NYAMARA, NITUTAREKA AMASHYARI N'INZANGANO N'INZIGO NGO TWEMERE IGENO TUZAPFA TUBABAYE. UWO IMANA YAGENNYE KO AZABA MU BO HASI NTAWUZAMUZAMURA NGO BIKUNDE. NUWO IMANA YAGENNYE KO AZABA MU BO HEJURU NTAWUZAMUMANURAYO NGO BIKUNDE. NIBA URI MU BANTU ALLAH AGOMBA GUHA AZAGUHA KDI UZISHIMA. NIBA URI MUBANTU ALLAH YANDITSE KO BAGOMBA KWIMWA , NTA KINTU NA GITO UBURYARYA NO GUKORERA IJISHO BYAWE BIZIGERA BIGUHA KDI ALLAH ATARABIKUGENEYE. NIBA URI MUBAGOMBA GUSIGAZWA INYUMA BAGAKEREREZWA NTA MUNTU N'UMWE UZIGERA AGUSHYIRA IMBERE UTARABIGENEWE. TWITOZE KWEMERA NO KWAKIRA AMAGENO NAHUBUNDI TWESE TURI ABANYAMAKOSA, KUKO UTARYA AKA ARYA AKA. AHUBWO TURUSHEHO GUSABA ALLAH IMBABAZI CYANE TUNAHINDUKE BITARI IBYO TURAGANA AHABI.
Ndumva episodes zanyu zizaturyohera cyane
Receive my view
2023 ! None c ubundi ko yavuzeko ntabikorwa bigaragara yakoze iwabo hari ibyo uzi wowe ? Uranyomoza nta gihamya utanga
Assalam alaikum ariko muzi ko mubeshya uwo mugabo yitw bucumi sudi
mwese murikwibeshya kuriyi gahunda yabereye imuhanga mukuri mujye muba abanyakuri ndetse niba murabanyamakuru mujye mushaka amakuru mwicukumburiye iyigahunda bavandimwe ba islam ndagirango mbabwize ukuri nuko Mufti yari yaje mugikorwa cyateguwe na bantu bavuka murakakarere ka muhanga bagiye kumwereka ibikorwa bateganya gukora iwabo nawe yaje nkumubandimwe waho gusa ikosa rumuryango waba islam mu Rwanda nuko iyohategue ibikorwa runaka nuko mubyiyitirira pe ntambabazi yakabaye asaba mwe ntimuba muzi ibiri muba islam mumitima yabo
Ayo mashusho warayakase peeee kontibonyemo koko
Kugerayo no gusalirayo biratandukanye
Inego y'idini islam ni gushira hamwe abantu Bose ark RMC akazi kayo nikutandukanya abantu.
Watwereka videos yagiye kusalishayo ijuma se bro
NYAMARA,
NITUTAREKA AMASHYARI N'INZANGANO N'INZIGO NGO TWEMERE IGENO TUZAPFA TUBABAYE. UWO IMANA YAGENNYE KO AZABA MU BO HASI NTAWUZAMUZAMURA NGO BIKUNDE.
NUWO IMANA YAGENNYE KO AZABA MU BO HEJURU NTAWUZAMUMANURAYO NGO BIKUNDE.
NIBA URI MU BANTU ALLAH AGOMBA GUHA AZAGUHA KDI UZISHIMA.
NIBA URI MUBANTU ALLAH YANDITSE KO BAGOMBA KWIMWA , NTA KINTU NA GITO UBURYARYA NO GUKORERA IJISHO BYAWE BIZIGERA BIGUHA KDI ALLAH ATARABIKUGENEYE.
NIBA URI MUBAGOMBA GUSIGAZWA INYUMA BAGAKEREREZWA NTA MUNTU N'UMWE UZIGERA AGUSHYIRA IMBERE UTARABIGENEWE.
TWITOZE KWEMERA NO KWAKIRA AMAGENO NAHUBUNDI TWESE TURI ABANYAMAKOSA, KUKO UTARYA AKA ARYA AKA. AHUBWO TURUSHEHO GUSABA ALLAH IMBABAZI CYANE TUNAHINDUKE BITARI IBYO TURAGANA AHABI.
Nawe yayangiye ashimira abamutumiye bivuzengo ntagahunda yo kujyayo yari afite
Knd narakoze sabsclaibe
Ariko se bavandi kuba atajya kusalishayo Hari ikosa ririmo ibi byose nugukurura amacakubiri mu Bantu ubu Koko biratwungura iki koko?
Birakwiye ko buri muntu yafata umwanya uhagije akibarurira ibyo akora cg yakoze mbere yo kubarura ibya Bagenzi be kuko twese turi abanyamakosa. Ngo Mufti Yagiye iwabo inshuro zingahe? Banza wibaze uti: Njyewe ngiye iwacu inshuro zingahe? Mfashije abiwacu inshuro zingahe? Nkoze ibi n'ibi inshuro zingahe?
