Melody is hard work. Melody is from a to z talented and he can be good radio or tv presenter he is also comedian. Melodie he knows English more than those guys who live in US
mn muvuga ibyo mutazi kbsa BEN twamumenye kubera talent ye . kugeza nubu mukimuvuga he is a big deal kuburyo nubu muba mukimuhoza mukanwa after 15 years .
Reba melody ukuntu yayoybe kuri katerina yarakunzwe Kenya we na Andy na meddy umuturage yirwngagiza Kenya ajya kugigiza tz arashya arashoberwa ahita agaruka UG aho kujya Kenya , none yibutse Kenya yaratambutse yaramaze kuba impitagihe So the BEN is big kuko nubwo bacecetse igiheeeee melody agakora agaca ibikuba akikynkumura , still inzira arimo yaharuwe na BEN . Imagine guy ntakora ariko aratumirwaaaa Aba ba Geee 2 mwabahaye respect barinigura birengagiza ibimenyetso bikugira big Mehn muzibe ben nuwambere kwisi no matter ibigwi byose melody yakora
Nyolo ni new song wiyigereranya na Binkolera imaze imyaka . ikindi Ben akunzwe UG kuko akozeyo concerts nyinshi bigaragaza income izo songs ziba zikora
Abantu muvuga ko bruce atazwi ntibarasohoka n'igihugu kbsa! Nge ndi Namibia abana baho baririmba indirimbo ze batumva n'icyo zivuze!!! Abanyarwanda murekere aho amashyari.
Uyu mutipe wishati yubururu arikwigira nkutazi umuziki melody ni Big artist muri east Africa birenze uko abanyarda bamwe mubitekereza muge mubaza abantu bari Kenya melody na eleee bari hit even na Ug melody arakunzwe4
Guys I can not criticizing you but you are not yet reaching to the level of being professional journalist. Because you are comparing incomparable things. When you compare The Ben with Bruce it’s shows that there’s a certain level you are not yet reaching. Bruce is still under The Ben . Even if you accept or not . Go and ask professional journalists how you can discover that some one is on the top of other according to what they are providing
Izo Soni nke zo kugereranya Ben na melody nukubahuka ejo muzazanamo na Juno 😥 tiger arihejuru Bruce mumujyanirane na ba Christopher nizo size ze ba bro
Mc pato niba ari pato nawe uri nkabandi Bose nkubwije ukuri nuko tutari kumwe kandi ukavuga wenyine The ben is Biggest brand The ben ni messi bluce ni cr7
hhhhhhh ndumiwe gusa wamugani niko mubyumva reka mbabaze ese the Ben iyo aza kuba ari murwanda bruce yari kunjya cocostudio kariya gihe icyakabiri cyabaye ari Ben wakoranye na shaggy ese karikuba ari kariya karirimbo buri wese yumva agafunga radio ikindi izo platforms zose anjyaho suko akorana nabaherwe kdi nabo nuko mubifata nabi ese muzineza koko impamvu batandukanye na Ben ese ko ari munyakazi nkuko mubivuga usibye hit uwamufashe arya pe kdi suko ari bruce uzimuhesha ahubwo azibonera muyandi mazina chaggy cyangwa aruko bavuze the Ben nabi ngaho mubwire indirimbo ya hit yagize kuva yanjya muri 1:55 am bro muribeshya nkababara
Nonese shahu ,uragira ngo tumukunde ku ngufu! Niba tudakunda imiziki ye! The Ben na meddy nibo bazamuye umuziki uri modern hano mu Rwanda mujye mububaha! Nibo bafunguriye inzira uwo Bruce uvuga
Bro bwa mbere mbonye abantu bahaye melody indabo ze,muri abanyamakuru b'umwuga keep up
Sinzi uko nabisobanura but ndabashimiye kuburyo mwasoanuye melody mn njye nzamugwa inyuma
Ibyo muvuga ntimubizi sheebah na Eddy kenzo Ninde mu star mur Ug analysis zanyu zirarwaye cyane mumeze nkimpumyi
Uburyo nkunze aba batype.mujye mubabwiza ukuri (Bruce Melody is Big for real
Akanu kokuba bariya bataramu bari America nyuma bakomeza numuziki Melody we acyingenda namaguru Niko kanyemeje 🤔🤔😟😟 none dore Arikuri Top hamwe nabo😭isomo: Ibyuri gukora we gucika intenge hatana ushyiremo akabaraga nubwo bitakoroheye ariko ejo ntawamenya ✊✊
Mwubahwe kbs ark melodi ararenze mn kuko ntawundi wageze kuriruriyarwego kbs ahubwo ngewe mbona the Rwandans mutamukunda kuko umuziki yarawutumbagije amahanga amenyako murwanda haba umuziki rwose reaspct kuri melodi na team bakorana
Mn analyse yanyu mumuziki irihejuru brosk ubundi nimwe entertainment ikeneye respect i preciate you brothers
The guys bunderstandinga music. Hope one day the World will get to Know who really is Bruce!
