibyo bavuga barabeshya
😂😂
Iyo umugabo amaze igihe atabikora bigira izihe ngarika
Bjr bivana ninge uluntu aremye n'a jewe maze iminsi ntabikora imbuto ziba nyinshi cane nshutswe amavya arandya nkababara ntaronse ngo nsohore nogutambuka nshinga Amani nkagenda nsoboka gakegake
Mwiriwe muganga,wamfashije ukambwira niki gitera umwana urukonda
Urakoze cyane rwose 👍👍
Urakoz doctar