DIARO Mu BURAKARI😡ASUBIJE Umukobwa We|Ntago NZAKUBABARIRA🙆♀️|Ntumpangare SINDUMUGABO Wawe🤦♂️
Вставка
- Опубліковано 16 тра 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abantu muri rusange waduhamagara kuri +250781413225 cg uka twandikira kuri email:bigtownempire@gmail.com SUBSCRIBE: / @bigtowntv_rwanda #Bigtowntv #0781413225
ua-cam.com/video/c2nMUQDno6E/v-deo.htmlsi=LJ4dhWlo-OWNkWw8
Inama Amina Muvandimwe Uzafate Iyambere Uhuze Abana Bose Maze Musabe Papa Wanyu Imbabazi Burya Ngo Ntamubyeyi Ukosa Uko Byaba Birikose KD Uzasabe Imana Ikugende Imbere
Niba ukunda BigTown Tv 🥰nange nkorera kwifoto unteze imbere
❤
Murah
Ndabigukoreye wanditse amagambo yubwenge ateye impuwe nimbabazi utobikora aba arumuhemu
❤
🤣🤣🤣Humura ibyiza biri imbere
Oh sha nukuri mubehafi uyumubyeyi afite ibikomere byinshi cyane ndetse mumube hafi Bact please shaka ababishinzwe baganirize umusaza akwiye urukundo kuko yarakomeretse bihagije akwiye umwomora 😭😭impore muzehe Imana niyoyambere izakurengera kandi nigihugu cyakabaye kikurenganura ndetse bakakuba hafi kuko ufite ibikomere birenze uzigisigara urinshike nabo ubyaye bakakubera rubanda sha mumwumve cyane arababaye😭impore muze Imana izagukiza
Bamubahafi ikomeze? Ese waba warabonye ikiganiro umukobwa we yakoze nihe yamuhangaye? Yavuganye ikinyabopfura ndetse asaba ise ko arenga ibibazo yagiranye nanyina bo ko arabana akabafata nkabana be akabaha umwanya none unyumvire nkayomagambo yumusaza muzima ngo Amina ntamenyere sindi umugabowe sindi na musazawe, ubwo iyomvugo yonyine ntiguha ishusho yuyu mugabo koko 😢 sometimes mujyemureka amarangamutima musesengure
Yooooo amina shaaa ntuzi agaciro kumubyeyi peee icyampa data nibirenjye.nabimwoza. Ntacyo umubyeyi yankorera ngongere ahomusebya. Babyita ku imena inda.
Yego rata
Reka kubivug Sha abandi turabipfuz ariko abandi bakabafata nabi😢😢😢
Ibyo uvuga nukuri umuntu ugifite umubyeyi nishimwe nibyagaciro iyunge na papa wawe mubane amahoro mukibonana amaso ku maso , nta mpamvu yo kwimena Inda mujya kuri social media shahu umubyeyi nikintu gikomeye
Abafite ababyeyi sha mubaca amazi gutya
Abandi murabifse ba papa wanyu none ndabira icomubakora twebwe dufise agahinda yuko bapfuye tutabanejereje 😮
Amina ndaguha inama ibyabaye kuri so& mama
Nawe byakubaho rero wikomeza gukurura umuvumo wumubyeyi kubuzima bwawe ndakugira inama Sangaso apana Camera
Maze ukubute amavihasi ukosore amakosa wakoze kuberako aho umupira warengeye niho urengurirwa
Numugabo we nta ndero afise pee uri bon père respect komera muzehe gushaka nabi nikibazo be strong pap
Uyumusaza simwiza .nigute azana abanabe mwitangazamakuru?
@@amaniamanii4725.Ntabwo yoroshye nagato
@@amaniamanii4725.Abana be nibo beza se?