Melody is hard work. Melody is from a to z talented and he can be good radio or tv presenter he is also comedian. Melodie he knows English more than those guys who live in US
Ntago byari bisanzwe kuzuza peti stade rider uko yayujuje siko byagenze kuri BEN na MEDDY abantu babuze umwuka abandi babasubizayo. mn bariya bajeune barakunzwe cyaneeeee mureke kubapinga .
Bruce melody ararenze mn
The goat melody
Turabiziiiiii cyane ariko urukundo rwacu rwatwawe nabo 2 meddy the ben
Wowe nande se, ivuge wenyine
Jye nabanyarwanda bos3 wowe utarimo
Nyola is big song in Uganda than Binkorela. Bruce Melody ni big star muri region from Coke Studio. Check views of the tracks murabibona.
Ben HABIBI NA I AM IN LOVE ZARAKUNZWE UG .
Bamurushuje gukora indirimbo ziryoshye Melody numuhanzi mwiza ariko melodically bariya bajeune baramurenze bamurenze mundirimbo ziryoshye nubwo aba yihirinze .
@Brucemelodie is a goat bro👑
Goat Melody
Inkomamashyi zahuye💔😂😂😂😂😂😂 umuwe mubanebwe yujuje 100M adakeneye inkomamashyi 😂😂😂😂😂
mn muvuga ibyo mutazi kbsa BEN twamumenye kubera talent ye . kugeza nubu mukimuvuga he is a big deal kuburyo nubu muba mukimuhoza mukanwa after 15 years .
Mn melody numuntu munini muri East Africa
Munini c kuki Umuziki nyarwanda yawugejeje hh😂😂😂😂
Reba melody ukuntu yayoybe kuri katerina yarakunzwe Kenya we na Andy na meddy umuturage yirwngagiza Kenya ajya kugigiza tz arashya arashoberwa ahita agaruka UG aho kujya Kenya , none yibutse Kenya yaratambutse yaramaze kuba impitagihe
So the BEN is big kuko nubwo bacecetse igiheeeee melody agakora agaca ibikuba akikynkumura , still inzira arimo yaharuwe na BEN .
Imagine guy ntakora ariko aratumirwaaaa
Aba ba Geee 2 mwabahaye respect barinigura birengagiza ibimenyetso bikugira big
Mehn muzibe ben nuwambere kwisi no matter ibigwi byose melody yakora
Mc pato hamwe Danny murarenze !!!
Nyolo ni new song wiyigereranya na Binkolera imaze imyaka . ikindi Ben akunzwe UG kuko akozeyo concerts nyinshi bigaragaza income izo songs ziba zikora
Melody hejuru
Abantu muvuga ko bruce atazwi ntibarasohoka n'igihugu kbsa! Nge ndi Namibia abana baho baririmba indirimbo ze batumva n'icyo zivuze!!! Abanyarwanda murekere aho amashyari.
Barabure
Melody yarabasize abandi bisigaye kwizina uwo munig ndamukunze ibikorwa imbere narumugabo ntihabwintebe.
ANALYZE ZANYU ZIRABOGAMA KBSA HARIMO FANATISME .
Uyu mutipe wishati yubururu arikwigira nkutazi umuziki melody ni Big artist muri east Africa birenze uko abanyarda bamwe mubitekereza muge mubaza abantu bari Kenya melody na eleee bari hit even na Ug melody arakunzwe4
Guys I can not criticizing you but you are not yet reaching to the level of being professional journalist. Because you are comparing incomparable things. When you compare The Ben with Bruce it’s shows that there’s a certain level you are not yet reaching. Bruce is still under The Ben . Even if you accept or not . Go and ask professional journalists how you can discover that some one is on the top of other according to what they are providing
Melod ararenze noneh nibiraza muteg amaso muzireber
Melody hejuru cyane, ndabakunze mwabanyamakuru mwe nimwe mwenyine muje kuricyo kinyamakuru musesengura mwerekana facts zose kndi kumpande zose zigaragaza ko bruce ari Goat , ibikorwa bye ni byinshi nubwo abantu batabyemera kubera yamarangamutima akocanye arko umuntu ukoresha ukuri wese arabizi , naho abandi bo baberryeho kwangisha melody abantu bakaza bavuga amakosa ye gusa ibibi bye gusa nkaho atari umuntu wakora amakosa ukagira ngo abandi bo nabamarayika ntibajya bakosa bo ntibavugwe amabi ahubwo bakavuga uruhande rwiza gusa ukagira ngo melody we nta ruhande rwiza agira ibyo byose mwebwe muba mwumva atari propagande yo kumwangisha abantu? Gusa umuhate wa bruce wo kutita kubibi bimuvugwaho bigamije kumudekuraja yigirira niwo nemera arakomeza akihiringa atitaye ku rwango abantu babiba , arko naho melody yari amabuye ubu c ukuntu abanyamakuru bahora bamuvuga ibibi gusa uretse umuntu umukunda byanyabyo ubundi abantu ugirango hari numwe wakamuciriye akarurutega! None muragira ngo abantu bamukunde gute nabanyamakuru ubwabo birirwa bumvisha abantu ko melody adakunzwe ukabishyira mu matwi yabantu buri munsi bahozaho ahaaa gusa ibikorwa byiwe kera kabaye bizatuma bamukunda
Izo Soni nke zo kugereranya Ben na melody nukubahuka ejo muzazanamo na Juno 😥 tiger arihejuru Bruce mumujyanirane na ba Christopher nizo size ze ba bro
Ahubwo niba utarikigoryi ufite ihungabana 😂😂😂😂😂
@@ManiraguhaVincent
Ikinyabupfura kiturange bro 🤔
Mc pato niba ari pato nawe uri nkabandi Bose nkubwije ukuri nuko tutari kumwe kandi ukavuga wenyine The ben is Biggest brand The ben ni messi bluce ni cr7
ARIKO CASPA NTACYO APFANA N'UMUSINIOR WITWA SIMEON STIZZO MUHUMUZA?? BARASA SANA KABISA.
