Cheri nkimubona nifuje ko andongora|| Nabwiye Papa ko azambera umugabo|| Nice Ndatabaye na Hadasa
Вставка
- Опубліковано 21 жов 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126
I love the song so much. I listen almost every day. I am a Kenyan...i dont understand the language but it's so inspirational. Thank God you have translated on the screen. May God bless you mightly.
UBUHAMYA BUTOYA
ngewe numugabo wanjye tumaranye hafi imyaka icumi twamenyanye tukiri bato Twanyuze muri byinshi nyuma yimyaka Mike tubanye yarahindutse akajya ankubita akantuka akangira zéro,akambwira amagambo amwe akwica uhagaze mbese nange ngenda mfa gahoro gahoro kd ntihagira umuntu umenya ibimbaho ariko Imana ikambwira kumubabarira nokumusengera ejo bikongera ejobundi nuko nkarara nicaye mutegereje yagiye kunywa agataha hafi mugitondo antuka ankubita ariko nkamwitaho nkamugaburira muriryojoro ariko antuka nkamusindagiza nkamuryamisha nange nkarara ndira tubaho gutyo nkimyaka 5
kubabarira bigeraho birananirape Imana ikambwira ngo umuntu nagukosereza 7 umubabarire 7 nakwanga kumubabarira Imana ikambuza ibitotsi pe sinsinzire nahindukira nkamupfumbata nkamubabarira kd yambabaje cyanepe ngahita mbona amahoro ngasinzira. Nibirebiree rero Naramusengeye nararizee manaweee Imana iranyumva iramuhindurape. Asubira nkakera umugabo wimico myiza wumutima mwiza mbese ntazi uko namuvuga kd ntamuntu wohanze wamenye ibyacu kereka mùri famille gusa. Abandi batubona dusohotse bakifuza kumera nkatwe( ntukifuze ubuzima bwundimuntu ntuba uzi ibyo abayemo).
Rero inama nakugira nshuti yange ntituragera aho satani adatera imyambi kd ntiyifuza urugo rukomeye umugambiwe nukwiba, kwica no kurimbura ndakugira inama yokubakira kuri Yesu Christo numwubakiraho ntuzasenya imiraba nimiyaga bizaza ariko ntacyo bizabatwara.dufite Imana ihindura amateka igahindura amarira ibitwenge.
Mbere nambere Imana hagakurikiraho biriya Nice yavuze bine ubundi urugo rugakomera.
Mbasabiye imigisha mungo zanyu arabubatse nabatubatse namwe muzagire urugo rwumugisha.
Temoignage nziza cyane uri umugisha nshuti
Amen
Blessing iyi testimony uzayitubwire ku isimbi irashimishije🙏🏻🙏🏻🙏🏻🙏🏻
@@mbabazifoundation7641 nanje ndamukunz pe
Uyu muntu amfite kwihangana guteyebubwoba isimbi shaka uyu mubyeyi numugabo we batubwire neza birambuye umugabo azaba umuhamya ndabasabye mubidukorere kbs
Iyi couple ni nziza rwose bari sympatique cyane rwose.
Ninde muntu wafashijwe niri jambo ngo ampe like???:
👉Banza werekane Imana murugo iwawe mbere yuko uyereka abandi, nibwo butumwa bwuzuye.👌
Much love to you guys.💞
Nanjye iyindirimbo ndayikunda cyane irimo inspiration yumwuka wera
Wowwwww.....nanjye iyi ndirimbo ndayikunda cyaneeeee....nshobora kuyumva nongera nyisubizamo sinjya nyihaga.They make a lovely couple and have a good love story.God keep blessing your family.
Ikiganiro cyiza cyane, kibaye abubatse bose bagikurikiraga! Yenda bahinduka. Mbifurije gukomeza kubana neza kdi mushishikariza abubatse bakomeretsa abo bashakanye guhinduka
Ni mukuru wa njuga kadogo. Uwubibona ampe like twagiye
Soooo inspiritional Nice and Hadassa. More and more blessings!
This couple is so lovely and God fearing God bless you so much in ur family
Every morning going to work I listen to the songs on UA-cam they make my day.