Barasa disi, Amina na Papa we, mwiyunge vuba
Ihangane Muzee Diaro kbsa ufite igikomere gikomeye kdi cyigihe kirekire ukunde Imana kdi usenge cyane nibwo uzabona ibyishimo mumutima
Yoooo,papa impore niko kubaka bigenda,ahubwose uwomukobwa wawe witwa amina niba atubashye papa we,azubaha umugabowe,azagira agasazuguro nka kanyina
Niyo wagirana Ibibazo numubyeyi ntakwiyubaha kurimo kuza gushira umubyeyi kukarubanda,
Ntago social media ariyo izabahuza kwihuza ubwanyu byaranze
Niyo waba umugore wa Colonel ntampamvu yo kwanika so ukubyara ikigaragara uhuje imico na nyoko ukubyara
Sha family zigira byinshiiii umuntu atakwivangamo ark Uyu mugore ngo ni Amina mu mivugire ye urabona ko harimo amanyanga ntakuri afitemo rwose
Umugore mubi yigisha abana kwanga se
Yes kdi ingaruka zijya kubana nanyina
Numugabo mubi yigisha abana kwanga nyina iyariwe ubaruhanye mu buzima bwa buri munsi.
Umugabo utarera abana be bakiri bato ,akabifuza bakuze we bamwita ngwiki?
@@mahappy4294ntago wakurikiranye neza agahinda ka Mzee Diaro
Ibi nibyo pe umugore mubi yangisha abana papa wabo
Amina we umuvumo w'umubyeyi ni ikintu kibi cyane naramuka apfuye utamusabye imbabazi nta mahoro uzigera ugira mu buzima!Ugatinyuka kujya kuvuga so kuri social media!ubwo se ubonye umubyeyi wawe yambaye ubusa wamuhengereza cyangwa wakingaho akenda?
Yooo Mubihe byawe AbanyRwanda Twaragukundaga Wakinaga Neza Nkumuntu Wakinaga True Story. Imana Iguhe Gusaza Neza KD Uzabe Waramaze Kwiyunga Nabana Bawe Bose Ndabikwifurije Umuntu Ubyumva Nkange Nankandire Like ❤
PAPA.Amina wararakaye bikabije gerageza ugarure umutima uravugako ntambabazi watanga ihangane utange imbabazi zakibyeyi nabantu batwiciye abacu muri jenoside twarabababariye ihangane utange imbabazi niho uzabona amahoro
Nukuri ntimugashake kubona ibyo mutatanze care mutahaye abana banyu ngo muziburane mushaje
Nukuri pe aba bana ndumva barakoze nkibya Diamond platinum
Komera Amina ndakwihanganishije. Iteka umwana w'imfura niwe ugwa mu makimbirane y'ababyeyi. Komeza ube intwari kandi wiyubakire urwawe ukomeze. Humura imivumo ntifata umuntu iyo nta ruhare afite. Iryo ni iterabwoba. Uwo mu papa wanyu ntiyabashije kwakira uko yabuze abe kandi mama wanyu we akibafite. Nta ruhare ubifitemo. Na mama wawe ntabwo ariwe wabiteye. Diyalo agendana trauma kuko ahubwo yagombye kwishimira igihe iminsi imugejejemo😊😊
Amina ico nokugirako inama n''uko wogenda ugasaba Muzehe imbabazi ataruko uzogira ingorane zikomeye ziruta cane izo so yahuye nazo.Ntamuntu agirira nabi umuvyeyi yigera agira amahoro.
Hanyuma umubyeyi ugirira umwana nabi???
Yego ra
Amin ndakugira inama yogusaba imbabazi kandizivuyemumutima neza so wawe plz, ibyobapfa na nyoko nimukavyinjiremwo plz
Sha ntacyasimbura umubyeyi muzabyumva mushaje nuwanyihera uwo nitirirwa nanjye nkumva icyo kugira umubyeyi aricyo.
😮😮😮😮ntabyuzi umubyeyi mubi arutwa no kutamugira
@@lolitaimena9782umubyeyi yaguhaye ubuzima yubahwe nubwoyabamubi harabishwe cg bashatse kwicwa nabanyina ariko byarangiye abana aribo babagemurira murizagereza kdi barabatanze ngobicwe kwubaha imana nibwo bwenge kdi kuvamubyaha niko kujijuka
Amina,nawewarabyaye uwowabyaye azabikwishyure.umubyeyiwumuntunumuti uvura,icyoyakoracyoxnumubyeyi.
Rwose amina afise umuvumo🤮🤮🤮 1:08:58
@snks4dh najyegusenga imana izamubwiriza ajyegupfukama asabimbabazi aruke uburozi yahawe nanyina , ibyapapa na mama nibyabo mubiharire ababyeyi
Wakigabowe umva umubyeyi imana izamuha umugisha yareze abana wenyine rero yabaroze urukundo ceceka
Ntugatinyuke so ni umuvumo icyo yagukoze cyose uzacebugufi umusabe Imbabazi niho uzahirwa mu rugendo rwawe.