melody naguma mumaboko ya gael bazagera kure kubera marketing bakora ariko bariya batipe bo bakoze kera . abanyarwanda barabakunda akeza karigura barasesera . east afrika barabamenya .
Meddy na Ben iyo baguma mu Rwanda Bruce ntiyari no kuzamuka
😢kuvuga ngo amarangamutima yabanyarwanda arakocamye kandi nawe uri umunyarwanda , aho nawe uba ugaragaje urwego rwawe kbsa!
Uwo mujama wicaye iburyo ararenze mn azagaruke kbs
Tanzania na Kenya bakunda ibyabo nigake wabona batumiye abandi basani .
Nimwe baswa bambere kbxx
MC Pato 🎉
#kambare 😂😂
Ngo meddy nihene😂😂😂😂😂😂yewegayewega🎉
Ese Niba melody ari kuba mwiza bivuze ko abandi ari babi! Muri mubihuha muvuga mudatanga ibimenyetso gusa !
Uwo ngo ni danny we arasekeje! Noneho azakore indirimbo atarikumwe numuhanzi wo muri USA bamutumire muri good morning America! Ahoho twese tuzemera
Sha mukoreshwa namarangamutima kbsa mugakabya! Ngo ben ngo yazamukiye kuri tom? Ubwo se meddy yazamuwe niki?
Melody yazamutse dream Boyz na urban Boyz bamaze kuzamuka icyindi collabo ze ziba floap
Melod arihasi cyaneee
hhhhhhh ndumiwe gusa wamugani niko mubyumva reka mbabaze ese the Ben iyo aza kuba ari murwanda bruce yari kunjya cocostudio kariya gihe icyakabiri cyabaye ari Ben wakoranye na shaggy ese karikuba ari kariya karirimbo buri wese yumva agafunga radio ikindi izo platforms zose anjyaho suko akorana nabaherwe kdi nabo nuko mubifata nabi ese muzineza koko impamvu batandukanye na Ben ese ko ari munyakazi nkuko mubivuga usibye hit uwamufashe arya pe kdi suko ari bruce uzimuhesha ahubwo azibonera muyandi mazina chaggy cyangwa aruko bavuze the Ben nabi ngaho mubwire indirimbo ya hit yagize kuva yanjya muri 1:55 am bro muribeshya nkababara
Yasinze umuziki ajya hanze none agarutse kumaramara 🙄🙄🙄
Ese uyu kasper aba yatumiye abantu akaburana nabo abima ijambo
Nonese shahu ,uragira ngo tumukunde ku ngufu! Niba tudakunda imiziki ye! The Ben na meddy nibo bazamuye umuziki uri modern hano mu Rwanda mujye mububaha! Nibo bafunguriye inzira uwo Bruce uvuga
😂😂😂😂 wigisha intore guhamiriza ikakurusha rero Kugeza ubu ntacyo bamariye umuzik
Basize umuziki nyarwanda naha turi ntabwo twarikuba duhari ❤ ahubwo mumwubahe mn
Murafana bamerdi
melody ntazinjyera afungura imishumi yinkweto za ben bro
😂😂😂😂 mubwonko bwawe arko? Hhhh niyomishumi ntayo agira kbs
Bazize umuziki nyarwanda naha turi ntabwo twarikuba duhari so mumwubahir iby
Inkomamashyi zahuye💔😂😂😂😂😂😂 umuwe mubanebwe yujuje 100M adakeneye inkomamashyi 😂😂😂😂😂