NDAKARABYE💧SINZABAZWA UBUGINGO BWAWE🔥NIMUREBE UKO ABANYAMADINI BAGIYE KUTUMARIRA GIHENOMU😭INYAMANSWA
Вставка
- Опубліковано 1 жов 2024
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com
Mwiriwe,Nishimiye inyigisho zawe,kuko twarabeshywe bihagije,iki ni cyo gihe ngo habeho impinduka mu izina rya Yesu,kandi nddbizi Umwuka Wera azagushyigikira.
Beulah Imana iguhe umugisha kubwo impanuro uduha kandi uri umukozi mwiza w'Imana, nagira ngo ngusabe uzatubwire ku bijyanye n'abagore bayobora amatorero icyo bibiliya ibivugaho. Imana iguhezagire
Yesu nashimwe pamphi uzadusobanurire uriya murongo wo muri Bibiliya uvuga ngo lcyo muzafunga mwisi no mwijuru kizaba gifunze
Kubirya ntabwo ari icyaha, kuko n’inzoka iraribwa. Ingurube, urukwavu, n’ibindi mwita ibitatuye inzara
mwiriwe neza, usumbabyose abahe umugisha, naho ibibyabene data babanyamadini ntibashaka kumva bayobotse amadini ntibigeze bamenya Imana
Ntabwo Abo wita bene se wa Yezu na bashiki be bivuzeko bavutse kuri Bikiramariya.
Nyuma ya Yezu ntabandi bana Mariya yabyaye kuburyo bw'umubiri kuko ababyeyi babo nabo baboneka muri Bibiriya muzasome neza.
Turiho kubw'ubuntu bw'Imana SI ibitambo ngo babyirate SI amategeko ngo tuyirate ahubwo ni Ubuntu bw'Imana
Ko utavuga se abayisilamu
Murakoze kubwibiganiro mukora turushaho gusobanukirwa ibyo amadini atavuga umuntu ukurikira Beulah akazarimbuka menyanawe azahabwa ibihano bikomeye
Nibyiza cyn
Wowe Pamphile uracyavuga ngo ntibasoma Bibiliya kd noneho barimo kuzitwika, buteye ubwoba.
Abadivantiste rwose hari imirimo myinshi yezu Kristi yokoraga kwisabato bizabashinja noneho Bo ngo ntibagirira neza umuntu kwisabato ntabikoresho byabo bikora kwisabato nkibaza iyo umubyeyi wumudive aramutswe kwisaboto ahagarika ibise ngo atabyara kwisabato, ahubwose nta badivantiste bapfa kwisabato nonese kwibyo byose ar'lmana ibigena kuki itabatarutsa ayo masabato yabo atuma bacira abandi imanza
Ubwo c gukacanga karindwi ibiryo, igifu cyazasigara gifite uwuhe mu maro?
Ubwo havayeho gukacanga karindwi igufu cyajya cyakira ibuntu bimeze nk''igikoma cg amazi gusa.
Igifu cyarwara kigatoboka pe
Imana ibahe imigisha myinshi pe murakoze
Ibaze ubwo buyobe bw'abadive koko.kandi ntibashaka guhinduka bazingo nibo bemewe😢😮 birababaje
Erega ahumuntu Ari hose aziko ariho hemewe mwubukeko Imana itazaza kureba amadini ahubwo izaza kureba uko umutima wawe wabanye nayo naho ibyamadini nama torero mubireke peee kuko ntadini ryukuri narimwe ririrho
Uzasubire wumve ibyo musenyeri yavuze.
Mukozi w'Imana paphille, Imana iguhe umugisha uzatumire Pastor Piter Musisi afitebyinshi muhuza kuku gira ifuhe ryiza kubwumurimo w'Imana murimukazi neza
Imana ibahe umugisha kd ibongerere ubwenge buturuka kuri yo.ndanyuzwe pe gusa ntabw kirangiye mudusezeye.ubwo uzaduha part 2
Bibiriya muri yohani 4:24 :Imana n'umwuka nabayisenga Basingere mukuri no mumuka.
Njye mbanje gufashwa cyane n'isengesho ryawe kuko ryuzuye umweka wera.
Kugisha inama abapagani cg kujya kurega umu kristo mugenzi wawe mu buyobozi bwa Leta cg n'ibindi nk'ibyo Bibiliya ibyita ubusambanyi.
Murakoze.
Gusa nasaba ngo ubutaha ntumugace Pamphile mu ijambo
Mwiriwe kubigenzura bisaba mwuka wera, Dusabe twese u.mubatizo wa mwuka wera niwe uzauyobora
Nibaza Ko Ijambo ry'IMANA Rusobanura neza, kandi nibaza ko Pamphile amaze imyaka muriniyi nzira ta Kristo, kandi IMANA Imaze imyaka Imana Ivugana nawe.
Mbese ubutumwa cya gitabo Yanditse IMANA Ibimubwiye ngo aburire abantu baYo, buriya ibyo Yanditse ni ibyo Yibwiye si UMWUKA WERA Wamuhishuriye.
Simuvugira ntazi nanjye simuzi ngo mbe muvugira. Jyewe, umuntu undusha gusenga kandi adatandukira ibyo Biblia Ijambo ry'IMANA Rivuga, ndamwubaha.
Uwo musaza w'umutampera yitwa NZUNGU.
Atuye i Rubavu.
Uwo Musaza yitwa Gad ,uzamutumire niyumvire nanjye nkunda kumwumva
muze mukore ikindi kiganiro kibandanya kuriki
Uwiteka abihishurire nukuri 😢
Erega ntibihe byanyuma
Mathieu 13:53
Mariko 6:
Yohana 9:10
Bikiramariya mwamizi w’Isi n’Ijuru. Imana ibahe umugisha kubwikiganiro. Rwose tugenda turi sha ho kumva ubuyobe buri aha hanze, tunarushaho kumenya Imana y’ukuri. Igisobanuru cy’umubatiozo ni ikimenyetso kigaragara mukwinikwa mumazi no kuyavanwamo tuzukanye nayesu none ababatiza batibijwe baba basigura ikihe kimenyetso? Nyagasani Imana aturengere.
Akanyama nimukarye kuko Uwiteka yaduhayeho inyamaswa (izo yemera) ho ibyo kurya ariko hari izindi nama atanga zubuzima nzima pe.Erega buri wese iyo avuga ukuramo ibigufasha ibitagufasha ukabireka.BITAVANYEHO UKURI KWA BIBLIA ARIYO CATALOGUE ITUYOBORA ABAKRISTO ibyo muvuga ibyinshi ni ukuri kw'Ijambo ry'Iyaturemye ariko namwe sometimes habamo amarangamutima .Be blessed.Yitwa Nzungu Pamphi nukenera his number uzazimbaze.
Reka mbabaze ese kurya ingurube, urukwavu, imbata ni icyaha?