Reka reka uyu mugabo se we urabona yoroshye?'Il est maniaco-depressif
arasaba Leta kumushyingura ngo abana be ntibazamubone!!!nabanze yivuze akire ibikomere
@@angeteteli-manzi5571Ubwo nawe ntiworoshye! Cg nturabyara, ubaye uri umubyeyi wakumva agahinda gaterwa no gusuzugurwa n’umwana wabyaye
Ikindi nturi umwemeramana sinon waba Uzi icyo ijambo rivuga ku mubyeyi n’icyubahiro agombwa
Ndi umubyeyi ikosa rya mbere rigaragaye Ku umukobwa wa Diaro yakoze kuza guhangana ni umubyeyi Kuri youtube nikerekana ko adashobotse aha ni kwanika umubyeyi kndi Imana izabibahanira ntacyaha kibaho utababarira uwakubyaye Amina arubahuka kndi amenye ko yanashatse nabi abimenye
@@angeteteli-manzi5571umubyeyi uko yaba Ari kose ni umubyeyi ndugu yangu Amina nagaruke asabe imbabazi ise ibindi birangirire aha
Humura mubyeyi Imana irazi agahinda kawe izaguhoza inkuru yawe irabaje 😭😭😭😭
Amina Amina weeeee yewe ibyo ntacyo bitumariye pe ,umva umubyeyi ahora ari umubyeyi nubwo yaba ararwaye mu mutwe tjrs ahora arumubyeyi pe ,rero kujya mu ma social ntacyo bikemura ,ikiganiro nubwambere mbabonye ,yewe nubwo yaba uruwo mubyeyi yaba yaragiye muri social rwose mbere yawe ,yewe ntumukajye mwishyira hanze puuuu ,gusqba imbabazi umubyeyi ntabwo ari igisebo ,wowe ibyo uvuga byose Tera intambwe usabe imbabazi cg worohere umubyeyi pe ;ubu se napfa muzajya kumushyingura
Uyu ni nyina uri kumushuka mama wawe ari kuguhemukira wa mukobwa wee
Aminawe.wababaje.papa.ihutevuba.umusabe.imbabazi.atazakuvuma..ugapfanabi
Uyu mupapa nigeze kugera iwe mbona ukuntu yakundaga abana be akora akazi kubumotari yamara kubona hari ivyo yakoreye agahaha akabanza agashyira abiwe ngo bamere neza none mbabajwe nukuntu bamuhindutse bamubera babi! Mbega agahinda weeee😢😢😢😢😢 ihangane Musabyimana we imana izaguhoze niyo ibasja byose❤
Burya uyo mu papa iyo akaza kuba mubi,maman w'abana ntiyabata kuko igise kirababaza.nuko yabona abakunda .Arabibaza abagore bagiye mu ngo kubera kwanka kwisigira abana .Ivyo ndabizi nabibayemwo😮
Amina ,weho umaze gukura ,iyo ababyeyi batabanye neza abana bahura nibizazane ,ntampamvu ufite yokudakunda papa wawe ibagirwa inzira mbi wahuye nazo zose ukundishe umutimawe nubwejye bwawe bwose nibwo uzabona umugisha wababyeyi no kumana!
Wa mukobwa we rero niba uwo wemera ko ariso urikururira umuvumo gusa kuko niba ushaka imbabazi za so uba warahagurutse ukajya kwaso ugasaba imbabazi
Umv muko akabura nikaboneke numubyeyi wumuntu uzirinde umuvumo wumubyeyi umbabaj ntakuzi ihagane mubyeyi
Wabuze abo wizera wizera umugabo wumusirikare uzagarukira so wumva utakibona,harubwo wibwira ko wabonye ijuru.
Uburyo uyu mugore avuga ashize amanga nta kuri kurimo
Gusuzugura so ukanamusuzuguza umugabo washatse nta displine irimo
Ababyeyi bubu nukubitondera bitari ibyo kabaye
Amina amina,njye sinkuzi ndi nakure, umuti wumubyeyi wawe suguhangana utwumvisha ukuri,ntacyo bitumariye dure icyo tugusaba ,igire ndio bwana imbere ya papa ,arko bitari uburyarya,uce bugufi,nabobose barumuna wawe ubabere irembo ryibyiza imbere ya papa,njyewe ndumusaza mukuru uruta papa wawe.