Ewana umvako mutemera, uyu mudamu njye arankosoye, ni mwiza kdi numuhanga the way she speaks English is truly effectively
Sabin uzakorane ikiganiro nuyu mudamu Hadasah byafasha abadamu benshi cyane a real inspiring queen
Niyo yambere pe Sabin, kandi iyi couple iri adorable. 🙏🙏🙏🙏
I love this song I'm from rwanda but I live in hull
Iyi couple inyibutsa iyange na Madame wanjye nukuri urukundo ruracyahari ngirango mwabibonye natwe Sabin azadusure
Mpa WhatsApp yawe. Urakoze!!
Imana iborohereze muzakomeze mutyo
Ni byiza
Nice Ndatabaye numutambukanyi wawe muhezagirwe cyane
ohhhh!!imana iguhane umugisha na Misigaro iyi ndirimbo iri muzandereye umwana zikamusinziriza kuva afite 2 Months kugeza nubu azi kuziririmba.GBU
Iyi ndirimbo nyumva bwa mbere nararize mpzwa na Mwuka Wera. Nayumvise ndi mubihe binkomereye iranyubaka irampumuriza kubwibyo Imana y'amahoro ikomeze kubasukaho umwuka wayo🙇
Nice Urakoze ku nama nziza, utumye nandika comment ku nama nziza enye 4:1.kubabarira. 2.kwihangana. 3.Gukundana 4.kubaha Uwo mwashakanye.izi nama nizera ko zizafasha ingo nyinshi zari zigeze kumanegeka,
Imana iguhumugisha pe uko Nukuri rwose
@@muthakawakwa7249 murakoze namwe tuwusangire
@@muthakawakwa7249 Imana ibagirire neza
Men of God I am blessed for your emission
im kwihangana frm uganda, love this couple sooo much
I really like this couples Ideology's because every thing begins with God for a family!...
Yooooo,Nice nsanzwe mukunda nawe arabizi kubera umbereye maso ariko noneho madame we arandenze!mbega umudamu utangaje nukuri Imana ibongerere urukundo!
What a great couple that boldly serves the Lord! We love you guys!
Ntabwoba mfite habe na gato koko 😘😘😘
This couple is amazing may God keeps you together forever ❤️
Ndayikunda cyane nanjye Sabin. Imana ibahe umugisha
Nukuri iyi ndirimbo ninziza, nange iranfasha cyane, irimo amagambo ahumuriza
Murakoze nshuti zumusara
Mutuganiriye neza cyane muratwunguye inama
Umbereye maso is my daily bread! Iyi ndirimbo nyikunda by'indani. Abari hafi ni ukujya kuyumva live kuri 8Th Dec, muri Serena.
Nta gucikwa!
Ikiganiro cyiza cyane.Iyi couple ni intangarugero.
Sabin, Imana ikwagure. Nice na Hadasa thank you for being open Imana Ikomeze ibubakire.
Adorable couple 😍muzame gutya imigisha yimana ibagumeko
thank you so much kuba wakiriye nice na his wife kuko Nice naramukunze cane kurirya ndirimbo baririmbanye na gentil : Yesu umbereye maso.nubu niyo ring yanje kuri fone. thanks so much.respect from and love from🇧🇮🇧🇮
She is open! Ndabikunda. Witiranwa n umukobwa Hadassa! Wow! Imana ibashyigikire rwose
Jesus I like this song,its so amazing kbs, umbereye maso
So if it's possible aturirimbire kuri Ndatabaye nayo ni nziza cyane
Woooow mbega family nziza Yesu akomeze abanezeze mwebare no gukundana kandi mugakunda Yesu
Ndabakunze kndi mutuganirije amagambo yubwenge, may God bless ur fam
Waouh waouh Imana ikomeze ibashyigikire, muramfashije pe ,Nice ndamubonamo umuhungu wanjye yarakuze.
Nanje nkunda indirimbo ze cyane ariko si narinzi izina rye urakoze cyane kumtuzanira
Imana ubandanye kubagirira neeeza,izobarinde kubabara,izobahe kuguma muyikorera mu mutima.
umwe
Wawuuuuu, umbereye maso ndayikunda cyane KBS, hadasa duteye kimwe pe ikimbabaje nikinshimishije mpita mbivuga ako kanya, Good couple Imana ibakomeze
Umutoni Yvonne nanjye nuko pe,abantu ntibayikunda benshi ariko ni caractère nziza kandi abantu bateye gutyo nta nzika tugira.