Indorerwamo ureberamo Undi banza uyireberemo.
N'umunzani upimiraho ibikorwa bya Mugenzi wawe , banza uwupimireho ibyawe.
N'umuti ushaka guha mugenzi wawe kugirango akire uburwayi, banza uwunywe kuko niwowe urwaye kumurusha.
Bruh gerageza wumve ibyo سعود yavuze kwanza woe ntuzi no gukora content kbx urimo kwe editing ibintu mgo nawe bagukandire ahubwo turaba deleting kbx
Sharia tv rwose namwe murashaka views nogutwika. Urabona ukuntu wihaye gukosora umuntu nawe ntamakuru ya muhanga uzi! Gusa kuba sudi yaravuze kuriya nimuri rusange ntabwo yanarije sinikiganiro yari akoze Kuri mufti naho akomoka. Ariko nawe umbwire incuro yaje imuhanga nicyari kimuzanye ubone kubeshyuza ibyavuzwe
Twereke yagiye gusarirayo sha ukure amatiku aho ubundi wowe uba wishakira views ntakindi
Aaww nawe uri kubesha erega Mufti ntakosa afite ahubwo Islam mu Rwanda nta administration ifite wowe na kasimu wa majilis ibibazo 3:
1:umuyobozi wa Majlis yavuze ko abasheihk barenga 350 mu Rwanda ariko inama mwakoze mwatumiye 130 kuki abandi batatumiwe?
2:Ese abayobozi bayoboyeho Majlis cyangwa RMC iyo batakiyobora kuki bo badatumirwa?
3:Kuki RMC idashyiraho imibereho yabasheihk ihamye bagakora bahembwa na RMC bakareka gukora bamwe nkabatekamutwe?
4:Mureke sindayigaya abe mufti kuko ashoboye mobilisation niba mumwitirira ibitagenda nukuvuga ko nibigenda neza niwe uba wabikoze nuko kenshi ibyiza bidakunda kuvugwa
Cyakora bazakongeze kuo uzikivugira RMC kbs
Muvandi twika kabx arik niba usobanucyiwe idini ugashaka kugira ngo ubone ibirenze ukuri cano yawe ihangane nawe utazaba mubatera abandi amabuye kubera uduhuma maso ubana ducyeya ark umuntu nicyindicyinu utabasha gusobanura ncuti wera niba warize ese wageze kuritere ureba ibyo abandi abugaho cg gs niba ugiranga umenye ukuri muvandi wihangane uje ugera kurite ncuti
Nyamara sud ntakosa afite ibazoko mufti utweretse icuro imye yasuye ahakamoka ubuse kweli sikibazo gikomeye sud afite ukiri kuzuye kuo nawe ninkaho ubyemeje ibaze imyaka icumi ugasura aho ukomoka rimwe
😂😂😂 nyamara wakoze edit ntiyavuze Mufti yavuze sindayigaya😂😂😂 wakoze edit uriguteranya abantu yavuze sindayigaya utaragera iwabo cg ngo agire icyahamarira mumyaka 20 ikindi izina suud ndumva wabaza abize icyarabu bakakubwira uko risomwa neza sibyo
Mwaretse gutesha agaciro idini ya Allah muri kwiteza abantu tudahuje imyemerere none nawe nyirikikinyamakuru wagiye uhisha izinkuru ugashyiraho ibyiza konumva nawe hari uruhande ushyigikiye
Islam nidini yamahoro twebwe dukeneye umuyobozi ukora kubera Allah unateza imbere idini ya islam tukivana mubukene hagashyirwaho ibigo byimari tuguzamo nta riba bityo abaslam bakivana mubukene icyonicyo tubura kuko abaslam benshi bashiriye mumashyirahamwe atanga inguzanyo zungukirana ariko dufite ibyo bigo byimari byaba arisawa uwayoborawese ariko yimakaza iterambere ryabasilam ntacyobyatwara ikindi nkuko ubuyobozi busanzwe bwigihugu habaho guhiga munzego zitandukanye natwe nkabaslAm hakabaye itegeko rishyirwaho ryuko umuyobozi ugiye kuyobora abaslam yajya ahiga ibyo azageza kubaslam mbona byadufasha kdi twagera kure
@@HashuraMussa yessssssss Mussa iyi nkuru njyewe ndumva ariyo kiryanisha impande zose cyaneko njyewe 100% nkurikira ibiganiro bya Suudi ndakeka ntaho yavuze mufti rwose ahubwo yavuze Mussa sindayigaya iyi nkuru ni edit rwose kdi sibyiza mudini peee ikindi c kki mwasubije Suudi niba muri mukuri? Ko ukuri kwivugira