Nukuli bagerageze kumugarukira Kuko ntawundi mubyeyi bazabona ! Ikindi ndabona imiryango y umugore we baramushegeshe baramwicira ! None nabana bonse uburozi bwa nyina !bazicuza Ntabwo aribyo ! Kuko umuryango nuwambere ibindi byose nubusa ! Kandi umuvumo uzabageraho nibaticuza !ngo bagaruke kuli papa wabo 😢😢😢birababaje Cyane
Amina. Unva impanuro kk umuvyeyi naho yabarwaye mumutwe .numuvyeyi. yagushize kwisi. Ganda umushak murug mugsnire
Amina urasa na so cyane nimwiyunge
#PAPA_AMINA, Mubyeyi nshuti y’Imana emera utange imbabazi.
Ni ukuri #tuzashimishwa no kubona hano ikindi kiganiro muvuga ko mwiyunze urimo guseka no kumwenyura.😀😊
Icyo kiganiro turagitegereje, ndumva bindimo ko tuzababona WOWE na AMINA mwicaranye hamwe n’abazukuru bawe.❤❤😊😊
Yooo, ibi bintu birababaje cyaneee😢😢
#PAPA_AMINA, turakumva warababaye kuba uri wenyine kandi warabyaye ariko #wivuma umwana wawe kuko ndikubona ko iyi ariyo nzira yo kwiyunga mwatangiye.
#Mubyeyi, ihangane utuje kuko #ntarirarenga, ndabifuriza ko mwakongera kumvikana nk’umuryango kandi #bizashoboka.
#Imbabazi AMINA arimo kugusaba #uzazemere, uzamubabarire kandi nibwo uzumva uruhutse ku mutima kandi numara kwiyunga na AMINA n’abandi bana bawe nabo muziyunga, nibyo mbifuriza.
Imana Rurema Izabibafashemo maze mu minsi mike tuzabone mwakoze ikindi kiganiro ko uvuga ko wababariye AMINA kandi ko usigaye ujya iwabo, ko nabo baza iwawe kugusura.❤
Muzehe arambabaje cyane
Papa gira umutima ubabarira nabana nabo bace bugufi mwicare musabane imbabazi nkumuryango
Imiryango yiki gihe iteye ubwoba😮
Ubyange ubyemere iyo ababyeyi batumvikanye bigira ingaruka mumuryango kdi umugabo niwe uba mubi ibyo yakora byose rero muve mu itengazamakuru mwese muce bugufi mubane
Ndakubwira Amina niyo wajya kwa pastor cyangwa hehe ,kuva papa ariho avugako akunda abana be ,ndetse agashyiraho numuvumo ,mbere yo kugirirwa imbabazi NImana nyirukuri tuzamubwirako wasabye imbabazi ukazimwa ukoresheje kuri terefone maze imana ikumve,koresha ubwenge wahawe nImana,ubonane na papa,niko kwivanaho umuvumo ,bitabaye ibyo umuvumo murikumwe.
Amina nawe uri umuvyeyi .ishire muri ico kibanza.ca bugufi umusabe imbabazi,ntukamusuzuguze umukwe wiwe,wibukako umugabo ari umwana w'uwundi.nta rwuba rutaseye,n'abo bakwibarutse baratandukanye bavyaye6
Diaro arabeshya cyanee, Abana na Mama wabo nibo bazi Imibabaro bahisemo. Arimo kubifuza bakuze kandi yarabataye bakiri bato.