Amen yesu umbereye maso nanjye ndayikunda mufite couple nziza be blessed
Nice song bro ndabakunda mashu
lovely and true gospel is like that thank you brother god's bless the work of hand
Muraberewe Chanee Nice Ndatabaye God bless you Namadame wawe Adassa Urumunyamurenge Kazi Mwizaa.
Ndabakunda cyane niyindirimbo ndayikunda birenze
Yewe icyo nababwira nuko abantu baba hanze ya Afrika, Europe, Canada nahandi bakizwa cyane rwose. Iyo umuntu ahageze abona igihe cyo kwisuzuma agasanga benshi muri Africa basenga bafite icyo bagamije bindi nubwo wenda nabyo ari ngombwa ariko abo hanze bakizwa bashaka ijuru.
Maze nyumva mugitondo nanimugoroba mbese murimake ndayiririrwa nkanayirarira yesu umbereye maso
Uyumudame ameze nkangepe nange sinzi guhisha iyo wandakaje mpita mbikubwira kd iyoduhagurutse Aho biba birangiye ntanzika
Ubundi urugo rudasenga, rutagira communication, rutabwizanya ukuri, rutazi kwihangana nigucisha make nokubabarira ntirushobora gukomera
Mubyukuri iyindirimbo umbereye maso nanjye irapfashya cyaneeee ndifuzako Yesu yatura mubugingo bwanjye ibihe byose amen
Ni indirimbo yanjye yibihe vyose kabisa God bless you Nice
Jewe namusabira umugisha,yarakoze kumutima wanje
That's sounds great
@nice best sing kbsa mbonye umuniga utiyemera kbsa utuje muriwe kdi uganira very gd bro kdi am there!!
So wawww igihe iki kiganiro kimaze nibwo nkibonye ariko amarira aramanutse ndumva mbohotse cyaneeeeeee mpise nkora na subscribe Sabin Imana iguhe umugisha 🙏
Ewana @Sabin please, s'il te plait, wo kagir'inka, duhe un talk show kuri vie de couple et les problématiques actuelles ndabona uteye agatebe ugahuza 'iyo couple hamwe na Past Rutayisire n'umufasha we na Past . mama Hortense n'umuganji we byaba byiza pe. Kuko rwose nari ntanguye kuryohewe ariko bihita bishira kw'isahani vuba vuba. Byirutse vuba ntiwa na byita apero. Rwose tugirire neza Sabin ubikore. Kandi je suis convaincue que ce serait vraiment enrichissant. Merci d'avance. (follower from France)
Imana ibakomeze cane ❤️
Iyo couple nisawa baraberanye, kandi Nice iyo ndirimbo turayikunda.
Hadasa nkunda ukuntu uvuga ikinyamurenge be munyamurenge and be Happy to your identity
Iyo identity ye ni wowe uyibona twebwe tubona arumwana w'Imana.
Yego tresor uvuze neza ( hhhhhhhhh) ngo identity y’ubunyamulenge 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Aimable & madame mukomere kumwami 🙌🏼🙌🏼🙏🏿🙏🏿
tresor gakwaya ese mwebwe muzirana numuntu witwa umunyamurenge
@@gakwayatresor2097 Arko Kwishimira ko Umuntu Agifite Umuco wiwabo Akaba Atariganye Iyahandi Ntakibazo Kirimo nkuko Mubanyarwanda Harabagoreka Ururimi rwabo nkaho Bataruzi hakaba nabandi Barugumana Bakarwishimire So Kuba arumwana wimana Yes Niwe Arko Nokuba Arumunyamulenge Ntago Byakagufasheho Umwanya
Still not understand people who themselves the workers of God. Imana se yabahaye akaryari shaaa? Iyonimitwe yabantu ngoborire amafaranga yabantu shaa. However, these people are nice - courage brother.
Ino video nyibonye later ark ino couple ndayikunze cyane rwose kd Imana ikomeze ibahe umugisha muzasazane mumahoro numunezero uva kunama
Hadasa & nice byari Byiza Kbs
Wakoze cyanee Sabin 🙏🙏🙏
Mbega byiza imana ibahe umujisha muri byose
Woooowww...nukuri en écoutant izo impact indirimbo zagize kur'abo bantu ndakoroye amasozi😭😭😭...birarenze
@nicendatabaye nirwongere nukuri turabqkunda cyane indirimbo zanyu nazo ziratwubak knd muri couple nziza cyane turabakunda imigisha yimana ibahorere🙏❤❤
Shaa Imana ibaje imbere murugo rwanyu peee mwarahezagiwe
Nice ni Nice pe
Ahubwo uzafate akanya wigishe cyangwa ugire inama abashakanye.