Kuba Amina asaba imbabazi papa we ntago sukuvugako Amina afite amakosa
Umuvyeyinumuvyeyi, nacebugufi benabenewabo biyegereze se , kuko umuntu akureze nimyaka itanu abarubwitange bunini
Amin yakwihenuyeho nawe ugombakumwryaho musa jyawikundira agacup
Ihagane mubyeyi urabababaye cyane, Kandi amina nkumwana wawe azace buguvi,gusa ababana numvise bavite ubugome bwinshi niyo yasaba imbabazi ,nukumenya ubwejye musehe we, kuko amina nanaharimbu family we nanyina bakoze ijyikorwa cyibi😭😭🤭
Ntacyo umwana yemerewe gukorera umubyeyi kibi ,uko yabayitwarakose.Amina nadasaba imbabazi umubyeyiwe,bizaba ikibazo
Bactin Ntuzishinge abanyabutare sha.ahubwo mbabajwe no kubona umuryango ubwawo uza kwinyanyagiza hano.uyu mu Dialo,uyu Amina n' uyu mugore bose bafite ikibazo.kdi birumvikana ikibazo cya Amina afite aho agikomora ni kubabyeyi
Bose bafite ikibazo ariko cyane cyane nyina nubwo watana n'umugabo ntushyiramo abana kubangisha se ibibazo byanyu mubibamo ariko ntubijyanemo abana ngo bagere Ku rwego banga se
Abanya Butare,sha nange nabagoreweho
@@Sindi460😅😅😅😅😅
Abagabo bi butare barabyara ntibarere nange umunyetimba yantanye 5 simuvuze azpfa nka diyaro
Aminaa saba papa wawe imbabazi.
Diaro disii komera twigeze kuganira umbwirumubabaro urigucamo mbega yoooo!!!Imaniracyakurinze
Papa Dialo pole sana washitse nabi , ikibazo urashaje kwishumbusha uwundi vyohava bikugora kwelii
Ntamugabo usaza nubu yarongora inkumi da
Ababyeyi bamwe (abagabo bamwe) bitwara nabi muri famille. Ugasanga bihungije inshingano z'ababyeyi. Hari n'igihe usanga bakorera ihohotera n'itoteza ku bagore babo. Ugasanga buri gihe akora ibituma abana n'umugore we baseba muri rubanda. Kandi yagera hanze y'urugo akigira umuntu mwiza. Abo hanze bakabona ni mwiza kandi mu rugo ari umugome gica. Umwana rero wakuriye muri ubwo buzima nta na rimwe aziyumvamo Se. Rimwe na rimwe abo bana mujye mubumva. Umuntu utaragutoje kugira urukundo aba yumva warumugirira urukuye he? Ko umuntu asarura icyo yabibye?
Amina ninjyera nabo bose bazakwifuza
Niba koko.AMiNA.yarabwiye umugabo we ko wapfuye kandi uriho mwihorere nawe imana.izakwishyurira ibyo bikomere baguteye. Mbega abana nubwo ntunvise uruhande rwabo ndabagaye p
Ngiyo karande sha
Mukire ibyo byose bikizwa no gukizwa no guhunga ikibi
Abana ba Diaro ndabagira inama yo kutivanga mubibazo by'ababyeyi babo kuko itegeko ry'Imana risaba kubaha Se na Nyina, kugirango bazaramire mugihugu cyo mu ijuru, ubusekoko barumva batari kwikururira imivumo?
Ingaruka zimyitwarire yawe muri ya myaka mukibana bizajya bibagaruka mushaje
Biragaragarako diaro akunda abana be nukuri yagerageje kurwana ishyaka gusa mureke amina azicuza itegeko ry,lmana ritegeka umwana kubaha ababyeyi kugira barame
Erega diaro nukimutabizi film yakitye arikumwe na mutoni nubuzima bwa diaro gusa niyihangane ❤❤
Yooo disi najye narayibonye iteye agahinda numvaga abantu babivuga nkagirango nukubeshya kumbi nibyo
Amina yarahemutse kandi n'umuvumo
Ndumiwe kok abo bana bagarukiraho umubyeyi namuvuma bizamukurikirana ndamubwiye ndi mukuru niha haruzi amina akaba yamubona amugire inama yararengereye bikabije😢
Mwihorere aziboneneraho
Ihangane mubyeyi washatse nabi nizongaruka
Ikosa ryose umubyeyi yakora , Ni umubyeyi, ubundi ubuzanye hano ngo bagufashe iki? Mwagiye mumenya kwigirira ibanga,
Imiryango igira ibibazo byinshi kdi biba byarahereye kera bakiri bato kdi ahanini nikwakundi abagabo bigira nabi noneho bamara gusaza bakumva abana babegera nanone nyuma yibyo byose kuruhande rwabana cg umwana ntago aribyiza gushyira umubyeyi hanze izi youtube rwose biragayitse wakwicecekera İmana ikazabikemura
Wowe munyamakuru urinjiza amaviuzi gira imbabazi ijwi ryawe ryumvikane muguhuza umuryango,ugomba gukora uko ushoboye abana bakagabanya ijwi rikamanuka hasi,yewe bakemera namakosa batakoze ,kugabanya umujinya wumubyeyi wawe nawe Amina urabizi va kubanyamakuru bishakira indonke,mwirinde kuvugisha ukuri muguhangana nawe mwumvisha ukuri twebwe ,twanezezwa nuko papa asubiye kubavugisha neza.
Amina ikindi naco Umenyiora ko ivyo uriho were ka abana bawe Umenyiora uriho uvyara ushobora kuronka nawe umwana umwe azokwanka ube attention nuko bimeze ok thanks journaliste mushikirize ubwo butumwa
Ibyo yakinnye disi byaramukurikiranye😢😢😢
Ababyeyi nkaba barahari, ubwo numugore yari yaramuzengereje
Amina ameze nkishano, ariko n'uko avuga biramusa
Oyaaa, icyo kintu ngo "iyo ugira abana bazima ntiwari gutandukana na nyina" sicyo pe.
arikoreza umusaraba abana.arabasaba kumwubakira urugo we rwaramunaniye
@@angeteteli-manzi5571 Ibaze nukuri ! Birababaje.
Birababaje disi
Ariko ibyo yavuze nibyo harigihe murugo iyo haramakimbirane abana bunga ababyeyi kd ibibazo bikaragira mumahoro ariko iyo abana babogamiye kumubyeyi umwe haba harimo amatiku ibyiza mushyira hamwe ntabwo arumusaraba kuko umubyeyi uko yaba ameze kose uramwihanganira ukamukunda
@@user-du3xi9bb9h
Sinemeranya nawe. Niba wumvise ibibazo byatangiye 1997. Amina umenya ngo yaravutse1994. Ahubwo uburyo nta traumatisme yabikuyemo simbyumva
Aravuga nk umuntu usobanutse kandi usobanukiwe.
Hanyuma se Diallo kujya mu itangazamakuru niyo solution?
Papa ihangane ibigeragezo byose birashira Amina nishitani imurimo ark Imana izamugutsindira mureke arikugendera kumyunvire yanyine wumubyeyi gito gs Amina byose wakora ujye wibukako akebo kajya iwamugaruro kd ubamba isi nakurura umubyeyi wawe wamwishe ahagaze ark uracyafite amahirwe yokubikosora ubwo agifite ubuzima watera inambwe mukiyunga
Ayayayay rero uyu muryango urababaje cyaneeee rwose kandi ikintu bapfa ikintu cyoroshye boseee bafite imitwe ikomeye ntawushaka guca bugufi imbere yundi biyemeje guhangana bose kandi imyaka mbona bagezemwo niyo kwihangna no kurenzaho no kubabrirana uyu mugabo ashobora kuba yarahemuste webda akababaza ariko niyemere uruhare rwe mumakosa ye nabana nabo bashobora kuba banga papa wabo kubera ibyo se yabakoreye rero nibihangane babarire ise ntibakomeze kubona ibibi nya se rwose bose nibabarirane nukuri nibac3 bugufi bose
Wew uza waciye urubanza
@@AdB-oe9yh sinzi niba usobanukiwe nicyo bita guca urubanza ushake inkoranyamagambo ubishakemwo urabisobanukirwa reka ngusobanurire ibyo nandiste babyiya gitanga igitekerezo no kugira inama urakoze muvandimwe ahubwo wowe ukoze ibyo bita gushinja
Amina,ndakugaye ndakugaye ndakugaye cyaneeeeeee😭😭😭uko umubyeyi yaba ari kose ntagishobora kuzakuraho ko ari umubyeyi naho yaba mubi bingana gute utegetswe kumuhishira ikindi shaka so umusabe imbabazi kuko urimo kwikururira umuvumo wa karande ntuzatume iso akuvuma nyamuneka
Ntumugaye kuko utazi icyabaye hagati yabo Njye uriya mukobwa ndumva akababaro ke iyo utavutse kumubyeyi umeze nkuyu iyo ubivuze ntibakumva buriya yarakomeretse
Kabisa ntushobora kwereka umwana urukundo ngwa kwange ! Ikindi niba utarakunze nyina nabyo bikaba akarusho ,sarura rwose ,ubibye arasarura wabaye umubyeyi mubi
Ntakintu nakimwe wabona cg wakora ngobitume wanga uwakubyaye ukobiri kose amakosa afite Abana 😢
Forgive them papa we are human no body is perfect
Birababaje gusa bagabo mujye mubimenya iyo ugiranye na numugore ibibazo nabana barakwanga icyo wabakorera cyose umunyarwanda ati urumbije umugore ntasarura umwana
Yooooooo Disi Warufite Ibikomere Iyo Wajyaga Kwandika Episode Ikurikira Twabonagako Urushaho Kwandikira Mutoni Ibyakina Bikomeye KD Bitaribyiza yooo Disi Uranashaje
Diaro wihangane cane,warahohotewe cane.Wihangane cane ariko uzorondere ababunganisha n'abana.N'ubigerageza bikanka Imana yomora imitima izokurengera.Pole kweli.