Nanjye nkunda indirimbo zawe rwose.
Stay blessed beautiful family
Imana ibakomeze kdi ibubakire. Indirimbo ni nziza rwose 👍
Wawooo sabin merc6 kbs uyu jama ndamwemera sana.🙏yooo mubereye amaso namwe🇧🇮🇬🇦💚✔️
Nice perfect ssinger
Wow, comminication vraiment irakora pe, Nyagasani abishimire, yego rata ingo nziza ziracyahari
You are very good couple guys.
Hadassah unteye intege cyane abana banjye bagomba kuvuga ikinyamulenge neza nkawe.
Language is the real identity😍😍😍
abanyamurenge bakunda imana cyane
Nice couple kbsa👍👍👍❣❣❣ ntacyo narenzah munapendez sana
Ndabakunze abacu wa muzondangire aho muba canada mbasure igiterane kiza wa Imana izobane namwe
Wow Bambi so beautiful 💕😘
Imana Ibandanye ibaja amavuta meshiiii.
Sabin urumunyamakuru wibihe byose komerezaho iyi couple ibirimo neza ni mukomere ejo niheza
Eweeee naringizengo ni kadogo (seburikoko)😂😂😂😂😂anyway May your love keep growing like wildflowers ❤️💕😍
Nanjye nabonye basa
Nawe wabibonye
Nanjye😂
Imana ikomeze yivanga muvyanyu ndabakunda cane
Yesu atubereye maso nukur , iyo ndirimbo niyambere. 🙏
SABIN, arindirimbo arabatumirwa byosenibyiza......
Imana ikomeze ibagure
Amen imbaraga namavuta
Wow very inspiring for couple, will be there @serena
Sabe uri uwambere, ntabwo nzi ukuntu nabivuga tv yanyu muzana abantu bavuga ibintu bizima. Iyi couple ndayikunze cyane cyane sinzi gusa mbifurije ibyiza byose Imana itanga.
Mana weee iyi ndirimbo ndayikunda cne Yesu ukumbereye maso
So cute God bless
Iyo ndirimbo ni nziza kabisa, nahora ndayumva hafi yo muhira kuri studio ari dimanche mbere ntanguye kuyumva vuba, courage
Mana wee nisaw.sabin uziko iryosengesho rikomeye nubwo bacize nisibye💚 sabin
Muri couple nziza Imana ijye ibarinda nukuri
Iyo ndirimbo ni nziza cyane pe
Ndabakunze cyane kbsa Imana ibahe imigisha
Mbega byizaaaa! Isimbi abantu bose bakwiye kugukurikira.
Iyi couple rwose ninziza Kandi nkunze hadasa afite ibyishimo Kandi ukomeze ushigikire umugabo wawe mama
Mura Beranye cyane kunda mwebwe uri abariribye beza.god bless you
I like the couple, interview was perfect, biranyubatse. thanks Sabin for your effort
I love the song❤️
Sabin umaze imisi uduha bishasha vyukuri nanje ndi mumihanda ya Buja nshira écouteur mumatwi YESU Umbereye maso ikangeza kuyindi ntambuko yukwiza murakoze cane
Nice ni Nice peeee ndanyuzwe nanjeshandakundiryandizawe canecane yesumbereyemaso intera mosion misiyoseharikimbabajeca'kengombagukosa ncanibukakoyesu ambereyemasonkabireka so Nice nishimiyekimanayagusumbushe iconikimenyetsocukurikujamwijuruneza
Iratwuzuza iyo ndirimbo
Uyu mutipe ndamukunze ntabikabyo by'ubwiyemezi bwaba Diaspora afite!
@Innocent Z. Rega ntago Aba Diaspora biyemera Ubwiyemezi Buba Mubantu Aho baba Barihose, Umuntu kugiti cye Niwe Wiyemera Ntibigombera Aho Aba
Sabin wakoze cyaneee!iyo couple yanyubatse cyane kdi abakristo bose babigireho .more blessing