Umva mubyeyi icyo wakora cyose papa wawe ntazigera ahinduka undi muntu ubworero ugomba kumubabarira ukamubona nk umubyeyi
Ihangane mubyeyi mgewe umugore nishyakiye yarabyaye ntiyabwira koyabyaye abibwirabandi ihangane papa nange nagizagahinda kumugore
I Butare we ,sha muradusebeje pe ,Nshimiye numu legend wa mwana we yarakubyaye ntabwo wamubyaye ,ubu wowe uri kumurusha iki ,turabizi ko wowe nawe wananiranye ,umukobwa mubi gusa ,Nshimiye komera bro igihe kiragera Umuntu agapfa ,turabyara ariko abana biki gihe ni Hatari bazajya batuniga pe
Ngo Imana iha kuramba uwubaha umubyeyi we. Nibagiye umurongo ubivuga wa hibiliya
Amina impore kibondo diyaro impore mubyeyi inama najyira iyimiryango yombiii nuko satani yaje gutanya umwana nanyina mbesee icyo nabwira imiryango yombiii mubabarirane mugaruke murukundo nibwo muzagubwa nezaaaa
Yego disi nibitero byasatani
Ese ubundi ubu mubintu bapfa ntanjyengabitecyerezo irimo
Shimira Amina yabaye aho utari kimwe no kwa Sobukwe
Amushire ikic yagiye gushyigikira interahamwe zahize Dial
@@mukankuzijolly3913
Kandi Diallo avuga ko kwa Sebukwe bamuhishe???kuki se atabatanga niba barabaye interahamwe?Kuki se murumina wa Diallo ari kuri coțé y abana n umugore?kandi ibi byose ni Diallo wabyivugiye .araducanga.Imana imuyobore
Sha Amina uhangaye igiti kiturigwa uzobaze abakuru narengana😢😢😢
Uyu mugabo arihangana cyane pe aba bagabo bameze gutya nibo imana iba ishaka ihangane mubyeyi💞💞
Ubukwe bwa amina narabutashye ahubwo uwo musaza afite ikibazo burya umubyeyi wumugore aravunika cyane kuko aravogerwA agaceceka kd rega iyo waretse gusenga wasengaga reka kaba kabaye umwana aba uwanyina iyo byagenze kuriya arabaphira abana nibo babizi
Abagore ni abagome bihorere musaza
Barakwanze nyine kuko wanze nyina!!!
Diaro Imana izaguhorera. Ndagusengera.
Abana ni umugore, umugore wawe umutima mubi yawushyizwemo niwabo kuko mudahuje ubwoko setu. Impore muze Imana ihora ihoze
Hhhhha Sha nanjye aka kantu nagaketse sinzi niba ariko kuri kuko n’abahuje bagirana amakimbirane!! Ni uko buri wese iyo asobanura ibintu yigira intungane ariko disi Dialo biboneka ko akunda abana be ari bo bamunaniye bitewe na nyina
Nukuri ndarize kubyagahinda ka diaro pe gs wihangane imana Ishimwe kuba ikikurinze ibindi imana ukorohereze papa wanjye😢😢😢😢
Ibyo yesu yavuze byose byamaze gushyika pe !ngo umwanzi wumuntu azaba uwo murugo rwe . .uzubwenge yezwe yegere yesu utarihana ni yihane
Ngo muminsi y’imperuka abana bazaba batumvira ababyeyi 😢
@@km9737 Sha numiwe jyewe ubu kdi nababyeyi nabo ngo bazaba badakunda abana babo
Mzee Diaro ,njye mu myaka naba murumuna wawe ugukurikira, tunganya imbyaro. Ndakwinginze nk'umubyeyi ,babarira Amina umukobwa wawe. Kumubabarira bizafungura inzira nziza abana muhure . Turakwinginze. None se Diaro ntabwo usanzwe ubizi nk'umubyeyi,iyo wari urwaye umwana akarwara wowe uhita ukira? Ntabwo ibi u izi Mzee Diaro? None Amina yakoze amakosa rwose birumvikana Kandi kukubaza nabyo birumvikana ariko itangire umwana , uyu mukobwa afite agahinda Kandi aragukeneye nka Papa. Ndagusabye mukuru wange. Buri mubyeyi wese iki kintu azakikubwira Diaro. Mbabarira ndakwinze. Ihangane witangire umwana wawe.
Bact,hari ababyeyi bangisha abana aba papa
😢😢😢 manakoko my favourite actor
😮😮😮😮😮ndumiweee peewee
Aaahhh... Nokujyana Umubyeyi muri ayamatiku byonyine biragaragaza igihagararo cy'uyumwana..! Arikoburya bipfakare. Abana baremarira mumibanire mibi y'ababyeyi.
umubyeyi usubizanya n'abana sibyo. sigaho mzee, niba warakoze ibyo ugomba tuza,
Uyu mugabo ni mubi cyane niwe wateye ibi byose.
Ni mubi,ni irresponsable.namwanjyiye aho yagiranye ikibazo numugore we akajya iwabo akamusangayo akamukubita kurinda afungwa.mu bigaragara yashakaga ko abana banga nyina kandi ibyo ntibibaho nta mwana wanga nyina ni akabura ntikaboneke.umugabo arongora undi akibagirwa abana be ariko umubyeyi wumugore nubwo yashaka ntiyibagirwa abana be ba mbere
Nimvugo ye irabigaragaza. Yakubitaga umugore we biragaragara. Sinkuzi wa mugabo we ariko ujye wibuka ko ari wowe wagiye kurambagiza yibereye iwabo. Ubutaka,amafranga nibindi. Ntabwo yoroshye ahubwo arifuza ko banapfa
@@rwandamum8323wibeshya umugore yarahukanye agiye kumucyura kdi babyumvikanyeho baramube barahondagura none urabicuritse.
Najye niko nabibonye
Wabimenyute c sha
Yooooo warababaye mubyeyi
Pole diaro
Uyu mu papa yarakomerekejwe cyane kandi yabaye abused nuyu muryango yashatsemo. Mumushakire abajyanama mbere yo kumusaba kubabarira. Kuko aracyagowe. Ubundi kandi aba bana nibo bakwiye kwegerera papa wabo bakamusaba imbabazi.
Uko niko Kuri rwose mubifataka yashatse mubatindi Diaro
Ikintu kimbabaje kurusha ibindi byose nuko mwishyize ku karubanda .
Hari ababyeyi b'inyangamugayo bari kubahuza ibibazo bigakemuka mutabizanye ku karubanda,gusa nanjye inama natanga mzee yarababaye rwose.
Ariko yumve ko n'abana babaye,none nace inkoni izamba nk'umubyeyi,agire impuhwe za kibyeyi,hanyuma Amina nawe niyihangane ace bugufi asabe umubyeyi imbabazi,hanyuma nk'umwana w'imfura azabere urugero barumuna be.
Mzee rwose ihangane ukureho iyo ndahiro yawe yo kubuza abana kuzagushtingura.
Ntawantumye ngo muvugire,ariko nk'ababyeyi bagenzi bawe nicyo twakwifuriza
Abagabo mutita kubana nuko birangira
Ubwose wumvise ikiganiro cyose cg uri kuvuga gusa
Warukwiye kumva iki kiganiro cyose cya Mzhe Diaro nibindi byakibanjirije
Amina kunda ababyeyi bawe niba udashaka no kumukunda bikorere abana bawe kuko bazakenera Sekuru!